{"id":27378,"date":"2018-07-17T21:54:16","date_gmt":"2018-07-17T19:54:16","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=27378"},"modified":"2018-07-17T22:05:05","modified_gmt":"2018-07-17T20:05:05","slug":"ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/","title":{"rendered":"Ingabo z&#8217;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Nyakanga 2018 ava ahantu hizewe kandi hatandukanye aravuga ko ingabo z&#8217;u Rwanda ubu zirimo gutegura igitero simusiga ku gihugu cy&#8217;u Burundi, urwitwazo rukaba ko Perezida Nkurunziza yaba afasha inyeshyamba z&#8217;abanyarwanda zimaze iminsi zigaba ibitero mu turere twegereye ishyamba rya Nyungwe ku mupaka w&#8217;u Rwanda n&#8217;u Burundi.<\/p>\n<p>Aya makuru The Rwandan yakuye ahantu hatatu hatandukanye aravuga ko ubu ingabo z&#8217;u Rwanda zirimo gutegura igitero simusiga kitazamara igihe kinini ku buryo igihugu cy&#8217;u Burundi cyafatwa cyangwa ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza bugahirima mu minsi mike ishoboka mbere y&#8217;uko amahanga asobanukirwa ibibaye. Hakifashishwa abarwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi bahita bashyirwa ku butegetsi mu gihe umujyi wa Bujumbura n&#8217;imijyi yindi yo mu majyaruguru yafatwa ku buryo bwihuse. Iki gitero ngo cyatizwa umurindi n&#8217;amacakubiri ashingiye ku moko yaterwa n&#8217;ingufu z&#8217;iki gitero aho bamwe mu basirikare b&#8217;abarundi bo mu bwoko bw&#8217;abatutsi bakumvishwa ko batagomba kurwana ngo bapfire Perezida Nkurunziza.<\/p>\n<p>Umusirikare wo mu rwego rwo hasi uba mu ngabo z&#8217;u Rwanda zidasanzwe (Special Forces) yabwiye umuvandimwe we ngo amusengere bashobora kwinjira mu gihugu cy&#8217;u Burundi mu minsi ya vuba kandi ngo feri ya mbere ari i Bujumbura, ibi akaba yarabimubwiye mu cyumweru gishize mbere y&#8217;uko yerekeza mu ntara y&#8217;amajyepfo aho ubu yoherejwe.<\/p>\n<p>Andi makuru ahuza n&#8217;aya ni umurundi uri mu barwanya ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza wamenyesheje abavandimwe be bari i Burayi ko nta kabuza mu minsi mike azaba ari i Bujumbura, ngo &#8220;Peter&#8221; (izina benshi mu Burundi bita Perezida Nkurunziza) atakiri Perezida w&#8217;u Burundi.<\/p>\n<p>Andi makuru ayashimagira araturuka mu gisirikare cya Uganda aho abasirikare ba Divisiyo ya 2 (2nd Division) ya UPDF ni ukuvuga ingabo za Uganda, begerejwe umupaka w&#8217;u Rwanda bagakaza ibirindiro bisa nko kwerekana ingufu. Amakuru ava mu bantu bizewe bari hafi y&#8217;igisirikare cya Uganda Akaba avuga ko ari uburyo bwo gutera icyugazi u Rwanda ngo rwirinde kwishora mu ntambara mu Burundi mu gihe rwaba ruzi ko amajyaruguru y&#8217;igihugu yugarijwe n&#8217;ingabo za Uganda. Hakaba ngo hari amakuru acicikana mu ngabo za Uganda ko Ingabo z&#8217;u Rwanda zigiye gutera u Burundi.<\/p>\n<p>Ababikurikiranira hafi bavuaganye na The Rwandan bavuga ko iki gikorwa kimeze nk&#8217;ubwiyahuzi ariko gishoboka ariko ko imbogamizi ya mbere cyahura nayo ari uko abarundi benshi bakunda igihugu cyabo ku buryo ari abahutu ari n&#8217;abatutsi bashobora guhagurukira rimwe ku buryo ibyari intambara y&#8217;iminsi mike yo gukura ku. butegetsi Perezida Nkurunziza no guha isomo abarundi yahinduka ahubwo iyo gukuraho ubutegetsi bwa Kagame mu Rwanda. Dore ko ibihugu by&#8217;akarere byose bisa nk&#8217;ibiryamiye amajanja ku buryo ya ntero ihora mu kanwa ka bamwe i Kigali ngo:<em>&#8220;u Rwanda ruratera ntiruterwa&#8221;<\/em> yahinduka nko guca umugani ku manywa.<\/p>\n<p>Amakuru ava mu gihugu cy&#8217;u Burundi akaba avuga ko ingabo z&#8217;u Burudi nazo ubu ziryamiye amajanja ku buryo hongerewe n&#8217;intwaramiheto nyinshi mu ntara z&#8217;azajyaruguru y&#8217;u Burundi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Nyakanga 2018 ava ahantu hizewe kandi hatandukanye aravuga ko ingabo z&#8217;u Rwanda ubu zirimo gutegura igitero simusiga ku gihugu cy&#8217;u Burundi, urwitwazo rukaba ko Perezida Nkurunziza yaba afasha inyeshyamba z&#8217;abanyarwanda zimaze iminsi zigaba ibitero mu turere twegereye ishyamba rya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":27379,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-27378","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ingabo z&#039;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ingabo z&#039;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Nyakanga 2018 ava ahantu hizewe kandi hatandukanye aravuga ko ingabo z&#8217;u Rwanda ubu zirimo gutegura igitero simusiga ku gihugu cy&#8217;u Burundi, urwitwazo rukaba ko Perezida Nkurunziza yaba afasha inyeshyamba z&#8217;abanyarwanda zimaze iminsi zigaba ibitero mu turere twegereye ishyamba rya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-17T19:54:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-07-17T20:05:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"925\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"624\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Ingabo z&#8217;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi.\",\"datePublished\":\"2018-07-17T19:54:16+00:00\",\"dateModified\":\"2018-07-17T20:05:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/\"},\"wordCount\":462,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg\",\"articleSection\":[\"Akarere\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/\",\"name\":\"Ingabo z'u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg\",\"datePublished\":\"2018-07-17T19:54:16+00:00\",\"dateModified\":\"2018-07-17T20:05:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/07\\\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg\",\"width\":925,\"height\":624},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ingabo z&#8217;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ingabo z'u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ingabo z'u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Nyakanga 2018 ava ahantu hizewe kandi hatandukanye aravuga ko ingabo z&#8217;u Rwanda ubu zirimo gutegura igitero simusiga ku gihugu cy&#8217;u Burundi, urwitwazo rukaba ko Perezida Nkurunziza yaba afasha inyeshyamba z&#8217;abanyarwanda zimaze iminsi zigaba ibitero mu turere twegereye ishyamba rya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-07-17T19:54:16+00:00","article_modified_time":"2018-07-17T20:05:05+00:00","og_image":[{"width":925,"height":624,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Ingabo z&#8217;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi.","datePublished":"2018-07-17T19:54:16+00:00","dateModified":"2018-07-17T20:05:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/"},"wordCount":462,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg","articleSection":["Akarere"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/","name":"Ingabo z'u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg","datePublished":"2018-07-17T19:54:16+00:00","dateModified":"2018-07-17T20:05:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/Rwanda_armed_forces_equipped_with_Israeli_ATMOS_155mm_and_PLZ-89_122mm_-howitzers_925_001.jpg","width":925,"height":624},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-zirategura-igitero-simusiga-ku-burundi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ingabo z&#8217;u Rwanda zirategura igitero simusiga ku Burundi."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27378","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=27378"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27378\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":27383,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27378\/revisions\/27383"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/27379"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=27378"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=27378"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=27378"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}