{"id":3020,"date":"2013-01-13T13:30:26","date_gmt":"2013-01-13T11:30:26","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3020"},"modified":"2013-01-13T13:30:26","modified_gmt":"2013-01-13T11:30:26","slug":"muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/","title":{"rendered":"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi."},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko ishyaka ry\u2019Imberakuri risohoreye intabaza itabariza abagororwa bafungiye muri gereza ya Mpanga kuwa 08\/01\/2013,aho bakubitwaga,bagasukwaho amazi ndetse bagakorerwa n\u2019ibindi bikorwa bigayitse ndetse ibi bikorwa bikaza gutuma abayobozi b\u2019ishyaka PS Imberakuri na PDP Imanzi(Me NTAGANDA Bernard na MUSHAYIDI Deogratias) bafata icyemezo cyo kwiyicisha inzara,uyu munsi ubuyobozi bw\u2019ishyaka bwigereye muriyo gereza bwatunguwe no kubona kugeza uyu munsi hari abantu bagifata ikiremwamuntu nk\u2019itungo.<!--more--><\/p>\n<p>Abayobozi b\u2019amashyaka baje bafashwe mu maboko n\u2019abakorera bushake bafungiwe hamwe nabo nibwo kutubwiba uko ubu abagororwa bahohotewe n\u2019ubuyobozi uko bameze,murabo bagororwa utari mu bitaro kubera gutotezwa ari kwifatanya n\u2019abandi imyigaragambyo,icyakora kuva itangazo ryasohoka gukubitwa no kumenwaho amazi ntibyongeye gukorwa ahubwo abanyamakuru batandukanye barahashyitse ndetse n\u2019ubuyobozi bukuru bw\u2019amagereza ,ariko ikibabaje nuburyo yaba abanyamakuru yaba abayobozi nta numwe wigeze abonana n\u2019abafite ibibazo twavuze.<\/p>\n<p>Icyashenguye kandi kiriza bamwe mubasuye izi mfungwa harimo na mama w\u2019umuyobozi w\u2019ishyaka PS Imberakuri nuburyo abayobozi b\u2019amashyaka baje bafashwe mu maboko barazahaye bikomeye.<\/p>\n<p>Usibye kandi kuba abagororwa bakomeje gutotezwa byahumiye ku ishongo aho n\u2019abari bagiye gusura batewe ubwoba bikomeye na NDAYAMBAJE Fabrice(Intelligence Officer) kugeza naho avuga ko bose yabafungira hamwe nabo basuye.<\/p>\n<p>Icyagaragaye uyu munsi nuko yaba abayobozi b\u2019amashyaka ndetse n\u2019abafungwa bagenzi babo bageze kure barengana igihe icyaricyo cyose ntitwatungurwa no kumva ko hari abapfuye bazira akampi.<\/p>\n<p>Dukomeje gusaba buri wese ko yahaguruka tugafatanya kurwanya aka karengane kibasiye abanyarwanda doreko usibye n\u2019abafunze bari mu magereza,abari hanze nabo batorohewe.<\/p>\n<p>PS Imberakuri<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko ishyaka ry\u2019Imberakuri risohoreye intabaza itabariza abagororwa bafungiye muri gereza ya Mpanga kuwa 08\/01\/2013,aho bakubitwaga,bagasukwaho amazi ndetse bagakorerwa n\u2019ibindi bikorwa bigayitse ndetse ibi bikorwa bikaza gutuma abayobozi b\u2019ishyaka PS Imberakuri na PDP Imanzi(Me NTAGANDA Bernard na MUSHAYIDI Deogratias) bafata icyemezo cyo kwiyicisha inzara,uyu munsi ubuyobozi bw\u2019ishyaka bwigereye muriyo gereza bwatunguwe no kubona kugeza uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":958,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,62],"tags":[],"class_list":["post-3020","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko ishyaka ry\u2019Imberakuri risohoreye intabaza itabariza abagororwa bafungiye muri gereza ya Mpanga kuwa 08\/01\/2013,aho bakubitwaga,bagasukwaho amazi ndetse bagakorerwa n\u2019ibindi bikorwa bigayitse ndetse ibi bikorwa bikaza gutuma abayobozi b\u2019ishyaka PS Imberakuri na PDP Imanzi(Me NTAGANDA Bernard na MUSHAYIDI Deogratias) bafata icyemezo cyo kwiyicisha inzara,uyu munsi ubuyobozi bw\u2019ishyaka bwigereye muriyo gereza bwatunguwe no kubona kugeza uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-01-13T11:30:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/\",\"name\":\"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-01-13T11:30:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"400\",\"height\":\"251\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019uko ishyaka ry\u2019Imberakuri risohoreye intabaza itabariza abagororwa bafungiye muri gereza ya Mpanga kuwa 08\/01\/2013,aho bakubitwaga,bagasukwaho amazi ndetse bagakorerwa n\u2019ibindi bikorwa bigayitse ndetse ibi bikorwa bikaza gutuma abayobozi b\u2019ishyaka PS Imberakuri na PDP Imanzi(Me NTAGANDA Bernard na MUSHAYIDI Deogratias) bafata icyemezo cyo kwiyicisha inzara,uyu munsi ubuyobozi bw\u2019ishyaka bwigereye muriyo gereza bwatunguwe no kubona kugeza uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-01-13T11:30:26+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/","name":"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-01-13T11:30:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"400","height":"251"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-mpanga-nihatagira-abatabara-abagororwa-baratakaza-ubuzima-ari-benshi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muri gereza ya Mpanga nihatagira abatabara abagororwa baratakaza ubuzima ari benshi."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3020","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3020"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3020\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3020"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3020"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3020"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}