{"id":30288,"date":"2019-01-29T23:30:22","date_gmt":"2019-01-29T21:30:22","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30288"},"modified":"2019-01-29T23:46:44","modified_gmt":"2019-01-29T21:46:44","slug":"leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/","title":{"rendered":"Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019 aravuga ko Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayoboke b&#8217;amashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi yibumbiye mu mpuzamashyaka P5.<\/p>\n<p>Aya makuru dukesha Radio Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa RFI akomeza avuga ko mu bantu basohorewe inyandiko zo kubafata no gufatira imitungo yabo harimo\u00a0Lt Gen Kayumba Nyamwasa ubarizwa mu Ihuriro RNC akaba yarahungiye muri Afrika y&#8217;Epfo, ariko mu nkuru ya RFI nta mazina y&#8217;abandi bayobozi ba P5 agaragaramo.<\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Rwanda irarega Lt Gen Kayumba n&#8217;impuzamashyaka P5 ngo kugira umutwe w&#8217;ingabo mu ntara ya Kivu y&#8217;amajyepfo mu turere twa Fizi na Uvira. Ibi birego ariko impuzamashyaka P5 ikaba ibihakana.<\/p>\n<p>Izi nyandiko zo gufata bivugwa ko zoherejwe igihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo ku itariki 18 Mutarama 2019 nacyo kigahita kihimura ku itariki ya 21 Mutarama 2019 hagasomwa mu rubanza ku rupfu rwa Colonel Karegeya ibaruwa ishinja Leta y&#8217;u Rwanda kugira uruhare muri urwo rupfu. Ibi byose bikaba byarakozwe mu gihe hari inama ku kibazo cya Congo i Addis Abeba ku buryo benshi iki kibazo ubusanzwe cy&#8217;ubutabera bakibonamo nk&#8217;ikibazo cya politiki y&#8217;akarere.<\/p>\n<p>Ababikurikiranira hafi bavuga ko ibi birego bya Leta y&#8217;u Rwanda bisa nk&#8217;ibyishingikirije icyegeranyo cy&#8217;impuguke za ONU kitavuzweho rumwe cyaregaga impuzamashyaka P5 ibirego nk&#8217;ibyo. Agakomeza avuga ko iki kibazo kirimo n&#8217;akaboko k&#8217;abayobozi ba Congo bamaze iminsi bohereje mu Rwanda bamwe mu bayobozi ba FDLR bari bafungiwe muri Congo (La Forge Fils Bazeye na Col Theophile Abega) \u00a0ndetse hakaba hari n&#8217;ibarwa yanditswe na Ministre w&#8217;ingabo wa Congo tariki ya 18 Mutarama 2019 ivuga ko ingabo za FDLR zirimo kugana muri Kivu y&#8217;amajyepfo gufatanya n&#8217;iza Gen Kayumba Nyamwasa ziriyo asaba ubufasha bwa MONUSCO.\u00a0N&#8217;ubwo Guverinoma ya Congo yasabye ubufasha, MONUSCO yo yavuze ko inyeshyamba Congo ivuga ko ziri kujya muri Kivu y\u2019Amajyepfo zari impunzi n\u2019abandi batavuga rumwe n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/kayumba-FDLR.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-30289\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/kayumba-FDLR.jpg\" alt=\"\" width=\"660\" height=\"426\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/kayumba-FDLR.jpg 581w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/01\/kayumba-FDLR-300x194.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 660px) 100vw, 660px\" \/><\/a>Umwe mu bayobozi ba RNC rimwe mu mashyaka agize P5 yabwiye The Rwandan ko iki gikorwa cya Leta y&#8217;u Rwanda gifite intumbero yo kurangaza abantu no gushyira igitutu kuri Leta y&#8217;Afrika y&#8217;Epfo mu gihe urubanza kw&#8217;iyicwa rya Col Patrick Karegeya rugiye kwambika ubusa Leta y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Amakuru The Rwandan yashoboye kumenya ni uko izi mpapuro zifite aho zihuriye n&#8217;iyoherezwa ry&#8217;abayobozi ba FDLR mu Rwanda ariko Leta y&#8217;u Rwanda ikaba ntacyo iravuga nyamara Leta ya Congo yo yemeza ko yabahaye u Rwanda.<\/p>\n<p>Hari amakuru avuga ko Leta y&#8217;u Rwanda ubu irimo gukorera iyica rubozo abayobozi ba FDLR ifunze kugira ngo bazakoreshwe mu gushinja abayobozi ba P5 uru rubanza rukaba rushobora guhuzwa n&#8217;urusanzwe rw&#8217;abayoboke ba FDU Inkingi bagiye kumara umwaka urenga bafunze ndetse Visi Perezida wa FDI Inkingi, Boniface Twagirimana we akaba yaraburiwe irengero mu kiswe n&#8217;abayobozi b&#8217;u Rwanda itoroka rya Gereza nyamara hakaba hari \u00a0ibimenyetso byinshi ahubwo bigaragaza ko yashimuswe n&#8217;inzego z&#8217;umutekano.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019 aravuga ko Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayoboke b&#8217;amashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi yibumbiye mu mpuzamashyaka P5. Aya makuru dukesha Radio Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa RFI akomeza avuga ko mu bantu basohorewe inyandiko zo kubafata [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":11629,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-30288","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019 aravuga ko Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayoboke b&#8217;amashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi yibumbiye mu mpuzamashyaka P5. Aya makuru dukesha Radio Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa RFI akomeza avuga ko mu bantu basohorewe inyandiko zo kubafata [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-29T21:30:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-01-29T21:46:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"595\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"300\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5\",\"datePublished\":\"2019-01-29T21:30:22+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-29T21:46:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/\"},\"wordCount\":461,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/nyamwasa.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/\",\"name\":\"Leta y'u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/nyamwasa.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-29T21:30:22+00:00\",\"dateModified\":\"2019-01-29T21:46:44+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/nyamwasa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/nyamwasa.jpg\",\"width\":595,\"height\":300,\"caption\":\"Gen Kayumba Nyamwasa\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y'u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y'u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019 aravuga ko Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayoboke b&#8217;amashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi yibumbiye mu mpuzamashyaka P5. Aya makuru dukesha Radio Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa RFI akomeza avuga ko mu bantu basohorewe inyandiko zo kubafata [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-01-29T21:30:22+00:00","article_modified_time":"2019-01-29T21:46:44+00:00","og_image":[{"width":595,"height":300,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5","datePublished":"2019-01-29T21:30:22+00:00","dateModified":"2019-01-29T21:46:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/"},"wordCount":461,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/","name":"Leta y'u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg","datePublished":"2019-01-29T21:30:22+00:00","dateModified":"2019-01-29T21:46:44+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/nyamwasa.jpg","width":595,"height":300,"caption":"Gen Kayumba Nyamwasa"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yasohoye-inyandiko-mpuzamahanga-zo-guta-muri-yombi-abayobozi-ba-p5\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#8217;u Rwanda yasohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi abayobozi ba P5"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30288","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30288"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30288\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30295,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30288\/revisions\/30295"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11629"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30288"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30288"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30288"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}