{"id":3025,"date":"2013-01-14T23:30:54","date_gmt":"2013-01-14T21:30:54","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3025"},"modified":"2013-01-14T23:30:54","modified_gmt":"2013-01-14T21:30:54","slug":"ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/","title":{"rendered":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Mu Rwanda, inteko ishinga amategeko yaraye yemeje umushinga wo kongera kuvugura itegeko nshinga. Ni ku nshuro ya 4 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda rivugururwa. Kuri iyi nshuro bwo, ingingo nyinshi zirigize ni bwo zizavugururwa zose hamwe ni ingingo 85 zizavugururwa. Nyuma y\u2019iri vugururwa kandi, ingingo zigize itegeko nshinga ryatowe n\u2019abaturage mu mwaka wa 2003, zizagabanuka. Zizava kuri 203, zisigare ari 191.<!--more--><\/p>\n<p>Minisitire Tharcisse Karugarama, washyikirije abadepite isobanurampamvu zo kongera kuvugurura itegeko nshinga, yababwiye ko iki gikorwa cyasabwe na Perezida wa Repubulika. Mu bisobanuro Minisitire Karugarama yahaye inteko rusange y\u2019abadepite, yavuze ko kuvugurura itegeko nshinga bizacyemura bimwe mu bibazo byasizwe n\u2019amavugururwa yabanje.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko yabigarutseho kenshi, n\u2019ubwo hazahindukamo byinshi muri iri vugururwa rishya, amahame rusange ndetse na zimwe mu ngingo zisaba kamarampaka ntizizasubirwamo. Yavuze ko icyo igamije ari ugukemura ikibazo kijyanye n\u2019uko itegeko nshinga rikoreshwa ubu, rijya mu bisobanuro byinshi bitari ngombwa, bigatuma igihe cyose bibaye ngombwa rivugururwa. Ati, bizatuma ryoroha kurikoresha, rinajyane n\u2019ibihe igihugu kigezemo.<\/p>\n<p>Muri uyu mushinga w\u2019ivugurura ry\u2019itegeko nshinga, n\u2019ubwo bigaragara ko hari ingingo zizavamo, hari n\u2019izindi nshya zizongerwamo. Mu nshya, hateganijwe ko Perezida wa Repubulika azajya ageza ijambo rimwe mu mwaka ku gihugu, aho azajya asobanura uko ubuzima rusange bw\u2019igihugu buhagaze.<\/p>\n<p>Abadepite batse ijambo ku mushinga uvugurura itegeko nshinga, bagaragazaga ko batasobanukiwe neza ibigomba kunozwa, ndetse bagaragaje ko nta mpamvu yo gukura mu itegeko nshinga ingingo zimwe zatowe n\u2019abaturage. Izo mpungenge zabo ariko nti zabujije ko Abadepite bemeza ku bwisanzure busesuye iryo tegeko nshinga ryavugururwa. Rikaba rizashyikirizwa komisiyo ya politiki ikarushaho kurinonosora.<\/p>\n<p>Minisitiri Karugarama yabasabye ko bazihutisha umushinga wo kuvugura itegeko nshinga kubera ko ricyenewe, cyane cyane mu matora ateganijwe mu Rwanda mu gihe kiri imbere.<\/p>\n<p>Itegeko nshinga rya Repubukika y\u2019u Rwanda ryatangiye gukurikizwa kuya 4 z\u2019ukwezi kwa 6 mu mwaka wa 2003. Mu gihe kitageze ku myaka 7, rimaze kuvugururwa inshuro eshatu. Inshuro ya mbere, ryavuguruwe mu kwezi kwa 12 mu mwaka wa 2003, ryongera kuvugururwa mu kwezi kwa 12 mwaka wa 2005, Inshuro iherutse, ryavuguruwe mu kwezi kwa 8 mu mwaka wa 2008. None ku nshuro ya kane ibaye muri kwezi kwa kabiri. Aya mavururwa yose yirinze gukora ku ngingo zisaba kamarampaka no ku ngingo ireba imyaka irindwi ya manda ya Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo amwe mu mashyaka atavuga rumwe n\u2019ubutegetsi mu Rwanda , mu byo yagaragaje ko anenga harimo n\u2019itegeko nshinga, nta banyepolitiki bo muri ayo mashyaka, bari baje gukurikira isobanurampamvu y\u2019umushinga w\u2019ivugururwa ry\u2019itegeko nshinga ku nshuro ya 4.<\/p>\n<p>Jean Baptiste Icyitonderwa<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Rwanda, inteko ishinga amategeko yaraye yemeje umushinga wo kongera kuvugura itegeko nshinga. Ni ku nshuro ya 4 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda rivugururwa. Kuri iyi nshuro bwo, ingingo nyinshi zirigize ni bwo zizavugururwa zose hamwe ni ingingo 85 zizavugururwa. Nyuma y\u2019iri vugururwa kandi, ingingo zigize itegeko nshinga ryatowe n\u2019abaturage mu mwaka wa 2003, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3026,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-3025","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda  - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda  - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Rwanda, inteko ishinga amategeko yaraye yemeje umushinga wo kongera kuvugura itegeko nshinga. Ni ku nshuro ya 4 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda rivugururwa. Kuri iyi nshuro bwo, ingingo nyinshi zirigize ni bwo zizavugururwa zose hamwe ni ingingo 85 zizavugururwa. Nyuma y\u2019iri vugururwa kandi, ingingo zigize itegeko nshinga ryatowe n\u2019abaturage mu mwaka wa 2003, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-01-14T21:30:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda\",\"datePublished\":\"2013-01-14T21:30:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":412,\"commentCount\":3,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-01-14T21:30:54+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":467,\"height\":349},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda  - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda  - Umunyarwanda","og_description":"Mu Rwanda, inteko ishinga amategeko yaraye yemeje umushinga wo kongera kuvugura itegeko nshinga. Ni ku nshuro ya 4 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda rivugururwa. Kuri iyi nshuro bwo, ingingo nyinshi zirigize ni bwo zizavugururwa zose hamwe ni ingingo 85 zizavugururwa. Nyuma y\u2019iri vugururwa kandi, ingingo zigize itegeko nshinga ryatowe n\u2019abaturage mu mwaka wa 2003, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-01-14T21:30:54+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda","datePublished":"2013-01-14T21:30:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/"},"wordCount":412,"commentCount":3,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/","name":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-01-14T21:30:54+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":467,"height":349},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ivugurura-rishya-ryitegeko-nshinga-ryu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ivugurura Rishya ry\u2019Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3025","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3025"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3025\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3025"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3025"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3025"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}