{"id":30615,"date":"2019-02-25T18:49:35","date_gmt":"2019-02-25T16:49:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30615"},"modified":"2019-02-25T18:49:37","modified_gmt":"2019-02-25T16:49:37","slug":"intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/","title":{"rendered":"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri)"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/menya-byinshi-ku-ntambara-yubutita-fpr-ferwafa-na-rayon-sport-bamazemo-imyaka-24%EF%BB%BF\/\">Ubushize twari twababwiye uburyo FPR ibinyujije muri FERWAFA yashatse kurimbura Rayon Sports n\u2019imizi yayo\u00a0 ariko abakunzi bayo bayikunda urutari urumamo bakaza kwitambika. <\/a>Ntabwo uwo mugambi wahagaze ahubwo usa n\u2019uwahinduye isura.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Mu mwaka wa 2017 Rayon Sports yaguze abakinnyi muri APR FC kandi kizira birangira uwari President wa yo afunzwe<\/strong> !<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubusanzwe APR FC yari imenyereye ko abakinnyi bayivamo bakerekeza muri Rayon,\u00a0 ari abo iba itagikeneye.\u00a0 Kuri iyi nshuro siko byagenze kuko Gacinya Chance Denis wari president na komite ye batinyutse bakajya kugura abari inkingi za mwamba muri APR FC, abavuzwe cyane\u00a0 ni Rwatubyaye Abdul na Mukunzi Yannick. Igurwa ry\u2019aba bakinnyi ryababaje bikomeye General Kabarebe ndetse Rwatubyaye abanza guterwa ubwoba ko nakinira Rayon Sports bizamukoraho bituma amara igice cy\u2019umwaka w\u2019imikino adakiniye iyi kipe. Iyi komite ya Gacinya yakomeje kwihagararaho isinyisha n\u2019abandi bakinnyi barimo Rutanga Eric nawe wari uvuye muri APR FC n\u2019ubwo ubuyobozi bwifuzaga ko yajya muri AS Kigali kugira ngo bakomeze babuze Rayon kwiyubaka. Si ibi gusa komite ya Gacinya yakoze kuko ubwo umutoza Masudi Djuma yasozaga amasezerano ye muri Rayon Sports amaze kuyihesha igikombe cya championnat n\u2019icy\u2019Amahoro byikurikiranya, ubuyobozi bwahisemo kumusimbuza Olivier Karekezi wakanyujijeho muri APR FC na Ndikumana Hammad Katawuti wakiniye Rayon Sports n\u2019ikipe y\u2019igihugu Amavubi. Karekezi wafatwaga nk\u2019umwana w\u2019ikipe ya APR FC kuko ariyo yamureze kandi akayandikiramo amateka ndetse akaba na muramu wa Lt Gen Ceaser Kayizari wigeze gutegeka FERWAFA, yatunguye bikomeye General Kabarebe ubwo yahitagamo gusinyira Rayon Sports ifatwa nka mukeba w\u2019ibihe byose wa\u00a0 APR FC abereye umuyobozi w\u2019icyubahiro. Uyu mugabo akigera muri Rayon Sports byaramuhiriye kuko yashoboye gutsinda ikipe ya APR FC inshuro ebyiri zikurikiranya ndetse anayitwara ibikombe bibiri birimo icy\u2019Agaciro n\u2019igikombe kiruta ibindi (Super Coupe).\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Uru rukurikirane rw\u2019intsinzi rwatumye Kabarebe akura inkota mu rwubati&nbsp; afunga Gacinya na Karekezi naho Katawuti apfa amanzaganya.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwo Karekezi na Gacinya barimo bishimira ibihe byiza Rayon Sports yari igiye gutangirana umwaka w\u2019imikino , Kabarebe na De Gaule Nzamwita wayoboraga FERWAFA ntabwo baryamaga kuko bari barajwe ishinga no kugabanya umuvuduko wa Rayon Sports no gucecekesha abatoza bayo bari bamaze kwigarurira itangazamakuru ry\u2019u Rwanda bitewe n\u2019ibihe byiza ikipe ya Rayon Sports\u00a0 yarimo. Aha nibwo bapanze gufungisha Gacinya maze Kabarebe abinyujije mu nteko ishinga amategeko n\u2019akarere ka Rusizi bemeza ko hari isoko Gacinya\u00a0 na sociyete MICON\u00a0 yari abereye umuyobozi ko nka rwiyemezamirimo hari isoko ryo gushyira amatara ku mihanda\u00a0 atarangije neza ngo kuko yashyizemo amatara mabi. Ibi byarangiye afunzwe kugira ngo adakomeza kugira ijambo muri Rayon. Ibi kandi bigakurikirwa n\u2019uko abafana bari bamaze kumwiyumvamo kubera ibyishimo bari bamazemo iminsi bitewe n&#8217;intsinzi nyinshi.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Katawuti yahawe intaraza&nbsp; naho Karekezi ahamagazwa n\u2019ubugenzacyaha.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari tariki ya 15 ugushyingo 2017,\u00a0 ubwo inkuru y\u2019incamugongo yatahaga mu bakunzi ba Rayon Sports n\u2019ab\u2019imikino muri rusange. Iyi\u00a0 nkuru yavugaga ko Ndikumana Katawuti Hamadi yapfuye urupfu rutunguranye. Iyi nkuru ikimara kuba kimomo nibwo humvikanye\u00a0 indi nkuru ivuga ko Olivier Karekezi\u00a0 yari abereye umutoza wungirije muri Rayon Sports ko\u00a0 nawe yatawe muri yombi n\u2019ishami rya polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe ubugenzacyaha. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru The Rwandan yashoboye gukorera iperereza avuga ko uyu mukinnyi yaba yarishwe ku mabwiriza ya Kabarebe na Nzamwita Vincent De Gaule ahawe uburozi bw\u2019intaraza bitewe n\u2019amagambo bari bamaze iminsi baterana ku mbuga nkoranyambaga. Aya magambo yari yujemo agasuzuguro hagati ya Pr\u00e9sident\u00a0 wa FERWAFA n\u2019aba batoza. Aha De Gaule yavuze ko mu mwaka wa 2004 ikipe y\u2019u Rwanda yitabiriye igikombe cya Africa yari igizwe n\u2019abanyamahanga bahawe ubwenegihugu ko batari abanyarwanda. Aya amagambo yababaje abakinnyi bakiniye amavubi\u00a0 maze nabo si ukumwuka inabi\u00a0 karahava! Aba bombi bamubwiye ko ibyiza ari uko yajya korora amafi kuko ari byo yize naho umupira akawurekera ba nyirawo. ibi byaviriyemo Katawuti urupfu ndetse Karekezi afungirwa muri CID ashinjwa by&#8217;urwitwazo ngo ubutumwa yoherereje bamwe mu bakinnyi b&#8217;Amavubi abasaba kwitsindishwa, aho yahabwaga amabwiriza yo kutagira icyo atangaza k\u2019urupfu rwa Katawuti ngo kuko azi neza umuntu wasangiye na Katawuti bwa nyuma. Ibi byose nibyo byatumye asezera ku kazi ko gutoza Rayon\u00a0 Sports ahitamo kwisubirira mu gihugu cya Sweden.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Ubutaha\u00a0 tuzababwira uko Gacinya Yafunguwe amaze kwemera kutazongera kugura umukinnyi muri APR FC n\u2019uko Gatiyusha Kirimbuzi\u00a0 Paul Muvunyi yaje muri Rayon aje kugabanya umuvuduko wa yo.<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubushize twari twababwiye uburyo FPR ibinyujije muri FERWAFA yashatse kurimbura Rayon Sports n\u2019imizi yayo\u00a0 ariko abakunzi bayo bayikunda urutari urumamo bakaza kwitambika. Ntabwo uwo mugambi wahagaze ahubwo usa n\u2019uwahinduye isura.\u00a0 Mu mwaka wa 2017 Rayon Sports yaguze abakinnyi muri APR FC kandi kizira birangira uwari President wa yo afunzwe ! [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30616,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[70],"tags":[],"class_list":["post-30615","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubushize twari twababwiye uburyo FPR ibinyujije muri FERWAFA yashatse kurimbura Rayon Sports n\u2019imizi yayo\u00a0 ariko abakunzi bayo bayikunda urutari urumamo bakaza kwitambika. Ntabwo uwo mugambi wahagaze ahubwo usa n\u2019uwahinduye isura.\u00a0 Mu mwaka wa 2017 Rayon Sports yaguze abakinnyi muri APR FC kandi kizira birangira uwari President wa yo afunzwe ! [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-25T16:49:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-02-25T16:49:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"683\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"317\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/\",\"name\":\"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png\",\"datePublished\":\"2019-02-25T16:49:35+00:00\",\"dateModified\":\"2019-02-25T16:49:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png\",\"width\":683,\"height\":317,\"caption\":\"Gacinya aganira na Karekezi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ubushize twari twababwiye uburyo FPR ibinyujije muri FERWAFA yashatse kurimbura Rayon Sports n\u2019imizi yayo\u00a0 ariko abakunzi bayo bayikunda urutari urumamo bakaza kwitambika. Ntabwo uwo mugambi wahagaze ahubwo usa n\u2019uwahinduye isura.\u00a0 Mu mwaka wa 2017 Rayon Sports yaguze abakinnyi muri APR FC kandi kizira birangira uwari President wa yo afunzwe ! [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-02-25T16:49:35+00:00","article_modified_time":"2019-02-25T16:49:37+00:00","og_image":[{"width":683,"height":317,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/","name":"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png","datePublished":"2019-02-25T16:49:35+00:00","dateModified":"2019-02-25T16:49:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gacinya-Karekezi.png","width":683,"height":317,"caption":"Gacinya aganira na Karekezi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-yubutita-hagati-ya-rayon-sports-na-fpr-ferwafa-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Intambara y\u2019ubutita hagati ya Rayon Sports na FPR\/FERWAFA (igice cya kabiri)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30615","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30615"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30615\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30617,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30615\/revisions\/30617"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30616"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30615"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30615"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30615"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}