{"id":29257,"date":"2018-11-24T21:01:19","date_gmt":"2018-11-24T19:01:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29257"},"modified":"2018-11-24T21:02:45","modified_gmt":"2018-11-24T19:02:45","slug":"iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/","title":{"rendered":"IHEREZO RY&#8217;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0?"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe\u00a0<b>NGAMIJE Richard<\/b><\/p>\n<p>Kugira ngo mvuge ku bibazo bitwugarije abanyarwanda muri iki gihe, birasaba ko dusubiza amaso inyuma tukareba ku ntangiriro. Mbere y&#8217;uko U Rwanda rubona ubwigenge hariho ingoma ya cyami kandi nakwemeza ko abatutsi aribo bari abatoni batunze batunganiwe. Abahutu n&#8217;abatwa bo babaga abagaragu bitavuze ko hari abo umwami yikundiraga akabagabira, akabagira yemwe n&#8217;abatutsi.<\/p>\n<p>Ibyo mu gihe cy&#8217;ubwami ntago mbitindaho ariko naho ubusumbane bwabagaho. Muri Revolisiyo yo mu 1959, abatutsi barameneshejwe barahunga, barasenyerwa abandi baricwa. Icyo gihe rero ubutegetsi bwafashwe n&#8217;abahutu ariko nabo baza baje kubaka akazu n&#8217;amacakubiri kuko baheje abatutsi banongeraho n&#8217;uturere abantu bakomokamo.Ubwo hatangiye kumvikana kiga na nduga. Hagati aho Umwami ahunga ntiyahunganye n&#8217;abatutsi gusa kuko n&#8217;abahutu n&#8217;abatwa barahunze. Abo bahutu bacye n&#8217;abatwa bahunze kuko bakunda umwami cyangwa se bumva batabaho Umwami adahari kuko aribyo bavutse basanga bagomba guhakwa n&#8217;Umwami.<\/p>\n<p>Mu 1973 General major Habyalimana Juvenal nabo bari bafatanyije bahiritse ubutegetsi bwa Kayibanda Gregoire ariko nabo bakomeza gukandamiza abatutsi yewe n&#8217;abahutu bo mu nduga. Muri uko guhirika ubutegetsi nabwo abatutsi barishwe abandi barahunga.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Tariki ya 1\/10\/1990 FPR Inkotanyi zarateye bavugako baje kubohora abanyarwanda bagahagarika akarengane n&#8217;icyenewabo. Muri iyo ntambara abatutsi n&#8217;abahutu bari mu gihugu barahagurutse bafasha kurwanya ubutegetsi bwa Habyalimana bivuye inyuma. Imperuka yabaye aho indege ya president Habyalimana irasiwe tariki ya 6\/4\/1994, abatutsi baricwa muri genocide hamwe n&#8217;abahutu batabonwaga neza. Mu gihe abatutsi bicwaga FPR yarimo irwana intambara ifata ubutegetsi mu kwa karindwi 1994. Ubwo umubare munini w&#8217;abahutu barahunga igihugu abenshi bahungira muri Zaire(RDC). FPR imaze gufata ubutegetsi abatutsi n&#8217;abandi bose bari bafite inyota y&#8217;impinduka bariruhukije ariko ibyishimo ntibyatinze kuko babonye ko ingoma zose zayoboye U Rwanda ari kimwe itandukaniro n&#8217;uko FPR yishe kandi ikomeje kwica amoko yose upfa kuba utari mu murongo w&#8217;abo cyangwa ushatse gutanga ibitekerezo bitandukanye n&#8217;ibyabo.<\/p>\n<p>Ubu rero muri ino minsi abanyarwanda muri rusange bagenda bamenya buhoro buhoro<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ibyabakorewe. Abatutsi babaga mu Rwanda mbere ya 94 bagizwe ibitambo kugira ngo FPR igere ku butegetsi, none n&#8217;ubu bakaba bakomeje kwicwa urusorongo abandi bagafungwa liste ni ndende. Abahutu bo barapyinagajwe uvuze aba afite ingengabitekerezo ya Genocide cyangwa agashinjwa ko yakoze Genocide.<\/p>\n<p>Igihe kirageze ahubwo navuga ko cyarenze ngo abanyarwanda tugire ubupfura nk&#8217;uko amateka yarangaga abanyarwanda abivuga kuvuga ukuri, kwanga akarengane aho kava hose.Tukirinda abadukoresha mu nyungu zabo. Ubu inzara irimo kwica abantu ntago itoranya irica abanyarwanda bose.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Iyo abarwayi bagiye kwa muganga bakabura abaganga bazi kuvura cg bakabura imiti indwara irabahitana kandi ntago indwara ihitamo ubwoko.<\/p>\n<p>Amateka mabi igihugu cyacu cyaciyemo yakagombye kuduha isomo ariko siko biri. Muri ino minsi wumva ku ma radio abantu batukana iyo ufite ibitekerezo binyuranye n&#8217;ubutegetsi uba uri umugambanyi, umwanzi w&#8217;igihugu,ikigoryi, ikigarasha, utambitse ibirenge n&#8217;ibindi&#8230;. Ibyo byose binyibutsa uko abari gutukana ubu nabo bitwaga imihirimbire, imburagasani.<\/p>\n<p>Ibibazo by&#8217;abanyarwanda nitwe tuzabibonera ibisubizo byakwanga tugashira urusorongo.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe\u00a0NGAMIJE Richard Kugira ngo mvuge ku bibazo bitwugarije abanyarwanda muri iki gihe, birasaba ko dusubiza amaso inyuma tukareba ku ntangiriro. Mbere y&#8217;uko U Rwanda rubona ubwigenge hariho ingoma ya cyami kandi nakwemeza ko abatutsi aribo bari abatoni batunze batunganiwe. Abahutu n&#8217;abatwa bo babaga abagaragu bitavuze ko hari abo umwami yikundiraga akabagabira, akabagira yemwe n&#8217;abatutsi. Ibyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":29258,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-29257","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IHEREZO RY&#039;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IHEREZO RY&#039;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe\u00a0NGAMIJE Richard Kugira ngo mvuge ku bibazo bitwugarije abanyarwanda muri iki gihe, birasaba ko dusubiza amaso inyuma tukareba ku ntangiriro. Mbere y&#8217;uko U Rwanda rubona ubwigenge hariho ingoma ya cyami kandi nakwemeza ko abatutsi aribo bari abatoni batunze batunganiwe. Abahutu n&#8217;abatwa bo babaga abagaragu bitavuze ko hari abo umwami yikundiraga akabagabira, akabagira yemwe n&#8217;abatutsi. Ibyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-24T19:01:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-11-24T19:02:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1080\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1127\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"IHEREZO RY&#8217;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0?\",\"datePublished\":\"2018-11-24T19:01:19+00:00\",\"dateModified\":\"2018-11-24T19:02:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/\"},\"wordCount\":450,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/11\\\/Richard-Ngamije.jpeg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/\",\"name\":\"IHEREZO RY'AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/11\\\/Richard-Ngamije.jpeg\",\"datePublished\":\"2018-11-24T19:01:19+00:00\",\"dateModified\":\"2018-11-24T19:02:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/11\\\/Richard-Ngamije.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/11\\\/Richard-Ngamije.jpeg\",\"width\":1080,\"height\":1127,\"caption\":\"NGAMIJE Richard\ufeff\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IHEREZO RY&#8217;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IHEREZO RY'AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IHEREZO RY'AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe\u00a0NGAMIJE Richard Kugira ngo mvuge ku bibazo bitwugarije abanyarwanda muri iki gihe, birasaba ko dusubiza amaso inyuma tukareba ku ntangiriro. Mbere y&#8217;uko U Rwanda rubona ubwigenge hariho ingoma ya cyami kandi nakwemeza ko abatutsi aribo bari abatoni batunze batunganiwe. Abahutu n&#8217;abatwa bo babaga abagaragu bitavuze ko hari abo umwami yikundiraga akabagabira, akabagira yemwe n&#8217;abatutsi. Ibyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-11-24T19:01:19+00:00","article_modified_time":"2018-11-24T19:02:45+00:00","og_image":[{"width":1080,"height":1127,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"IHEREZO RY&#8217;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0?","datePublished":"2018-11-24T19:01:19+00:00","dateModified":"2018-11-24T19:02:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/"},"wordCount":450,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/","name":"IHEREZO RY'AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg","datePublished":"2018-11-24T19:01:19+00:00","dateModified":"2018-11-24T19:02:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/11\/Richard-Ngamije.jpeg","width":1080,"height":1127,"caption":"NGAMIJE Richard\ufeff"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iherezo-ryamacakubiri-mu-banyarwanda-rizaba-irihe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IHEREZO RY&#8217;AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA RIZABA IRIHE\u00a0?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29257","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29257"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29257\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29261,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29257\/revisions\/29261"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/29258"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29257"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29257"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29257"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}