{"id":30249,"date":"2019-01-28T18:36:23","date_gmt":"2019-01-28T16:36:23","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30249"},"modified":"2019-01-28T18:37:10","modified_gmt":"2019-01-28T16:37:10","slug":"ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/","title":{"rendered":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA"},"content":{"rendered":"<p>Banyarwanda, Banyarwandakazi, nshuti z\u2019u Rwanda,<\/p>\n<p>Iyi tariki ya 28 Mutarama 2019, ni isabukuru y\u2019imyaka 58 u Rwanda rumaze<br \/>\nrubaye Republika. Tuributsa ko inyito repubulika ituruka ku magambo<br \/>\nabiri y\u2019ikiratini (res publica) avuga ko ifatwa ry\u2019ibyemezo bireba buri<br \/>\nmuturage, kandi ko abaturage aribo bafite ijambo rya nyuma ku micungire<br \/>\ny\u2019igihugu, bakabikora binyuze mu matora adafifitse.<\/p>\n<p>Kw\u2019itariki ya 28 Mutarama 1961 niho abayobozi b&#8217;amakomini yose yo mu<br \/>\nRwanda bashyizweho n\u2019amatora yabaye kuva kw\u2019itariki ya 26 kugeza<br \/>\nkw\u2019itariki ya 30 nyakanga 1960, bateraniye i Gitarama bafashe icyemezo<br \/>\ncyo guhindura imiyoborerere y\u2019igihugu ikava k\u2019ubutegetsi bushingiye<br \/>\nk\u2019ubwami hakajyaho ubutegetsi bushingiye kuri Repubulika.<\/p>\n<p>Nubwo abantu basobanura kwinshi iki icyemezo cyafashwe, icyo twese<br \/>\ntugomba kuzirikana nuko iki cyemezo cyahinduye amateka y\u2019Urwanda. Kuva<br \/>\nicyo gihe Urwanda rwabaye Repubulika kandi ubutegetsi uko bwagiye<br \/>\nbusimburana ntabwigeze bunenga icyo cyemezo. Ntabwo dushidikanya ko<br \/>\nabanyarwanda benshi bashima ubuyobozi bushingiye kuri Repubulika.<\/p>\n<p>Umunsi nkuyu wari ukwiye kutubera umwanya mwiza wo gutekereza icyatumye<br \/>\nabanyarwanda benshi bivumbura bakanga ubutegetsi bwa cyami bagahitamo<br \/>\nrepubulika no kureba niba abafashe ubuyobozi bw\u2019igihugu, mu gihe cya<br \/>\nRepubulika barubahirije inshingano zabo. Tukihatira gukosora<br \/>\nibitaragenze neza tukubakira ku byiza bakoze. Ku munsi nkuyu kandi<br \/>\ntugomba gushimira abagize uruhare mu kurwanira impinduka, banamagana<br \/>\nakarengane, n\u2019ubuyobozi butubahiriza demokarasi, bakahatera ubuzima<br \/>\nbwabo.<\/p>\n<p>Impamvu yatumye ubutegetsi bwa cyami bwarahirimye nuko bwarangwaga<br \/>\nn\u2019akarengane, ubusumbane mu bana b\u2019u Rwanda no kudaha icyizere buri wese<br \/>\nko ashobora kubaho mu bwisanzure no kugira uruhare ku byiza by\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Uyu munsi rero nk\u2019abanyarwanda ni uwo gutekereza ku miyoborere y\u2019igihugu<br \/>\ncyacu uko iri muri iki gihe. Uyu munsi Abanyarwanda benshi barakubwira<br \/>\nko ubutegetsi buri kubasaba ibirenze ubushobozi bwabo, imisoro n\u2019andi<br \/>\nmafaranga bagenda bakwa iratuma badashobora kwiteza imbere igihe bivugwa<br \/>\nko ubukungu bw\u2019igihugu buzamuka buri mwaka. Bacye barakize ariko umubare<br \/>\nmunini w\u2019Abanyarwanda uracyennye. Umwana w\u2019umukene aratsinda amashuri<br \/>\nariko ntashobore kujya kwiga kubera ko ibyo asabwa nta bushobozi bwabyo<br \/>\nafite. Agahitamo kwigumira m\u2019urugo. Ibi bikaba bijyana mu kwimakaza<br \/>\nubusumbane hagati y\u2019Abanyarwanda. Abitwa ko bagize ubushobozi bwo kwiga<br \/>\nnabwo kubera kutagira igenamigambi rihamye (planification) mu burezi<br \/>\nbw\u2019igihugu cyacu, impinduka za buri kanya bigatuma ireme ry\u2019uburezi<br \/>\nnaryo rihera hasi. Ibi bikaba bizatuma wa mugambi wo kugira ubukungu<br \/>\nbushingiye k\u2019ubumenyi utagerwaho igihugu cyacu kikaguma mu bukene.<\/p>\n<p>Birabaje ko mu gihugu cyacu hakivugwa ibura ry\u2019abantu kandi dufite<br \/>\ninzego z\u2019umutekano zihagije. Ni ngombwa ko umuntu niba hari icyo<br \/>\nubutegetsi bumubaza bikorwa binyuze mu nzira z\u2019amategeko. Uwafashwe nawe<br \/>\nagashyikirizwa inzego zibishinzwe, agahabwa ubutabera mu gihe gikwiye.<\/p>\n<p>Hari ibintu maze iminsi mbona iyo ngiye mu byaro, usanga hari abasore<br \/>\nn&#8217;inkumi bakora ibintu byo gukanga abantu umuntu aba avugana nabo,<br \/>\nbafata amafoto naza telefone. Birakwiye ko umunyarwanda wese atekana,<br \/>\nakavugana nuwo ashaka adakebaguza. Ntawe uza kumufotora no kujya<br \/>\nkumutangaho rapport ngo avugana n\u2019umwanzi. Ni ngombwa ko inzego<br \/>\nz\u2019ubutegetsi k\u2019urwego urwo ari rwo rwose bumva ko kutabona ibintu kimwe<br \/>\nn\u2019ubutegetsi atari ukwanga igihugu. Abanyarwanda bakeneye umutekano wo<br \/>\nku mutima no ku mubiri, kandi ntibyari bikwiye igihe tuvuga ko turi muri<br \/>\nRepubulika y\u2019igenga.<\/p>\n<p>Repubulika nyayo yagombye kurangwa n\u2019ubutegetsi bucunga neza ibya<br \/>\nrubanda kandi bukabikora bufatanyije na rubanda, mu nyungu za rubanda.<br \/>\nRubanda itekanye.<\/p>\n<p>Banyarwanda, Banyarwandakazi, nshuti z\u2019u Rwanda,<\/p>\n<p>Ishyaka FDU-INKINGI riharanira ko ubutegetsi bwakongera kugaruka mu<br \/>\nnzira nziza, abaturage bagahabwa ijambo mu byemezo byose bifatwa<br \/>\nbibareba, kugira ngo bakore ibyo basabwa basobanukiwe kandi bazi icyo<br \/>\nbizabagezaho. Ngiyo Repubulika twifuza, Repubulika ishyira imbere<br \/>\ngushyikirana hagati y\u2019abayobozi n\u2019abayoborwa kugira ngo iby\u2019Abanyarwanda<br \/>\nbicungwe neza kandi mu nyungu zabo. Twe nk\u2019ishyaka FDU-INKINGI,<br \/>\nRepubulika twifuza ni iyubahiriza amategeko n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwa<br \/>\nmuntu, ni ihumuriza buri wese kugira ngo abana b\u2019u Rwanda bose<br \/>\nbarubanemo nta mwiryane, nta busumbane imbere y\u2019amategeko no mu ngiro.<\/p>\n<p>Ishyaka FDU-INKINGI rirashishikariza abanyarwanda bose ko iyo ntego yo<br \/>\nkubaka Repubulika itubereye twese bayigira iyabo, maze tugafatana<br \/>\nurunana, tugatizanya ingufu. Kugira ngo ibyo bigerweho, Ishyaka<br \/>\nFDU-INKINGI ryiyemeje kuba Intwararumuri muri iyo nzira no gufata iya<br \/>\nmbere muri icyo cyerekezo.<\/p>\n<p>Iyi sabukuru y\u2019imyaka 58 u Rwanda rumaze rubaye Republika nibe umwanya<br \/>\nwo gutekereza ejo hazaza no gufata ibyemezo kuri buri wese ku ruhare<br \/>\nyagira mu kubaka Repubulika twese twibonamo.<\/p>\n<p>Mbifurije isabukuru nziza.<br \/>\nTwese hamwe tuzatsinda.<\/p>\n<p>Bikorerwa i Kigali kuri 28 Mutarama 2019.<br \/>\n<strong>Victoire Ingabire<\/strong><br \/>\nPrezidante wa FDU-Inkingi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Banyarwanda, Banyarwandakazi, nshuti z\u2019u Rwanda, Iyi tariki ya 28 Mutarama 2019, ni isabukuru y\u2019imyaka 58 u Rwanda rumaze rubaye Republika. Tuributsa ko inyito repubulika ituruka ku magambo abiri y\u2019ikiratini (res publica) avuga ko ifatwa ry\u2019ibyemezo bireba buri muturage, kandi ko abaturage aribo bafite ijambo rya nyuma ku micungire y\u2019igihugu, bakabikora binyuze mu matora adafifitse. Kw\u2019itariki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":28607,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-30249","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Banyarwanda, Banyarwandakazi, nshuti z\u2019u Rwanda, Iyi tariki ya 28 Mutarama 2019, ni isabukuru y\u2019imyaka 58 u Rwanda rumaze rubaye Republika. Tuributsa ko inyito repubulika ituruka ku magambo abiri y\u2019ikiratini (res publica) avuga ko ifatwa ry\u2019ibyemezo bireba buri muturage, kandi ko abaturage aribo bafite ijambo rya nyuma ku micungire y\u2019igihugu, bakabikora binyuze mu matora adafifitse. Kw\u2019itariki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-28T16:36:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-01-28T16:37:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"495\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"499\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA\",\"datePublished\":\"2019-01-28T16:36:23+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-28T16:37:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/\"},\"wordCount\":711,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/10\\\/ingabire.png\",\"articleSection\":[\"Amatangazo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/\",\"name\":\"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/10\\\/ingabire.png\",\"datePublished\":\"2019-01-28T16:36:23+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-28T16:37:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/10\\\/ingabire.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/10\\\/ingabire.png\",\"width\":495,\"height\":499,\"caption\":\"Madame Victoire Ingabire Umuhoza, umukuru w'ishyaka Dalfa-Umurinzi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda","og_description":"Banyarwanda, Banyarwandakazi, nshuti z\u2019u Rwanda, Iyi tariki ya 28 Mutarama 2019, ni isabukuru y\u2019imyaka 58 u Rwanda rumaze rubaye Republika. Tuributsa ko inyito repubulika ituruka ku magambo abiri y\u2019ikiratini (res publica) avuga ko ifatwa ry\u2019ibyemezo bireba buri muturage, kandi ko abaturage aribo bafite ijambo rya nyuma ku micungire y\u2019igihugu, bakabikora binyuze mu matora adafifitse. Kw\u2019itariki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-01-28T16:36:23+00:00","article_modified_time":"2019-01-28T16:37:10+00:00","og_image":[{"width":495,"height":499,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA","datePublished":"2019-01-28T16:36:23+00:00","dateModified":"2019-01-28T16:37:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/"},"wordCount":711,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","articleSection":["Amatangazo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/","name":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","datePublished":"2019-01-28T16:36:23+00:00","dateModified":"2019-01-28T16:37:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","width":495,"height":499,"caption":"Madame Victoire Ingabire Umuhoza, umukuru w'ishyaka Dalfa-Umurinzi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutumwwa-bwishyaka-fdu-inkingi-ku-munsi-wisabukuru-yimyaka-58-u-rwanda-rumaze-rubaye-repubulika\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UBUTUMWA BW\u2019ISHYAKA FDU\u2013INKINGI KU MUNSI W\u2019ISABUKURU Y\u2019IMYAKA 58 U RWANDA RUMAZE RUBAYE REPUBULIKA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30249","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30249"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30249\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30251,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30249\/revisions\/30251"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/28607"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30249"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30249"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30249"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}