{"id":29591,"date":"2018-12-15T22:00:24","date_gmt":"2018-12-15T20:00:24","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29591"},"modified":"2018-12-15T22:00:24","modified_gmt":"2018-12-15T20:00:24","slug":"dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA"},"content":{"rendered":"<p>Nushaka kumenya ububi cyangwa ubwiza bw&#8217; ubutegetsi, amabanga yabwo , imikorere n&#8217; imigambi yabwo , jya witegerezanya ubushishozi imibereho y&#8217; abo bufunze , cyane abo bwita abanzi !<\/p>\n<p>Imibereho y&#8217; imfungwa zo mu RWANDA ni ishusho y&#8217; umutima wa Leta y&#8217; agatsiko ka KAGAME .<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217; ibikorwa bitandukanye by&#8217; umugambi muremure wa FPR ya Pawulo KAGAME n&#8217; agatsiko ke , wo kurimbura buhoro buhoro imfungwa zo mu mabohero yo mu RWANDA ; nk&#8217; uko byagiye bigaragazwa , bikavugwa na benshi ndetse na henshi mu bitangazamakuru , hakaba n&#8217; ibyakozwe mu mabanga akomeye ariko amaherezo azashyirwa ahagaragara ; uwo mugambi ukabamo : kwica imfungwa uruhongohongo hakoreshejwe inzara, gukubitwa , kwimwa uburyo bwo kuvurwa neza no kutavurizwa igihe , kwifashisha uburozi bwa AFLATOXINE ( buboneka mu binyampeke nk&#8217; ibigori byabitwwe nabi , bugatera Cancer ku babiriye igihe kirekire ) , guhotorwa cyangwa kurigiswa kwa bamwe , kuraswa imbonankubone kw&#8217; abakiniweho umukino wo kubeshyerwa gutoroka , kwimurirwa kure y&#8217; imiryango kwa hato na hato , kubangiza mu mutwe ku buryo bwinshi ( brain wash ) , &#8230;<br \/>\nUbu ikigezweho muri uwo mugambi ni iyicarubozo noneho ryeruye mu magereza asigaye ayobowe nko mu bihe bikomeye by&#8217; intambara ( \u00c9tat d&#8217; urgence ) ; ryibasiye cyane Gereza ya RUBAVU \/ Nyakiriba iri mu maboko y&#8217; uwitwa KAYUMBA Innocent ugiye kumarisha abafungwa inkoni , Gereza ya NYANZA \/ Mpanga yari imaze iminsi iyoborwa na MUKONO John ( iyi ikaba ikunze kwimurirwamo abagomba kurigiswa ) na Gereza ya HUYE \/ Karubanda iri mu maboko y&#8217; uwitwa MUGISHA James.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217; aho uyu MUGISHA James asimburiye uwitwa ZUBA Camile , na we utarigeze yorohera na busa izo ngorwa , uyu MUGISHA we yahagiye ari KIRIMBUZI.<\/p>\n<p>MUGISHA uyu yabujije uburyo imfungwa zo muri iyo Gereza akoresheje ahanini bamwe mu bafungwa barimo n&#8217; abayobora abandi ( abo yabanje gukorera iyozabwonko ) !<\/p>\n<p>Mu gihe kandi ku gihe cya ZUBA , umubare w&#8217; abafungwa bapfaga mu kwezi kuri iyo Gereza wari hagati ya 9 na 11 , aho MUGISHA ahagereye warazamutse ugera hagati ya 12 na 15 , mu bahafungiye bakabakaba 12000 !<\/p>\n<p>Iki kikaba ikibazo kitabura kwibazwa na benshi barimo n&#8217; ibitaro bya CHUB , bibaza impamvu y&#8217; izo mpfu .<\/p>\n<p>Igisubizo cyakunze gutangwa ni iki : INZARA !<\/p>\n<p>Kuva aho uyu MUGISHA agereye kuri iyo Gereza , yasanze umubare munini w&#8217; abahafungiye warahorose , we ahageze arahuhura !<\/p>\n<p>Ku basurishwaga amafunguro bemererwa na Muganga kubera uburwayi ( ibyo bita IKIBARI) , yategetse ko ingemu bazaniwe n&#8217; imiryango yabo , ijya igabanywamo kabiri , usuwe akajyana igice kimwe , ikindi kigasubiranwayo n&#8217; usuye ! Ibi na byo bikajyana no kuburabuza asura !<\/p>\n<p>Ku bafungwa bakora imirimo nyongeramusaruro , ubusanzwe bashoboraga kugira akabuto binjiza ngo kabongerere imbaraga zo gukora , yashyizeho itegeko ko ugize ako afatanwa ahatwa igiti , agakubitwa iz&#8217; akabwana , byiyongera ku rindi teshagaciro bakorerwa : gutukwa , gusakwa basutamishijwe , &#8230;<\/p>\n<p>Yageze ubwo n&#8217; ibigurwa muri cantine ya Gereza , umufungwa ( washyiriwe amafranga muri Service Social n&#8217; umuryango we ) atemererwa kugura ibyo akeneye ( quantit\u00e9 ) kandi na bwo ku giciro kikubye kabiri icyo hanze ya Gereza !<\/p>\n<p>Yageze ubwo abuza abasura , gusurisha imbuto , amata , &#8230; ( ku bashobora kubibona mu miryango yabo babyemererwa na Muganga ) hitwajwe ngo bigurwe muri Cantine kandi bitahaboneka uko bikenewe !<\/p>\n<p>Iki kibazo kiri mu byakuruye ubuzahare bukomeye , buviramo urupfu benshi mu barwayi , abasaza n&#8217; abanyantegenke , dore ko n&#8217; ifunguro rusange umufungwa agenerwa n&#8217; amategeko muri iyo Gereza , byavugwaga cyane ko ririgiswa n&#8217; abarishinzwe , barimo abo mu bakozi ba Gereza n&#8217; abafungwa bayobora abandi !<\/p>\n<p>Muri iki gihe abari muri iyo Gereza barimo gukorerwa iyicarubozo rikomeye cyane , hitwajwe ngo kurwanya ibitemewe muri Gereza , nyamara byinjizwa n&#8217; Abacungagereza ubwabo ( ubu hakaba hafunzwe abagera kuri 7 babifungiwe muri iyi minsi , birirwa bashinjanya n&#8217; uwo muyobozi wa Gereza).<\/p>\n<p>Ku isonga hari uwitwa RUGAMBA wari hafi yo kwisha abafungwa inkoni yigiza nkana mu buryo bwo kuyobya uburari !<\/p>\n<p>Byose byasandariye aho ushinzwe umutekano imbere mu bafungwa yafashwe n&#8217; umuyobozi wa Gereza afite igipfurumba cy&#8217; amafaranga yari agemuriye RUGAMBA ( umwe mu bakuriye umutekano kuri iyo Gereza ) !<\/p>\n<p>Ibyo biza na none hamaze iminsi hanazwe igikapu muri Gereza imbere n&#8217; umucungagereza cyuzuyemo ibiyobyabwenge !<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217; uko MUGISHA yari amaze iminsi yirukankana abagore b&#8217; abaturage hafi y&#8217;ahakora abafungwa mu mirimo nyongeramusaruro , kugeza n&#8217; ubwo agonze umumotari (ku wa 6 tariki 17\/ 11\/ 2018 , abashinja ngo kuzanira abafungwa ibiyobyabwenge , kandi abo bafungwa baba barinzwe n&#8217; imbunda ; ipfundo ry&#8217; ikibazo ryaje kugaragara aho riherereye : &#8221; ABACUNGAGEREZA &#8220;!<\/p>\n<p>Ese aho ntibyaba biri muri wa mugambi wo kumarisha imfungwa ibiyobyabwenge, ngo abadashakwa nihagira n&#8217; usohoka asohoke yarabaye zezenge ?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nushaka kumenya ububi cyangwa ubwiza bw&#8217; ubutegetsi, amabanga yabwo , imikorere n&#8217; imigambi yabwo , jya witegerezanya ubushishozi imibereho y&#8217; abo bufunze , cyane abo bwita abanzi ! Imibereho y&#8217; imfungwa zo mu RWANDA ni ishusho y&#8217; umutima wa Leta y&#8217; agatsiko ka KAGAME . Nyuma y&#8217; ibikorwa bitandukanye by&#8217; umugambi muremure wa FPR ya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":29592,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-29591","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nushaka kumenya ububi cyangwa ubwiza bw&#8217; ubutegetsi, amabanga yabwo , imikorere n&#8217; imigambi yabwo , jya witegerezanya ubushishozi imibereho y&#8217; abo bufunze , cyane abo bwita abanzi ! Imibereho y&#8217; imfungwa zo mu RWANDA ni ishusho y&#8217; umutima wa Leta y&#8217; agatsiko ka KAGAME . Nyuma y&#8217; ibikorwa bitandukanye by&#8217; umugambi muremure wa FPR ya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-15T20:00:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"770\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"513\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA\",\"datePublished\":\"2018-12-15T20:00:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":675,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg\",\"datePublished\":\"2018-12-15T20:00:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/12\\\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg\",\"width\":770,\"height\":513},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda","og_description":"Nushaka kumenya ububi cyangwa ubwiza bw&#8217; ubutegetsi, amabanga yabwo , imikorere n&#8217; imigambi yabwo , jya witegerezanya ubushishozi imibereho y&#8217; abo bufunze , cyane abo bwita abanzi ! Imibereho y&#8217; imfungwa zo mu RWANDA ni ishusho y&#8217; umutima wa Leta y&#8217; agatsiko ka KAGAME . Nyuma y&#8217; ibikorwa bitandukanye by&#8217; umugambi muremure wa FPR ya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-12-15T20:00:24+00:00","og_image":[{"width":770,"height":513,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA","datePublished":"2018-12-15T20:00:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/"},"wordCount":675,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/","name":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg","datePublished":"2018-12-15T20:00:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/WhatsApp-Image-2018-12-15-at-20.49.55.jpeg","width":770,"height":513},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/dutabarize-imfungwa-zo-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"DUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29591","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29591"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29591\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29593,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29591\/revisions\/29593"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/29592"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29591"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29591"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29591"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}