{"id":29710,"date":"2018-12-22T22:26:14","date_gmt":"2018-12-22T20:26:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=29710"},"modified":"2018-12-22T22:26:14","modified_gmt":"2018-12-22T20:26:14","slug":"ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/","title":{"rendered":"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Ubusanzwe iyo umuntu afashwe itegeko riteganya ko afungirwa ku nzu yagenewe gufungirwamo imwegereye. Ariko ibyo RIB yadukanye byo ni akumiro gusa! Twumvise RIB (Rwanda Investigation Bureau) tugira ngo ubwo yitiranwa n\u2019ishami rya America rishinzwe iperereza (Federal Investigation Bureau) igiye guhindura imikorere hazemo ubunyamwuga. None ifatwa n\u2019ifugwa biri kugaragara ko ari ishimuta gusa!<\/p>\n<p>Kuya 19 Ukuboza 2018<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ku gicamunsi abaturage bagiye kubona babona abagabo batutu binjiye mu rugo rw\u2019Umusaza MUNYENTWARI Germain bakunda kwita KABAYIZA uri mu<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>kigero cy\u2019imyaka 54, ruri mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Buhoro ho muri Ruhango maze batwara uwo musaza, basiga babwiye umukecuru we ko bagiye kumuha akazi k\u2019ubwubatsi kuko ari umufundi.<\/p>\n<p>Umukazana we nawe wari aho hafi witwa UWIRAGIYE Jeanne nawe baramujyanye abaturage bari hafi aho babona babinjije mu modoka ifite ibirahure bitabona babona yerekeje mu cyerekezo cy\u2019I Kigali.<\/p>\n<p>Ku munsi wari wabanjirije uwo, umuhungu wa Munyentwari ufite imyaka 22 witwa NZABANDORA William ukora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto, yazindutse ajya ku kazi ke uko bisanzwe ntiyagaruka imuhira. Uwaduhaye amakuru yatubwiye ko abandi bamotari bagenzi be babonye umugabo waje mu mudoka ya RIB asubiye i Kigali ariwe utwaye Moto ya Nzabandora.<\/p>\n<p>Ku ya 20 Ukuboza 2018 mu masaha y\u2019umugoroba abaturage bagiye kubona babona Umukazana wa Muzehe Munyentwari agaruwe n\u2019abapolisi 3 dore ko yari yasize abana 2 bato harimo n\u2019utaruzaza imyaka ibiri.<\/p>\n<p>Umwe mu bagerageje kutwegeranyiriza ayo makuru uri mu Karere ka Ruhango, yatubwiye ko icyo yabashije kumenya ari uko uwo muryango bashobora kuba bawuziza ko wari inshuti za Cassien Ntamuhanga kuva akiri umunyamakuru kuri Radiyo Ubuntu Butangaje (Amazing Grace Radio). Ikindi ni uko babaraje kuri Police Station ya Remera ho mu Umujyi wa Kigali. Kuva icyo gihe kugeza ubu uwo musaza n\u2019umuhungu we ntawe uzi amakuru yabo!<\/p>\n<p>Mu karere ka Nyaruguru mu ntara y\u2019Amajyepfo, Rubavu mu Ntara y\u2019Uburengerazuba na Gasabo ho mu Mujyi wa Kigali, hamaze iminsi havugwa ibibazo by\u2019abaturage bataka bavuga ko ababo baburiwe irengero, bamwe bakaza kugaragara ari imirambo abandi bikaza kugaragara ko ari igipolisi gishinzwe iperereza RIB cyari kibafite. Niba bamwe bashimutwa bakaboneka mu maboko ya RIB, abicwa bo ubwo aho siyo ibica? Ikibabaje ni uko imirambo yirirwa itoragurwa hirya no hino mu gihugu birangira bityo ntawe umenye amaherezo cyangwa ngo iperereza ryerekane ababigizemo uruhare.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubusanzwe iyo umuntu afashwe itegeko riteganya ko afungirwa ku nzu yagenewe gufungirwamo imwegereye. Ariko ibyo RIB yadukanye byo ni akumiro gusa! Twumvise RIB (Rwanda Investigation Bureau) tugira ngo ubwo yitiranwa n\u2019ishami rya America rishinzwe iperereza (Federal Investigation Bureau) igiye guhindura imikorere hazemo ubunyamwuga. None ifatwa n\u2019ifugwa biri kugaragara ko ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24375,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-29710","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubusanzwe iyo umuntu afashwe itegeko riteganya ko afungirwa ku nzu yagenewe gufungirwamo imwegereye. Ariko ibyo RIB yadukanye byo ni akumiro gusa! Twumvise RIB (Rwanda Investigation Bureau) tugira ngo ubwo yitiranwa n\u2019ishami rya America rishinzwe iperereza (Federal Investigation Bureau) igiye guhindura imikorere hazemo ubunyamwuga. None ifatwa n\u2019ifugwa biri kugaragara ko ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-22T20:26:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/\",\"name\":\"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-22T20:26:14+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg\",\"width\":800,\"height\":600},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubusanzwe iyo umuntu afashwe itegeko riteganya ko afungirwa ku nzu yagenewe gufungirwamo imwegereye. Ariko ibyo RIB yadukanye byo ni akumiro gusa! Twumvise RIB (Rwanda Investigation Bureau) tugira ngo ubwo yitiranwa n\u2019ishami rya America rishinzwe iperereza (Federal Investigation Bureau) igiye guhindura imikorere hazemo ubunyamwuga. None ifatwa n\u2019ifugwa biri kugaragara ko ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-12-22T20:26:14+00:00","og_image":[{"width":800,"height":600,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/","name":"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg","datePublished":"2018-12-22T20:26:14+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/Ibiro-byAkarere-ka-Ruhango-Ifoto-Ndayishimye-JC.jpg","width":800,"height":600},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ruhango-umusaza-munyentwari-umuhungu-we-nzabandora-numukazana-rib-yabatwaye-gishimusi-i-kigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RUHANGO: UMUSAZA\u00a0 MUNYENTWARI, UMUHUNGU WE NZABANDORA N\u2019UMUKAZANA, RIB YABATWAYE GISHIMUSI\u00a0I KIGALI."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29710","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=29710"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29710\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":29711,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/29710\/revisions\/29711"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24375"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=29710"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=29710"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=29710"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}