{"id":27186,"date":"2018-06-30T15:46:28","date_gmt":"2018-06-30T13:46:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=27186"},"modified":"2018-06-30T15:46:28","modified_gmt":"2018-06-30T13:46:28","slug":"umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/","title":{"rendered":"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kamena 2018, ubwo hirya no hino mu gihugu hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi, mu karere ka Nyanza hishwe umusore ukiri muto wakubiswe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze gutanga amakuru ajyanye n\u2019aho mugenzi we wanze gukora umuganda yari yihishe.<\/strong><\/p>\n<p>Ibi byabereye mu mudugudu wa Kigarama, mu kagari ka Nyanza, mu murenge wa Busasamana ho mu karere ka Nyanza mu Ntara y\u2019Amajyepfo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Busasamana yahamirije ikinyamakuru Ukwezi.com ko ibyo byabayeho, aho umusore unasanzwe uvugwaho gucuruza ibiyobyabwenge yanze kujya mu muganda bigatuma inkeragutabara zimwirukankana ngo abazwe iby\u2019ibiyobyabwenge n\u2019impamvu atagiye mu muganda, hanyuma yabacika bakaza gukubita mugenzi we utari ufite ikosa uretse kuba yanze kubarangira aho uwo wundi yabacikiye.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Ukwezi.com cyaganiriye na Mbabazi Modeste, umuvugizi w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, asobanura uko byagenze. Yagize ati: <i>&#8220;Uyu mwana yitwa Mbabariye Hussein, yari afite imyaka 19. Ubundi we nta n\u2019ikibazo yari afite, nta n\u2019ubwo ari we wari wanze kujya mu muganda. Hari undi bashakaga, bashakaga kwirukana aho yacururizaga hafi y\u2019ikigo cy\u2019ishuri, inkeragutabara rero zimurangishije aho uwo wundi ari ngo arabasuzugura ababwira nabi nabo babyitwaramo nabi barakubita. Muri uko gukubita rero umwana arabahunga ariruka ahungira iwabo, yaguye iwabo mu rugo&#8221;.<\/i><\/p>\n<p>Modeste Mbabazi avuga ko umwe muri izo nkeragutabara yahise atabwa muri yombi abandi nabo bakaba barimo gushakishwa, naho umurambo w\u2019uwo musore ukaba wajyanywe kwa muganga ngo ukorerwe isuzuma. Modeste Mbabazi kandi agaya abakoze ibi, kuko bitajyanye n\u2019indangagaciro batojwe.<\/p>\n<p>Yagize ati: Abo b\u2019inkeragutabara, niba hari icyaha yakoze bari bafite ububasha bwo kumufata bakamushyikiriza inzego zishinzwe kumukurikirana. Ariko guhubuka bagahita batangira gukubita kubera ko ngo abasubije uko batabyifuza, byangiza isura y\u2019akazi bakora ubwabo nk\u2019inkeragutabara kuko bitandukanye n\u2019amasomo bahawe, bitandukanye n\u2019indangagaciro bigishijwe, bityo bituma abaturage batakaza icyizere cy\u2019inkeragutabara biturutse ku bantu ku giti cyabo. Tukaba tubasaba byifuze kugira igihe cyo gushishoza. Dore bitumye dutakaza ubuzima bw\u2019umuntu, birababaje cyane, nabo kandi birabagiraho ingaruka bitanasize n\u2019imiryango yabo&#8221;<\/p>\n<p>Source: ukwezi.rw<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kamena 2018, ubwo hirya no hino mu gihugu hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi, mu karere ka Nyanza hishwe umusore ukiri muto wakubiswe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze gutanga amakuru ajyanye n\u2019aho mugenzi we wanze gukora umuganda yari yihishe. Ibi byabereye mu mudugudu wa Kigarama, mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":21338,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-27186","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kamena 2018, ubwo hirya no hino mu gihugu hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi, mu karere ka Nyanza hishwe umusore ukiri muto wakubiswe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze gutanga amakuru ajyanye n\u2019aho mugenzi we wanze gukora umuganda yari yihishe. Ibi byabereye mu mudugudu wa Kigarama, mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-30T13:46:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"425\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/\",\"name\":\"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg\",\"datePublished\":\"2018-06-30T13:46:28+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg\",\"width\":640,\"height\":425,\"caption\":\"Gen Fred Ibingira, umukuru w'Inkeragutabara mu rwego rw'igihugu\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda","og_description":"Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kamena 2018, ubwo hirya no hino mu gihugu hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi, mu karere ka Nyanza hishwe umusore ukiri muto wakubiswe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze gutanga amakuru ajyanye n\u2019aho mugenzi we wanze gukora umuganda yari yihishe. Ibi byabereye mu mudugudu wa Kigarama, mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-06-30T13:46:28+00:00","og_image":[{"width":640,"height":425,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/","name":"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg","datePublished":"2018-06-30T13:46:28+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/ibingira.jpg","width":640,"height":425,"caption":"Gen Fred Ibingira, umukuru w'Inkeragutabara mu rwego rw'igihugu"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusore-yishwe-ninkeragutabara-azira-ko-yanze-kuranga-uwakwepye-umuganda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore yishwe n\u2019inkeragutabara azira ko yanze kuranga uwakwepye umuganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27186","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=27186"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27186\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":27187,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27186\/revisions\/27187"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21338"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=27186"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=27186"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=27186"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}