{"id":30047,"date":"2019-01-20T01:19:05","date_gmt":"2019-01-19T23:19:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30047"},"modified":"2019-01-20T01:24:57","modified_gmt":"2019-01-19T23:24:57","slug":"amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/","title":{"rendered":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende"},"content":{"rendered":"<p>Mu gutangira inkuru nifuje kugeza ku Banyarwanda mbanje gusaba abazasoma iyi kuru bose kutazashaka kuyivangamo amarangamutima ya politiki kuko njyewe uyanditse nta politiki nkora ahubwo nababajwe n\u2019umuryango nyarwanda watakaje umwana wawo akiri muto azize amaherere no gukunda ibyubahiro by\u2019isi bya bamwe.<\/p>\n<p><b>Bimwe mu bitera abantu kwibaza byinshi kuri uru rupfu<\/b><\/p>\n<p><b>&#8211;<\/b>Ku munsi wo gushyingura Nyakwigendera, Nyina Rose Mupende yavuze amagambo yateye benshi kwibaza. Hari aho yagize ati: <i>\u00abAlexia yishwe n\u2019umuntu tutatekereza ko yabikora..\u00bb<\/i> Yarongeye ati:<i>\u00bburiya mukozi ntabwo ari we wamwishe ahubwo yarakoreshejwe\u00bb <\/i>Ibi bikaba bishaka kuvuga ko abo mumuryango wa Alexia bazi uwabahekuye ariko bafite ubwoba bwo kumuvuga. Nyina wa Alexia yavuze kandi ko abasigiye ubwoba!<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>-Hatangajwe ko Alexia yishwe n\u2019umukozi wo mu rugo afatanije n\u2019undi muntu ariko ababonye umurambo wa Alexia bavuga ko aticishijwe icyuma ahubwo yajombwe akantu gasongoye ku mutsi wo mu ijosi ku buryo n\u2019igikomere kitagaragaraga cyane, ibi bikaba bisobanura ko yishwe n\u2019umuntu uzobereye mu bikorwa byo kwica bucece kandi kinyamwuga. Kuki polisi yashatse kuyobya uburari yitirira ubu bwicanyi umukozi wo mu rugo kandi byaragaragaraga ko atari we?<\/p>\n<p>-Imyitwarire y\u2019abantu bamwe bakomeye hano mu gihugu nyuma y\u2019urupfu rw\u2019Alexia nayo iteye kwibaza. Akimara kwicwa hahise hakwirakwizwa ku mbuga nkoranyambuga zitandukanye amafoto ya nyakwigendera n\u2019iyo nkuru y\u2019incamugongo, ariko nyuma y\u2019amasaha make hatangiye ibimeze nk\u2019igitutu ku bantu batandukanye babuzwa gukomeza kuvuga ku rupfu rwa Alexia n\u2019abantu bakomeye mu gihugu. Ibi bikaba byarateye kwibaza impamvu hari abadashaka ko hagira abavuga kuri urwo rupfu inzego zishinzwe umutekano zari zimaze kuvuga ko zikeka ko rwagizwemo uruhare n\u2019umukozi wo mu rugo.<\/p>\n<p>-Abagiye mu kiriyo iwabo wa Alexia bashoboye kwibonera ko hari ikimeze nk\u2019umwuka w\u2019ubwoba kuri bamwe mu bari basobanukiwe ibyabaye ndetse hari na bamwe mu bayobozi bagiriye inama abantu bo miryango yaba yahafi kwirinda kugaragara ku kiriyo cya Alexia.<\/p>\n<p>-Bamwe mu bayobozi bagiye gushyingura Alexia bimeze nk\u2019urwiyerurutso no gutera ubwoba umuryango wa nyakwigendera nyamara bari mu babujije abantu kujya ku kiriyo no gukomeza kuvuga ku rupfu rw\u2019Alexia.<\/p>\n<p><b>Ibyo njye nashoboye kumenya ni ibihe? :<\/b><\/p>\n<p><b>&#8211;<\/b>Alexia Mupende yagiranye ubucuti na Bertrand Ndengeyingoma, umusore umaze iminsi asabye akanakwa Ange Ingabire Kagame, umukobwa wa Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>-Alexia Mupende yari atwite inda ya Bertrand Ndengeyingoma bikaba biri mu mpamvu zatumye yicwa ikitaraganya nyuma y\u2019aho umwe mubo yabibwiye amuviriyemo bikagera ibukuru.<\/p>\n<p>-Alexia Mupende yari aziko ashobora kwicwa ndetse yari yarabibwiye benshi bo mu muryango we ndetse n\u2019inshuti zimwe za hafi. Dore ko yari yaratewe ubwoba.<\/p>\n<p>-Alexia Mupende yategetswe kureka ubucuti na Bertrand Ndengeyingoma anategekwa gushaka umugabo mu maguru mashya. Ni nayo mpamvu yahise ategura ubukwe yari afite mu kwezi gutaha kwa Gashyantare.<\/p>\n<p>-Lt Muhwezi Paul\u00a0wari mu ngabo zirwanira mu kirere ariko akorana hafi n\u2019ingabo zishinzwe kurinda umukuru w\u2019igihugu yaguye mu mpanuka idasobanutse i Nyagatare ubwo yajyaga kwerekana umugeni iwabo kw\u2019ivuko, uyu Lt Muhwezi akaba yari yarategetswe kurongora Alexia ngo arekane na<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Bertrand Ndengeyingoma ariko ntibyashoboka.<\/p>\n<p>-Ise wa Alexia ari we Alex Mupende afatwa na bamwe nk\u2019umuntu utishimiye ubutegetsi dore ko yakoze no mu biro by\u2019umukuru w\u2019igihugu akaba yari n\u2019inshuti ya Nyakwigendera Patrick Mazimpaka.<\/p>\n<p>-Umukozi bavuga ko yagize uruhare mu kwica Alexia yajyanywe n\u2019abishe Alexia akaba afungiye muri Safe House i Kinyinya niba bataramwimura cyangwa ngo bamwice, ubwo arimo kwigishwa ibyo azavuga nibamugaragaza bakavuga ko yafashwe. Uyu mwana kandi mbere yo kujya gukora mu rugo kwa Mupende akaba yarabanje gukora mu nka zabo. Uyu mwana nawe akaba ari uwo gutabarizwa.<\/p>\n<p>-Mushiki wa Bertrand Ndengeyingoma yagaragaje ko yababajwe n&#8217;urupfu rw&#8217;Alexia<a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-30053\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize.png\" alt=\"\" width=\"713\" height=\"585\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize.png 713w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize-300x246.png 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize-696x571.png 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/belize-512x420.png 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 713px) 100vw, 713px\" \/><\/a>Nsoza inyandiko yanjye nasabaga abanyarwanda kureka umutima wa kinyamanswa ushoboza gutuma umuntu w\u2019inzirakarengane yicwa azize gusa ubucuti yagiranye n\u2019umuntu bamwe babona ko bitari bikwiye.<\/p>\n<p>Muhorane Imana<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p><b>Umusomyi wa The Rwandan<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/b><\/p>\n<p><b>Kigali<\/b><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gutangira inkuru nifuje kugeza ku Banyarwanda mbanje gusaba abazasoma iyi kuru bose kutazashaka kuyivangamo amarangamutima ya politiki kuko njyewe uyanditse nta politiki nkora ahubwo nababajwe n\u2019umuryango nyarwanda watakaje umwana wawo akiri muto azize amaherere no gukunda ibyubahiro by\u2019isi bya bamwe. Bimwe mu bitera abantu kwibaza byinshi kuri uru rupfu &#8211;Ku munsi wo gushyingura Nyakwigendera, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30048,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-30047","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gutangira inkuru nifuje kugeza ku Banyarwanda mbanje gusaba abazasoma iyi kuru bose kutazashaka kuyivangamo amarangamutima ya politiki kuko njyewe uyanditse nta politiki nkora ahubwo nababajwe n\u2019umuryango nyarwanda watakaje umwana wawo akiri muto azize amaherere no gukunda ibyubahiro by\u2019isi bya bamwe. Bimwe mu bitera abantu kwibaza byinshi kuri uru rupfu &#8211;Ku munsi wo gushyingura Nyakwigendera, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-19T23:19:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-01-19T23:24:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"496\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"504\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende\",\"datePublished\":\"2019-01-19T23:19:05+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-19T23:24:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/\"},\"wordCount\":621,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/Alexia.png\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/\",\"name\":\"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/Alexia.png\",\"datePublished\":\"2019-01-19T23:19:05+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-19T23:24:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/Alexia.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/Alexia.png\",\"width\":496,\"height\":504,\"caption\":\"Nyakwigendera Alexia Uwera Mupende\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda","og_description":"Mu gutangira inkuru nifuje kugeza ku Banyarwanda mbanje gusaba abazasoma iyi kuru bose kutazashaka kuyivangamo amarangamutima ya politiki kuko njyewe uyanditse nta politiki nkora ahubwo nababajwe n\u2019umuryango nyarwanda watakaje umwana wawo akiri muto azize amaherere no gukunda ibyubahiro by\u2019isi bya bamwe. Bimwe mu bitera abantu kwibaza byinshi kuri uru rupfu &#8211;Ku munsi wo gushyingura Nyakwigendera, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-01-19T23:19:05+00:00","article_modified_time":"2019-01-19T23:24:57+00:00","og_image":[{"width":496,"height":504,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende","datePublished":"2019-01-19T23:19:05+00:00","dateModified":"2019-01-19T23:24:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/"},"wordCount":621,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/","name":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png","datePublished":"2019-01-19T23:19:05+00:00","dateModified":"2019-01-19T23:24:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/Alexia.png","width":496,"height":504,"caption":"Nyakwigendera Alexia Uwera Mupende"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashirakinyoma-ku-rupfu-rwumunyamideri-alexia-mupende\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amashirakinyoma ku rupfu rw\u2019umunyamideri Alexia Mupende"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30047","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30047"}],"version-history":[{"count":5,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30047\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30054,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30047\/revisions\/30054"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30048"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30047"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30047"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30047"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}