{"id":31387,"date":"2019-04-10T19:33:28","date_gmt":"2019-04-10T17:33:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31387"},"modified":"2019-04-10T19:33:29","modified_gmt":"2019-04-10T17:33:29","slug":"abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/","title":{"rendered":"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy&#8217;indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU."},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Ben Barugahare<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri iyi minsi abantu benshi barimo kwibaza niba ikibazo cy&#8217;indege ya Perezida Habyalimana kitagiye kongera kubyuka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi ni icyizere cya benshi mu baburanira indishyi mu kibazo cy&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana ubu bafashe icyemezo cyo kujyana iki kibazo mu rwego rwasigaye rukurikirana ibibazo byasizwe n&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga Arusha (M\u00e9canisme de l\u2019ONU pour les Tribunaux p\u00e9naux internationaux (MTPI).<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nabibutsa ko nyuma y&#8217;imyaka irenga 20 y&#8217;iperereza, inzego z&#8217;ubutabera z&#8217;u Bufaransa zafashe icyemezo cyo kureka gukurikirana abari muri FPR ngo kubera ibimenyetso basanze bidahagije. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abaregera indishyi ni ukuvuga imiryango y&#8217;abaguye mu ndege ya Perezida Habyalimana bajuririye iki cyemezo cy&#8217;ubutabera bw&#8217;ubufaransa ariko mu gihe hataraboneka igisubizo uburanira Madame Agatha Habyalimana yohereje ikibazo mu rwego rwasigaye rukurikirana ibibazo byasizwe n&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (M\u00e9canisme de l\u2019ONU pour les Tribunaux p\u00e9naux internationaux (MTPI).<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ibaruwa yanditswe imyaka 25 umunsi ku munsi nyuma y&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana, Me Philippe Meilhac wunganira umupfakazi wa Perezida Habyalimana yasabye ko ubutabera bw&#8217;u Bufaransa bwashyikirizwa ibimenyetso biri mu cyegeranyo cy&#8217;ibanga cyakozwe mu 2003 n&#8217;umurwi w&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga Arusha.   <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki cyegeranyo kitari gisanzwe kizwi cyamenyekanye biturutse ko cyavuzwe mu gitabo cyanditswe n&#8217;umunyakanadakazi, Judi Rever, mu kwezi kwa Werurwe 2018. Icyo gihe, abaregera indishyi bahise babimenyesha abakora iperereza mu Bufaransa ku kibazo cy&#8217;indege ya Perezida Habyalimana ariko umucamanza Jean-Marc Herbaut yanze gukomeza iperereza avuga ko babonye ibimenyetso bihagije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk&#8217;uko uburanira Madame Agatha Habyalimana, Me Meilhac akomeza abivuga ngo muri icyo cyegeranyo cyakozwe n&#8217;urukiko rwa Arusha havugwamo abatangabuhamya batari munsi ya 8 bagombye kumenya ibyo bavuze. Ngo iyo raporo ifite agaciro gakomeye kuko abatangabuhamya benshi ntibagihari cyangwa ntibagishaka gutanga ubuhamya kubera ubwoba bwo kugirirwa nabi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Ben Barugahare Muri iyi minsi abantu benshi barimo kwibaza niba ikibazo cy&#8217;indege ya Perezida Habyalimana kitagiye kongera kubyuka. Ibi ni icyizere cya benshi mu baburanira indishyi mu kibazo cy&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana ubu bafashe icyemezo cyo kujyana iki kibazo mu rwego rwasigaye rukurikirana ibibazo byasizwe n&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":19807,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-31387","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy&#039;indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy&#039;indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Ben Barugahare Muri iyi minsi abantu benshi barimo kwibaza niba ikibazo cy&#8217;indege ya Perezida Habyalimana kitagiye kongera kubyuka. Ibi ni icyizere cya benshi mu baburanira indishyi mu kibazo cy&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana ubu bafashe icyemezo cyo kujyana iki kibazo mu rwego rwasigaye rukurikirana ibibazo byasizwe n&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-10T17:33:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-04-10T17:33:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"469\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"373\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/\",\"name\":\"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy'indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg\",\"datePublished\":\"2019-04-10T17:33:28+00:00\",\"dateModified\":\"2019-04-10T17:33:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg\",\"width\":469,\"height\":373,\"caption\":\"Perezida Yuvenali Habyalimana\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy&#8217;indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy'indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy'indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Ben Barugahare Muri iyi minsi abantu benshi barimo kwibaza niba ikibazo cy&#8217;indege ya Perezida Habyalimana kitagiye kongera kubyuka. Ibi ni icyizere cya benshi mu baburanira indishyi mu kibazo cy&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana ubu bafashe icyemezo cyo kujyana iki kibazo mu rwego rwasigaye rukurikirana ibibazo byasizwe n&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-04-10T17:33:28+00:00","article_modified_time":"2019-04-10T17:33:29+00:00","og_image":[{"width":469,"height":373,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/","name":"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy'indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg","datePublished":"2019-04-10T17:33:28+00:00","dateModified":"2019-04-10T17:33:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/habyara.jpg","width":469,"height":373,"caption":"Perezida Yuvenali Habyalimana"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abaregera-indishyi-bajyanye-ikibazo-cyindege-ya-habyalimana-mu-rukiko-rwa-onu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaregera indishyi bajyanye ikibazo cy&#8217;indege ya Habyalimana mu rukiko rwa ONU."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31387","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31387"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31387\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31388,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31387\/revisions\/31388"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19807"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31387"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31387"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31387"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}