{"id":26981,"date":"2018-06-16T21:22:37","date_gmt":"2018-06-16T19:22:37","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=26981"},"modified":"2018-06-17T14:59:39","modified_gmt":"2018-06-17T12:59:39","slug":"hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/","title":{"rendered":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#8217;u Rwanda atigeze agiramo uruhari."},"content":{"rendered":"<p>Kuki ubuyobozi bw\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda bwakwiyemeza kwica umwana w\u2019umusore utarigeze akulira mu rwanda, utaranabaye n&#8217;umunyepolitike\u00a0?<\/p>\n<p>Bijya gutangira mu ntangiliro z&#8217;uyu mwaka nasabye urukiko mpuzamahanga y&#8217;uko bangabanyiriza ibihano no kurekurwa n\u2019urwo rukiko mpuzamahaga, kuko nali nujuje ibisabwa bwose.<\/p>\n<p>Ubwo ubuyobozi bw\u2019u Rwanda bwandikira urukiko mpuzamahanga, ko ngomba gutanga imyirondoro yose y&#8217;aho abana banjye baherereye, ndetse n&#8217;uko ubuzima bwanjye buhagaze.<\/p>\n<p>Ubwo nahise mbamaganira kure, ubwo busabe bw&#8217;u Rwanda mvuga y&#8217;uko abana bajye baba hanze y&#8217;igihugu cyabo nk&#8217;impunzi, ko ntaho bahuriye n\u2019ubutegesi bw&#8217;u Rwanda\u00a0;<br \/>\nhagati aho umwana wabaga mu Bubiligi wari wararangije amashuli, wari mu gihugu cy&#8217;Afurika y&#8217;Epfo mu rwego rwo kwimenyereza akazi, ubwo abakozi ba Ambassade y&#8217;u Rwanda sinzi uko bamushutse, agwa mu mutego wabo, nibwo bahanye gahunda yagombaga kubera muli imwe mu mahoteri yo muli Afulika y&#8217;Epfo, aza kwitabira gahunda yahawe, ari nabwo abo yaje yizeye bahamutsinze.<\/p>\n<p>Iminota micye mbere yo kwicwa yarariraga cyane bamuha terefoni bamutegeka ibyo agomba kubwira umuryango we, ubwo aterefona mushiki we, bavugana akanya gato cyane terefoni ihita icika.<\/p>\n<p>Bahise bamwica uwahise aterefona yavuganye n&#8217;abandi bantu bahise bafata terefoni ye, nabwo barongera bayifunga burundu.<\/p>\n<p>Ubutegetsi bw&#8217;Afurika y&#8217;Epfo bwabashije kubona aho iyo terefoni yavugiye bwa nyuma.<br \/>\nUbu umucamanza wo muli Afurika y&#8217;Epfo niwe ugomba gufata icyemezo, hagakulikiraho autopsie, maze umurambo ukabona ukoherezwa mu Bubiligi.<\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Bubiligi irimo ikorana bya hafi cyane n\u2019ubutegetsi bwa Afurika y&#8217;Epfo kuri icyo kibazo,\u00a0police yo muli Afurika y&#8217;Epfo na police yo mu Bubiligi nabo barimo bakorana kuli icyo kibazo.<\/p>\n<p>Abanyamakuru batandukanye bari muli Afurika y&#8217;Epfo barimo bamfasha kwegeranya amakuru y&#8217;uko iyicwa ry\u2019umwana wanjye ryagenze. Amakuru aramubuye nkaba nizeye kuzayabagezaho bidatinze.<\/p>\n<p>Uriya mwana yishwe kugira ngo ndusheho kubabara, ninaramuka nfunguwe nzasange yarapfuye maze ngwe mu mibabaro. Nguko uko umwana w\u2019inzirakarengane yishwe azize ubusa.<\/p>\n<p><strong>Icyitonderwa:<\/strong> amaze kuvugana na mushiki we wali mu Bubiligi ubwo mushiki we yahise ampa nimero ye, mpita muhamagara umuntu wanyitabye ahita afunga terefoni.<br \/>\nkandi nta munota wahisemo.<\/p>\n<p>Abanyamakuru, n&#8217;abandi bantu bashizwe guhuza amakuru bari muli Afrika y&#8217;Epfo ubu barimo bagerageza kungezaho ibimenyetso bifatika by&#8217;uko umwanya wanjye yishwe uhereye mu masaha 48 abanziliza iyicwa rye. Abavuganye nawe bose kuli terefoni ye, leta ya Afrika y&#8217;Epfo ifatanyije n&#8217;iy&#8217;u Bubiligi, igomba gutangira kureba abo aribo n&#8217;aho baherereye.<\/p>\n<p>Muri mwe uwaba afite amakuru ayo ariyo yose yangirira akamaro agerageze kuyangezaho kugira ngo nyahuze n&#8217;andi ndimo mvana mu zindi nzira<\/p>\n<p>Dr. Ngeze Imana imwakire mu bayo.<\/p>\n<p><strong>Hassani Ngeze<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuki ubuyobozi bw\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda bwakwiyemeza kwica umwana w\u2019umusore utarigeze akulira mu rwanda, utaranabaye n&#8217;umunyepolitike\u00a0? Bijya gutangira mu ntangiliro z&#8217;uyu mwaka nasabye urukiko mpuzamahanga y&#8217;uko bangabanyiriza ibihano no kurekurwa n\u2019urwo rukiko mpuzamahaga, kuko nali nujuje ibisabwa bwose. Ubwo ubuyobozi bw\u2019u Rwanda bwandikira urukiko mpuzamahanga, ko ngomba gutanga imyirondoro yose y&#8217;aho abana banjye baherereye, ndetse n&#8217;uko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":26998,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-26981","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#039;u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#039;u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuki ubuyobozi bw\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda bwakwiyemeza kwica umwana w\u2019umusore utarigeze akulira mu rwanda, utaranabaye n&#8217;umunyepolitike\u00a0? Bijya gutangira mu ntangiliro z&#8217;uyu mwaka nasabye urukiko mpuzamahanga y&#8217;uko bangabanyiriza ibihano no kurekurwa n\u2019urwo rukiko mpuzamahaga, kuko nali nujuje ibisabwa bwose. Ubwo ubuyobozi bw\u2019u Rwanda bwandikira urukiko mpuzamahanga, ko ngomba gutanga imyirondoro yose y&#8217;aho abana banjye baherereye, ndetse n&#8217;uko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-16T19:22:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-06-17T12:59:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#8217;u Rwanda atigeze agiramo uruhari.\",\"datePublished\":\"2018-06-16T19:22:37+00:00\",\"dateModified\":\"2018-06-17T12:59:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/\"},\"wordCount\":405,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/06\\\/Dr-Ngeze.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/\",\"name\":\"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by'u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/06\\\/Dr-Ngeze.jpg\",\"datePublished\":\"2018-06-16T19:22:37+00:00\",\"dateModified\":\"2018-06-17T12:59:39+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/06\\\/Dr-Ngeze.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/06\\\/Dr-Ngeze.jpg\",\"width\":640,\"height\":640,\"caption\":\"Thomas Ngeze\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#8217;u Rwanda atigeze agiramo uruhari.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by'u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by'u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda","og_description":"Kuki ubuyobozi bw\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda bwakwiyemeza kwica umwana w\u2019umusore utarigeze akulira mu rwanda, utaranabaye n&#8217;umunyepolitike\u00a0? Bijya gutangira mu ntangiliro z&#8217;uyu mwaka nasabye urukiko mpuzamahanga y&#8217;uko bangabanyiriza ibihano no kurekurwa n\u2019urwo rukiko mpuzamahaga, kuko nali nujuje ibisabwa bwose. Ubwo ubuyobozi bw\u2019u Rwanda bwandikira urukiko mpuzamahanga, ko ngomba gutanga imyirondoro yose y&#8217;aho abana banjye baherereye, ndetse n&#8217;uko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-06-16T19:22:37+00:00","article_modified_time":"2018-06-17T12:59:39+00:00","og_image":[{"width":640,"height":640,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#8217;u Rwanda atigeze agiramo uruhari.","datePublished":"2018-06-16T19:22:37+00:00","dateModified":"2018-06-17T12:59:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/"},"wordCount":405,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/","name":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by'u Rwanda atigeze agiramo uruhari. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg","datePublished":"2018-06-16T19:22:37+00:00","dateModified":"2018-06-17T12:59:39+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/06\/Dr-Ngeze.jpg","width":640,"height":640,"caption":"Thomas Ngeze"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hassani-ngeze-atiumwana-wajye-dr-ngeze-azize-ibibazo-byu-rwanda-atigeze-agiramo-uruhari\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hassani Ngeze ati:Umwana wajye Dr. Ngeze azize ibibazo by&#8217;u Rwanda atigeze agiramo uruhari."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26981","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26981"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26981\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26984,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26981\/revisions\/26984"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26998"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26981"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26981"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26981"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}