{"id":29609,"date":"2018-12-17T20:01:33","date_gmt":"2018-12-17T18:01:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29609"},"modified":"2018-12-17T20:01:33","modified_gmt":"2018-12-17T18:01:33","slug":"ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/","title":{"rendered":"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya"},"content":{"rendered":"<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Iyo umuntu avuze izina Burasa, buri munyarwanda wese ujijutse bimworohera kurimenya bitewe n\u2019uko ari we nyiri ikinyamakuru Rushyashya \u00a0kizwiho guharabika no gutoteza abatavuga rumwe na leta y\u2019 u Rwanda. Abakuze bakunze kukigereranya na Kangura yo mu bihe bya mirongo icyenda na yo yari izwiho kuba umuzindaro w\u2019inyandiko zahamagariraga abahutu kwanga abatutsi.<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">\u00a0<\/span><b><span lang=\"EN-US\">Burasa ni muntu?<\/span><\/b><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Uyu mugabo ni mwishywa wa Kameya Andr\u00e9 wishwe muri genocide azira \u00a0ko yari umututsi, akaba umunyapolitiki wo muri PL igice gihanganye na Yustini Mugenzi, by\u2019umwihariko kandi akaba yari afite ikinyamakuru Rwanda Rushya \u00a0kitavugaga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana. <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Muri icyo gihe Burasa wari urangije CERAI- amashuri atatu y\u2019imyuga y&#8217;icyo gihe, \u00a0yafashaga nyirarume gutunganya no gukurikirana ikinyamakuru muri imprimerie, imirimo itamusabaga kwandika kuko Atari abishoboye. \u00a0<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Intambara irangiye Burasa yarokokeye muri St Paul ahita yinjirana n\u2019igihiriri cy\u2019abandi bari bavuye muri 1000 Collines\u00a0 bahawe akazi mu cyahoze ari ORINFOR, aho yari ashinzwe \u00a0gushyira ku murongo ibiganiro n\u2019indirimbo uko byakurikiranaga kuri radio- R\u00e9gisseur. \u00a0<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Aka kazi na ko nta bwenge bwinshi kamusabaga uretse gusoma no kwandika ikinyarwanda kandi yari abishoboye. Gusa ibi ntabwo byatinze kuko yaje kuzongwa n\u2019inzoga akajya asiba cyangwa agakererwa akazi yaraye mu tubari no mu tubyiniro biba ngombwa ko asezererwa.\u00a0 <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Yaje kwiyambaza abandi bari binjiranyemo ari bo Bizimana Nelon na Yustini Mugabo bamusabira imbabazi Major Wilson Rutayisire wayoboraga ORINFOR amusubiza ku kazi. Mu gusaba imbabazi, Burasa yari yitwaje ko ngo arera imfubyi za Kameya babanaga mu nzu ya ORINFOR I Nyamirambo, bituma bamugirira impuhwe n\u2019ubwo nta kintu yari azimariye by\u2019ukuri.<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><b><span lang=\"EN-US\">Yashatse kubyutsa ikinyamakuru cya nyirarume abana be baramwangira.<\/span><\/b><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Uyu mugabo akimara kubona akazi muri ORINFOR, yiyambaje abanyamakuru bari baziranye na Kameya biganjemo abari bavuye mu iseminari nkuru babyutsa ikinyamakuru Rwanda Rushya. Yabizezaga ko amafaranga azajya avamo azafasha abana ba Kameya, ariko nyuma ya num\u00e9ro enye zose abana ba Kameya baza kubwira abanyamakuru bandikaga Rwanda Rushya ko Burasa nta kintu abaha kuko ari we wakiraga amafaranga y\u2019ikinyamakuru yose, abanyamakuru bo bari abakorerabushake. <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Nyuma y\u2019amanama bakoranye n\u2019abana ba Kameya na Burasa, abana bagaragaje ukuri kose k\u2019uburiganya bwa mubyara wabo, bituma abanyamakuru bamufashaga bamureka babwira abana ba Kameya ko batifuza kugaragara nk\u2019abahemukiye Kameya, Burasa ahita areka Rwanda Rushya kuva ubwo.\u00a0 Ni muri icyo gihe rero Burasa afatanije n\u2019uwahoze ari Capitaine Karimba bashinze ikinyamakuru yise Rushyashya, icyo na cyo agishinga agikora muri ORINFOR. <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Uko iminsi igenda ishira, byagaragariye Burasa ko\u00a0 mu gihe nta bushobozi afite bwo kwandika ikinyamakuru cye kitazatera imbere, amaze kugira imyenda myinshi muri imprimerie ya ORINFOR (PECIFO) atangira gutera ubwoba abahutu bifite ko ni batamuha amafaranga ari bubandike ko bakoze genocide. Ubwo nibwo buzima Rushyashya na Burasa babayemo kugeza ubwo mu bihumbi 2005 DMI iboneye ko itangazamakuru rirwanya leta rimaze kugira imbaraga bityo nayo igahita ifata Rushyashya igatangira kunyuzamo amakuru asebya abarwanya leta yifashishije bamwe mu bakozi ba Office of government spokesperson bafite inshingano zo kugaragaza neza isura y\u2019igihugu mu ruhando mpuzamahanga, ariko bakagirwa inama na Tom Ndahiro ndetse na Aimable Bayingana wo muri secretariat ya FPR. \u00a0<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Mu by\u2019ukuri guhindurirwa umurongo kwa Rushyashya byatumye Burasa ahindura ubuzima kuko yatangiye kujya ahabwa udufaranga tuvuye mu nzego z&#8217;iperereza, agera n\u2019ubwo akodesherezwa appartement yo kubamo muri Gr\u00e2ce Hotel mu Biryogo yishyurwa na DMI. <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Mu wa 2010, yatangiye gukwirakwiza ko Kayumba na Karegeya bamuhigisha uruhindu bitewe n\u2019inyandiko zakundaga kubibasira zinyuze mu kinyamakuru cye. Ibi rero byatumye ahabwa inzu yo kubamo ku buntu, kurya mu mahoteli yishyurwa na DMI ndetse ahabwa na telephone fixe yo guhamagara igihe cyose yaba agize ikibazo. \u00a0<\/span><span lang=\"EN-US\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><b><span lang=\"EN-US\">Burasa yaje kuva ku ibere !<\/span><\/b><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">\u00a0<\/span><span lang=\"EN-US\">Uko iminsi yagendaga yicuma ni ko amakuru yagendaga agera mu nzego zishyira amafaranga muri Rushyashya ko Burasa nta nkuru n\u2019imwe yandika ko ahubwo yirirwa mu ndaya no mu nzoga hagakora abana yahembaga intica ntikize kuko yaboherezaga inkuru yahawe na DMI hanyuma abo bana bagashyira izo nkuru ku rubuga undi agashyira ifaranga ku mufuka.\u00a0 Inzego z\u2019iperereza zimaze kubimenya nibwo zanzuye \u00a0ko Burasa yahagarikirwa umushahara wanganaga n\u2019ibihumbi 700frw, akazajya ahabwa ibihumbi ijana na mirongo itanu y\u2019amanyarwanda ku kwezi (150,000frw) kuko ntacyo abamariye uretse kuba bakoresha izina ry\u2019ikinyamakuru yashinze. <\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Amakuru angeraho nkura mu banyamakuru biriranwa nawe kuri presse house bavuga ko birirwa babyiganira kuri izo machines kuko ubusanzwe Rushyashya nta bureau igira kandi yaratangiye ifite ibiro. Si ibyo gusa kuko yirirwa yinginga inama nkuru y\u2019itangazamakuru (MEDIA HIGH COUNCIL) \u00a0kugira ngo ijye imujyana mu mahugurwa aho batanga insimburamubyizi ya 25.000 ku munsi kuko utwo dufaranga agenerwa tutabasha gukemura ibibazo bye bya buri munsi.<\/span><\/p>\n<p class=\"yiv3623139749MsoNormal\"><span lang=\"EN-US\">Nguwo Burasa oppostion yishyizemo ko ayibangamira kandi na we yirirwa yicuza ibikorwa yashowemo yizezwa ibitangaza none akaba yarabuze n&#8217;aho anyura ahunga cyane ko kuri ubu bivugwa ko \u00a0atanazi ijambo ry\u2019ibanga rimwemerera kwinjira ku rubuga rw\u2019ikinyamakuru cye kuko byose bisigaye bikorwa n\u2019inzego zishinzwe iperereza naho nyirubwite agaheruka rya cumbi, ibiryo n\u2019ibihumbi ijana na mirongo itanu by\u2019amanyarwanda ku kwezi.<\/span><\/p>\n<p><strong>Umusomyi wa The Rwandan<\/strong><\/p>\n<p><strong>Kigali<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo umuntu avuze izina Burasa, buri munyarwanda wese ujijutse bimworohera kurimenya bitewe n\u2019uko ari we nyiri ikinyamakuru Rushyashya \u00a0kizwiho guharabika no gutoteza abatavuga rumwe na leta y\u2019 u Rwanda. Abakuze bakunze kukigereranya na Kangura yo mu bihe bya mirongo icyenda na yo yari izwiho kuba umuzindaro w\u2019inyandiko zahamagariraga abahutu kwanga abatutsi. \u00a0Burasa ni muntu? Uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":9105,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-29609","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyo umuntu avuze izina Burasa, buri munyarwanda wese ujijutse bimworohera kurimenya bitewe n\u2019uko ari we nyiri ikinyamakuru Rushyashya \u00a0kizwiho guharabika no gutoteza abatavuga rumwe na leta y\u2019 u Rwanda. Abakuze bakunze kukigereranya na Kangura yo mu bihe bya mirongo icyenda na yo yari izwiho kuba umuzindaro w\u2019inyandiko zahamagariraga abahutu kwanga abatutsi. \u00a0Burasa ni muntu? Uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-17T18:01:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"808\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"539\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/\",\"name\":\"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-17T18:01:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg\",\"width\":808,\"height\":539,\"caption\":\"Jean Golbert Burasa, witirirwa ikinyamakuru Rushyashya\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda","og_description":"Iyo umuntu avuze izina Burasa, buri munyarwanda wese ujijutse bimworohera kurimenya bitewe n\u2019uko ari we nyiri ikinyamakuru Rushyashya \u00a0kizwiho guharabika no gutoteza abatavuga rumwe na leta y\u2019 u Rwanda. Abakuze bakunze kukigereranya na Kangura yo mu bihe bya mirongo icyenda na yo yari izwiho kuba umuzindaro w\u2019inyandiko zahamagariraga abahutu kwanga abatutsi. \u00a0Burasa ni muntu? Uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-12-17T18:01:33+00:00","og_image":[{"width":808,"height":539,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/","name":"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg","datePublished":"2018-12-17T18:01:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/burasa.jpg","width":808,"height":539,"caption":"Jean Golbert Burasa, witirirwa ikinyamakuru Rushyashya"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiteye-amatsiko-kuri-burasa-jean-gaulbert-witirirwa-ikinyamakuru-rushyashya\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibiteye amatsiko kuri Burasa Jean Gaulbert witirirwa ikinyamakuru Rushyashya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29609","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29609"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29609\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29610,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29609\/revisions\/29610"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9105"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29609"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29609"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29609"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}