{"id":27489,"date":"2018-07-23T22:34:19","date_gmt":"2018-07-23T20:34:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=27489"},"modified":"2018-07-23T22:34:19","modified_gmt":"2018-07-23T20:34:19","slug":"abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/","title":{"rendered":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO"},"content":{"rendered":"<p><img decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.ishema-party.org\/images\/logo.png\" \/><br \/>\nBataripfanakazi, Bataripfana b\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda,<br \/>\nBanyarwandakazi, Banyarwanda namwe nshuti z\u2019u Rwanda,<\/p>\n<ol>\n<li style=\"list-style-type: none;\">\n<ol>\n<li><em>\u00ab\u00a0Abanga impinduramatwara zinyuze mu mahoro, ni bo ubwabo batuma habaho impinduka zinyuze mu mivu y\u2019amaraso\u00a0\u00bb.<\/em> Iyi ni imvugo ya Perezida Kennedy wayoboye Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika guhera mu mwaka wa 1961 kugeza yishwe mu mwaka wa 1963. Mu bushishozi bwe, yasanze iyo impinduramatwara igeze igihe, hakagira uwanga ko ibaho mu mahoro, byanze bikunze aba ahamagarira abantu gukora impinduramatwara inyuze mu mivu y\u2019amaraso.<\/li>\n<\/ol>\n<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"2\">\n<li>Igihugu cyacu cy\u2019u Rwanda gikomeje kuyoborwa n\u2019abantu bagifashe bugwate bakaba badakozwa na busa amajwi menshi abahamagarira kwemera ko habaho impinduka zisonzewe na bose. Barafunga, bakica cyangwa bagatorongeza uwo ari we wese uvugiye rubanda asaba ko abenegihugu bahabwa ijambo bagahabwa uburenganzira bwo kwihitiramo uko bayoborwa.<\/li>\n<li>Tariki ya 16\/01\/2010, Nyakubahwa Madame INGABIRE Vctoire yasesekaye I Kigali azanye ijambo ry\u2019amahoro yifuza guhatanira ko ukuri n\u2019ubutabera byadufasha kubaka umuryango nyarwanda wasenyutse biturutse ku mateka n\u2019intambara yashojwe na FPR Inkotanyi. Yaratotejwe, arafungwa ndetse akatirwa imyaka 15 kuko yifuje impinduka zinyuze mu mahoro.<\/li>\n<li>Tariki ya 23\/11\/2016 jyewe ubwanjye Nadine Claire KASINGE mpetse umwana w\u2019uruhinja, ndi kumwe na Padiri Thomas NAHIMANA na Bwana V\u00e9nant NKURUNZIZA twangiwe na FPR Inkotanyi kwinjira mu gihugu cyacu ngo duhatanire ko igihugu cyacu cyayoborwa hakurikije amahame ya demokarasi. Tariki ya 22\/02\/2017 twongeye gufata urugendo, Paul KAGAME na Leta ye bashyira iterabwoba kuri Kompanyi zose zitwara abagenzi zerekeza mu Rwanda ngo dusohorwe mu ndege tugeze ku kibuga cy\u2019indege i Buruseli, mu Bubiligi. Twabujijwe dutyo kwinjira mu gihugu cyacu ngo dufatanye n\u2019abandi kubaka igihugu nyamara nta ntwaro twari twitwaje kuko dushyize imbere impinduka inyuze mu nzira y\u2019amahoro.<\/li>\n<li>Mu kwezi kwa 05\/2017, Diane SHIMA RWIGARA yarahagurutse atangaza ko asanga akarengane gakorerwa Abanyarwanda gakabije, yiyemeza guhatanira kuyobora u Rwanda ngo amahame ya demokarasi ahabwe intebe. Yarafashwe arafungwa n\u2019umubyeyi we, imitungo yabo iribwa n\u2019ibisahiranda bitayivunikiye. Diane SHIMA RWIGARA yaharaniraga impinduka zinyuze mu mahoro.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Bataripfanakazi, Bataripfana b\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda,<br \/>\nBanyarwandakazi, Banyarwanda namwe nshuti z\u2019u Rwanda,<\/p>\n<p>Muri iyi minsi haravugwa imirwano ya hato na hato ishyamiranya abasirikare b\u2019u Rwanda n\u2019imitwe itandukanye yitwaje intwaro. Nkaba mboneyeho kubagezaho ibi bikurikira\u00a0:<\/p>\n<ol>\n<li>Mu gihe haba koko hari urubyiruko rutagishoboye kubaho ruteze amajosi ngo Inkotanyi ziyateme, rugafata intwaro ngo rwirwaneho ndetse rukure abanyarwanda ku ngoyi, ingaruka zose zizabazwe abafite ubutegetsi muri iki gihe bakomeje kunangira ko impinduka zikorwa mu mahoro.<\/li>\n<li>Intambara zigira ingaruka nyinshi by\u2019umwihariko ku bana n\u2019abategarugori. Nk\u2019umutegarugori ni inshingano zanjye gusaba abarwana kwitonda cyane kandi bakabungabunga uburenganzira n\u2019ubuzima bwa\u2019abana n\u2019abari n\u2019abategarugori. Ndasaba kandi ko abarwana bakwirinda icyahungabanya ubuzima bw\u2019abanyarwanda no kwirinda gushora abasiviri mu mirwano badafitiye imyitozo, ubumenyi n\u2019ubushobozi.<\/li>\n<li>Mu izina ry\u2019ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda mbereye umuyobozi, sinabura kwibutsa Paul KAGAME ko agifite akanya ko kwemera kugirana imishyikirano n\u2019abatavuga rumwe nawe hagamijwe ko intambara zakumirwa amazi atararenga inkombe.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Harakabaho u Rwanda rugendera ku mahame ya Demokarasi<br \/>\nHarakabaho abanyarwanda babanye mu mahoro<br \/>\nHarakabaho ukuri, ubutwari n\u2019ugusaranganya ibyiza by\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Bikorewe i Montreal, Canada<br \/>\nKuwa 23\/07\/18<br \/>\nNadine Claire KASINGE<br \/>\nPr\u00e9sidente ISHEMA Party<\/p>\n<p><strong><a href=\"http:\/\/www.ishema-party.org\/images\/documents\/COMMUNIQUE_ISHEMA_23072018.pdf\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">Kanda hano ubone iri tangazo muri PDF<\/a><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bataripfanakazi, Bataripfana b\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda, Banyarwandakazi, Banyarwanda namwe nshuti z\u2019u Rwanda, \u00ab\u00a0Abanga impinduramatwara zinyuze mu mahoro, ni bo ubwabo batuma habaho impinduka zinyuze mu mivu y\u2019amaraso\u00a0\u00bb. Iyi ni imvugo ya Perezida Kennedy wayoboye Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika guhera mu mwaka wa 1961 kugeza yishwe mu mwaka wa 1963. Mu bushishozi bwe, yasanze iyo impinduramatwara [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":20112,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-27489","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bataripfanakazi, Bataripfana b\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda, Banyarwandakazi, Banyarwanda namwe nshuti z\u2019u Rwanda, \u00ab\u00a0Abanga impinduramatwara zinyuze mu mahoro, ni bo ubwabo batuma habaho impinduka zinyuze mu mivu y\u2019amaraso\u00a0\u00bb. Iyi ni imvugo ya Perezida Kennedy wayoboye Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika guhera mu mwaka wa 1961 kugeza yishwe mu mwaka wa 1963. Mu bushishozi bwe, yasanze iyo impinduramatwara [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-23T20:34:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"374\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"432\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO\",\"datePublished\":\"2018-07-23T20:34:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/\"},\"wordCount\":525,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/Nadine-Claire-Kasinge.png\",\"articleSection\":[\"Amatangazo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/\",\"name\":\"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/Nadine-Claire-Kasinge.png\",\"datePublished\":\"2018-07-23T20:34:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/Nadine-Claire-Kasinge.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/Nadine-Claire-Kasinge.png\",\"width\":374,\"height\":432,\"caption\":\"Nadine Claire KASINGE\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda","og_description":"Bataripfanakazi, Bataripfana b\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda, Banyarwandakazi, Banyarwanda namwe nshuti z\u2019u Rwanda, \u00ab\u00a0Abanga impinduramatwara zinyuze mu mahoro, ni bo ubwabo batuma habaho impinduka zinyuze mu mivu y\u2019amaraso\u00a0\u00bb. Iyi ni imvugo ya Perezida Kennedy wayoboye Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika guhera mu mwaka wa 1961 kugeza yishwe mu mwaka wa 1963. Mu bushishozi bwe, yasanze iyo impinduramatwara [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-07-23T20:34:19+00:00","og_image":[{"width":374,"height":432,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png","type":"image\/png"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO","datePublished":"2018-07-23T20:34:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/"},"wordCount":525,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png","articleSection":["Amatangazo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/","name":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png","datePublished":"2018-07-23T20:34:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/Nadine-Claire-Kasinge.png","width":374,"height":432,"caption":"Nadine Claire KASINGE"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanga-impinduka-zinyuze-mu-mahoro-ni-bo-ubwabo-bikururira-izinyuze-mu-mivu-yamaraso\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ABANGA IMPINDUKA ZINYUZE MU MAHORO NI BO UBWABO BIKURURIRA IZINYUZE MU MIVU Y\u2019AMARASO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27489","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=27489"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27489\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":27490,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/27489\/revisions\/27490"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20112"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=27489"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=27489"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=27489"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}