{"id":29464,"date":"2018-12-10T21:50:33","date_gmt":"2018-12-10T19:50:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29464"},"modified":"2018-12-10T22:40:35","modified_gmt":"2018-12-10T20:40:35","slug":"menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0<\/strong><\/p>\n<p>Umwuga wo gutwara abantu kuri moto umaze gutera imbere cyane aho usanga umubare munini w\u2019urubyiruko ugaragara cyane muri aka kazi. Kubera ko igihugu cy\u2019u Rwanda gisa n\u2019icyubakiye kuri system yo kunekana hagati y\u2019abanyarwanda, abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>nabo bamaze kwinjirirwa, bitewe n\u2019uko leta isigaye yikanga umuhisi n\u2019umugenzi kubera amakosa ikorera abanyarwanda.<\/p>\n<p><b>Mu kwezi gushize nahuye n\u2019umusilikari twiganye muri seconderi yigize umu motari ngwa mu kantu !<\/b><\/p>\n<p>Nk\u2019uko bisanzwe narabyutse ngiye aho nsanzwe nkorera kuri maison de la presse mu nzu<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ARJ na Rwanda media commission bikorera ho i Remera mu karere ka Gasabo. Ubwo nari ngeze ku muhanda nahagaritse umumotari ngo antware cyane ko nari nakererewe kandi iyo umuntu atinze kuhagera asanga abanyamakuru bandi bafashe computers kuko ziba zikenewe na benshi baba bari kuvumba network kubera ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Niko guhagarika<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>umumotari akuyemo casque ngo tuvugane igiciro mbona ni umuhungu twiganye mu wa gatanu w\u2019amashuli yisumbuye kandi nari nsanzwe nzi ko ari umusilikari mu ngabo z\u2019igihugu. Nk\u2019umuntu twari tuziranye yarabanje azimya moto turasuhuzanya niko guhita mubaza ukuntu avanga gutwara moto no gukora igisilikari. Yambereye inyangamugayo arambwira ngo :<em> \u201creka sha igisilikari nta mwanda kitakurisha!\u201d<\/em> abonye nshaka kumubaza byinshi, ambwira ko nakurira moto hanyuma akaza kumpamagara tugasangira ibya saa sita akansobanurira neza ukuntu akora ubumotari akabuvanga n\u2019igisilikari.<\/p>\n<p>Yangejeje Remera aho nari ngiye. Yahise<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ansaba number nkoresha kugira ngo aze kumpa gahunda saa sita zigeze, gusa nakoze umutima utari mu nda bitewe n\u2019ibyo nari mbonye ku nshuti yanjye ntakekaga. Ku bwanjye nabonaga amasaha atagenda bitewe n\u2019amatsiko menshi nari mfite yo kumenya icyihishe inyuma y\u2019ibyo mugenzi wanjye akora.<\/p>\n<p><b>Isaha zarageze anyandikira kuri whattsapp ngo musange Kicukiro muri motel yiyubashye<\/b><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>N\u2019amatsiko menshi umuhungu w\u2019abashambo nafashe moto nyarukira kuri iyo motel. Nasanze ari kunywa fanta, nanjye abakozi bambaza icyo mfata ntumaho jus y\u2019inkeri n\u2019agafiriti.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nti byatinze kuko bahise babizana turafungura hanyuma abaserveurs (abakozi ba motel) bamaze kugenda arambwira ati ndabona bagiye noneho twaganira. Nanjye nti yego.<\/p>\n<p>Yagize ati: <em>\u201c buriya shahu rero mu gisilikari habamo inzego nyinshi. Habamo abashinzwe imirwano, abashinzwe kuneka ari nabo mbarizwamo n\u2019abandi benshi. Njyewe rero narangije amasomo asanzwe ahabwa abasilikari batoya (basic) bahita banyohereza kwiga kuneka muri Isilaheri kuko nari nzi indimi. Namazeyo amezi atandatu ngaruka mu Rwanda.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Hanyuma ngarutse hano banyigisha moto maze kuyimenya bampa akazi ko kuneka abatwara taxi moto\u201d!<\/em><\/p>\n<p><b>Yambwiye uburyo bakora aka kazi ndumirwa<\/b> !<\/p>\n<p>Kuko yari yemeye kumbohokera yaremeye ambwira byose ntacyo ankinze. Avuga ko iyo baguhaye moto ngo ujye mu muhanda baguha n\u2019iseta uzajya ukoreraho ndetse n\u2019ibyangombwa nk\u2019abandi bamotari bose.<\/p>\n<p><b>Misiyo ziba zitandukanye<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/b><\/p>\n<p>Iyi nshuti y\u2019akadasohoka yakomeje imbwira ko buri muntu ajya mu muhanda afite inshingano yahawe kandi akenshi ziba zitandukanye. Yagize ati <em>\u201c nka njye njyamo nari nahawe kuzajya numviriza bagenzi banjye ibyo bavuga cyane ko iyo biherereye bonyine batangira kwitotombera imisoro y\u2019umurengera bacibwa ndetse n\u2019amafaranga magana atatu y\u2019u Rwanda batanga buri munsi ariko ntibamenye irengero ryayo.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko muri ibyo biganiro bibanda kukumva abanyamujinya ndetse bakunze kubivuga cyane kurusha abandi hanyuma bagatangirwa raporo ku buryo hashakishwa impamvu zishoboka bityo polisi ikabiyenzaho igafunga moto zabo ubutazifungura kuko iba yazihimbiye ibyaha bikomeye.<\/p>\n<p><b>Abamotari bifashihwa mugushimuta abatavugarumwe na leta<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/b><\/p>\n<p>N\u2019ubwo uyu muvandimwe atemeye<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ko nawe yigeze cyangwa ashimuta abantu, avuga ko hari igihe umupolisi cyangwa umusilikari ahabwa akazi ko kujya guparika imbere y\u2019inzu cyangwa hafi y\u2019ahakunze kunyura uwo leta iba yifuza gushimuta maze yagira umwaku agatega wa mumotari. Iyo bigenze bityo motari (rushimusi) agerageza guca amafaranga make wa muntu maze bikarangira amutwaye. Iyo amaze guhaguruka akoresha uburyo bwose<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>akamugeza mu gaco ka bagenzi be. Aba baba bakorera mu duce twinshi tugize umujyi wa Kigali<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>no mu ntara mu mazu utakeka ibiyakorerwamo, maze akahinyuza yahagera agaparika nk\u2019ugiye gufata akantu maze wa muntu bakamugwa gitumo barenze batandatu ku buryo atakwinyagambura cyane ko bose baba bafite imbunda.<\/p>\n<p>Yashoje ambwira ko ntazigera nkora ikosa ryo gusuzugura umumotari kuko ntaba nzi icyatumye aza mu muhanda.<\/p>\n<p>Banyarwanda banyarwandakazi nizere ko usoma iyi nkuru wese atazigera yongera kwita abamotari injiji n\u2019abaturage nk&#8217;uko abanyamujyi benshi bakunze kubibeshyaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwuga wo gutwara abantu kuri moto umaze gutera imbere cyane aho usanga umubare munini w\u2019urubyiruko ugaragara cyane muri aka kazi. Kubera ko igihugu cy\u2019u Rwanda gisa n\u2019icyubakiye kuri system yo kunekana hagati y\u2019abanyarwanda, abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto\u00a0nabo bamaze kwinjirirwa, bitewe n\u2019uko leta isigaye yikanga umuhisi n\u2019umugenzi kubera amakosa ikorera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":29465,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-29464","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwuga wo gutwara abantu kuri moto umaze gutera imbere cyane aho usanga umubare munini w\u2019urubyiruko ugaragara cyane muri aka kazi. Kubera ko igihugu cy\u2019u Rwanda gisa n\u2019icyubakiye kuri system yo kunekana hagati y\u2019abanyarwanda, abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto\u00a0nabo bamaze kwinjirirwa, bitewe n\u2019uko leta isigaye yikanga umuhisi n\u2019umugenzi kubera amakosa ikorera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-10T19:50:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-12-10T20:40:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"500\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"334\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0\",\"datePublished\":\"2018-12-10T19:50:33+00:00\",\"dateModified\":\"2018-12-10T20:40:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":692,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/abamotari.jpg\",\"articleSection\":[\"Umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/abamotari.jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-10T19:50:33+00:00\",\"dateModified\":\"2018-12-10T20:40:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/abamotari.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/abamotari.jpg\",\"width\":500,\"height\":334},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Prince\u00a0Muzatsinda\u00a0 Umwuga wo gutwara abantu kuri moto umaze gutera imbere cyane aho usanga umubare munini w\u2019urubyiruko ugaragara cyane muri aka kazi. Kubera ko igihugu cy\u2019u Rwanda gisa n\u2019icyubakiye kuri system yo kunekana hagati y\u2019abanyarwanda, abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto\u00a0nabo bamaze kwinjirirwa, bitewe n\u2019uko leta isigaye yikanga umuhisi n\u2019umugenzi kubera amakosa ikorera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-12-10T19:50:33+00:00","article_modified_time":"2018-12-10T20:40:35+00:00","og_image":[{"width":500,"height":334,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0","datePublished":"2018-12-10T19:50:33+00:00","dateModified":"2018-12-10T20:40:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/"},"wordCount":692,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg","articleSection":["Umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/","name":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg","datePublished":"2018-12-10T19:50:33+00:00","dateModified":"2018-12-10T20:40:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/abamotari.jpg","width":500,"height":334},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-kuri-maneko-zihishe-mubamotari-bo-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Menya byinshi kuri maneko zihishe mu bamotari bo mu Rwanda\u00a0"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29464","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29464"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29464\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29467,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29464\/revisions\/29467"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/29465"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29464"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29464"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29464"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}