{"id":2948,"date":"2012-12-27T13:32:39","date_gmt":"2012-12-27T11:32:39","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2948"},"modified":"2012-12-27T13:32:39","modified_gmt":"2012-12-27T11:32:39","slug":"ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/","title":{"rendered":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ijambo ry\u2019ibanze<\/strong><\/p>\n<p>Banyarwanda banyarwandakazi,<\/p>\n<p>Dushubije amaso inyuma turasanga ko hagati ya Mata na Nyakanga 1994 abanyarwanda batagira ingano bakomoka mu moko yose agize abanyarwanda barishwe n\u2019impande zombi zari zishyamiranye arizo MRND na FPR ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zari zigize umutwe wa MINUAR zirebera.<!--more--><\/p>\n<p>Turasanga kandi ingabo z\u2019igihugu cy\u2019ubufaransa zaje mu gikorwa cyiswe op\u00e9ration turquoise zaragarukiye mu gace gato cyane ko mu burengerazuba bw\u2019u Rwanda, zitarabashije gukumira ubwicanyi bwakorwaga n\u2019interahamwe ndetse n\u2019Ingabo za FPR- Inkotanyi zagendaga zunyuguza aho zacaga hose.\u00a0Iyo MINUAR kandi ikaba itarabujije impunzi z\u2019i Kibeho gupfa, ntinabuze Ruhengeri na Gisenyi guterwa itabi,<\/p>\n<p>Mwibuke ko amahanga duhora duhanze amaso atigeze ahagarika ubwicanyi bwakorewe impunzi z\u2019abanyarwanda zitabarika muri Kongo (rapport mapping) ahubwo yabirenzeho agaha Paul Kagame igikombe cy\u2019imiyoborere myiza hejuru y\u2019amagufa n\u2019imirambo y\u2019abana b\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mwitegereze neza imyitwarire y\u2019ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zibumbiye muri MONUSCO igizwe n\u2019abasirikari basaga 17000 ibererekera ingabo za RDF zitwikiriwe izina rya M23 zikica urw\u2019agashinyaguro abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo biganjemo abanyekongo ndetse n\u2019abanyarwanda bahahungiye batagira ingano izo ngabo zirebera,<\/p>\n<p>Musubize amaso inyuma muribuka ko guhera mumwaka w\u20191990 ingabo z\u2019u Rwanda uko zagiye zisimburana zitahwemye gutandukira ku nshingano zazo arizo zo kurinda umuturage ahubwo zikarenga akaba arizo zimuhungabanyiriza umutekano zitaretse no kumwica urw\u2019agashinyaguro.<\/p>\n<p>Mufungure amaso murabona ko ibihugu by\u2019ibihangange bifite ijambo kurusha ibindi mu muryango w\u2019abibumbye bidashishikajwe no kurangiza intambara mu karere k\u2019ibiyaga bigali kubera inyungu bisarura mu itemba ry\u2019imivu y\u2019amaraso y\u2019abaturage batuye ako karere, nimurangiza mukore icyegeranyo murabona impamvu\u00a0dukwiye guhamagarira abanyarwanda bafite ubushake tugafata ingamba zihamye zo kurengera inzirakarengane z\u2019abanyarwanda zitagira kirengera dushyiraho umutwe w\u2019ingabo ugamije kurengera abaturage.<\/p>\n<p>Banyarwanda banyarwandakazi aho ibihe bigeze bimaze kugaragara ko mumaze gusobanukirwa y\u2019uko ingoma ya FPR- Inkotanyi yabuze gihana bitewe n\u2019uko inzira zose zageragejwe kugeza ubu ntacyo zatanze ;<\/p>\n<p>Inshuro nyinshi abatavuga rumwe nayo bagiye bayisaba ko habaho ibiganiro hagati yayo nabo kugirango hagire ibikosorwa ariko ikanga amatwi ikayavuniramo ibiti.<\/p>\n<p>Muri iyi minsi amahanga yashyizeho akayo agerageza gufatira ubutegetsi bwa FPR ibihano kubera intambara y\u2019urudaca yashoyemo akarere kose k\u2019Afrika y\u2019ibiyaga bigali aho gucogora ukagirango bakojeje agati mu ntozi.<\/p>\n<p>Simpamya ko amahanga nta bushobozi afite bwo gukumira ibikorwa bya FPR-Inkotanyi haba ku gitugu n\u2019iterabwoba ishyira ku banyarwanda cyangwa se ku bitero igaba ku baturanyi,ahubwo ndahamya ko ayo mahanga afatanyije nayo muri ubwo bugizi bwa nabi kubera inyungu ashobora kuba akura mu itemba ry\u2019amaraso y\u2019abirabura ibi ndabivugira kuko iyo abapfa mu karere k\u2019iwacu baba ari uruhu rwera L\u2019ONU iba yarabonye umuti mu maguru mashya.<\/p>\n<p><strong>Ibyo bisabwa ni ibihe ?<\/strong><br \/>\n<strong><\/strong><\/p>\n<p><strong>Igisubizo :<\/strong>Impamvu ,ubushake,uburyo<\/p>\n<p><strong>1. Impamvu :<\/strong><br \/>\nImpamvu zifatika ni nyishi zituma tubona ko hakwiye kujyaho umutwe w\u2019ingabo kandi igishimishije ni uko zizwi na buri wese, ku buryo bitasaba imbaraga nyinshi kuzibutsa abantu.<\/p>\n<p><strong>Iz&#8217;ingenzi:<\/strong><br \/>\n(a) Ivangura rikabije mu gutanga imyanya no kuzamurwa mu ntera haba mu gisilikare, mu gi polisi no mu nzego za leta muri rusange, aho abavuye Uganda bihariye imyanya ikomeye yose, kandi muri bo ushatse kugaragaza inyungu za benshi akabizira kimwe n&#8217;aba francophone;<\/p>\n<p>(b) Ihuzagurika rikabije mu bijyanye n&#8217;uburezi ku buryo nta education nyayo abana b&#8217;u Rwanda bakibona;<\/p>\n<p>(c) Ubujura bukabije butakigirwa n&#8217;ibanga bukorwa n&#8217;agatsiko ka bake (Indege za perezida zigura mu ma 100 milliard buli yose, agaciro fund katagira itegeko rigashyiraho cyangwa se rikagenga);<\/p>\n<p>(d) Kubuza abana b&#8217;u Rwanda gushyingura ababo bazize amaherere, ndavuga abahutu bishwe n&#8217;ingabo za FPR n&#8217;iza leta y&#8217;u Rwanda kimwe n&#8217;abatutsi biganjemo abagogwe bishwe n&#8217;ingabo za FPR na RDF;<\/p>\n<p>(e) Gushinja ibinyoma abana b&#8217;u Rwanda no kubangamira ubwisanzure bw&#8217;UBUCAMANZA mu gihugu;<\/p>\n<p>(f) Gucunaguzwa kw&#8217;abacitse kw&#8217;icumu rya genocide y&#8217;abatutsi n&#8217;iry&#8217;ubwicanyi bw&#8217;abahutu, kandi FPR ikabikora ibizi inabishaka, uvuze akabizira;<\/p>\n<p>(g) Gufataho IBUKA ingwate ikagirwa igikoresho cya propagande ya FPR ikirengagiza inyungu z&#8217;abacitse ku icumu yitwa ko ihagarariye;<\/p>\n<p>(h) Kuba imiryango y&#8217;abacitse ku icumu rya genocide isa n&#8217;iyagizwe iy&#8217;abatutsi gusa kandi n&#8217;abahutu baracitse ku icumu ry\u2019ubwicanyi bwa FPR (naryo ni ivangura ribi cyane);<\/p>\n<p>(i) Kuba ubutegetsi bwa FPR bwaragwije abanzi ku bihugu duturanye no kunanirwa kubana neza n&#8217;amahanga;<\/p>\n<p>(j) Kubangamira ubusugire bw&#8217;igihugu cy&#8217;abaturanyi no gushoza intambara mu baturanyi ba RDC;<\/p>\n<p>(k) Kuniga ubwisanzure bw\u2019itangazamakuru mu gihugu no kubangamira, gufunga no guhotora abatangazamaturu bigenga n&#8217;abaharanira uburenganzira bw&#8217;ikiremwamuntu;<\/p>\n<p>(l) Kunangira leta ikanga kwandika amashyaka atavuga rumwe nayo iyasaba kubanza kwemera kuba ibikoresho byayo, ayanze agacibwa burundu;<\/p>\n<p>(m) Kuba leta yitwaza Ingufu za gisilikare igatera ubwoba abaturage ibakangisha ko FPR yafashe igihugu ku ngufu nta wayitinyuka (ibi perezida Kagame arabyigamba, n&#8217;abandi bafatanyije kwiba igihugu);<\/p>\n<p>(n) Kuba Ingabo, Polisi, Iperereza ryose by&#8217;igihugu bikorera umuntu umwe gusa n&#8217;ishyaka rimwe gusa;<\/p>\n<p>(o) Kuba buri munyarwanda wese ategekwa gutanga umusanzu muli FPR kugira ngo agire amahoro mu milimo ye cyangwa ubucuruzi bwe, kabone n&#8217;iyo yaba abarizwa mu rindi shyaka; etc. (n&#8217;ibindi, n&#8217;ibindi tutarondora ngo turangize)<\/p>\n<p><strong>2. Ubushake<\/strong><\/p>\n<p>Ubushake burahari, kuko iyo witegereje umubare w&#8217;abantu leta iriho imaze kwivugana, uhita ubona ko abanyarwanda bashobora n\u2019ubwo batavugira ku mugaragaro bashobora guhaguruka ari benshi ahubwo twarabatereranye.<\/p>\n<p>Gusa ntitwirengagize ko mu gihugu hari iterabwoba rikabije, ridatuma umuntu ahaguruka, ndetse n&#8217;abari hanze bamwe bakaba barakuwe umutima n&#8217;ubuhotozi ndengakamere bukorwa na leta y&#8217;u Rwanda ku banyarwanda baba abo mu gihugu cyangwa se abo hanze.<\/p>\n<p>Kuba abanyarwanda bafite ubushake byo biragaragarira buri wese kuko aho ibihe bigeze, si aho gukinishwa.<\/p>\n<p>Tugomba kwirinda abahezanguni bamwe bumva babohoza abahutu gusa, abandi nabo bakumva babohoza abatutsi gusa!!!\u00a0Aba ntibashobora gutuma FPR itsindwa kuko barasenya kimwe nayo.\u00a0Tugomba gutsinda intambara yo mu mitima yacu yo kwemera gukorana no kwegerana n&#8217;uwo tudahuje ubwoko! Kandi nta buriganya.<\/p>\n<p>Aha niho ipfundo ryose riri, kandi na FPR ya Kagame irakora ibishoboka byose ngo abahutu n&#8217;abatutsi bakomeze bangane, ikabateranya uko ishoboye ibeshya amahanga ko ariyo izi kubunga kandi ibateranya. Mureke rero tuyime iyo turufu isenyesha.<\/p>\n<p><strong>3.Uburyo<\/strong><\/p>\n<p>Igihe cyose hari ubushake, ubushobozi buba buhali, nta kabuza. Ubushobozi buva mu bantu. Nimurebe ubukwe iyo abantu batwerereye ukuntu buhita butaha ndetse bukarangira mu munezero mwinshi.<\/p>\n<p>Nimwitegereze imisanzu FPR yaka uko iba ingana, murebe iyo abantu bishyize hamwe ibintu bageraho uko bingana? Ndabeshya se?<\/p>\n<p>Ndibuka kera abanyakigari bafanaga ikipe ya Kiyovu bigeze kubwirwa ko Kiyovu ishaka kugura abakinnyi babaga i Burundi muli Vitalo bitwaga Muvala na Tindo, hakaba hari hakenewe miliyoni ebyiri n&#8217;igice.<\/p>\n<p>Mu kanya nk&#8217;ako guhumbya abafana impande zose bivuye inyuma baratanga ndetse ziranarenga mu gihe kitarenze icyumweru. Benshi twari tukiri bato ariko twarakurikiraga.<\/p>\n<p>None se murumva ubushobozi bwaburira he abantu bishyize hamwe ? Icyangombwa ni ukugira ubushake no kumenya icyo wifuza kugeraho<\/p>\n<p><strong>Umwanzuro<\/strong><\/p>\n<p>Baca umugani ngo umusonga w\u2019undi ntukubuza gusinzira niyo mpamvu abiyumvamo umusonga mbabwira nti igihe ni iki cyo gushyiraho umutwe w\u2019ingabo ugamije kurengera abaturage b\u2019u Rwanda kuko izindi ngabo zose nk\u2019uko amateka abitwereka zaba iz\u2019u Rwanda, zaba iz\u2019umuryango w\u2019abibumbye cyangwa iz\u2019amahanga byazinaniye.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko twagiye tubibona mu ngero zitagira ingano, bimaze kugaragaza ko amahanga atabara abaturage bayo, akanatabara udutsiko tuzayafasha gusahura ibihugu byatwo, adatabara abanyamahanga cyane cyane iyo ari abirabura ho bihumira kumirari.<\/p>\n<p>Nta kindi amarira abirabura bari mu kaga uretse kohereza ingabo kuza kwifotoreza hejuru y\u2019imirambo y\u2019ababyeyi no gusambanya imfubyi zishukishwa amadorari ziba zahembewe ubusa. Ingero ntawe utazizi muri twe.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko nabivuze mu nyandiko yanjye ibanziriza iyingiyi, niyemeje guha umusanzu igihugu cyanjye ntarebye igiciro bizantwara kabone n\u2019iyo cyaba kingana ubuzima bwanjye.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego rero mpamagarira abantu bose tubyumva kimwe ko twakwisuganya tugashyiraho uwo mutwe vuba na bwangu.\u00a0Ibi nsanga ari ihame ridakuka tudashobora kuvutswa n\u2019uwo ariwe wese yaba umwera cyangwa umwirabura;<\/p>\n<p>Nsanga nta ruhushya tugomba gusaba ibihugu byiyita ibihangange nk\u2019uko nabyo ntawe bigisha inama iyo bishaka kurengera abaturage n\u2019inyungu zabyo.<\/p>\n<p>Si ngombwa ko dutegereza ko amashyaka abidukorera kuko nayo afite byinshi biyategereje yananiwe gukemura.<\/p>\n<p>Abana b\u2019u Rwanda bumva bibareba kandi babifitiye ubushake nibaze twiyegeranye dutangize icyo gikorwa kizahumuriza abanyarwanda.<\/p>\n<p>Ndi tayari kubakorera umurimo wo guhuza ibikorwa byabo uhereye none kugeza igihe cyose bizaba bikiri ngombwa.<\/p>\n<p>Ndasaba buri wese wifuza gutanga umuganda we kugirango iki gikorwa kijye imbere ko yabinyereka kuri iyi adresse:<\/p>\n<p>abdallah.akishuli@yahoo.com<br \/>\nT\u00e9l.: 00262639030023<br \/>\nFacebook: Abdallah Akishuli<br \/>\nSkype: Abdallah.Akishuli<br \/>\nPage Facebook: Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration Rwandaise (NGR)<\/p>\n<p><em>Icyitonderwa : Ndashaka abari teyari sinshaka indorerezi.\u00a0Ndashaka abo dufatanya gushaka imiti y\u2019imbogamizi sinshaka abazimbwira kuko nanjye ndazizi bihagije.\u00a0Ndangije nifuriza abanyarwanda bose umwaka mushya muhire w\u20192013 tuzawurye ntuzaturye.<\/em><\/p>\n<p><strong>Abdallah Akishuli, The Freedom Fighter<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019ibanze Banyarwanda banyarwandakazi, Dushubije amaso inyuma turasanga ko hagati ya Mata na Nyakanga 1994 abanyarwanda batagira ingano bakomoka mu moko yose agize abanyarwanda barishwe n\u2019impande zombi zari zishyamiranye arizo MRND na FPR ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zari zigize umutwe wa MINUAR zirebera.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2949,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-2948","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ijambo ry\u2019ibanze Banyarwanda banyarwandakazi, Dushubije amaso inyuma turasanga ko hagati ya Mata na Nyakanga 1994 abanyarwanda batagira ingano bakomoka mu moko yose agize abanyarwanda barishwe n\u2019impande zombi zari zishyamiranye arizo MRND na FPR ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zari zigize umutwe wa MINUAR zirebera.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-12-27T11:32:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO\",\"datePublished\":\"2012-12-27T11:32:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/\"},\"wordCount\":1375,\"commentCount\":16,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/\",\"name\":\"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-12-27T11:32:39+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"352\",\"height\":\"355\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda","og_description":"Ijambo ry\u2019ibanze Banyarwanda banyarwandakazi, Dushubije amaso inyuma turasanga ko hagati ya Mata na Nyakanga 1994 abanyarwanda batagira ingano bakomoka mu moko yose agize abanyarwanda barishwe n\u2019impande zombi zari zishyamiranye arizo MRND na FPR ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zari zigize umutwe wa MINUAR zirebera.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-12-27T11:32:39+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO","datePublished":"2012-12-27T11:32:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/"},"wordCount":1375,"commentCount":16,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/","name":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-12-27T11:32:39+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"352","height":"355"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibisabwa-byose-kugirango-umutwe-wingabo-ujyeho-birahari-ikibura-ni-imbarutso\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IBISABWA BYOSE KUGIRANGO UMUTWE W\u2019INGABO UJYEHO BIRAHARI IKIBURA NI IMBARUTSO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2948","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2948"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2948\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2948"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2948"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2948"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}