{"id":28275,"date":"2018-09-15T20:15:00","date_gmt":"2018-09-15T18:15:00","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=28275"},"modified":"2018-09-15T20:15:00","modified_gmt":"2018-09-15T18:15:00","slug":"impinduramatwara-iri-bugufi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/","title":{"rendered":"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI."},"content":{"rendered":"<p>Nongeye kubaramutsa basangira murage wa Gihanga. Nimugire amahoro. Duherukana munyandiko nahaye umutwe w\u2019amagambo ugir\u2019uti\u201d<b>IMPINDURAMATWARA NYARWANDA<\/b>\u201d. Uyu munsi rero ngarutse ngira nti\u201d<b>IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI<\/b>\u201d. Ibirimo kuba muri iyi minsi biraca amarenga yuko Impimduramatwara Nyarwanda iri bugufi. Iyo witegereje u Rwanda yewe uhereye muntangiriro za 2017, utiriwe ujya nakure iyo za 2006,7,8 gukomeza, ukageza amagingo aya; ubona harabaye impinduka zikomeye mubutegetsi bwa Kigali cyane zishyira kuherezo ryabwo.<\/p>\n<p>Mbere yuko nibanda kubukungu, ububanyi n\u2019amahanga, n\u2019ibindi byiciro bitandukanye, ndahera ku marangamutima yanjye ariyo aya: 1. Kwibasirwa kwa Jambo Asbl nabifashe nko gukubitwa kwa Dominique MBONYUMUTWA mu 1959. 2. Gufungurwa kwa Kizito MIHIGO na Victoire INGABIRE nabyo nabibonye nko kwemerera amashyaka atavuga rumwe n\u2019ubutegetsi kungoma ya Nyakwigendera Juvenal HABYARIMANA. Ibi bimenyetso bibiri biraza bitwibutsa impinduramatwara navuga ziheruka mu Rwanda, imwe y\u2019abahutu indi y\u2019abatutsi. Ibi biratugaragariza ko impinduramatwara izakurikira atari iyubwoko ahubwo ari iya bene Kanyarwanda nkuko bigaragara ko tugize integuza ivuye mu Mpinduramatwara y\u2019Abahutu yabaye mu 1959 ndetse niy\u2019Abatutsi yabaye mu 1994. Dutegereze twiteguye ifirimbi izavuga itangiza Impinduramatwara. Nidushyire hamwe duharanira ukubohorwa kw\u2019Abanyarwanda bose apana ubwoko ubu n\u2019ubu.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Uyu munsi iyo urebye ububanyinamahanga bw\u2019igihugu cyacu usanga buhagaze nabi kuburyo bukomeye, yewe uhereye kubaturanyi bose badukikije usanga atari shyashya, wakomeza muri Afurika ukitegereza uyu mwaka umukuru w\u2019igihugu cyacu amaze ayoboye Umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019Afurika usanga u Rwanda rwaragaragaye nkigihugu kiyobowe n\u2019igitugu no kutajya inama. Wakomeza mumahanga ya kure, ukareba uburyo igihugu cyacu cyabyimbije agatuza imbere y\u2019igihugu gikomeye nka Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika nabyo bikugaragariza aho duhagaze. Umukuru w\u2019igihugu aheruka mu Bubiligi no mu Bufaransa mugikorwa cyagaragaye nko kujya kugambanira D.R.Congo ariko nabyo ntibyamuhiriye. Ibyo byose no kuba ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bufatwa nkubwafunze abenegihugu benshi bazira politiki (aha navuga igikorwa kimaze iminsi cya <b>#FreeDianeRwigara<\/b> tutashidikanya ko cyo ndetse na kandidatire ya Mushikiwabo muri OIF biri mubyaba byatumye Kizito MIHIGO na Victoire INGABIRE bafungurwa) usanga u Rwanda rihagaze nabi mugisata cy\u2019ububanyinamahanga.<\/p>\n<p>Ubukungu bw\u2019igihugu cyacu bwifashe nabi, ibigaragarira buri umwe kuri ubu ni igabanywa rikabije ry\u2019imfashanyo yahabwaga amakipe yari asanzwe afashwa nuturere, abakozi ba leta bamaze amezi menshi badahembwa, n\u2019ibindi. Biragoye kumenya ingano y\u2019umutungo wa FPR, gusa ikidashidikanywaho nuko wamutungo navuga uba uzigamwe ahantu twakwita udakorwaho (kanywite capital) ubu bisabwa ko ukorwaho bitewe nuko ibuye ryo muri D.R.Congo ritakiboneka ndetse n\u2019imisoro inyunyuswa abaturage ikaba idahagije mungendo z\u2019umukuru w\u2019igihugu ndetse n\u2019imishahara y\u2019abandi bategetsi bakomeye. Abari mumahanga nimwe mwabwirwa neza iby\u2019ubukungu bumeze nabi murwababyaye naho hano mugihugu ho kubibona ntibisaba guhengereza.<\/p>\n<p>Natangiye mvuga kumarangamutima agendeye kubiriho, nagarutse kububanyi namahanga aho twabonye ko butifashe neza nagato. Nasoreje kubukungu, igihugu kidafite ubukungu rero ntacyo kiba gisigaje, cyane kugihugu nk\u2019u Rwanda rubeshejweho no kwishyura abanyamahanga bagenda barubeshyera uko rutari, ndetse rubeshejwe ho n\u2019imbunda, umunsi babuze ayo bahemba abasirikari kazaba kabaye. None rero Banyarwanda Banyarwandakazi namwe Nshuti z\u2019u Rwanda nyuma yo kubona ko u Rwanda rwacu ruri munzira y\u2019impinduramatwara nakora iki wakora iki kugira ngo tuyigereho? Ni ahacu mugufashanya dushyize hamwe twese tugasubiza umuturage uburenganzira agombwa. Kansoreze ku jambo Bwana Gilbert MWENEDATA aherutse kuvuga mukiganiro yagiranye na Serge NDAYIZERE kuri Radio Itahuka aho yatanze ikiganiro k\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge; yasoje agira ati\u201dAbanyapolitiki turarwaye, turagomba kubanza gukira ubwacu tukabona gukiza abaturage; dukwiye kwicarana tukabwirana ukuri tukabanza kugera k\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge nyabwo twe ubwacu\u201d.<\/p>\n<p>Ngayo nguko, Imana ibarinde.<\/p>\n<p><b>#FreeDianeRwigara<\/b><\/p>\n<p>Sinivuga tuzamenyana igihe gikwiye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nongeye kubaramutsa basangira murage wa Gihanga. Nimugire amahoro. Duherukana munyandiko nahaye umutwe w\u2019amagambo ugir\u2019uti\u201dIMPINDURAMATWARA NYARWANDA\u201d. Uyu munsi rero ngarutse ngira nti\u201dIMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI\u201d. Ibirimo kuba muri iyi minsi biraca amarenga yuko Impimduramatwara Nyarwanda iri bugufi. Iyo witegereje u Rwanda yewe uhereye muntangiriro za 2017, utiriwe ujya nakure iyo za 2006,7,8 gukomeza, ukageza amagingo aya; ubona [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":28226,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-28275","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nongeye kubaramutsa basangira murage wa Gihanga. Nimugire amahoro. Duherukana munyandiko nahaye umutwe w\u2019amagambo ugir\u2019uti\u201dIMPINDURAMATWARA NYARWANDA\u201d. Uyu munsi rero ngarutse ngira nti\u201dIMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI\u201d. Ibirimo kuba muri iyi minsi biraca amarenga yuko Impimduramatwara Nyarwanda iri bugufi. Iyo witegereje u Rwanda yewe uhereye muntangiriro za 2017, utiriwe ujya nakure iyo za 2006,7,8 gukomeza, ukageza amagingo aya; ubona [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-15T18:15:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/\",\"name\":\"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg\",\"datePublished\":\"2018-09-15T18:15:00+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg\",\"width\":960,\"height\":960},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda","og_description":"Nongeye kubaramutsa basangira murage wa Gihanga. Nimugire amahoro. Duherukana munyandiko nahaye umutwe w\u2019amagambo ugir\u2019uti\u201dIMPINDURAMATWARA NYARWANDA\u201d. Uyu munsi rero ngarutse ngira nti\u201dIMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI\u201d. Ibirimo kuba muri iyi minsi biraca amarenga yuko Impimduramatwara Nyarwanda iri bugufi. Iyo witegereje u Rwanda yewe uhereye muntangiriro za 2017, utiriwe ujya nakure iyo za 2006,7,8 gukomeza, ukageza amagingo aya; ubona [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-09-15T18:15:00+00:00","og_image":[{"width":960,"height":960,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/","name":"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg","datePublished":"2018-09-15T18:15:00+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Kizito-Ingabire.jpg","width":960,"height":960},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduramatwara-iri-bugufi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IMPINDURAMATWARA IRI BUGUFI."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28275","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=28275"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28275\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":28276,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28275\/revisions\/28276"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/28226"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=28275"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=28275"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=28275"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}