{"id":3006,"date":"2013-01-09T19:47:17","date_gmt":"2013-01-09T17:47:17","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3006"},"modified":"2013-01-09T19:50:24","modified_gmt":"2013-01-09T17:50:24","slug":"u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/","title":{"rendered":"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo."},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mutarama 2013, Bwana Herv\u00e9 Ladsous, umunyamabanga mukuru wungirije w\u2019umuryango w\u2019abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro, yari yavugiye mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi ko ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye ziri muri Congo MONUSCO ziteganya gukoresha indege 3 zitagira abaderevu (drone) mu kugenzura uburasirazuba bwa Congo.<!--more--><\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda mu ijwi ry\u2019uwungirije uhagarariye u Rwanda mu muryango w\u2019abibumbye, Bwana Olivier Nduhungirehe, rwavuze ko rutakwizera ikoreshwa ry\u2019izo ndege rudafiteho amakuru ahagije, ngo kandi Afrika ntabwo igomba kuba aho ibihugu by\u2019amahanga bigeragereza ibikoresho byayo by\u2019ubutasi.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019abahagarariye ibihugu byabo mu muryango w\u2019abibumbye ngo u Bufaransa, u Bwongereza, na Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika bishyigikiye ikoreshwa ry\u2019izo ndege. Ngo kandi abo bahagarariye ibihugu byabo bemeza ko iki ari igikorwa cya mbere cy\u2019u Rwanda rugaragaje nyuma yo kwinjira mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi, ngo biteguye ko uwo mwanya u Rwanda ruzawukoresha mu kugerageza kuzana amananiza mu kibazo cyo mu burasirazuba bwa Congo mu myaka 2 iri imbere u Rwanda ruzamara muri uwo mwanya.<\/p>\n<p>Umunyamabanga mukuru w\u2019umuryango w\u2019abibumbye Bwana Ban Ki-moon mu minsi iri imbere ateganya kuzatanga ibyifuzo ku buryo bwo kongerera ingufu ingabo z\u2019uwo muryango muri Congo MONUSCO dore ko zakomeje gukemangwa na benshi cyane cyane nyuma y\u2019ifatwa rya Goma n\u2019umutwe wa M23 mu Ugushyingo 2012 izo ngabo za ONU zirebera.<\/p>\n<p>Hari abantu benshi bagaragaje impungenge z\u2019iyinjira ry\u2019u Rwanda mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi, none izo mpungenge zitangiye kwigaragaza aho u Rwanda rusa nk\u2019aho rufite umugambi wo kubuza ko ibibazo bya Congo byakemuka bidakemutse mu buryo rwo rushaka mbese hashyizwe inyungu zarwo imbere dore ko ruza kw\u2019isonga mu bateza ibyo bibazo muri Congo.<\/p>\n<p>Ibyavuzwe n\u2019u Rwanda bigaragaza ko rufite byinshi rushaka guhisha mu gihe rushyirwa mu majwi mu bafasha umutwe wa M23 mbese ni nk\u2019uko igisambo cyavuga ko kitishimiye ko hashyirwa abashinzwe umutekano hafi y\u2019aho gikunze kwiba kitwaje ko abo bashinzwe umutekano bakwinjira mu buzima bwacyo bwite!<\/p>\n<p>Ntawabura kuvuga ko u Rwanda rusumbirijwe muri iyi minsi kuri iki kibazo kuko kugira ngo umutwe wa M23 utangaze ko uhagaritse imirwano burundu byerekana ko u Rwanda rubona igitutu cy\u2019amahanga kirumereye nabi rukaba rwifuza kurangaza ayo mahanga rukabona uburyo rwisuganya rugapanga izindi gahunda.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibi byavuzwe n\u2019u Rwanda umuntu yavuga ko mu minsi iri imbere uyu muhungu Olivier Nduhungirehe agiye gukora akazi ahemberwa koko, kuko bizamusaba kuburana nk\u2019uburana amahugu cyangwa urwa ndanze.<\/p>\n<p>Tubibutse ko Bwana Olivier Nduhungirehe akomoka mu cyahoze ari Komini ya Mbazi i Butare akaba mwene Chrysostome Nduhungirehe wigeze kuba Ministre w\u2019igenamigambi ku butegetsi bwa Perezida Yuvenali Habyalimana. Murumuna we Janvier Nduhungirehe akaba yarahitanywe n\u2019ingabo za FPR-Inkotanyi muri Mata 1994 zimutsinze kw\u2019irembo iwabo ku Kicukiro hafi ya Paruwasi.<\/p>\n<p>Ariko n\u2019ubwo hari benshi bahagaze kuri ubwo bwicanyi babyemeza, Bwana Olivier Nduhungirehe mu kugirango akomeze kugirirwa icyizere na Leta ya FPR no gusigasira imbehe ye ngo itubama rimwe avuga ko murumuna we yazize interahamwe ubundi akavuga ko atazi abamwishe.<\/p>\n<p>Leta ya FPR bigaragara ko yiteguye urugamba rukomeye muri iriya nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi dore ko uretse Bwana Olivier Nduhungirehe witeguye kurwana ku mugati we kugeza ku wa nyuma, mu minsi ishize Ambasaderi Eug\u00e8ne Richard Gasana uhagarariye u Rwanda muri ONU akaba anashinzwe kwita ku mitungo n\u2019abana bya Kagame biri muri Amerika tutibagiwe no gukorera Jeannette Shopping yagizwe umunyamabanga wa Leta ibi hakaba hari umuhanga mu by\u2019amateka wabigereranije n\u2019igihe Adolf Hitler yahaga ipeti rya Mar\u00e9chal uwitwaga Friedrich Paulus igihe ingabo yari ayoboye zari zigotewe mu mujyi wa Stalingrad mu Burusiya mu ntambara ya 2 y\u2019isi yose.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mutarama 2013, Bwana Herv\u00e9 Ladsous, umunyamabanga mukuru wungirije w\u2019umuryango w\u2019abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro, yari yavugiye mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi ko ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye ziri muri Congo MONUSCO ziteganya gukoresha indege 3 zitagira abaderevu (drone) mu kugenzura uburasirazuba bwa Congo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3007,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-3006","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mutarama 2013, Bwana Herv\u00e9 Ladsous, umunyamabanga mukuru wungirije w\u2019umuryango w\u2019abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro, yari yavugiye mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi ko ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye ziri muri Congo MONUSCO ziteganya gukoresha indege 3 zitagira abaderevu (drone) mu kugenzura uburasirazuba bwa Congo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-01-09T17:47:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-01-09T17:50:24+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/\",\"name\":\"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-01-09T17:47:17+00:00\",\"dateModified\":\"2013-01-09T17:50:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":250,\"height\":244},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda","og_description":"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mutarama 2013, Bwana Herv\u00e9 Ladsous, umunyamabanga mukuru wungirije w\u2019umuryango w\u2019abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro, yari yavugiye mu nama y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishinzwe amahoro kw\u2019isi ko ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye ziri muri Congo MONUSCO ziteganya gukoresha indege 3 zitagira abaderevu (drone) mu kugenzura uburasirazuba bwa Congo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-01-09T17:47:17+00:00","article_modified_time":"2013-01-09T17:50:24+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/","name":"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-01-09T17:47:17+00:00","dateModified":"2013-01-09T17:50:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":250,"height":244},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ntabwo-rwifuza-ikoreshwa-ryindege-zitagira-abaderevu-mu-burasirazuba-bwa-congo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ntabwo rwifuza ikoreshwa ry\u2019indege zitagira abaderevu mu burasirazuba bwa Congo."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3006","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3006"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3006\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3006"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3006"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3006"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}