{"id":28892,"date":"2018-10-18T02:23:02","date_gmt":"2018-10-18T00:23:02","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=28892"},"modified":"2018-10-18T02:23:02","modified_gmt":"2018-10-18T00:23:02","slug":"ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/","title":{"rendered":"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n&#8217;inzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>1.Kuba yarakuwe muri gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere mu buryo budasobanutse asize amashumi ye (abo baregwaga hamwe bo mu ishyaka FDU-Inkingi yari bereye visi Perezida wa mbere)<\/p>\n<p>2.Kuba aho yajyanywe muri gereza ya Nyanza i Mpanga harabanje gukurwa abari bahafungiye aribo Dr Niyitegeka Th\u00e9oneste wajyanywe muri Gereza ya Nyakiriba i Rubavu, na \u00a0Mushayidi D\u00e9ogratias na Col Habimana Michel bombi bimuriwe muri Gereza ya Nyarugenge i Mageragere.<\/p>\n<p>3.Kuba umuvugizi w&#8217;urwego rushinzwe imfungwa n&#8217;abagororwa, SSP Hillary Sengabo Directeur wa Gereza ya Mpanga, CSP John Nikono bari kumwe na Murenzi Aimable barabanje gusura aho bazamushyira<\/p>\n<p>4.Kuba SSP Hillary Sengabo yarabeshye ko babanje kubara imfungwa bakamenyako yatorotse, ibyo ntibibaho mu magereza yo mu Rwanda.<\/p>\n<p>5.Kuba kandi SSP Sengabo yaratangarije itangazamakuru ko Boniface Twagirimana na Murenzi Aimable basanganywe umugambi wo gutoroka, kandi bitarabayeho ntaho byigeze bivugwa byaba ari muri Gereza ya Mpanga cyangwa ya Mageragere.<\/p>\n<p>6.Kuba nta nama n&#8217;imwe yakoreshejwe n&#8217;umuyobozi wa gereza ya Nyanza ivuga kuri icyo kibazo, nk&#8217;uko byagenze kuri Cassien Ntamuhanga ubwo yayirokaga<\/p>\n<p>7.Kuba urwego rushinzwe imfungwa n&#8217;abagororwa (RCS) rutaragaraje aho banyuze batoroka n&#8217;ibyo bakoresheje batoroka nk&#8217;uko babigaragaje ubwo Cassien Ntamuhanga yatorokaga, bakerekana aho yaciye yuriye urukuta ndetse n&#8217;imigozi yakoresheje.<\/p>\n<p>8.Kuba Umuyobozi wa gereza ya Nyanza yarahise yimurwa ikitaraganya, mu gihe hari n&#8217;abacungagereza babiri yasize afungishije.<\/p>\n<p>Nyuma yo gusoma <a href=\"http:\/\/www.veritasinfo.fr\/2018\/10\/rwanda-oif-igomba-gusenyuka-niba-idafashije-kagame-kwica-abanyepolitiki-niyo-mpamvu-twagirimana-yanyerejwe.html\">inkuru yasohotse mu kinyamakuru Veritas Info<\/a> isa nk&#8217;ishinja ndetse inashinyagurira Boniface Twagirimana byatumye nandika izi ngingo ziri hano hejuru.<\/p>\n<p>Ariko nanone nibutsaga uwanditse inyandiko yo muri Veritas Info niba atari gatumwa yagombye kubaza abafite amakuru nyayo bakayamuha aho gukwiza ibihuha bidafite ishingiro.<\/p>\n<p>Ibyo nakosoraho uyu wanditse iyo nkuru ni ibi bikurikira:<\/p>\n<p>&#8211;<a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/deogratias-mushayidi-yakuwe-muri-gereza-ya-nyanza-ajyanwa-ahantu-hataramenyekana\/\">Col Habimana Michel ntabwo yarigishijwe ahubwo yimuriwe muri Gereza ya Mageragere<\/a><\/p>\n<p>-Aimable Murenzi yafunzwe mu 2007 amaze <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wumunyamakuru-jean-bosco-gasasira-ufite-ibyo-usaba-leta-yu-rwanda\/\">gushaka kwica Umunyamakuru Jean Bosco Gasasira<\/a> akamusiga ari intere yibwira ko yamwishe. Naho umunyamakuru Jean L\u00e9onard Rugambage yishwe n&#8217;uwitwa Nduguyangu mu 2010, icyo gihe Aimable Murenzi yari afunzwe.<\/p>\n<p>-Iki uremeza ko Cassien Ntamuhanga na Callixte Sankara ngo bari muri Uganda!! Ese ayo makuru yo uyafitiye gihamya?<\/p>\n<p>-Ntabwo uzi Boniface Twagirimana neza uzamubaririze bakubwire uwo ari we. Ese ko muri Uganda abakorera inzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda batoratorwa buri munsi wibaza ko Boniface Twagirimana ari igicucu ku buryo agejejwe Uganda nk&#8217;uko ubivuga atakwitabaza inzego za Uganda akavuga ikimuzanya agasaba ko bamukiza ababa bamujyanye gutega uwo mutego?<\/p>\n<p><strong>Umusomyi wa The Rwandan\u00a0<\/strong><\/p>\n<p><strong>Kigal<\/strong>i<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>1.Kuba yarakuwe muri gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere mu buryo budasobanutse asize amashumi ye (abo baregwaga hamwe bo mu ishyaka FDU-Inkingi yari bereye visi Perezida wa mbere) 2.Kuba aho yajyanywe muri gereza ya Nyanza i Mpanga harabanje gukurwa abari bahafungiye aribo Dr Niyitegeka Th\u00e9oneste wajyanywe muri Gereza ya Nyakiriba i Rubavu, na \u00a0Mushayidi D\u00e9ogratias [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":15610,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-28892","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n&#039;inzego z&#039;iperereza z&#039;u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n&#039;inzego z&#039;iperereza z&#039;u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"1.Kuba yarakuwe muri gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere mu buryo budasobanutse asize amashumi ye (abo baregwaga hamwe bo mu ishyaka FDU-Inkingi yari bereye visi Perezida wa mbere) 2.Kuba aho yajyanywe muri gereza ya Nyanza i Mpanga harabanje gukurwa abari bahafungiye aribo Dr Niyitegeka Th\u00e9oneste wajyanywe muri Gereza ya Nyakiriba i Rubavu, na \u00a0Mushayidi D\u00e9ogratias [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-18T00:23:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"702\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"772\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/\",\"name\":\"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n'inzego z'iperereza z'u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg\",\"datePublished\":\"2018-10-18T00:23:02+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg\",\"width\":702,\"height\":772,\"caption\":\"Boniface Twagilimana, Visi Perezida wa mbere wa FDU-Inkingi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n&#8217;inzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n'inzego z'iperereza z'u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n'inzego z'iperereza z'u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"1.Kuba yarakuwe muri gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere mu buryo budasobanutse asize amashumi ye (abo baregwaga hamwe bo mu ishyaka FDU-Inkingi yari bereye visi Perezida wa mbere) 2.Kuba aho yajyanywe muri gereza ya Nyanza i Mpanga harabanje gukurwa abari bahafungiye aribo Dr Niyitegeka Th\u00e9oneste wajyanywe muri Gereza ya Nyakiriba i Rubavu, na \u00a0Mushayidi D\u00e9ogratias [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-10-18T00:23:02+00:00","og_image":[{"width":702,"height":772,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/","name":"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n'inzego z'iperereza z'u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg","datePublished":"2018-10-18T00:23:02+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Boniface-Twagirimana.jpg","width":702,"height":772,"caption":"Boniface Twagilimana, Visi Perezida wa mbere wa FDU-Inkingi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibimenyetso-byerekana-ko-twagirimana-boniface-yishwe-cyangwa-yashimushwe-ninzego-ziperereza-zu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibimenyetso byerekana ko Twagirimana Boniface yishwe cyangwa yashimushwe n&#8217;inzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28892","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=28892"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28892\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":28893,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28892\/revisions\/28893"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15610"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=28892"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=28892"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=28892"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}