{"id":28854,"date":"2018-10-14T01:31:35","date_gmt":"2018-10-13T23:31:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=28854"},"modified":"2018-10-14T01:31:35","modified_gmt":"2018-10-13T23:31:35","slug":"urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/","title":{"rendered":"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana"},"content":{"rendered":"<p>Nifuje \u00a0kunenga nivuye inyuma \u00a0icyemezo kigamije kuzimya ukuri kw\u2019 ishyano ryagwiririye igihugu cyacu cy\u2019 u Rwanda \u00a0. Icyo cyemezo cyafashwe n\u2019 ubushinjacyaha \u00a0(\u201c parquet du Tribunal de Grande Instance de Paris \u201c) \u00a0nkuko byatangajwe mu inyandiko y\u2019i taliki 10 Ukwakira 2018 yashyizweho umukono na \u201cVice Procureur\u201d Mr Nicolas Renucci, \u00a0isaba ko urubanza rw\u2019 abanyarwanda 9 bashinjwa kugira uruhare mw\u2019 ihanurwa ry\u2019 indege ya Falcon 50 \u201c9XR-NN\u201d ya perezida Yuvenali Habyarimana rwaseswa, abashinjwa bakareka gukurikiranwa kuko \u00a0ngo ntabimenyetso bifatika byemeza uruhare rwabo mu ihanurwa ry\u2019 iyo ndege yaguyemo aba bakurikira bishwe:<\/p>\n<ul>\n<li>Juvenal Habyarimana, Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda<\/li>\n<li>Cyprien Ntiyamira, Perezida wa Repubulika y\u2019 u Burundi<\/li>\n<li>Bernard Ciza, Minisitiri w\u2019 ibikorwa remezo w\u2019u Burundi<\/li>\n<li>Cyriaque Simbizi, ministiri w\u2019 itumanaho w\u2019Burundi<\/li>\n<li>Major General D\u00e9ogratias Nsabimana, umuyobozi mukuru muri Minisiteri y\u2019 Ingabo<\/li>\n<li>Major Thadd\u00e9e Bagaragaza, umuyobozi muri Minisiteri y\u2019 ingabo<\/li>\n<li>Colonel Elie Sagatwa, Umuyobozi muri Secretariat y\u2019 ihariye ya perezida w\u2019 u Rwanda akaba na chefu wa cabinet ya gisirikari ya perezida w\u2019 u Rwanda<\/li>\n<li>Juv\u00e9nal Renzaho, umujyanama kubyerekeye ububanyi n\u2019amahanga wa perezida w\u2019 u Rwanda<\/li>\n<li>Dr Emmanuel Akingeneye, umuganga wa perezida w\u2019 \u00a0Rwandan<\/li>\n<\/ul>\n<p>Abakozi b\u2019abafaransa batwaraga iyo ndege :<\/p>\n<ul>\n<li>Jacky Heraud<\/li>\n<li>Jean-Pierre Minaberry<\/li>\n<li>Jean Michel Perrine<\/li>\n<\/ul>\n<p>Muri iyi nyandiko nifuje \u00a0kwibutsa abanyarwanda ko ntazasubira kubuhamya natanze kuri iki kibazo kandi ko nzakomeza kubuhagararaho na nyuma y\u2019iki cyemezo kigayitse giturutse mu ubushinjacyaha bw\u2019ubufaransa kuko abanyarwanda \u00a0bagitegereje ubutabera nyabwo kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Banyarwanda ,turahangana n\u2019ikinyoma giteye inkeke, ikinyoma kabuhariwe cyizweho kigashyirwa mubikorwa .<\/p>\n<p>Ndanenga uburiganya , kubeshya no gukomeza gushaka gusibanganya uruhare rwa FPR mumahano yatugwiririye ya Jenoside \u00a0n\u2019 inkurikizi zayo zahogoje akarere k\u2019 ibiyaga bigari, cyane cyane igihugu cya Kongo aho miliyoni esheshatu z\u2019abantu bapfuye urwagashyinyaguro.<\/p>\n<p>Ndagirango nibutse abanyarwanda, byumwihariko Paulo Kagame, ibyegera bye n\u2019abambari be, harimo n\u2019abakora ubutaruhuka kugirango basibe ibyaha biremereye \u00a0bimwanditseho ko atazigera aba umwere ku cyaha cyo guhanura indege ya Perezida Habyarimana. Nta kinyoma cyangwa ubwumvikane hagati y\u2019 ibihugu runaka bishobora gusibanganya ukuri tuzi nk\u2019abanyarwanda imbere y\u2019ubutabera n\u2019Imana.<\/p>\n<p><strong>Noble Marara<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nifuje \u00a0kunenga nivuye inyuma \u00a0icyemezo kigamije kuzimya ukuri kw\u2019 ishyano ryagwiririye igihugu cyacu cy\u2019 u Rwanda \u00a0. Icyo cyemezo cyafashwe n\u2019 ubushinjacyaha \u00a0(\u201c parquet du Tribunal de Grande Instance de Paris \u201c) \u00a0nkuko byatangajwe mu inyandiko y\u2019i taliki 10 Ukwakira 2018 yashyizweho umukono na \u201cVice Procureur\u201d Mr Nicolas Renucci, \u00a0isaba ko urubanza rw\u2019 abanyarwanda 9 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":25212,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-28854","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry&#039;indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry&#039;indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nifuje \u00a0kunenga nivuye inyuma \u00a0icyemezo kigamije kuzimya ukuri kw\u2019 ishyano ryagwiririye igihugu cyacu cy\u2019 u Rwanda \u00a0. Icyo cyemezo cyafashwe n\u2019 ubushinjacyaha \u00a0(\u201c parquet du Tribunal de Grande Instance de Paris \u201c) \u00a0nkuko byatangajwe mu inyandiko y\u2019i taliki 10 Ukwakira 2018 yashyizweho umukono na \u201cVice Procureur\u201d Mr Nicolas Renucci, \u00a0isaba ko urubanza rw\u2019 abanyarwanda 9 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-13T23:31:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1096\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"616\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/\",\"name\":\"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry'indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png\",\"datePublished\":\"2018-10-13T23:31:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png\",\"width\":1096,\"height\":616,\"caption\":\"Noble Marara\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry'indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry'indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda","og_description":"Nifuje \u00a0kunenga nivuye inyuma \u00a0icyemezo kigamije kuzimya ukuri kw\u2019 ishyano ryagwiririye igihugu cyacu cy\u2019 u Rwanda \u00a0. Icyo cyemezo cyafashwe n\u2019 ubushinjacyaha \u00a0(\u201c parquet du Tribunal de Grande Instance de Paris \u201c) \u00a0nkuko byatangajwe mu inyandiko y\u2019i taliki 10 Ukwakira 2018 yashyizweho umukono na \u201cVice Procureur\u201d Mr Nicolas Renucci, \u00a0isaba ko urubanza rw\u2019 abanyarwanda 9 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-10-13T23:31:35+00:00","og_image":[{"width":1096,"height":616,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png","type":"image\/png"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/","name":"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry'indege ya Perezida Habyalimana - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png","datePublished":"2018-10-13T23:31:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/marara-Noble.png","width":1096,"height":616,"caption":"Noble Marara"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwandiko-rugenewe-abanyarwanda-ku-ihanurwa-ryindege-ya-perezida-habyalimana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urwandiko rugenewe Abanyarwanda ku ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28854","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=28854"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28854\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":28855,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28854\/revisions\/28855"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25212"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=28854"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=28854"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=28854"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}