{"id":29323,"date":"2018-11-29T15:30:24","date_gmt":"2018-11-29T13:30:24","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29323"},"modified":"2018-11-29T15:30:24","modified_gmt":"2018-11-29T13:30:24","slug":"abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/","title":{"rendered":"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0<\/strong><\/p>\n<p>Umwaka ushize nibwo hasohotse itangazo rihamagarira abasore n\u2019inkumi bujuje ibisabwa kugira ngo binjire mu gisilikari cy\u2019u Rwanda ku rwego rwa cadet officer. Nk\u2019abandi basore benshi bari babikeneye nanjye nihutiye kwandika nsaba kwinjira mu gisilikari cy\u2019igihugu kuko nari nujuje ibisabwa.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ariko ibyambayeho ni agahomamunwa!<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bisanzwe kugira ngo wemererwe kwinjira muri kiriya gisilikari, ni uko uba ufite ubuzima buzira umuze. Nanjye rero mbere yo kwandika nsaba kwinjiramo nanyarukiye mu ivuriro riherereye iwacu i Musanze aho mvuka, nkoresha ibizamini byose (general checkup) kugira ngo ntazata umwanya wanjye njya gusaba akazi wenda batazankundira. Ibizamini byaje binyereka ko nta kibazo na kimwe mfite. Nta sida , hepatite, igifu, umutima n\u2019ibindi. Mbega nari nujuje ibisabwa byose kugira ngo nemererwe kwinjira mu gisilikari cy\u2019igihugu cyanjye. Ubwo nahise nandika nsaba kwinjira ndetse ntanga n\u2019ibindi byangombwa byose byari bikenewe.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p><b>RDF nayo ibanza gupima abashaka kwinjira ndetse ikabanza ikamenya inkomoko nyiri zina y\u2019abasabye kwinjira !<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/b><\/p>\n<p>Nk\u2019uko nabibabwiye hejuru, nanditse ibaruwa isaba akazi kandi ntanga<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>n\u2019umwirondoro wanjye nk\u2019ibisanzwe. Nk\u2019uko mubizi mu mwirondoro haba harimo aho wavukiye n\u2019amazina y\u2019ababyeyi bose. Nk\u2019abandi barera bose bavuka mu Ruhengeri n\u2019igice kimwe cya Gisenyi ndi umuhutu utavangiye kandi n\u2019iyo mvuga biroroshye kuntahura kuko mvuga ikirera cy\u2019ikivuge.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p><b>Mbere yo gusaba kwinjira muri RDF sinari nzi ko Abahutu bahezwa kuri cadet!<\/b><\/p>\n<p>Nk\u2019umuntu wari wujuje ibisabwa nari nizeye ko nzemererwa nta shiti. Ariko naje gutungurwa ubwo bankoreraga ibizamini by\u2019ubuzima bakampa ibisubizo bivuga ko ndwaye umutima n\u2018umwijima. Ngo bityo sinashobora amasomo ahabwa abasilikari. Naratunguwe kuko nari narabanje gupimwa, ariko ndavuga nti wenda clinic nivurijeho niyo ifite ibyuma bidakora neza. Naratashye nsubira iwacu mu rw\u2019umurera mfite agahinda kenshi. Ariko nibazaga ukuntu njya nywa mutzig eshanu singire ikibazo cy\u2019uwo mwijima n\u2019umutima bikanyobera. Mbonye bikomeje kumbera urujijo nahisemo gusaba rendez-vous mu bitaro bya Ruhengeri kugira ngo menye neza niba ndwaye bityo ntangire kwivuza. Kubera ko nari mfite musaza wa mama ukora muri ibyo bitaro kubona rendez-vous ntabwo byangoye.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p><b>Umunsi warageze njya gukoresha ibizamini nsanga ndi mutaraga !<\/b><\/p>\n<p>Abanyarwanda benshi bazi neza uburyo biriya bitaro bikomeye ku buryo gushidikanya ku bizamini umuntu aba yahawe bidashoboka cyane ko atari ubwa mbere nari nipimishije. Nabajije Docteur nti : <em>ko hari aho baherutse kumpima bagasanga mfite ikibazo cy\u2019umutima n\u2019umwijima none waba wizeye ibyuma byanyu ?<\/em>\u00a0Yansubije ko aho napimiwe na RDF ariho bafite ibyuma byapfuye.<\/p>\n<p><b>Nitabaje mwene wacu witwa ko akomeye ngo mubwire iby\u2019ako karengane ampa igisubizo gitangaje !<\/b><\/p>\n<p>Nkimara gusobanukirwa ko ibyo nakorewe ari ikinamico,<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>nahise njya kureba mwene wacu witwa ko<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>akomeye kuko akora mu rukiko rw\u2019ikirenga. Ngeze iwe mutekerereza uko byagenze maze mu ijambo rimwe arambwira ati <em>\u201c nti muramenya ko ingoma yanyu yajyanye na Habyarimana na Bagosora\u201d!<\/em><\/p>\n<p>Yongeyeho ko nakoze ikosa ryo kujya kudepozamo ntamubwiye ngo ajye gupfukamiriza ibukuru kugira ngo banyemerere kuko ngo n\u2019ibitonyanga bike byemererwa bibanza kunyura kuri bene wa bo bakomeye bakabasabira mubagenerali b\u2019inshuti, ariko ngo aba na bo hari umubare batarenza kuko muri intake(icyiciro) kitemerewe kurenza 3% by\u2019abahutu!<\/p>\n<p>Ngayo nguko uko RDF ikora igamije gukenesha abahutu no kubapyinagaza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwaka ushize nibwo hasohotse itangazo rihamagarira abasore n\u2019inkumi bujuje ibisabwa kugira ngo binjire mu gisilikari cy\u2019u Rwanda ku rwego rwa cadet officer. Nk\u2019abandi basore benshi bari babikeneye nanjye nihutiye kwandika nsaba kwinjira mu gisilikari cy\u2019igihugu kuko nari nujuje ibisabwa.\u00a0 Ariko ibyambayeho ni agahomamunwa! Nk\u2019uko bisanzwe kugira ngo wemererwe kwinjira muri kiriya gisilikari, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":27518,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-29323","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwaka ushize nibwo hasohotse itangazo rihamagarira abasore n\u2019inkumi bujuje ibisabwa kugira ngo binjire mu gisilikari cy\u2019u Rwanda ku rwego rwa cadet officer. Nk\u2019abandi basore benshi bari babikeneye nanjye nihutiye kwandika nsaba kwinjira mu gisilikari cy\u2019igihugu kuko nari nujuje ibisabwa.\u00a0 Ariko ibyambayeho ni agahomamunwa! Nk\u2019uko bisanzwe kugira ngo wemererwe kwinjira muri kiriya gisilikari, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-29T13:30:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"765\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/\",\"name\":\"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg\",\"datePublished\":\"2018-11-29T13:30:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg\",\"width\":1800,\"height\":765},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwaka ushize nibwo hasohotse itangazo rihamagarira abasore n\u2019inkumi bujuje ibisabwa kugira ngo binjire mu gisilikari cy\u2019u Rwanda ku rwego rwa cadet officer. Nk\u2019abandi basore benshi bari babikeneye nanjye nihutiye kwandika nsaba kwinjira mu gisilikari cy\u2019igihugu kuko nari nujuje ibisabwa.\u00a0 Ariko ibyambayeho ni agahomamunwa! Nk\u2019uko bisanzwe kugira ngo wemererwe kwinjira muri kiriya gisilikari, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-11-29T13:30:24+00:00","og_image":[{"width":1800,"height":765,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/","name":"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg","datePublished":"2018-11-29T13:30:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/07\/rdf-.jpg","width":1800,"height":765},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaganga-ba-rdf-bambeshye-ko-ndwaye-umutima-numwijima-kugira-ngo-ntajya-kuri-cadet-kubera-ko-ndi-umuhutu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaganga ba RDF bambeshye ko ndwaye umutima n\u2019umwijima kugira ngo ntajya kuri cadet\u00a0 kubera ko ndi umuhutu!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29323","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29323"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29323\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29324,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29323\/revisions\/29324"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/27518"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29323"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29323"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29323"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}