{"id":28920,"date":"2018-10-20T01:19:25","date_gmt":"2018-10-19T23:19:25","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=28920"},"modified":"2018-10-20T01:25:17","modified_gmt":"2018-10-19T23:25:17","slug":"urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/","title":{"rendered":"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na\u00a0<strong>RUGAMBARWINTWARI\u00a0<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru agera ku kinyamateka The Rwandan aratuvira imuzingo icyatumye umunyemari nyiri RWANDA FOAM nyakwigendera Bertin MAKUZA, akurwa mu nzira kuko yari abangamiye inyungu za FPR-INKOTANYI, mu bucuruzi bwayo ishimuta ubucuruzi bw\u2019abacurizi ku ngufu ubyanze ikamutuma kwa nyamizinda.<\/p>\n<p>Uyu rwiyemezamirimo ni umwe mu bateye imbere mu bucuzi ku bwa Perezida Habyarimana, akora anacuruza imifariso afatanije ubucuzi bwe n\u2019abandi banyamigabane nka Col EX- FAR Laurent SERUBUGA nyuma abakuzaho abonye abo yitaga bene wabo bamaze gufata igihugu.<\/p>\n<p>Yaracuruje atera imbere cyane nk\u2019uko bisanzwe ku bandi bacuruzi, FPR ibangamira inyungu ze kwihangana biramunanira ababwiza inani na rimwe (81) ubundi bamusomesha ku tuzi twa MUNYUZA (baramuroga), ngo abavire mu nzira ubundi bigarurire ibyo bapfaga mu nzira z\u2019ubusamo.<\/p>\n<p>Ubundi Makuza azwi nka nyiri inzu yubatswe mu mujyi ahahoze IPOSITA, ariko mu by\u2019ukuri yari ayifatanyije na FPR-KAGAME, amakuru atugeraho avuga ko\u00a0Peace Plaza y\u2019uyu munyemari Makuza Bertin yuzuye itwaye akayabo ka miliyoni 40 z\u2019amadolari. Kugirango ayubake, yakoresheje miliyoni 20 z\u2019amadolari yari afite (hakaba hari amakuru avuga ko harimo igice kitari gito cya FPR), anifashisha inguzanyo yahawe na IFC ndetse na GT Bank ingana na kimwe cya kabiri cy\u2019ayagiye ku nyubako yose. Ariko iyo nzu ubundi ikodeshwa abapangayi ifite ntabwo barenga 42% bw&#8217;ubushobozi bwayo nk\u2019uko bisanzwe ku mazu yubakwa ubu, noneho FPR, ikarazwa inshinga n\u2019inyungu zayo ntiyite ku z\u2019umufatanyabikorwa wayo ndetse ikifuza gukuramo ayayo mbere yo kwishyura imyenda y&#8217;amabanki ku buryo kwishyura inguzanyo byamuberaga ikibazo.<\/p>\n<p>FPR\u2013KAGAME, ntiyarekeye aho kuko yashatse no kwinjira no mu bindi bikorwa bye by\u2019ubucuruzi nko kumusaba imigabane ye yari afite muri COGEBANQUE nk\u2019umunyamigabane n\u2019ahandi ngo bigurishwe umushoramari wo hanze wo mu gihugu cya MAROC, Kagame ashaka kubihuza n\u2019indi migabane ye afite muri MADAGASCAR noneho MAKUZA, aba nk\u2019usaze akimara kumva iyo nkuru yo kugurisha imigabane umusaza yaranasanzwe afite n\u2019indwara y\u2019igisukari, abuka inabi ati urashaka ko ngurisha imigabane yanjye nabibasabye? Kuki munyivangira mu bucuruzi bwanjye turateranije? Aranga ubundi, nk\u2019uko bisanzwe baramunywesha, ngo bigarurire imitungo ye atabahagaze hejuru.<\/p>\n<p>Twabibutsa ko n\u2019umucuruzi GATERA Egide , na we wari umunyamigabane, bamukuye mu Bubiligi shishitabona arwaye ngo abasinyire.<\/p>\n<p>Ubusanzwe mu mujyi wa Kigali, cyangwa mu mujyi mu Rwanda, iyo uri kubaka inzu y&#8217;igorofa isa nk&#8217;igaragara bagusaba gufatanya na we ngo wubake inzu karahabutaka ituma ngo hasa neza kandi hagaragara ko igihugu gitera imbere.<\/p>\n<p>Iyo nzu yubakwa ubundi hari gahunda yo kwimura icyiciro cya ONU\/UN, cyo mu karere kiri I Nairobi, ariko birangira bibananiye, mwibuke ko iyo nzu yatumye hari umuhanda ufungwa wa kaburimbo uva CHK.<\/p>\n<p>AKAMASA KAZACA ISHYO KARIVUKAMO<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na\u00a0RUGAMBARWINTWARI\u00a0 Amakuru agera ku kinyamateka The Rwandan aratuvira imuzingo icyatumye umunyemari nyiri RWANDA FOAM nyakwigendera Bertin MAKUZA, akurwa mu nzira kuko yari abangamiye inyungu za FPR-INKOTANYI, mu bucuruzi bwayo ishimuta ubucuruzi bw\u2019abacurizi ku ngufu ubyanze ikamutuma kwa nyamizinda. Uyu rwiyemezamirimo ni umwe mu bateye imbere mu bucuzi ku bwa Perezida Habyarimana, akora anacuruza imifariso [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":17977,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-28920","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na\u00a0RUGAMBARWINTWARI\u00a0 Amakuru agera ku kinyamateka The Rwandan aratuvira imuzingo icyatumye umunyemari nyiri RWANDA FOAM nyakwigendera Bertin MAKUZA, akurwa mu nzira kuko yari abangamiye inyungu za FPR-INKOTANYI, mu bucuruzi bwayo ishimuta ubucuruzi bw\u2019abacurizi ku ngufu ubyanze ikamutuma kwa nyamizinda. Uyu rwiyemezamirimo ni umwe mu bateye imbere mu bucuzi ku bwa Perezida Habyarimana, akora anacuruza imifariso [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-19T23:19:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-10-19T23:25:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"533\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/\",\"name\":\"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg\",\"datePublished\":\"2018-10-19T23:19:25+00:00\",\"dateModified\":\"2018-10-19T23:25:17+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg\",\"width\":800,\"height\":533,\"caption\":\"Bertin Makuza\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na\u00a0RUGAMBARWINTWARI\u00a0 Amakuru agera ku kinyamateka The Rwandan aratuvira imuzingo icyatumye umunyemari nyiri RWANDA FOAM nyakwigendera Bertin MAKUZA, akurwa mu nzira kuko yari abangamiye inyungu za FPR-INKOTANYI, mu bucuruzi bwayo ishimuta ubucuruzi bw\u2019abacurizi ku ngufu ubyanze ikamutuma kwa nyamizinda. Uyu rwiyemezamirimo ni umwe mu bateye imbere mu bucuzi ku bwa Perezida Habyarimana, akora anacuruza imifariso [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-10-19T23:19:25+00:00","article_modified_time":"2018-10-19T23:25:17+00:00","og_image":[{"width":800,"height":533,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/","name":"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg","datePublished":"2018-10-19T23:19:25+00:00","dateModified":"2018-10-19T23:25:17+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Bertin-Makuza.jpg","width":800,"height":533,"caption":"Bertin Makuza"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-bertin-makuza-nyiri-rwandaform-mu-rwego-rwo-kwigarura-ubucuruzi-bwe-indi-gihamya-ko-fpr-iri-mu-marembera\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"URUPFU RWA BERTIN MAKUZA NYIRI RWANDA FOAM MU RWEGO RWO KWIGARURA UBUCURUZI BWE INDI GIHAMYA KO FPR IRI MU MAREMBERA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28920","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=28920"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28920\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":28922,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/28920\/revisions\/28922"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17977"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=28920"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=28920"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=28920"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}