{"id":2881,"date":"2012-12-13T15:07:41","date_gmt":"2012-12-13T13:07:41","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2881"},"modified":"2012-12-13T15:22:42","modified_gmt":"2012-12-13T13:22:42","slug":"rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/","title":{"rendered":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU"},"content":{"rendered":"<p>N&#8217;ubwo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0Harebamungu asaba abarimu kujya bamwoherereza ubutumwa bugufi bamugezaho ibitekerezo byabo ku bibazo baba bahura nabyo, abakorera mu Karere ka Nyabihu bo bamaze iminsi bakura isomo mu kumwoherereza ibitekerezo mu butumwa bugufi bita sms.<!--more--><\/p>\n<p>Inkuru imaze iminsi ivugwa mu barimu bigisha mu Karere ka Nyabihu aratubwira uko byagendekeye abarimu 2 nyuma yo koherereza Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias ubwo butumwa bugufi bita sms. Uwa mbere watinyutse kumwoherereza sms n\u2019uwo mu Murenge wa Jomba, ariko bikaza kumuviramo gufungwa ibyumweru 2 muri Kasho ya Nyabihu. Ubwo butumwa yoherereje nyakubahwa bwamubwiraga ko imishahara y\u2019abarimu mu Karere ka Nyabihu yatinze cyane bakaba batarasobanuriwe impamvu y\u2019iryo tinda hanyuma asaba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0ko niba azi impamvu yamusobanurira. Akanamubwira ko adashyigikiye igitekerezo cyo kunyuza amafaranga bakagombye kongezwa muri UMWALIMU SACCO.<\/p>\n<figure id=\"attachment_2885\" aria-describedby=\"caption-attachment-2885\" style=\"width: 349px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/12\/Harebamungu-amena-za-mobile.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-2885\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/12\/Harebamungu-amena-za-mobile.jpg\" alt=\"\" width=\"349\" height=\"336\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/12\/Harebamungu-amena-za-mobile.jpg 349w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/12\/Harebamungu-amena-za-mobile-300x288.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 349px) 100vw, 349px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-2885\" class=\"wp-caption-text\">Uyu muyobozi ashobora kuba azirana n&#8217;ibijyanye na telefone zigendanwa byose! Aha yamenaga mobiles z&#8217;abanyeshuri bari bazanye ku ishuri.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0yaje gutanga numero z\u2019uyu mwarimu ku buyobozi bw\u2019Akarere atabwa muri yombi n\u2019ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Nyabihu bumushikiriza Polisi, ashinjwa kugumura abandi barimu n\u2019uko afungwa ibyumweru 2 atanashikirijwe ubushinjacyaha nk\u2019uko amategeko abiteganya.<\/p>\n<p>Siwe wenyine wazize koherereza Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye\u00a0sms mu Karere ka Nyabihu, uwa 2 wabizize yamwandikiye amubaza impamvu agashahara katinze nawe azaguhanishwa koherezwa kure cyane y&#8217;aho yari asanzwe akorera (mutation disciplinaire).<\/p>\n<p>Tukaba dusanga Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0yagombye kubazwa impamvu z\u2019ako karengane karimo kugera ku barimu aba yashutse ngo bamuhe ibitekerezo yarangiza akabatanga ngo bahanwe.<\/p>\n<p>Mana mana<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N&#8217;ubwo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0Harebamungu asaba abarimu kujya bamwoherereza ubutumwa bugufi bamugezaho ibitekerezo byabo ku bibazo baba bahura nabyo, abakorera mu Karere ka Nyabihu bo bamaze iminsi bakura isomo mu kumwoherereza ibitekerezo mu butumwa bugufi bita sms.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2085,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-2881","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N&#8217;ubwo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0Harebamungu asaba abarimu kujya bamwoherereza ubutumwa bugufi bamugezaho ibitekerezo byabo ku bibazo baba bahura nabyo, abakorera mu Karere ka Nyabihu bo bamaze iminsi bakura isomo mu kumwoherereza ibitekerezo mu butumwa bugufi bita sms.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-12-13T13:07:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-12-13T13:22:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU\",\"datePublished\":\"2012-12-13T13:07:41+00:00\",\"dateModified\":\"2012-12-13T13:22:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/\"},\"wordCount\":297,\"commentCount\":8,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/\",\"name\":\"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-12-13T13:07:41+00:00\",\"dateModified\":\"2012-12-13T13:22:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"356\",\"height\":\"284\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda","og_description":"N&#8217;ubwo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuli abanza n&#8217;ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias\u00a0Harebamungu asaba abarimu kujya bamwoherereza ubutumwa bugufi bamugezaho ibitekerezo byabo ku bibazo baba bahura nabyo, abakorera mu Karere ka Nyabihu bo bamaze iminsi bakura isomo mu kumwoherereza ibitekerezo mu butumwa bugufi bita sms.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-12-13T13:07:41+00:00","article_modified_time":"2012-12-13T13:22:42+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU","datePublished":"2012-12-13T13:07:41+00:00","dateModified":"2012-12-13T13:22:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/"},"wordCount":297,"commentCount":8,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/","name":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-12-13T13:07:41+00:00","dateModified":"2012-12-13T13:22:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"356","height":"284"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayoherereje-message-ministri-harebamungu-ahanishwa-gufungwa-ibyumweru-bibili-muri-kasho-ya-nyabihu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RWANDA:YOHEREREJE MESSAGE MINISTRI HAREBAMUNGU AHANISHWA GUFUNGWA IBYUMWERU BIBILI MURI KASHO YA NYABIHU"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2881","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2881"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2881\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2881"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2881"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2881"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}