{"id":2879,"date":"2012-12-12T23:46:28","date_gmt":"2012-12-12T21:46:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2879"},"modified":"2012-12-12T23:46:28","modified_gmt":"2012-12-12T21:46:28","slug":"ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA"},"content":{"rendered":"<p>Pretoria- Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Ukuboza 2012, Ihuriro nyarwanda(RNC) muri Afrika y\u2019epfo aho gukora ibirori by\u2019isabukuru y\u2019imyaka ibiri rimaze rivutse,ahubwo ryatangaje ko akazi aribwo kagitangira rihitamo gukorera imyigaragambyo ku biro bya Ambasade y\u2019u Rwanda hano mu murwa mukuru wa Afrika y\u2019epfo!<!--more--><\/p>\n<p>Iyo myigaragambyo yari yatumiwemo n\u2019abavandimwe bo mu bihugu bituranye n\u2019u Rwanda yatangiye saa tanu kugeza saa saba, nk&#8217;uko uruhushya rwatanzwe na Tswane Metropolitan Council rwabisabaga, ndetse ko itagomba no kurenza abantu magana abili(200) nyuma yaho ambasade ikoze ibishoboka byose ngo imyigaragambyo itemererwa gukorerwa imbere y\u2019ibiro byayo ariko bikananirana gusa RNC igasabwa ko itagomba kurenza uwo mubare kubera ko ambasade yabeshye Tswane Metro Police ngo Ihuriro Nyarwanda rirategura igitero cyo kuyisenya! Ikaba yari igamije kwibutsa amahanga ndetse n\u2019abanyarwanda bagitsimbaraye ku mahame ya FPR \/Inkotanyi ko intambara ibera mu burasirazuba bwa Congo ari intambara bwite ya Perezida Kagame ko abakongomani n\u2019abanyarwanda ari abavandimwe basangiye byinshi ko mu by\u2019ukuri nta cyatuma barwana. Hakaba kandi harimo no gutabariza abasore n\u2019inkumi bari mu ngabo z\u2019u Rwanda batumva impamvu bajya gupfira inyungu z\u2019umuherwe Paul Kagame nkaho ariwe Rwanda!<\/p>\n<p style=\"text-align: center\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter\" src=\"http:\/\/1.bp.blogspot.com\/-GdQLHri4SDk\/UMiag9BHkwI\/AAAAAAAAAXQ\/L4O56Li9OTI\/s1600\/12120143.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"433\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: left\">Abigaragambya basabye ko umwanya wo gukorera politike mu Rwanda ufungurwa, abafungiye ibitekerezo byabo bose bakarekurwa nta mananiza maze hagatangizwa ibiganiro bitaziguye abanyarwanda bose bagashakira hamwe umuti w\u2019ibibazo bibateranya ntawe uniganwe ijambo. Bongeye kandi kwamagana ubugizi bwa nabi bukorerwa mu magereza azwi n\u2019atazwi bukorwa kenshi n\u2019inzego zishinzwe umutekano ziyoborwa n\u2019agatsiko k\u2019abasirikare b\u2019indobanure bimitswe na Perezida Kagame.<\/p>\n<p style=\"text-align: center\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter\" src=\"http:\/\/1.bp.blogspot.com\/-xzM-bnuY5Ek\/UMia-oMZHyI\/AAAAAAAAAXY\/mIWBGbop_4Y\/s1600\/12120150.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"433\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: left\">Bwana Ntwali Frank uhagarariye Ihuriro nyarwanda by\u2019agateganyo muri Afrika yashimiye abari aho bamwe bari baturutse kure nka Cape Town, anibutsa ko urugamba rwo guhindura amatwara mu Rwanda ruzakorwa n\u2019abanyarwanda ubwabo kandi ko igihe nta kindi ari iki tugezemo! Ati: Abavuga ko RNC itabaho nka Ambasaderi Karega noneho bazongere bahakane ko RNC Itabagendereye ndetse ibazaniye n\u2019ubutumwa bwiza bakanga gukingura! Yongera agira ati Ikinyoma ntigihabwa intebe kabili na leta y\u2019Afrika y\u2019epfo Ambasade yabwiraga ko RNC ari gashoza ntambara, inkozi z\u2019ibibi, n\u2019ibindi&#8230; Batangajwe n\u2019ukuntu\u00a0imyigaragambyo yabaye mu mudendezo nabo ubwabo batamenyereye mu myigaragambyo isanzwe ikorwa n\u2019abenegihugu. Akomeza agira ati aho naho twabatsinze ikindi maze amashyi ngo kaci kaci!<\/p>\n<p>Michael Rwarinda<br \/>\nPretoria<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Pretoria- Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Ukuboza 2012, Ihuriro nyarwanda(RNC) muri Afrika y\u2019epfo aho gukora ibirori by\u2019isabukuru y\u2019imyaka ibiri rimaze rivutse,ahubwo ryatangaje ko akazi aribwo kagitangira rihitamo gukorera imyigaragambyo ku biro bya Ambasade y\u2019u Rwanda hano mu murwa mukuru wa Afrika y\u2019epfo!<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2880,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,62],"tags":[],"class_list":["post-2879","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Pretoria- Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Ukuboza 2012, Ihuriro nyarwanda(RNC) muri Afrika y\u2019epfo aho gukora ibirori by\u2019isabukuru y\u2019imyaka ibiri rimaze rivutse,ahubwo ryatangaje ko akazi aribwo kagitangira rihitamo gukorera imyigaragambyo ku biro bya Ambasade y\u2019u Rwanda hano mu murwa mukuru wa Afrika y\u2019epfo!\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-12-12T21:46:28+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/\",\"name\":\"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-12-12T21:46:28+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"1600\",\"height\":\"901\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda","og_description":"Pretoria- Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Ukuboza 2012, Ihuriro nyarwanda(RNC) muri Afrika y\u2019epfo aho gukora ibirori by\u2019isabukuru y\u2019imyaka ibiri rimaze rivutse,ahubwo ryatangaje ko akazi aribwo kagitangira rihitamo gukorera imyigaragambyo ku biro bya Ambasade y\u2019u Rwanda hano mu murwa mukuru wa Afrika y\u2019epfo!","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-12-12T21:46:28+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/","name":"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-12-12T21:46:28+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"1600","height":"901"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ihuriro-nyarwandarnc-rikomeje-umurego-mu-guharanira-impinduka-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IHURIRO NYARWANDA(RNC) RIKOMEJE UMUREGO MU GUHARANIRA IMPINDUKA MU RWANDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2879","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2879"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2879\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2879"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2879"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2879"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}