{"id":30217,"date":"2019-01-28T10:27:09","date_gmt":"2019-01-28T08:27:09","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30217"},"modified":"2019-01-28T10:27:09","modified_gmt":"2019-01-28T08:27:09","slug":"ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/","title":{"rendered":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961"},"content":{"rendered":"<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">Yanditswe na <strong>Jean Serge Mandela<\/strong><\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">\u201cTurate twogeze Demokarasi<\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">Imaze gushinga imizi mu Rwanda\u201d<\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">Iyo ni imwe mu ndirimbo yaramutsaga benshi muli \u201cMukanguke burakeye\u201d ya Radio Rwanda ku munsi wa 28 Mutarama, igihe ubutegetsi bwa repubulika ya 2 bwongeye gusubiza ku rutonde y\u2019iminsi\u00a0 ngarukamwaka kandi nyibutsa mateka uyu munsi. Ni nabwo kandi ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaboko bita volley\u00a0 ryashizeho igikombe\u00a0 bitiriye demokarasi maze umukino wa nyuma ukaba ku wa 28 Mutarama.<\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\"><b><u>Aliko se uwo munsi wavutse ute?<\/u><\/b><\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">Nkuko inama\u00a0 rusange ya 15 y\u2019umuryango w\u2019abibumbye, ONU, yali yarateranye ku wa 20 Ukuboza 1960, umwe mu\u00a0 myanzuro yayo wa no 1579\u00a0 uvuga ku\u00a0 Rwanda-Urundi yateganyaga\u00a0 gushyiraho\u00a0 akanama kihariye kazakurikiranira hafi inama rukukoma izabanziriza amatora,kuyategura no kuyayobora hanyuma\u00a0 kakazatanga inyandiko mvugo y\u2019iyo milimo yose. Gusa Ostende mu Bubiligi mu mpera\u00a0 z\u2019Ukuboza kwa 1960, \u00a0haje kuba ibindi biganiro aho amashyaka amwe n\u2019amwe yerekanye impugenge yali atewe n\u2019ibyo byemezo.<\/p>\n<p class=\"yiv2452194001MsoNormal\">Nyuma y\u2019ibiganiro bya Ostende,uwali\u00a0 ministre u\u2019uwubugengagihugu Yohani Batista Rwasibo nibwo yatumije inama y\u2019ababurugumestiri n\u2019abakonseyi igaterana ku wa gatandatu 28 Mutarama1961 I Gitarama.<\/p>\n<p>Igihe inama yinikije\u00a0 nibwo Yozefu Gitera, wali umuyobozi w\u2019inama y\u2019 u Rwanda (President du Conseil Rwanda) yahagarutse agafata ijambo agira ati: \u201cKaringa irasheshwe kandi ubutegetsi wa Kigeli wa V Ndahindurwa burangiriye aha\u201d\u00a0 nibwo yerekanye ibendera ry\u2019u Rwanda rigizwe n\u2019amabara y\u2019umutuku,umuhondo n\u2019icyatsi. Arangiza agira ati: \u201cHarakabaho repubulika\u201d maze rubanda ruyifatira hejuru ruhita rumwikiriza. Ubwo hakurikiyeho amatora nibwo Dominiko Mbonyumutwa wa Parmehutu yabonye amaji 2391 bivuga 83 ku ijana by\u2019abatoye. Hakurikiyeho amatoya y\u2019abadepite maze Parmehutu yegukana imyanya 40 n\u2019aho Aporosoma yegukana imyanya 4. Inama\u00a0 y\u2019abadepite nibwo yatoye Gitera Yozefu kuyibera umuyobozi wungirijwe na Lazare Mpakaniye wa Parmehutu.\u00a0 Kuli uwo mugoroba, nibwo ministre w\u2019intebe Gregoire Kayibanda nibwo\u00a0 yatangaje abagize guverinoma alibo aba:<\/p>\n<p>&#8211; Ministri \u00a0w\u2019intebe n\u2019uw\u2019uburezi:\u00a0 Gerigori Kayibanda,<\/p>\n<p>&#8211; ministri wu\u2019ubugengagihugu: Yohani Batista Rwasibo,<\/p>\n<p>&#8211; ministri w\u2019ubuhinzi: Balitazari Bicamumpaka,<\/p>\n<p>&#8211; Ministri w\u2019imibereho myiza n\u2019impunzi:\u00a0\u00a0 Jacques Hakizumwami,<\/p>\n<p>&#8211;\u00a0 Ministri wa tekiniki: Tewodori Sindikubwabo,<\/p>\n<p>&#8211; Ministri w\u2019ubukungu: Kalisti Habamenshi,<\/p>\n<p>&#8211; Ministri w\u2019imali: Gaspari Cyimana,<\/p>\n<p>&#8211; Ministri w\u2019ubutabera: Anastase Makuza,<\/p>\n<p>&#8211; Ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga: Aloys Munyangaju na Germain Gasingwa,<\/p>\n<p>&#8211; Ministry w\u2019ingabo: Isidore Sebazungu.<\/p>\n<p>Nibwo ubuyobozi bw\u2019urukiko rwi\u2019ikirenga bweguriwe Isidore Nzeyimana wungirijwe na ba: Daniel Shamukiga, Claver Ndahayo,Narisisi Sakerere na Faranswa Ackerman.<\/p>\n<p>Perezida Mbonyumutwa nibwo kandi yatangaje ko u Rwanda rubaye igihugu kigenga kandi kikagendera ku matwaya ya demokarasi, ko abanyarwanda bose bareshya imbera y\u2019amategeko nta vangura rishyingiye ku ibara ry\u2019uruhu, ubwoko cg se iyobokamana.<\/p>\n<p><b><u>Kuki se ubwami bwaba bwarasheswe:<\/u><\/b><\/p>\n<p>Ahagana mu mpera z\u2019ikinyejana cya 19, inkuru y\u2019umwana isubire inyuma, ubwo\u00a0 Kanjogera abwiye Makabuza wali woherejwe na Muhigirwa\u00a0 ngo amushyire amaturo alicyo kimenyetso cyo kuyoboka ati: \u201cubwo abega bafite ubwami nta munyiginya uzarokoka\u201d. Ibi nibyo byajemo kuva mo iyicwa rya Mibabwe wa IV Rutarindwa alibyo bamwe baje kwita \u201cIbyacikiye ku Rucunshu\u201d aho umwami wimitswe yishwe n\u2019abe ndetse \u00a0agapfana n\u2019abamwe mu biru bakuru. Ibyali ubwiru ko \u201cumwami avukana imbuto\u201d byahise biba impuha kuko Yuhi waV Musinga wamusimbuye yali yambuye ubwami \u201cuwavukanye imbuto\u201d.<\/p>\n<p>Ibi byahuririnye \u00a0nuko mu museso w\u2019ikinyejana cya 20, alibwo abamisiyoneri bayobowe na Pere Brard baje kwita Terebura \u00a0basesekaye ibwami basaba ko bakwigisha \u00a0iyobokamana. Nibwo bahawe ikibanza bashinga misiyoni ya Save batangira kwigisha iyobokamana, muli uwo mwaka hashinzwe kandi na misiyoni ya Nyundo ndetse na Zaza.<\/p>\n<p>Kuli za misiyoni niho rubanda yigishijwe ko Imana ariyo yaremye abantu kandi ko abantu bose bangana imbere y\u2019Imana.\u00a0 Amashuli yigisha iyobokamana, ndetse n\u2019ubundi mu bumenyi aba arashinjwe alimo ishuri ry\u2019indatwa i Butare bita ishuli ry\u2019abashariti kuko ryatangijwe na \u201cfreres de la charite\u201d ariryo ryaje kuvamo \u201cUrwunge rw\u2019amashuli rwa Butare\u201d Amaseminali aba aratangijwe aliho benshi batangiye kwiga uko abaromani n\u2019abagereki bikijije ubwami maze bagashinga za \u201crepubulika\u201d na \u201cdemokarasi\u201d bivuga ubutegetsi bwa rubanda kandi bushyizweho na rubanda.<\/p>\n<p>Mu mpera za 1940, nibwo Yuhi wa V Musinga yaje gucirirwa ishyanga n\u2019ubutegetsi bwa gikolonize kuko batashoboye kwumvikana maze bamusimbuza umuhungu we Mutara wa III Rudahigwa nawe waje gupfa (muli 1959) atabyaye uzamuzungura maze asimburwa na murumuna we Kigeli wa V Ndahindurwa nawe wakiriwe n\u2019impinduramatwara yo ku wa 1 Ugushyingo ubwo insoresore za Lunari zasagariye umurwanashyaka wa Parmehutu aliwe Dominique Mbonyumutwa avuye mu misa yizihiza umunsi mukuru w\u2019abatagatifu mu Byimana.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo Mutara Rudahigwa yali yagerageje kugabanya ukunyunyuzwa no gupyinagazwa kwa rubanda nyamwishi akuraho ubuhake ndetse agategeka ko abagaragu bagabana ibikingi na ba shebuja, rubanda nyamwinshi ihangajwe n\u2019amashyaka alimo Parmehutu yali yaracengeje amatwara muli rubanda ibyiza by\u2019ubutegetsi bushyingiye kuli demokarasi ko rubanda ariyo yihitiramo abayobozi kandi ikabamo n\u2019abo bayobozi binyuze mu matora.<\/p>\n<p><b><u>Demokarasi mu Rwanda rw\u2019uyu munsi<\/u><\/b><\/p>\n<p>Kuva aho RPF yaje irasa abaturage ngo izanye demokarasi, nta demokarasi iba mu Rwanda igihe amatora n\u2019ibizayavamo biba bizwi mbereho imyaka itanu y\u2019uko ayo amatora aba.<\/p>\n<p>Harakabaho demokarasi ku bayikunda kandi umunsi mwiza w\u2019ivuka rya demokarasimu Rwanda<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Serge Mandela \u201cTurate twogeze Demokarasi Imaze gushinga imizi mu Rwanda\u201d Iyo ni imwe mu ndirimbo yaramutsaga benshi muli \u201cMukanguke burakeye\u201d ya Radio Rwanda ku munsi wa 28 Mutarama, igihe ubutegetsi bwa repubulika ya 2 bwongeye gusubiza ku rutonde y\u2019iminsi\u00a0 ngarukamwaka kandi nyibutsa mateka uyu munsi. Ni nabwo kandi ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaboko bita [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30219,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-30217","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Serge Mandela \u201cTurate twogeze Demokarasi Imaze gushinga imizi mu Rwanda\u201d Iyo ni imwe mu ndirimbo yaramutsaga benshi muli \u201cMukanguke burakeye\u201d ya Radio Rwanda ku munsi wa 28 Mutarama, igihe ubutegetsi bwa repubulika ya 2 bwongeye gusubiza ku rutonde y\u2019iminsi\u00a0 ngarukamwaka kandi nyibutsa mateka uyu munsi. Ni nabwo kandi ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaboko bita [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-28T08:27:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961\",\"datePublished\":\"2019-01-28T08:27:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/\"},\"wordCount\":808,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/sddefault-14.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/\",\"name\":\"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/sddefault-14.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-28T08:27:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/sddefault-14.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/01\\\/sddefault-14.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Serge Mandela \u201cTurate twogeze Demokarasi Imaze gushinga imizi mu Rwanda\u201d Iyo ni imwe mu ndirimbo yaramutsaga benshi muli \u201cMukanguke burakeye\u201d ya Radio Rwanda ku munsi wa 28 Mutarama, igihe ubutegetsi bwa repubulika ya 2 bwongeye gusubiza ku rutonde y\u2019iminsi\u00a0 ngarukamwaka kandi nyibutsa mateka uyu munsi. Ni nabwo kandi ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaboko bita [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-01-28T08:27:09+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961","datePublished":"2019-01-28T08:27:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/"},"wordCount":808,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/","name":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg","datePublished":"2019-01-28T08:27:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/sddefault-14.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivuka-rya-demokarasi-mu-rwanda-ku-wa-28-mutarama-1961\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ivuka rya demokarasi mu Rwanda: Ku wa 28 Mutarama 1961"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30217","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30217"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30217\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30218,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30217\/revisions\/30218"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30219"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30217"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30217"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30217"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}