{"id":30810,"date":"2019-03-08T11:35:45","date_gmt":"2019-03-08T09:35:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=30810"},"modified":"2019-03-08T11:36:05","modified_gmt":"2019-03-08T09:36:05","slug":"gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/","title":{"rendered":"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana."},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Hari tariki ya 9 Ukuboza 2018,\u00a0 Ubwo abarwanyi bitwaje ibirwanisho bagabaga igitero ku basilikari\u00a0 bari bafite ibirindiro mu murenge wa Busamana mu karere ka Rubavu intara y\u2019uburengerazuba bw\u2019u Rwanda. Ku munsi wakurikiyeho inzego za gisilikari ndetse n\u2019iza gicivile zagerageje uko zishoboye kugira ngo umubare w\u2019abasilikari baguye muri kiriya gitero utamenyekana. Ariko ibi byabaye iby\u2019ubusa kuko mu minsi yakurikiyeho hagaragajwe imyenda, ibirwanisho byasahuwe ndetse n\u2019imyirondoro ya bamwe mu basilkari baguye muri iki gitero. Uwahaye amakuru The Rwandan akaba ahamya ko abaguye muri kiriya gitero bagera kuri cumi na batanu\u00a0 n\u2019inkomere icyenda.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Abarokotse kiriya gitero bafunzwe nabi cyane<\/strong>!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwo inkuru y\u2019icyo gitero yageraga ku bayobozi bakuru b\u2019ingabo ndetse na Paul Kagame ubwe, umujinya w\u2019umuranduranzuzi warabasaze maze bategeka y\u2019uko abasilikari barokotse icyo gitero bose bajyanwa gufungwa kuko bakojeje isoni igihugu gisanzwe kizwiho imbaraga mu bya gisilikari tutibagiwe n\u2019imvugo ikunzwe kugarukwaho kenshi n\u2019abayobozi igira iti :\u201d<strong><em>U Rwanda ruratera, ariko ntiruterwa<\/em><\/strong>\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk&#8217;uko uwahaye amakuru The Rwandan yakomeje abivuga , ngo iyi kompanyi y\u2019abasilikari (itsinda) ryarasiwe Busamana ngo ahanini ryari riyobowe n\u2019abasilikari badafite ubunararibonye mu ntambara bitewe n\u2019uko ngo ari intoranwa z\u2019abatutsi baba barafashwe bagashyirwa mu gisilikari barangije amashuri yisumbuye, hanyuma bagasoza amasomo bahita bahabwa ipeti rya lieutenant cyangwa sous-lieutenant. Ngo ibi byagize ingaruka zikomeye ubwo baterwaga kuko abo bitwa ko ari bo bayobozi bahiye ubwoba bagata urugamba maze abatoya bakabura ubaha amabwiriza y\u2019uko bagomba guhangana n\u2019umwanzi.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru akomeza avuga ko ubwo iyi nkuru yageraga kuri General\u00a0 Nyamvumba umugaba mukuru w\u2019ingabo z\u2019u Rwanda, ngo yaba yararakaye cyane ndetse agahita ategeka ko abo barokotse bose haba abirutse n\u2019abatirutse bajyanwa gufungirwa muri ya magereza aba ikuzimu asanzwe afungirwamo abakoze amakosa akomeye mu bya gisilikari\u00a0 bitewe n\u2019uko bitumvikana uburyo umwanzi abatera akabaka ibikoresho, akica abasilikari ndetse akagerekaho no kwambura imirambo ibyangombwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ngibyo muri make ibya Paul Kagame n\u2019igisilikari cye aho batemera ko na nyina w\u2019undi abyara umuhungu kandi bakirengagiza umugani uvuga ngo :\u201d<strong>Umwana ujya iwabo ntawe umutangira<\/strong>\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Hari tariki ya 9 Ukuboza 2018,\u00a0 Ubwo abarwanyi bitwaje ibirwanisho bagabaga igitero ku basilikari\u00a0 bari bafite ibirindiro mu murenge wa Busamana mu karere ka Rubavu intara y\u2019uburengerazuba bw\u2019u Rwanda. Ku munsi wakurikiyeho inzego za gisilikari ndetse n\u2019iza gicivile zagerageje uko zishoboye kugira ngo umubare w\u2019abasilikari baguye muri kiriya gitero utamenyekana. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":29510,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-30810","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Hari tariki ya 9 Ukuboza 2018,\u00a0 Ubwo abarwanyi bitwaje ibirwanisho bagabaga igitero ku basilikari\u00a0 bari bafite ibirindiro mu murenge wa Busamana mu karere ka Rubavu intara y\u2019uburengerazuba bw\u2019u Rwanda. Ku munsi wakurikiyeho inzego za gisilikari ndetse n\u2019iza gicivile zagerageje uko zishoboye kugira ngo umubare w\u2019abasilikari baguye muri kiriya gitero utamenyekana. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-08T09:35:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-03-08T09:36:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"750\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1334\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/\",\"name\":\"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg\",\"datePublished\":\"2019-03-08T09:35:45+00:00\",\"dateModified\":\"2019-03-08T09:36:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg\",\"width\":750,\"height\":1334,\"caption\":\"Bimwe mu bikoresho Ingabo za RDF zatswe mu gitero cya Busasamana\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Hari tariki ya 9 Ukuboza 2018,\u00a0 Ubwo abarwanyi bitwaje ibirwanisho bagabaga igitero ku basilikari\u00a0 bari bafite ibirindiro mu murenge wa Busamana mu karere ka Rubavu intara y\u2019uburengerazuba bw\u2019u Rwanda. Ku munsi wakurikiyeho inzego za gisilikari ndetse n\u2019iza gicivile zagerageje uko zishoboye kugira ngo umubare w\u2019abasilikari baguye muri kiriya gitero utamenyekana. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-03-08T09:35:45+00:00","article_modified_time":"2019-03-08T09:36:05+00:00","og_image":[{"width":750,"height":1334,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/","name":"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg","datePublished":"2019-03-08T09:35:45+00:00","dateModified":"2019-03-08T09:36:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/12\/1-1.jpeg","width":750,"height":1334,"caption":"Bimwe mu bikoresho Ingabo za RDF zatswe mu gitero cya Busasamana"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-abasilikare-barokotse-igitero-cya-busasamana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gutabariza abasilikare barokotse igitero cya Busasamana."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30810","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=30810"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30810\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":30811,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/30810\/revisions\/30811"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/29510"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=30810"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=30810"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=30810"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}