{"id":30157,"date":"2019-01-24T18:33:21","date_gmt":"2019-01-24T16:33:21","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30157"},"modified":"2019-01-24T18:33:21","modified_gmt":"2019-01-24T16:33:21","slug":"sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/","title":{"rendered":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe"},"content":{"rendered":"<p>Mu igihe cyashize, Umwami Dawidi yabajije Imana ati:\u201dUmuntu ni iki kuburyo wamwitaho kandi yaranakuwe mu mukungugu?\u201d. Muri Zaburi 8:4 haranditse ngo <i>\u201cBituma nibaza nti: umuntu buntu ni iki kuburyo wamuzurikana, kandi umuntu wakuwe mu mukungugu ni iki kuburyo wamwitaho?\u201d<\/i> Uyu munsi, ndashaka ko nawe wakwibaza impamvu yatumye Imana ikurinda, ikakwitaho kandi abandi bari mu kaga cyangwa mu bibazo, urebe abo mwavukiye rimwe bamwe ntibakiriho, abandi bari munzu y\u2019imbohe. Kuki wowe warinzwe ? Kuki waremwe mu buryo butandukanye n\u2019inyamaswa mu gihe cy\u2019iremwa? Maze ucukumbure ushake impamvu Imana yabigukoreye.<\/p>\n<p>Abantu hari ibintu bahuriyeho n\u2019inyamaswa kuko bahumeka umwuka umwe (air), barya ibiryo bijya kuba bimwe, bagira ibyo bakeneye bimwe ariko Umuntu atandukanye n\u2019inyamaswa.<\/p>\n<p>Kuba umuntu atandukanye n\u2019inyamaswa niyo mpamvu tugomba kumenya impamvu turi hano ku isi ndetse n\u2019\u2019ntego ituma turi hano ku isi. Ko tuzi ko kuba hano kuri iyi isi ari iby\u2019igihe gito, ni gute twakoresha igihe cyacu neza? Usanga dushaka kubaho mu buryo bwo kunezeza imibiri yacu gusa, tukaba dushaka no gukoresha igihe cyacu mu kurya ubuzima bw\u2019iyi isi gusa.<\/p>\n<p>Kubera ko dutandukanye n\u2019inyamaswa ni ngomba kumenya aho tuzajya nyuma yo gupfa. Ubuzima hano ku isi ni bugufi. Umuhanuzi Yobu, muri Yobu 14:1-2 yagize ati: <i>\u201cUmuntu wabyawe n\u2019umugore abaho igihe gito cyuzuye impagarara. Abumbura nk\u2019ururabyo hanyuma agacibwa, agahunga nk\u2019igicucu ntakomeze kubaka.\u201d<\/i><\/p>\n<p>Twaba tumeze kimwe n\u2019inyamaswa iyo dupfuye? Twaba duhumeka umwuka wanyuma maze byose bikaba birarangiye? Ni gute dushobora kubona igisubizo cy\u2019ibyo bibazo bibiri? Ushobora kuduha igisubizo wenyine ni Imana yo yaturemye kandi icyo gisubizo tugisanga mu gitabo cyayo ari cyo BIBLIYA. Imana itubwira abo turi bo, impamvu turi hano ku isi ndetse n\u2019aho tuzajya igihe tuzapfa.<\/p>\n<p><strong>UMUNTU NI IKI?<\/strong><\/p>\n<p>Umuntu ni iki? Ni iki gituma umuntu atandukana n\u2019inyamaswa? Pawulo yasubije icyo kibazo mu gihe yandikaga ibaruwa abakristo b\u2019i Tesalonike (1Tesalonike 5:23)\u201d Yagize ati:<i> &#8220;Imana y\u2019amahoro ibeze rwose. Bavandimwe umwuka wanyu n\u2019ubugingo bwanyu n\u2019umubiri wanyu bikomeze kutagira inenge muri byose, birindwe kugeza igihe umwami wacu Yesu Kristo azazira\u201d.<\/i><\/p>\n<p>Inyamaswa zigira umubiri gusa n\u2019umwuka usanzwe utuma zihumeka, ariko buri muntu agira umwuka (spirit) uba mu mubiri. Umubiri wacu uzapfa kandi usubire mu mukungugu nka wa wundi umuntu wa mbere (Adam) yaremwemo. Intangiriro 3:1 ; intangiriro 35:18; Yakobo (James) 2:26. Ariko igice cy\u2019 umwuka(spirit) kizakomeza kubaho. Umubwiriza 12:7 haranditse ngo: <i>&#8220;Hanyuma umukungugu ugasubira mu butaka aho wahoze n\u2019umwuka ugasubira ku Mana y\u2019ukuri yawutanze.\u201d<\/i><\/p>\n<p><strong>NI KUKI TURI HANO KU ISI? <\/strong><\/p>\n<p>Ubuzima ni bugufi hano ku isi. Urupfu ruzazira buri wese mu gihe gito. Mu gihe tutabaye abanyabwenge, tukabaho gusa tunezeza imibiri yacu, tuzaba tubaye abatareba kure. Intumwa Yohani mu rwandiko rwe rwa 1 Yohani 2:15-17 yaradukebuye aho yagize ati: <i>\u201cNtimugakunde isi cyangwa ibintu biri mu isi, gukunda Data ntibiba mu isi kuko ibintu byose biri mu isi ari irari ry\u2019 umubiri, ari irari ry\u2019 amaso no kurata ibyo umuntu atunze bidaturuka kuri Data ahubwo bituruka mu isi. Byongeye kandi, isi irashirana n\u2019irari ryayo, ariko ukora ibyo Imana ishaka ahoraho iteka ryose&#8221;.<\/i><\/p>\n<p>Yesu Kristo Umwana w\u2019Imana yaravuze muri Matayo 16:26 ati <i>\u201cNone se umuntu byamumarira iki aramutse yungutse ibintu ariko agatakaza ubugingo bwe? Cyangwa umuntu yatanga iki kugirango acungure ubugingo bwe?\u201d<\/i> Intego yacu hano ku isi ni iyo guhimbaza Imana no gukora ibyo Bibliya itubwira gukora.<\/p>\n<p>Umugabo w\u2019 umunyabwenge mu gitabo cy\u2019Umubwiriza 12:13 yanditse agira ati: <i>\u201cKubera ko ibintu byose byumviswe, dore umwanzuro: ujye utinya Imana y\u2019ukuri kandi ukomeze amategeko yayo, kuko ibyo ari byo buri muntu asabwa.\u201d<\/i><\/p>\n<p><strong>NI HEHE TURI KUJYA?<\/strong><\/p>\n<p>Ni hehe ubugingo bwawe buzajya igihe tuzapfa? Bizagenda gute igihe tuzava kuri iyi isi? Nyuma yo gupfa tuzajya gucirirwa urubanza n\u2019Imana. Abaheburayo 9:27 haranditse ngo <i>\u201cNk\u2019uko abantu nabo bazapfa rimwe gusa ariko nyuma yaho hakabaho urubanza.\u201d<\/i><\/p>\n<p>Buri wese azabazwa ibijyanye n\u2019 ubuzima bwe. Abaroma 14:12 haranditse ngo: <i>&#8220;Nuko rero buri wese azamurikira Imana ibyo yakoze.\u201d<\/i> Buri wese azabazwa hakurikijwe inzira ye yanyuzemo akiri hano ku isi. Urwandiko rwa 2 rw\u2019Abakorinto 5:10 haravuga ngo: <i>&#8220;Twese tugomba kuzerekanwa uko turi imbere y\u2019intebe ya Kristo. Kugira ngo buri wese ahabwe ingororano ye ikwiriye ibyo yakoze ari mu mubiri, bihuje n\u2019 ibikorwa bye byaba byiza cyangwa bibi.\u201d<\/i><\/p>\n<p>Nyuma y\u2019 urubanza, hazaba hari ahantu habiri ho kujya. Ahantu hambere ni ahantu hagenewe abantu babayeho ku bw\u2019 Imana kandi bakorera Yesu Kristo umwana we. Ni ahantu h\u2019umunezero, amahoro kandi ho kuruhukira. Hakaba hitwa \u201cMu ijuru cyangwa Ijuru\u201d. ( Yohani 14:1-3). Ahandi hantu ni ahagenewe abantu bose banze kumvira Imana, bakanga kwakira Umwana w\u2019 Imana Yesu Kristo kandi bagakoresha igihe cyabo mu kubaho banezeza imibiri yabo. Aho hantu hitwa \u201c Gihenomu\u201d, \u201cmu rupfu rwa kabiri\u201d, \u201cMu nyanja y\u2019 umuriro\u201d. (Matayo 10:28; Matayo 25:41; 2 Tesalonike 1:7-10).<\/p>\n<p><strong>NI NGOMBWA GUHITAMO<\/strong><\/p>\n<p>Imana iradukunda kandi yifuza ko dukizwa uwo muriro w\u2019 iteka. Niyo mpamvu yatanze umwana wayo w\u2019 ikinege Yesu Kristo ngo apfe nk\u2019 igitambo kubera ibyaha byacu. Kubera ibyo dushobora gukizwa ni ko ijambo ry\u2019 Imana riboneka mu butumwa bwiza bwanditswe na Yohani ribishimangira (Yohani3:16.)<\/p>\n<p>Ariko Imana ntabwo iduhatira gukizwa ku ngufu, ahubwo ishaka ko wowe ubwawe wihitiramo. Yesu Kristo aradutumira ngo tuze kuri we. Matayo11:28-29 haravuga hati: <i>&#8220;Mwese abarushye n\u2019 abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu.\u201d <\/i><\/p>\n<p><strong>Mbere y\u2019uko uza kwa Yesu Kristo ni ngombwa kubanza:<\/strong><\/p>\n<p>1. Kwizera ko Yesu Kristo ari Umwana w\u2019 Imana <br class=\"autobr\" \/>2. Kwihana ibyaha byose wakoze mu gihe cyashize.(Luka13:3)<br class=\"autobr\" \/>3. Kuvugira mu ruhame rw\u2019 abantu ko wizera Yesu Kristo ko ari umwana w\u2019 Imana. (Ibyakozwe n\u2019 Intumwa 8:37).<br class=\"autobr\" \/>4. Kubatizwa mu mazi maze ukavamo utinangira kubaho nk\u2019 umuntu mushya.( abaroma 6: 3-5; ibyakonzwe n\u2019 intumwa 2:38; 2 abakorinto 5:17).<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><strong>Iri jambo ry\u2019Imana muritegurirwa kandi mukarigezwaho na Rev.\/Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.<\/strong><\/p>\n<p><strong>Tel: +14128718098<br class=\"autobr\" \/>Email: estachenib@yahoo.com<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu igihe cyashize, Umwami Dawidi yabajije Imana ati:\u201dUmuntu ni iki kuburyo wamwitaho kandi yaranakuwe mu mukungugu?\u201d. Muri Zaburi 8:4 haranditse ngo \u201cBituma nibaza nti: umuntu buntu ni iki kuburyo wamuzurikana, kandi umuntu wakuwe mu mukungugu ni iki kuburyo wamwitaho?\u201d Uyu munsi, ndashaka ko nawe wakwibaza impamvu yatumye Imana ikurinda, ikakwitaho kandi abandi bari mu kaga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30152,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[79],"tags":[],"class_list":["post-30157","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-iyobokamana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu igihe cyashize, Umwami Dawidi yabajije Imana ati:\u201dUmuntu ni iki kuburyo wamwitaho kandi yaranakuwe mu mukungugu?\u201d. Muri Zaburi 8:4 haranditse ngo \u201cBituma nibaza nti: umuntu buntu ni iki kuburyo wamuzurikana, kandi umuntu wakuwe mu mukungugu ni iki kuburyo wamwitaho?\u201d Uyu munsi, ndashaka ko nawe wakwibaza impamvu yatumye Imana ikurinda, ikakwitaho kandi abandi bari mu kaga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-24T16:33:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"934\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe\",\"datePublished\":\"2019-01-24T16:33:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/\"},\"wordCount\":957,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/1-6.jpg\",\"articleSection\":[\"Iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/\",\"name\":\"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/1-6.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-24T16:33:21+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/1-6.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/1-6.jpg\",\"width\":700,\"height\":934},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda","og_description":"Mu igihe cyashize, Umwami Dawidi yabajije Imana ati:\u201dUmuntu ni iki kuburyo wamwitaho kandi yaranakuwe mu mukungugu?\u201d. Muri Zaburi 8:4 haranditse ngo \u201cBituma nibaza nti: umuntu buntu ni iki kuburyo wamuzurikana, kandi umuntu wakuwe mu mukungugu ni iki kuburyo wamwitaho?\u201d Uyu munsi, ndashaka ko nawe wakwibaza impamvu yatumye Imana ikurinda, ikakwitaho kandi abandi bari mu kaga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-01-24T16:33:21+00:00","og_image":[{"width":700,"height":934,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe","datePublished":"2019-01-24T16:33:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/"},"wordCount":957,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg","articleSection":["Iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/","name":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg","datePublished":"2019-01-24T16:33:21+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/1-6.jpg","width":700,"height":934},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sobanukirwa-uwo-uri-we-aho-wavuye-impamvu-uri-ku-isi-namaherezo-yubuzima-bwawe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Sobanukirwa uwo uri we, aho wavuye, impamvu uri ku isi n\u2019amaherezo y\u2019ubuzima bwawe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30157","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30157"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30157\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30158,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30157\/revisions\/30158"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30152"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30157"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30157"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30157"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}