{"id":30765,"date":"2019-03-06T19:14:24","date_gmt":"2019-03-06T17:14:24","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30765"},"modified":"2019-03-06T19:49:08","modified_gmt":"2019-03-06T17:49:08","slug":"u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/","title":{"rendered":"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by&#8217;ishoramali bya Tribert Rujugiro"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Ben Barugahare<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari impamvu nyinshi zashyizwe ahagaragara ku bituma umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda ugenda uba mubi. Ariko hari izindi mpamvu zitarashyirwa ahagaragara zituma ibihugu byombi birebana ay&#8217;ingwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kimwe mu bitaravuzwe muri iki kibazo ni ukuba Leta y&#8217;u Rwanda yarasabye abayobozi ba Uganda kwirukana umunyemali Tribert Ayabatwa Rujugiro washoye imali nyinshi mu gihugu cya Uganda. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru agera kuri The Rwandan avuga ko ibyumweru 2 mbere y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda ifata icyemezo cyo gufunga imipaka na Uganda kuri uyu wa kane tariki ya 28 Gashyantare 2019, Ambasaderi w&#8217;u Rwanda i Kampala, Gen Frank Mugambage yari yahuye na Perezida Yoweli Museveni amugezaho ibyifuzo bya Leta y&#8217;u Rwanda yifuzaga ko byafatirwa abantu bamwe na bamwe Leta y&#8217;u Rwanda ifata nk&#8217;abayirwanya baba Uganda. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru ava mu bantu bari hafi mu butegetsi bwa Uganda avuga ko mu byo Gen Mugambage yasabye Perezida Museveni harimo ko ibikorwa by&#8217;ubucuruzi by&#8217;umunyemali Tribert Ayabatwa Rujugiro byahagarikwa muri Uganda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta y&#8217;u Rwanda ikaba ishinja umunyemali Rujugiro gutera inkunga y&#8217;amafaranga ibikorwa bigamije guhungabanya umutekano w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda ibyo ngo bikaba bikorerwa ku butaka bwa Uganda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ngo Perezida Museveni yaba yarabajije Ambasaderi Mugambaga niba igihugu cya Uganda kiramutse gifunze ibikorwa by&#8217;ubucuruzi bya Rujugiro,  niba koko Rujugiro afasha iyo mitwe irwanya Leta y&#8217;u Rwanda nk&#8217;umunyemali ufite ubucuruzi mu bihugu byinshi yabura uburyo bwo gukomeza gufasha iyo mitwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y&#8217;aho abayobozi b&#8217;u Rwanda babonye ko Leta ya Uganda itubahirije icyifuzo cyabo cyo kubuza uburyo umunyemali Rujugiro, nibwo ibibazo bijyanye no gufunga imipaka byahise bizamuka<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba umunyemali Rujugiro mu Akarere ka Arua mu majyaruguru ya Uganda yarahaye abantu barenga 350 akazi gahoraho, abahinzi basaga 15.000 akaba abagurira umusaruro, ndetse hakaba hari n&#8217;abandi baturage hafi 1600 bamukorera bya nyakabyizi ku buryo budahoraho, bivugwa ko biri mu byatumye Perezida Museveni atera utwatsi icyifuzo cy&#8217;abayobozi b&#8217;u Rwanda cyo gufunga ibikorwa by&#8217;uyu munyemali.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nabibutsa ko Rujugiro afite ikigo cy&#8217;ubucuruzi gikorera muri Uganda kitwa Meridian Tobacco Company, cyashoye mu majyaruguru ya Uganda akayabo kagera kuri Miliyoni 20 z&#8217;amadolari ni ukuvuga asaga Miliyalidi 18 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Ben Barugahare Hari impamvu nyinshi zashyizwe ahagaragara ku bituma umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda ugenda uba mubi. Ariko hari izindi mpamvu zitarashyirwa ahagaragara zituma ibihugu byombi birebana ay&#8217;ingwe. Kimwe mu bitaravuzwe muri iki kibazo ni ukuba Leta y&#8217;u Rwanda yarasabye abayobozi ba Uganda kwirukana umunyemali Tribert Ayabatwa Rujugiro washoye imali nyinshi mu gihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":22114,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-30765","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by&#039;ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by&#039;ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Ben Barugahare Hari impamvu nyinshi zashyizwe ahagaragara ku bituma umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda ugenda uba mubi. Ariko hari izindi mpamvu zitarashyirwa ahagaragara zituma ibihugu byombi birebana ay&#8217;ingwe. Kimwe mu bitaravuzwe muri iki kibazo ni ukuba Leta y&#8217;u Rwanda yarasabye abayobozi ba Uganda kwirukana umunyemali Tribert Ayabatwa Rujugiro washoye imali nyinshi mu gihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-06T17:14:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-03-06T17:49:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"578\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/\",\"name\":\"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by'ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg\",\"datePublished\":\"2019-03-06T17:14:24+00:00\",\"dateModified\":\"2019-03-06T17:49:08+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg\",\"width\":1024,\"height\":578},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by&#8217;ishoramali bya Tribert Rujugiro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by'ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by'ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Ben Barugahare Hari impamvu nyinshi zashyizwe ahagaragara ku bituma umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda ugenda uba mubi. Ariko hari izindi mpamvu zitarashyirwa ahagaragara zituma ibihugu byombi birebana ay&#8217;ingwe. Kimwe mu bitaravuzwe muri iki kibazo ni ukuba Leta y&#8217;u Rwanda yarasabye abayobozi ba Uganda kwirukana umunyemali Tribert Ayabatwa Rujugiro washoye imali nyinshi mu gihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-03-06T17:14:24+00:00","article_modified_time":"2019-03-06T17:49:08+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":578,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/","name":"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by'ishoramali bya Tribert Rujugiro - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg","datePublished":"2019-03-06T17:14:24+00:00","dateModified":"2019-03-06T17:49:08+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Rujugiro1.jpg","width":1024,"height":578},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwasabye-uganda-guhagarika-ibikorwa-byishoramali-bya-tribert-rujugiro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwasabye Uganda guhagarika ibikorwa by&#8217;ishoramali bya Tribert Rujugiro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30765","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30765"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30765\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30776,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30765\/revisions\/30776"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22114"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30765"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30765"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30765"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}