{"id":26480,"date":"2018-05-14T14:21:27","date_gmt":"2018-05-14T12:21:27","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=26480"},"modified":"2018-05-14T19:51:08","modified_gmt":"2018-05-14T17:51:08","slug":"kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/","title":{"rendered":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#8217;urw&#8217;abandi bareganwa"},"content":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo umuhanzi w&#8217;icyamamare mu Rwanda Kizito Mihigo yitabye urukiko aburana ubujurire bwe ku byaha by&#8217;ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho.<\/p>\n<p>Kizito Mihigo yasabye umucamanza mu rukiko rw&#8217;ikirenga kumutandukanya na bagenzi be kugira ngo abonere ubutabera ku gihe. Umucamanza yanze ubusabe bw&#8217;uregwa avuga ko Kizito Mihigo yakoranye ibyaha na bagenzi be bityo ko urubanza rugomba kubera hamwe.<\/p>\n<p>Kizito yagaragaye yunganiwe mu mategeko na Me Antoiette Mukamusoni mu gihe mugenzi we bareganwa Jean Paul Dukuzumuremyi we yagaragaye mu cyumba nta bwunganizi. Ni mu gihe umunyamakuru Cassien Ntamuhanga we yabuze mu rukiko. Byahise bikurura impaka ku baburanyi bombi.<\/p>\n<p>Demob Dukuzumuremyi yasobanuriye urukiko ko impamvu atunganiwe ari uko atishoboye. Umucamanza yamubajije niba yaranditse asaba gushakirwa ubwunganizi. Yasubije ko kubera kumuzengurutsa mu magereza atandukanye hirya no hino bitamworoheye kwandika asaba ubwunganizi.<\/p>\n<p>Umucamanza yavuze ko afite inyandiko y\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ifungwa n\u2019abagororwa igaragaza ko umunyamakuru Ntamuhanga yatorotse gereza mu mpera za 2017.<\/p>\n<p>Ahawe ijambo, Umuhanzi Kizito yatangiye asuhuza inteko iburanisha ati \u201c Mugire amahoro\u201d. Ati Bimaze kuba nk\u2019akamenyero ko muri uru rubanza hakunze kuvuka impamvu zo kudindiza urubanza zitanturutseho nagiye ngaragaza ko hagati yanjye n\u2019abo tureganwa nta sano rinini dufitanye ku buryo umwe abuze bitabuza abandi kuburana.\u201d<\/p>\n<p>Asaba ko ubutabera bwatandukanya imanza zabo kuko ngo uretse isano ntoya yemera bafitanye naho ubundi mu magambo ye ati \u201c n\u2019imiburanire yacu si imwe, naburanye nemera ibyaha bo bahakana.\u201d<\/p>\n<p>Ati \u201c Mu bushishozi bw\u2019urukiko rw\u2019ikirenga nizeye mwongere musuzume niba uwo muntu udahari yatubuza kuburana, kandi murebe degree urubanza rugezeho uyu munsi ko ntatandukana na bo. Icyemezo mufata ndacyakira ncyemere nta ngingimira.<\/p>\n<p>Me Mukamusoni umwunganira yavuze ko bajuriye mu 2015 cyo kimwe n\u2019abareganwa na Kizito Mihigo. Aravuga ko Ntamuhanga na Dukuzumuremyi batanga ubujurire ari bo bari babufitemo inyungu. Bityo ko kuba Dukuzumuremyi atagaragaza impamvu zifatika atabonye umwunganizi ibyo yabyirengera.<\/p>\n<p>Mu mvugo ica amarenga yo kudahabwa ubutabera ku gihe ,yagize ati iyi tariki y\u2019urubanza tumaze igihe twarayisabye tuyibonye tuyinyotewe. Ati pas d\u2019interets pas d\u2019actions. Ashaka gushimangira ko nta gaciro abaregwa bandi bahaye ubujurire bwabo.<\/p>\n<p>Bwana Faustin Nkusi umuvugizi w\u2019ubushinjacyaha unashinja abaregwa aravuga ko kugeza ubu ubutabera bw\u2019u Rwanda butazi irengero ry\u2019umunyamakuru Ntamuhanga.<\/p>\n<p>Yisunze ingingo z\u2019amategeko yasabye ko ikirego cy\u2019ubujurire bwe cyasibwa igihano yahawe n\u2019urukiko rukuru kigahama uko kiri kuko atitabye nta mpamvu igaragara.Yavuze ko Ntamuhanga yiyimye amahirwe yo kubona ubutabera.<\/p>\n<p>Bwana Nkusi yavuze ko ari umurenganzira bwa Demob Dukuzumuremyi kubona ubwunganizi. Aravuga ko yitabye bwa mbere bityo ko nta gutinza urubanza kugaragara.<\/p>\n<p>Ku cyo gutandukanya urubanza rw\u2019abaregwa Kizito akaburana wenyine nk\u2019uko anyotewe ubutabera, umushinjacyaha yavuze ko n\u2019uregwa ubwe yemera ko hari isano afitanye na bagenzi be. Yavuze ko mu migendekere myiza y\u2019urubanza bitaba byiza kuzitandukanya kuko asanga hari isano nini bafitanye ku mikorere y\u2019ibyaha.<\/p>\n<p>Umucamanza yafashe iminota 30 mu mwiherero aza yanzura ko ubujurire bwa Ntamuhanga bugomba gusibwa igihano kikaguma uko kiri. Yahaye kandi Dukuzumuremyi igihe gisatira ukwezi kuba yabonye umwunganira mu mategeko. Yanzuye ko urubanza rutagomba gutandukana kuko abaregwa bafitanye isano mu mikorere y\u2019ibyaha.<\/p>\n<p>Abaregwa bose batawe muri yombi mu kwa kane mu 2014. Bararegwa ibyaha byo kurema umutwe w\u2019abagizi ba nabi, ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho birimo guhitana Prezida wa Repubulika Paul Kagame no kwica abamwe mu bategetsi bakuru. Ni ibyaha umucamanza wa mbere yahamije umuhanzi Kizito Mihigo n\u2019umunyamakuru Cassien Ntamuhanga anavuga ko bagombye kuba bahanishwa ku gihano cy\u2019igifungo cya burundu. Gusa umucamanza yahanishije Kizito Mihigo gufungwa imyaka icumi kuko ngo atananije ubutabera.<\/p>\n<p>Umunyamakuru Ntamuhanga yahanishijwe imyaka 25 y\u2019igifungo na ho Demob Dukuzumuremyi we ahanishwa imyaka 30 y\u2019igifungo kuko ngo byari \u201cIsubiracyaha\u201d<\/p>\n<p>Ku rwego rwa Mbere umuhanzi wamamaye mu bihangano bibumbatiye insanganyamatsiko z\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge n\u2019izihimbaza Imana Kizito Mihigo yaburanye yemera ibyaha anabisabira imbabazi. Kizito yageze no ku rwego yirukana abanyamategeko be bavugaga ko amagambo yaba yaravuze atagize ibyaha. Uregwa agasanga izo mpaka zabo n\u2019ubushinjacyaha zishingiye ku mategeko zitaramuhaga amahirwe yo kubona ubutabera.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande umunayamakuru Cassien Ntamuhanga na mugenzi we Demob Dukuzumuremyi bo baburanye bemeza ko ibyaha baregwa ari ibicurano babyemejwe n\u2019ingoyi bariho. Ku munsi wa nyuma bamukatira bwana Ntamuhanga watorotse ubutabera ku rukiko rukuru mbere yo kurizwa imodoka asubira gereza yabwiye itangazamakuru ati \u201cQuelque Soit la longueur de la nuit, le soleil finira par apparaitre.&#8221; Nta joro ridacya mu mvugo igenekereje ya Kinyarwanda.<\/p>\n<p>Ibyaha baregwa bishingira ku biganiro Kizito yemeza ko bagiranaga na bamwe mu bagize ihuriro RNC ryashinzwe n\u2019abahoze ari inkoramutima z\u2019akadasohoka ku butegetsi buriho mu Rwanda n\u2019ibindi bagiranaga n\u2019abo muri FDLR ibarizwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.<\/p>\n<p>Kuva Umuhanzi Kizito Mihigo yatabwa muri yombi icyitwa igihangano cye cyose cyahindutse nka kirazira mu bitangazamakuru by\u2019imbere mu gihugu byabimburiwe n\u2019ibitangazamakuru by\u2019igihugu na mbere y\u2019uko ahamywa ibyaha ku rwego rwa mbere.<\/p>\n<p>Iburanisha ritaha riri ku itariki ya 11 z\u2019ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka. Umunyamakuru w&#8217;Ijwi ry&#8217;Amerika Eric Bagiruwubusa aratugezaho inkuru ku buryo burambuye.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_11233\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/CmOZMSetBbc?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo umuhanzi w&#8217;icyamamare mu Rwanda Kizito Mihigo yitabye urukiko aburana ubujurire bwe ku byaha by&#8217;ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Kizito Mihigo yasabye umucamanza mu rukiko rw&#8217;ikirenga kumutandukanya na bagenzi be kugira ngo abonere ubutabera ku gihe. Umucamanza yanze ubusabe bw&#8217;uregwa avuga ko Kizito Mihigo yakoranye ibyaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":26482,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-26480","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#039;urw&#039;abandi bareganwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#039;urw&#039;abandi bareganwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo umuhanzi w&#8217;icyamamare mu Rwanda Kizito Mihigo yitabye urukiko aburana ubujurire bwe ku byaha by&#8217;ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Kizito Mihigo yasabye umucamanza mu rukiko rw&#8217;ikirenga kumutandukanya na bagenzi be kugira ngo abonere ubutabera ku gihe. Umucamanza yanze ubusabe bw&#8217;uregwa avuga ko Kizito Mihigo yakoranye ibyaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-05-14T12:21:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-05-14T17:51:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#8217;urw&#8217;abandi bareganwa\",\"datePublished\":\"2018-05-14T12:21:27+00:00\",\"dateModified\":\"2018-05-14T17:51:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/\"},\"wordCount\":822,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/sddefault-9.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/\",\"name\":\"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n'urw'abandi bareganwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/sddefault-9.jpg\",\"datePublished\":\"2018-05-14T12:21:27+00:00\",\"dateModified\":\"2018-05-14T17:51:08+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/sddefault-9.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/sddefault-9.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#8217;urw&#8217;abandi bareganwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n'urw'abandi bareganwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n'urw'abandi bareganwa - Umunyarwanda","og_description":"Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo umuhanzi w&#8217;icyamamare mu Rwanda Kizito Mihigo yitabye urukiko aburana ubujurire bwe ku byaha by&#8217;ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Kizito Mihigo yasabye umucamanza mu rukiko rw&#8217;ikirenga kumutandukanya na bagenzi be kugira ngo abonere ubutabera ku gihe. Umucamanza yanze ubusabe bw&#8217;uregwa avuga ko Kizito Mihigo yakoranye ibyaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-05-14T12:21:27+00:00","article_modified_time":"2018-05-14T17:51:08+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#8217;urw&#8217;abandi bareganwa","datePublished":"2018-05-14T12:21:27+00:00","dateModified":"2018-05-14T17:51:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/"},"wordCount":822,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/","name":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n'urw'abandi bareganwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg","datePublished":"2018-05-14T12:21:27+00:00","dateModified":"2018-05-14T17:51:08+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/sddefault-9.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kizito-mihigo-arashaka-ko-urubanza-rwe-rutandukanywa-nurwabandi-bareganwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n&#8217;urw&#8217;abandi bareganwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26480","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26480"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26480\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26493,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26480\/revisions\/26493"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26482"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26480"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26480"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26480"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}