{"id":30535,"date":"2019-02-18T21:56:05","date_gmt":"2019-02-18T19:56:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30535"},"modified":"2019-02-18T22:08:25","modified_gmt":"2019-02-18T20:08:25","slug":"zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/","title":{"rendered":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere)"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Imyaka igiye kuba makumyabiri n\u2019itanu ishyaka rya FPR&nbsp; inkotanyi rifashe ubutegetsi. Iri shyaka ryahise rishyiraho icyo ryise guverinoma y\u2019ubumwe bw\u2019abanyarwanda. Aha icyari kigamijwe ni ukwereka amahanga ko n\u2019ubwo Abatutsi ari bo bari batsinze intambara,&nbsp; ko nta gahunda yo kwikubira ubutegetsi bari bafite. Gusa ibi nti byatinze kugaragara ko ari ikinamico kuko Abahutu bashyizwe muri iyo guverinoma baje kumenya ko FPR ishaka kubagira udukingirizo kuko nta cyemezo na kimwe bashoboraga gufata kidahawe umugisha n\u2019agatsiko k\u2019Abatutsi bari mu nzego nkuru za gisivile ndetse n\u2019iza gisilikari. Ikindi ni uko hari inzego nyinshi umwana w\u2019umuhutu atashoboraga guhabwamo akazi bitewe n\u2019uko hari amwe mu mabanga cyangwa ubumenyi Abatutsi bayoboye u Rwanda baba batifuza gusangira n\u2019abahutu.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Nta muhutu ushobora gusanga mu basilikari barinda umukuru w\u2019igihugu.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubusanzwe kugira ngo winjire muri RDF uri umwana w\u2019umuhutu ntabwo biba byoroshye. Kuko hari umubare ntarengwa uba ugomba kwinjizwa mu gisilikare. Uwo mubare muto cyane nawo hari zimwe muri serivisi za gisilikari utagomba kwinjizwamo. Urugero ni&nbsp; itsinda ry\u2019abarinda Kagame bazwi nk\u2019abajepe cyangwa republican guard. Abasilikari bashyirwa muri iri tsnida bagomba kuba ari intoranywa z\u2019Abatutsi batavangiye kandi bagatanga amazina ya bamwe muri bene wabo bazwi ku buryo winjizwamo udashidikanywaho na gato. Impamvu ibi bikorwa ni uko FPR izi uburyo Kagame yahemukiye Abahutu bityo bakaba batatuma hari umwana w\u2019umuhutu ufite imyitozo yihariye wegera umukuru w\u2019igihugu. Uretse iyi myitozo yihariye kandi abajepe boroherwa no kumenya amwe mu banga y\u2019ibukuru kubera ko abayobozi babo iyo bavugira kumatelefone n\u2019ubundi buryo bw\u2019itumanaho aba basore bashobora guta mu gutwi amwe mu mbanga ya leta y\u2019agatsiko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Nta mwana w\u2019umuhutu ushobora gushyirwa mw\u2019itsinda ry\u2019abacomando(special force)<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iri tsinda ry\u2019abacomando riba rifite imyitozo yihariye haba mu kurwanisha imbunda zisanzwe cyangwaa bimwe mu bice by\u2019umubiri. Aha rero iyo bagiye gutoranya abasilikari barijyamo ikigederwaho ni ukuba uri umututsi utavangiye kandi ukaba uri umusore w\u2019intarumikwa. Impamvu nta mwana w\u2019umuhutu ushobora kwinjizwamo ni uko aba basore bahabwa imyitozo ikomeye ku buryo aribo batabara aho rukomeye mu gihe abasilikari basanzwe baba bananiwe. Akaba ariyo mpamvu leta ya Kagame idashobora guha amahirwe umwana w\u2019umuhutu bitewe n&#8217;uko ihora imwishisha kubera ubuhemu yagiriye abahutu kandi ikaba izi neza ko abana babo batabwibagiwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Urwego rw\u2019igihugu rushinzwe iperereza n\u2019umutekano (NISS)&nbsp;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uru ni urwego kabuhariwe mu buzima n\u2019umutekano&nbsp; w\u2019igihugu bya buri munsi. Hari abahutu bazi ko barukorera, ariko ari ukwibeshya gukomeye baba bafite. Abahutu bakorera uru rwego bahabwa utumisiyo duciriritse two kwicisha bene wabo cyangwa kubakuramo amakuru, ariko ubusanzwe indiba y\u2019amabanga uru urwego ruba rufite ntabwo umuhutu ashobora kuyaca urwaho m\u2019uburyo bumworoheye bitewe n\u2019uko imyanya ikomeye ihabwa Abatutsi gusa. Ikindi ni uko abahutu bakorera uru rwego nta masezerano y\u2019akazi baba&nbsp; bafite kuko bakenerwa gake gashoboka. Muri make ntabwo aba ari abakozi bahoraho b\u2019uru rwego.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Urugero<\/strong> : uru rwego rugira abakozi mu turere twose uko ari mirongo itatu mu Rwanda. Muri buri karere haba harimo umukozi umwe ushinzwe kumenya amakuru yose uko yakabaye yaba ameza cyangwa amabi ku mutekano w\u2019igihugu. Uyu atanga raporo mu nzego z\u2019umutekano zaba iza gisilikari cyangwa iza gisivile. Uyu aba afite amakuru yose kugeza aho agomba kumenya n\u2019umwana uba wavutse mu karere niba ari umuhutu cyangwa umututsi. Muri make n\u2019ubwo leta ya FPR yirirwa iririmba ko amoko yaciwe, iki ni ikinyoma cyambaye ubusa kuko buri mezi atatu mu gihugu haba ibarura ryo kumenya abana baba bavutse kugira ngo bamenye umubare nyirizina w\u2019abaturage u Rwanda rifite hashingiwe k\u2019ubwoko. Izi mpamvu zose n\u2019izindi tuzababwira ubutaha akaba ari zo zituma uru rwego rudashobora guha akazi umuhutu bitewe nuko rukungahaye ku bwiru bw\u2019amakuru.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka igiye kuba makumyabiri n\u2019itanu ishyaka rya FPR&nbsp; inkotanyi rifashe ubutegetsi. Iri shyaka ryahise rishyiraho icyo ryise guverinoma y\u2019ubumwe bw\u2019abanyarwanda. Aha icyari kigamijwe ni ukwereka amahanga ko n\u2019ubwo Abatutsi ari bo bari batsinze intambara,&nbsp; ko nta gahunda yo kwikubira ubutegetsi bari bafite. Gusa ibi nti byatinze kugaragara ko ari ikinamico [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30536,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-30535","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka igiye kuba makumyabiri n\u2019itanu ishyaka rya FPR&nbsp; inkotanyi rifashe ubutegetsi. Iri shyaka ryahise rishyiraho icyo ryise guverinoma y\u2019ubumwe bw\u2019abanyarwanda. Aha icyari kigamijwe ni ukwereka amahanga ko n\u2019ubwo Abatutsi ari bo bari batsinze intambara,&nbsp; ko nta gahunda yo kwikubira ubutegetsi bari bafite. Gusa ibi nti byatinze kugaragara ko ari ikinamico [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-18T19:56:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-02-18T20:08:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"897\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"616\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere)\",\"datePublished\":\"2019-02-18T19:56:05+00:00\",\"dateModified\":\"2019-02-18T20:08:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/\"},\"wordCount\":631,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/1-12.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/\",\"name\":\"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/1-12.jpg\",\"datePublished\":\"2019-02-18T19:56:05+00:00\",\"dateModified\":\"2019-02-18T20:08:25+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/1-12.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/1-12.jpg\",\"width\":897,\"height\":616},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka igiye kuba makumyabiri n\u2019itanu ishyaka rya FPR&nbsp; inkotanyi rifashe ubutegetsi. Iri shyaka ryahise rishyiraho icyo ryise guverinoma y\u2019ubumwe bw\u2019abanyarwanda. Aha icyari kigamijwe ni ukwereka amahanga ko n\u2019ubwo Abatutsi ari bo bari batsinze intambara,&nbsp; ko nta gahunda yo kwikubira ubutegetsi bari bafite. Gusa ibi nti byatinze kugaragara ko ari ikinamico [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-02-18T19:56:05+00:00","article_modified_time":"2019-02-18T20:08:25+00:00","og_image":[{"width":897,"height":616,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere)","datePublished":"2019-02-18T19:56:05+00:00","dateModified":"2019-02-18T20:08:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/"},"wordCount":631,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/","name":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere) - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg","datePublished":"2019-02-18T19:56:05+00:00","dateModified":"2019-02-18T20:08:25+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/1-12.jpg","width":897,"height":616},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-nzego-za-leta-yu-rwanda-umuhutu-adashobora-guhabwamo-akazi-igice-cya-mbere\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zimwe mu nzego za leta y\u2019u Rwanda umuhutu adashobora guhabwamo akazi (igice cya mbere)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30535","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30535"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30535\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30538,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30535\/revisions\/30538"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30536"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30535"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30535"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30535"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}