{"id":3040,"date":"2013-01-16T18:56:30","date_gmt":"2013-01-16T16:56:30","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3040"},"modified":"2013-01-16T18:56:30","modified_gmt":"2013-01-16T16:56:30","slug":"ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/","title":{"rendered":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ?"},"content":{"rendered":"<p>Mu minsi ishize ishyaka PS Imberakuri ryabagejejeho ibibazo by\u2019ingutu byugarije abatwara ibintu n\u2019abantu mu Rwanda, ibyo bibazo ahanini bikaba bishingiye ku ihohoterwa rikorerwa aba batwara ibintu n\u2019abantu,aho bakwa imisoro,imisanzu n\u2019ibindi by\u2019indengakamere kuburyo usanga abatwara abantu n\u2019ibintu bakorera ishyirahamye bahatirwa kujyamo cyangwa abantu ku giti cyabo aho gukorera imiryango yabo n\u2019iterambere ryabo.<!--more--><\/p>\n<p>Ubu mu bantu bakora umwuga wo gutwara abantu n\u2019ibintu yaba ku modoka cyangwa amapikipiki ubu bakomeje kugaraguzwa agati n\u2019amashyirahamwe bahatiwe kujyamo kandi ayo mashyirahamye kugeza ubu akaba ntacyo abamariye usibye gukungahaza abasanzwe barakize ndetse abenshi bayobora ayo mashyirahamwe ukaba ubasanga mu ishyaka riri ku butegetsi FPR Inkotanyi.Iyo urebye akarengane abatwara ibintu n\u2019abantu bahura nako bagerageza no kukageza ku nzego zakagombye kubarenganura ntihagire igikorwa ntiwatinya kuvuga ko FPR Inkotanyi iba ibyihishe inyuma cyane cyane ko nizo nzego aba ariyo yazishyizeho.<\/p>\n<p>Aha turatanga zimwe mu ngero aho abatwara imodoka zitwara abantu ubu bose bategetswe kwibumbira mu ishyirahamwe RFTC(Rwanda Fedaration of Transport Cooperative),imodoka itagiye muri iri shyirahamwe ntiyemerewe kujya mu muhanda ngo ibe yatwara abagenzi ariko agashya ari naho bigaragarira ko haba hari izindi nyungu zibyihishe inyuma ni uburyo abanyamuryango biryo shyirahamwe ryo gutwara abantu bashyirirwaho ibyemezo batazi aho bivuye.Nk\u2019ubu kugirango imodoka ihabwe uruhushya rwo gutwara abantu(autorisation de transport) nyirayo agomba kuriha amafaranga ibihumbi mirongo ine n\u2019umunani(48000frw) muri koperative bahatiwe kujyamo yamara kuyariha koperative ikamuha uburenganzira bwo kujya muri RURA aho ariha amafaranga ibihumbi mirongo itanu na kimwe(51000frw),ubwo akabona guhabwa urwo ruhushya rwo gutwara abantu,nyamara urwo ruhushya rwari rusanzwe rutangwa na RURA kumafaranga ibihumbi mirongo itanu na kimwe(51000frw).<\/p>\n<p>Benshi mubo ishyaka PS Imberakuri ryaganiriye nabo bemeza ko ubu ari uburyo bushya busimbura ubwari busanzweho bwo kwaka amafaranga hato na hato abikorera ku giti cyabo,aho buri cyiciro cy\u2019abikorera kigomba kugira ishyirahamwe gikoreramo,noneho abakuriye aya mashyirahamwe akaba aribo bazajya bageza kuba nyamuryango b\u2019amashyirahamwe bayobora ibyemezo byafashwe n\u2018inzego zo hejuru z\u2019ishyaka FPR Inkotanyi.Aha tubibutse ko kuba umuyobozi w\u2019ishyirahamwe ugomba kuba uri no muri FPR cyangwa se murindi shyaka ryugamishijwe nayo mu mutaka kandi ufite imihigo wahize ugomba kugeraho.Iyi mihigo niyo igira ingaruka ku banyamuryango b\u2019amashyirahamwe anyuranye hirya no hino mu gihugu aho aba banyamuryango bahatirwa gutanga amafaranga adasobanutse ngo ni ukwihesha agaciro bubaka igihugu cyabo nkaho hari umuturage urusha igihugu ubushobozi.<\/p>\n<p>Ibi bibazo ntibyagarukiye gusa mubatwara abantu mu modoka ngo bisige abatwara abantu kuri za moto bazwi kw\u2019izina ry\u2019abamotari,aho aba bahora bashyamiranye n\u2019inzego zitandukanye yaba polisi,inkeragutabara n\u2019abayobozi b\u2019amashyirahamwe babarizwamo.Akarengane kabo bakagejeje ku bayobozi banyuranye b\u2019igihugu harimo na minisitiri w\u2019intebe ariko nta gisubizo gikwiye barabona.Byumvikana gute ko umumotari afatirwa mu ikosa aho kurihanirwa ngo wenda akomeze akazi ahubwo hagakurikiraho kumwihimuraho bafunga moto ye igihe cy\u2019iminsi mirongo itatu yarangira akayisubizwa aruko yishyuye amande y\u2019ibihumbi makumyabiri(20000frw)?<\/p>\n<p>Yaba abatwara moto cyangwa imodoka bose icyo bahurizaho nuburyo bahatirwa kujya mu mashyirahamwe kandi niyo ugize ikibazo ishyirahamwe urimo ntacyo rikumarira ngo muri make icyo ribereyeho nukwirirwa ryaka amafaranga ya mirenge ndetse no gushinja abatwara ibinyabiziga amakosa atanabaho.<\/p>\n<p>Iyo witegereje akarengane gakorerwa abanyarwanda muri rusange cyane cyane abatinyuka kunenga amatwara ya FPR Inkotanyi wibaza niba hari abaremewe kubona ku bwiza bw\u2019igihugu kurusha abandi!Twe mu ishyaka ry\u2019Imberakuri, twumva ko abanyarwanda bose bagombye kugira uburenganzira bungana mu gihugu cyacu,ari nayo mpamvu tutazahwema kwamagana uwariwe wese uzashaka kwimika akarengane. Ntawe utabona yuko ubutegetsi bwa FPR bunaniwe,hakenewe andi maraso mashya mu miyoborere y\u2019igihugu cyacu nibwo igihugu kizava muri aka kaga cyashyizwemo n\u2019ubutegetsi bw\u2019igitugu.<\/p>\n<p>FPR Inkotanyi yakagombye kumenya ko ntagahora gahanze, ko ingoma izahoraho ari iya Kirisitu yonyine.Ikwiye kureka abanyarwanda bakishyira bakiza mu rwababyaye.<\/p>\n<p>PS Imberakuri<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu minsi ishize ishyaka PS Imberakuri ryabagejejeho ibibazo by\u2019ingutu byugarije abatwara ibintu n\u2019abantu mu Rwanda, ibyo bibazo ahanini bikaba bishingiye ku ihohoterwa rikorerwa aba batwara ibintu n\u2019abantu,aho bakwa imisoro,imisanzu n\u2019ibindi by\u2019indengakamere kuburyo usanga abatwara abantu n\u2019ibintu bakorera ishyirahamye bahatirwa kujyamo cyangwa abantu ku giti cyabo aho gukorera imiryango yabo n\u2019iterambere ryabo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2331,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3040","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu minsi ishize ishyaka PS Imberakuri ryabagejejeho ibibazo by\u2019ingutu byugarije abatwara ibintu n\u2019abantu mu Rwanda, ibyo bibazo ahanini bikaba bishingiye ku ihohoterwa rikorerwa aba batwara ibintu n\u2019abantu,aho bakwa imisoro,imisanzu n\u2019ibindi by\u2019indengakamere kuburyo usanga abatwara abantu n\u2019ibintu bakorera ishyirahamye bahatirwa kujyamo cyangwa abantu ku giti cyabo aho gukorera imiryango yabo n\u2019iterambere ryabo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-01-16T16:56:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ?\",\"datePublished\":\"2013-01-16T16:56:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/\"},\"wordCount\":626,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/\",\"name\":\"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-01-16T16:56:30+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"400\",\"height\":\"266\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda","og_description":"Mu minsi ishize ishyaka PS Imberakuri ryabagejejeho ibibazo by\u2019ingutu byugarije abatwara ibintu n\u2019abantu mu Rwanda, ibyo bibazo ahanini bikaba bishingiye ku ihohoterwa rikorerwa aba batwara ibintu n\u2019abantu,aho bakwa imisoro,imisanzu n\u2019ibindi by\u2019indengakamere kuburyo usanga abatwara abantu n\u2019ibintu bakorera ishyirahamye bahatirwa kujyamo cyangwa abantu ku giti cyabo aho gukorera imiryango yabo n\u2019iterambere ryabo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-01-16T16:56:30+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ?","datePublished":"2013-01-16T16:56:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/"},"wordCount":626,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/","name":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-01-16T16:56:30+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"400","height":"266"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ese-abarenganya-abandi-hari-ubwo-nabo-bibuka-ko-bigeze-kurenganywa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ESE ABARENGANYA ABANDI HARI UBWO NABO BIBUKA KO BIGEZE KURENGANYWA ?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3040","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3040"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3040\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3040"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3040"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3040"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}