{"id":27069,"date":"2018-06-21T16:33:16","date_gmt":"2018-06-21T14:33:16","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=27069"},"modified":"2018-06-21T16:33:16","modified_gmt":"2018-06-21T14:33:16","slug":"rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/","title":{"rendered":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0?"},"content":{"rendered":"<p>Hashize iminsi mike inkuru ibaye kimomo ko abategetsi b\u2019u Rwanda bahaye ikipe y\u2019umupira w\u2019amaguru yo mu Bwogeleza ya Arsenal akayabo ka Miliyoni zigera kuli 40 z\u2019amadollari ngo abakinnyi bayo bazambare amashati bakinana yanditse ho ku kaboko amagambo abiri (yose hamwe inyuguti 11)\u00a0\u00ab\u00a0Visit Rwanda\u00a0\u00bb. Ayo masezerano adasanzwe yavuzweho byinshi:<\/p>\n<ol>\n<li>Abategetsi b\u2019u Rwanda cyane cyane mu byegera bya hafi bya Paul Kagame dore ko ari \u00abumufana\u00bb ukomeye wa Arsenal kuva kera, bihutiye gutangaza ko ibyo bizatuma ubukerarugendo mu Rwanda bwiyongera ku buryo ngo izo miliyoni zizabyara izikubye kabiri mu myaka mike kubera izo nyuguti Arsenal izaba yanditse ku kaboko ka maillots kuri icyo kiguzi.<\/li>\n<li>Hari ariko abandi babinenze cyane cyane abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa FPR kandi baba hanze dore ko nta munyarwanda w\u2019imbere mu gihugu ushobora kunenga icyemezo cy\u2019ubutegetsi atabizize ( gupfa cyangwa gufungwa). Bo bakabona ko bidakwiye kandi ari ugusesagura n\u2019ubwirasi gushyigikira ikipe yo mu gihugu gifasha u Rwanda ngo rwuzuze ingengo y\u2019imari yarwo, rwo rugaha iyo kipe arenze ayo rubona nk\u2019imfashanyo z\u2019icyo gihugu.<\/li>\n<li>Hari n\u2019abanyamahanga bibajije kuri icyo gikorwa. Muli bo harimo abad\u00e9put\u00e9s munteko ishinga amategeko y\u2019Ubuholandi (Pays Bas). Bo bageze ubwo basaba Leta yabo niba itakwiga uko yahagarika imfashanyo y\u2019amafaranga yageneraga u Rwanda kuko bigaragara ko abategetsi barwo bo bashishikajwe no gushyigikira amakipe babereye abafana bayaha amafaranga arenze kure n\u2019iyo mfashanyo bavuga ko bakeneye.<\/li>\n<li>Mu bategetsi b\u2019u Rwanda bavuze bagerageza gusobanura inyungu ziri mw\u2019iryo soko na Arsenal, harimo Olivier Nduhungirehe. Uyu akaba ubu ari Umunyamabanga wa Leta w\u2019Ububanyi n\u2019amahanga nyuma yo kuba Ambassadeur i Bruxelles mu Bubiligi.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Bidatunguranye avuga ko kuba Arsenal izambara maillots zanditseho ku kaboko\u00a0\u00abvisit Rwanda\u00bb bizazanira u Rwanda amafaranga menshi arenze kure ayo rwashoye. Mu buhubutsi n\u2019ubwishongozi bizanzwe bimuranga yatangaje ko abashingamateka bo mu Buholandi bavuga ibyo batazi kandi ko bitanabareba, ngo kuko Arsenal atari ikipe yo mu Buholandi kandi ngo amafaranga bayihaye akaba atari imfashanyo Ubuholandi buha u Rwanda\u00a0!<\/li>\n<li>Icyo abandi babivugaho\u00a0: Olivier Nduhungirehe aribeshya, akabeshya n\u2019abanyarwanda kandi akishongora ku Baholandi.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Guha ikipe amafranga ngo ikwamamaze(sponsoring) ntaho bihuriye no gushora imari mu mushinga uzakubyarira inyungu (placement, investissement\u2026). Muli Sponsoring harimo \u00abun facteur al\u00e9atoire\u00bb kuko bitagenze uko wabikekaga ntawe wishyuza cyangwa utakana. Urirwariza. <b>N\u2019ugukina urusimbi cyangwa<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Lotto rero.<\/b> Niba nta bakerarugendo biyongereye n&#8217;ubwo Arsenal yakinnye yambaye ku kaboko\u00a0\u00abvisit Rwanda\u00bb ntabwo izasubiza miliyoni 40 z\u2019amadollars Kagame yayihaye. Ntabwo ariyo igomba kubazwa icyatumye ba mukerarugendo batiyongera.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ibyo ni ihame mu mategeko agenga urusimbi cyangwa Lotto (paris, jeux de hasard\u2026).<\/p>\n<p>Abashingamateka bo mu Buholandi,kimwe n\u2019abandi bo mu bihugu bifasha u Rwanda kw\u2019isonga Ubwongeleza, bari mu kuri bibaza niba bikiri ngomwa kwongera guha u Rwanda za miliyoni z\u2019imfashanyo. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Dufate icyitegererezo\u00a0: ubaye hari umuvandimwe cyangwa inshuri ufasha kubera umurusha amikoro, tuvuge ukaba umubonera 5000 buli kwezi kugira ngo yirwaneho ashobora kurangiza ukwezi neza, noneho rimwe umaze kubimuha ukanyura kuli boutique bakinaho urusimbi cyangwa bakina Lotto mugahura amaze gukinira 10.000. Umubajije utangara yagusubiza ati\u00a0:\u00a0\u00abariko nintombora nzabona Miliyoni\u00bb\u00a0! Nibyo aba akubwiye ukuri. Ariko se wakwumva unyuzwe ukumva ko icyihutirwa iwe ari ugukinira urusimbi atanga arenze ayo umuteramo inkunga. Cyane cyane ko nadatombora, ya 10.000 ntawe azayishyuza cyangwa ngo aburanye.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nibyo rero ibyo abadepit\u00e9 b\u2019abahollandi bibajije ku Rwanda no kujya gukina urusimbi muli Arsenal rutanga arenze ayo barufashisha, we akabishongoraho ngo \u00abntacyo bazi mw\u2019ishoramali kandi ntakibareba\u00bb. Nyamara barabizi kandi birabareba. Twizere ko abatewe isoni n\u2019ishozi n\u2019uko kujya gukina urusimbi kwa Kagame muliArsenal agashyira ku seta (parier) arenze ayo bamufashisha, bazabyibazaho bagafata ibyemezo bijyanye n\u2019iyo \u00abscandale\u00bb.<\/p>\n<p><strong>Umusomyi wa The Rwandan<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hashize iminsi mike inkuru ibaye kimomo ko abategetsi b\u2019u Rwanda bahaye ikipe y\u2019umupira w\u2019amaguru yo mu Bwogeleza ya Arsenal akayabo ka Miliyoni zigera kuli 40 z\u2019amadollari ngo abakinnyi bayo bazambare amashati bakinana yanditse ho ku kaboko amagambo abiri (yose hamwe inyuguti 11)\u00a0\u00ab\u00a0Visit Rwanda\u00a0\u00bb. Ayo masezerano adasanzwe yavuzweho byinshi: Abategetsi b\u2019u Rwanda cyane cyane mu byegera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":26608,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-27069","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hashize iminsi mike inkuru ibaye kimomo ko abategetsi b\u2019u Rwanda bahaye ikipe y\u2019umupira w\u2019amaguru yo mu Bwogeleza ya Arsenal akayabo ka Miliyoni zigera kuli 40 z\u2019amadollari ngo abakinnyi bayo bazambare amashati bakinana yanditse ho ku kaboko amagambo abiri (yose hamwe inyuguti 11)\u00a0\u00ab\u00a0Visit Rwanda\u00a0\u00bb. Ayo masezerano adasanzwe yavuzweho byinshi: Abategetsi b\u2019u Rwanda cyane cyane mu byegera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-21T14:33:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"394\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0?\",\"datePublished\":\"2018-06-21T14:33:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/\"},\"wordCount\":594,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/\",\"name\":\"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg\",\"datePublished\":\"2018-06-21T14:33:16+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg\",\"width\":700,\"height\":394},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda","og_description":"Hashize iminsi mike inkuru ibaye kimomo ko abategetsi b\u2019u Rwanda bahaye ikipe y\u2019umupira w\u2019amaguru yo mu Bwogeleza ya Arsenal akayabo ka Miliyoni zigera kuli 40 z\u2019amadollari ngo abakinnyi bayo bazambare amashati bakinana yanditse ho ku kaboko amagambo abiri (yose hamwe inyuguti 11)\u00a0\u00ab\u00a0Visit Rwanda\u00a0\u00bb. Ayo masezerano adasanzwe yavuzweho byinshi: Abategetsi b\u2019u Rwanda cyane cyane mu byegera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-06-21T14:33:16+00:00","og_image":[{"width":700,"height":394,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0?","datePublished":"2018-06-21T14:33:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/"},"wordCount":594,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/","name":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg","datePublished":"2018-06-21T14:33:16+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/e15130954d6825d51ae5d7fde099a3a1.jpg","width":700,"height":394},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-arsenal-ubushoramali-cyangwa-gukina-urusimbi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda-Arsenal\u00a0: Ubushoramali cyangwa gukina urusimbi\u00a0?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27069","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=27069"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27069\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":27070,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27069\/revisions\/27070"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26608"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=27069"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=27069"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=27069"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}