{"id":27349,"date":"2018-07-16T03:28:52","date_gmt":"2018-07-16T01:28:52","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=27349"},"modified":"2018-07-16T03:28:52","modified_gmt":"2018-07-16T01:28:52","slug":"ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/","title":{"rendered":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba ."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Paulin Bugingo<\/strong><\/p>\n<p>Hashize imyaka 24 u Rwanda rutegekwa na FPR, turabizi twese uko twacuzwe bufuni na buhoro imbaga ziratikira imaze gukoza agati mu kiguri cy\u2019intozi kandi ibizi neza ikizakurikira, hakiyongeraho abo FPR\/Intotanyi yaje gusanga mumakambi igatikiza abayibeshyeho imbere mu gihugu bibwira ko umwami wimye akezwa akazana ituze irabatikiza kugeza uyu munsi nta munyarwanda ufite umutima mu gitereko aho ari ku Isi hose kuko ntaho itashyize abahiga Umunyarwanda.<\/p>\n<p>Muvandimwe Sankara nabo mufatanyije ndakumenyesha ko abanyarwanda twese dushyigikiye uru rugamba mutangiye kandi mugihe gito ndakumenyesha ko na benshi mu basore FPR yibwira ko ikoresha bazaza kuko abenshi igisirikare cya Kagame bakijyanywemo n\u2019inzara i kuko nkuko mubizi akazi mu Rwanda kabona umugabo kagasiba undi akazi kaboneka ari ako kwica gusa.<\/p>\n<p>Kagame n\u2019Inkotanyi ze baje barimbura Abanyarwanda bakora amabi arenze kamere ndabasabye ngo uyu mutego ntimuzawugwemo, ntimuzasenye ayo mazu meza nubwo izaba iya Kabarebe cyangwa Ibingira kuko ayo mazu yubatswe n \u2018amafaranga basahuye igihugu kandi twese turabizi neza ko igihugu nikimara kubohorwa uretse nabo bayoboye ubwicanyi , n\u2019imiryango yabo nta mwanya izagira mu Rwanda rushya.<\/p>\n<p>Bwana Sankara n\u2019 abo mufatanyije uru rugamba ntimuzagwe mu mutego mutindi wo gushyira amafoto y\u2019imirambo kuri za whatsapp cyangwa imbuga nkoranyambaga. Nibyo koko tuzanezezwa no kumva aho mwafashe cyangwa ibyo mwagezeho ariko gufotora imirambo cyangwa kureka abasirikare bato bagafotora nta gahunda bishobora kubera bibi uru rugamba, iki kintu muzakiteho cyane.<\/p>\n<p>Kagame azakoherereza abatasi kugera no mu buyobozi bukuru , sinzi niba iki kintu mukizikana kuko agatsiko ka Kigali gaha agaciro cyane ubutasi kuruta ikindi kintu cyose bityo iki kintu wowe n\u2019abo mukorana muzakiteho kandi amakuru y\u2019imigambi yanyu n\u2019abagore banyu ntibakayamenye kuko FDLR yashenywe n\u2019abagore b\u2019abajenerali bayo FPR yahemuje. Nshingiye ku mafoto yanyu amaze kujya hanze nabonye benshi mubarwanyi banyu bafite telephone kandi iri ni ikosa rikomeye cyane kuko izo telephone nizo zikoreshwa mugutegesha ibico abandi bavandimwe<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>cyangwa mukorohereza umwanzi kumenya aho muherereye , bityo iki kintu nacyo mukiteho.<\/p>\n<p>Bwana Sankara n\u2019abo mufatanyije kubohoza u Rwanda mugiye guhangana n\u2019agatsiko<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>kiyemera ariko ukuri nuko inyinshi mu ntwaro karata arizo zizakerekezwaho kandi zikoreshwa n\u2019abo kibwiraga ko bazakarwanira. Uyu munsi Abanyarwanda twamaze kumenya ko amoko yacu uko ari atatu ari kimwe mubitatse u Rwanda ndetse twese twamaze kumenya ko nta butegetsi bw\u2019ubwoko bumwe bushobora kongera kubaho ibyo Kagame n\u2019agatsiko ke kugeza uyu munsi batazi kuko twese tuzi abayobora ibigo bya Leta, abambasadeli (ahari abahutu baba basinya ibyateguwe n\u2019ababacunga) abasirikale n\u2019abapolice bakuru , ahantu hose hinjiza ifaranga, batayo irinda Kagame (100%) abayobozi b\u2019inzego zo hasi keretse ahataba abatutsi ahandi bakoherezwayo bose ni Abatutsi ibi byose Kagame yabikoreye kuturyanisha no kubeshya Abatutsi ko abafitiye ibambe kandi ariwe wabarimbuye nkuko abenshi mubo yakoresheje uyu munsi bari gusaba imbabazi ku mugaragaro.<\/p>\n<p>Ikindi nibutsa Abanyarwanda aho turi hose ni ukwandika urutonde rw\u2019aba DMI yaba abari mu gihugu n\u2019abari hanze kuko aba bantu nibo maboko y\u2019agatsiko aba nibo batwikira imirambo muri Palike y\u2019Akagera, nibo batumwa kujya kwica impunzi zabahunze, nibo barigisa Abanyarwanda, nibo bajugunya imirambo muri Nyabarongo n\u2019Akagera imwe igatorwa i Burundi , None bwana Sankara wowe n\u2019ingabo urangaje imbere tugusabye kwita cyane mutababariye kuri aba DMI murugamba mwatangije kandi namwe abaherereye mu bihugu byo hanze mukore intonde zihuse(Mwirinde munyangire) muzishyikirize za Ambassade z\u2019ibihugu barimo maze police zaho zibahozeho ijisho bizatuma ibikorwa byo kwicira Abanyarwanda hanze kigabanuka.<\/p>\n<p>Nasoza mpamagarira abasore n\u2019abagifite agatege aho muri hirya no hino mu makambi ngo muhagurukire rimwe dutabare igihugu icyi nicyo gihe ntabwo tuzapfira gushira .<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Imana yirirwa ahandi igataha i Rwanda ibane namwe mwe mwafashe iya mbere mu gikorwa benshi batinyaga.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Paulin Bugingo Hashize imyaka 24 u Rwanda rutegekwa na FPR, turabizi twese uko twacuzwe bufuni na buhoro imbaga ziratikira imaze gukoza agati mu kiguri cy\u2019intozi kandi ibizi neza ikizakurikira, hakiyongeraho abo FPR\/Intotanyi yaje gusanga mumakambi igatikiza abayibeshyeho imbere mu gihugu bibwira ko umwami wimye akezwa akazana ituze irabatikiza kugeza uyu munsi nta munyarwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":27350,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-27349","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Paulin Bugingo Hashize imyaka 24 u Rwanda rutegekwa na FPR, turabizi twese uko twacuzwe bufuni na buhoro imbaga ziratikira imaze gukoza agati mu kiguri cy\u2019intozi kandi ibizi neza ikizakurikira, hakiyongeraho abo FPR\/Intotanyi yaje gusanga mumakambi igatikiza abayibeshyeho imbere mu gihugu bibwira ko umwami wimye akezwa akazana ituze irabatikiza kugeza uyu munsi nta munyarwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-16T01:28:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1040\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"780\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba .\",\"datePublished\":\"2018-07-16T01:28:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/\"},\"wordCount\":601,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Nyungwe.jpeg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/\",\"name\":\"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Nyungwe.jpeg\",\"datePublished\":\"2018-07-16T01:28:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Nyungwe.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Nyungwe.jpeg\",\"width\":1040,\"height\":780},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba .\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Paulin Bugingo Hashize imyaka 24 u Rwanda rutegekwa na FPR, turabizi twese uko twacuzwe bufuni na buhoro imbaga ziratikira imaze gukoza agati mu kiguri cy\u2019intozi kandi ibizi neza ikizakurikira, hakiyongeraho abo FPR\/Intotanyi yaje gusanga mumakambi igatikiza abayibeshyeho imbere mu gihugu bibwira ko umwami wimye akezwa akazana ituze irabatikiza kugeza uyu munsi nta munyarwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-07-16T01:28:52+00:00","og_image":[{"width":1040,"height":780,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba .","datePublished":"2018-07-16T01:28:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/"},"wordCount":601,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/","name":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba . - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg","datePublished":"2018-07-16T01:28:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Nyungwe.jpeg","width":1040,"height":780},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ngire-icyo-nkwisabira-we-bwana-sankara-we-nabo-mufatanyije-urugamba\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ngire icyo nkwisabira we bwana Sankara we n\u2019abo mufatanyije urugamba ."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27349","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=27349"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27349\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":27351,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27349\/revisions\/27351"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/27350"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=27349"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=27349"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=27349"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}