{"id":31449,"date":"2019-04-14T16:45:11","date_gmt":"2019-04-14T14:45:11","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31449"},"modified":"2019-04-14T16:46:18","modified_gmt":"2019-04-14T14:46:18","slug":"leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/","title":{"rendered":"Leah Karegeya yaganiriye n&#8217;ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda."},"content":{"rendered":"\n<div class=\"wp-block-image\"><figure class=\"alignright is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-11735\" width=\"269\" height=\"325\"\/><figcaption>Leah Karegeya<\/figcaption><\/figure><\/div>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leah KAREGEYA ni umupfakazi&nbsp; wa Col.Patrick KAREGEYA &nbsp;wahoze ayoboye ubutasi bw\u2019u Rwanda . Patrick yahungiye &nbsp;&nbsp;muri Afurika y\u2019Epfo muwi 2013 nyuma y\u2019aho atumvikaniye na Perezida Paul Kagame uyobora u Rwanda, nyuma yaje kwicwa.&nbsp; Ikinyamakuru&nbsp; Saturday Vision cyagiranye nawe ikiganiro kimusanze mu rugo rwe, aho yahungiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika maze baganira ku bibazo bya Politiki mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ij<em>isho ry\u2019abaryankuna ryababoneye icyo kinyamakuru maze ribashyirira icyo kiganiro mu Kinyarwanda cyose uko cyakabaye,dore ko cyari mu rurimi rw\u2019icyongereza. Iki kiganiro cyasohotse mu Kinyamakuru \u201cSaturday Vision kuri uyu wa 13 Mata 2019\u201d.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em><strong>Kagame umuzi ute?<\/strong><\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">\u201cMuzi kuva cyera tukiri bato iyo muri Uganda! Mbere y\u2019uko nshakana na nyakwigendera twari inshuti zahafi,Yewe &nbsp;na nyuma y\u2019uko dusubiye mu Rwanda &nbsp;nyuma ya 1994 yari inshuti y\u2019umugabo wanjye &nbsp;ndetse akaza no mu rugo. Kera wabonaga ari umuntu mwiza , ariko byose byaje kuyoyoka aho aboneye ubutegetsi: Nkurikije ibyo mbona,ubu yahagurukiye abo bose bari kumwe nawe ndetse n\u2019abamuzi. Si nyakwigendera umugabo wanjye gusa,ahubwo na Gen Kayumba Nyamwasa,Tribert Rujugiro, Gen. Yoweri Museveni n\u2019abandi.&nbsp; Waba warumvise iby\u2019umuryango wa Rwigara wamufashije? Barashwanye ibyabo byabaye bibi cyane!&nbsp; Yahindutse abarwanashyaka ba FPR n\u2019umuntu wese bigeze kuba inshuti\u201d<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Nk\u2019umuntu wabaye mu bihugu byombi u Rwanda na Uganda, wakiriye ute ifungwa ry\u2019imipika ihuza ibyo bihugu?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Bir<\/strong>ababaje kuko Uganda ni iwabo w\u2019abanyarwanda benshi.Ni igihugu cy\u2019amahungiro. Ibyo rero byerekana ko Perezida Kagame atari twe tumuraje&nbsp; &nbsp;ishinga . Ntatwitayeho rwose. Icyo areba niwe ubwe n\u2019umuryango we gusa. Yibagiwe inkunga Yoweri Museveni yateye abanyarwanda. Ari muri uriya mwanya no muri kiriya gihugu kubera Museveni. Gufunga imipaka akanavuga nabi Museveni,bigaragaraza uwo ari we. Ndakeka imipaka yo aho bukera araza&nbsp; kuyifungura . Gusa ni ukwisama wasandaye, ibyangiritse byo byarangiritse.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>A<em>riko yavuze ko afite ishingiro; ngo Uganda ifasha abigometse ku butegetsi?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Oya .Ibyo ndabishidikanya.Nzineza ko Uganda ishobora kuba yaratengushywe n\u2019u Rwanda, kubera ibintu biri kugenda biba. Cyane cyane kuba baritanze batizigama bafasha buriya butegetsi bw\u2019i Kigali. Njye numva Uganda yakaduhaye andi mahirwe ya kabiri, kuko nubundi ni hahandi impera n\u2019imperuka turi abavandimwe! Ndamutse mbonye uko mvugana Perezida Museveni namusaba kudufasha.Museveni arubashywe cyane mu Karere kandi abanyarwanda benshi nange ndimo tumufata nk\u2019umubyeyi kandi umubyeyi mwiza &nbsp;ntajya atererana abana niyo bitwaye nabi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>N<em>i ubuhe bufasha wumva ukeneye kuri Perezida Museveni?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Pe<\/strong>rezida Museveni yagakwiye kumvisha Kagame ko agomba kuvugana n\u2019abanyarwanda kuko bararushye, barababaye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Kuki utari mu Rwanda?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Na<\/strong>hunze itotezwa.Umugabo wanjye yatotejwe igihe kirekire.&nbsp; Muri 2011, nafashe icyemezo cyo kuza muri Leta zunze ubumwe za Amerika kubera ko twari tugeramiwe ubwo umugabo wanjye yari mu buhungiro. Naje nkiza amagara yanjye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Umugabo wawe yiciwe mu buhungiro .Waba uzi impamvu?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umugabo wanjye yari akuriye &nbsp;ubutasi bw\u2019u Rwanda kandi yari yamaze gushinga ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi aho mu buhungiro. Yanizwe mu ijoro ribanziriza ubunani muri 2013 muri Hoteli Michelangelo iherereye mu Karere ka Sandton muri Afurika yepfo.Umugabo wanjye yangaga umuntu urenganya undi.We na Kagame ntibumvikanye ku bintu byinshi cyane cyane bitewe no gutandukira indangagaciro barwaniye.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Unknown-3-1.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-734\" width=\"451\" height=\"337\"\/><figcaption>Col. Patrick Karegeya yiciwe muri Afurika y\u2019Epfo mu ijoro ryo kuwa 31 Ukuboza 2013.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Ni iki gituma utekereza ko ari Leta y\u2019 u Rwanda yishe umugabo wawe? Yari kure muri Afurika yepfo.Buriya ntiyaba &nbsp;&nbsp;ari n\u2019agaco k\u2019abagizi ba nabi?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibyo simbishidikanyaho.yahoraga atumwaho intumwa zimukangisha kwicwa na mbere y\u2019uko biba . Kandi uretse n\u2019ibyo umugabo wanjye nta banzi yarafite hanze y\u2019u Rwanda. Yemwe no mu rukiko byaragaragajwe neza ko Leta y\u2019u Rwanda ifite uruhare&nbsp; m\u2019urupfu rwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Twe nk\u2019umuryango , twabimenye rugikubita, tukimenya ko yapfuye, twamenye ko yahitanywe na Guverinoma y\u2019u Rwanda.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ab<em>anyarwanda benshi baba muri &nbsp;Afurika y\u2019Epfo bari baramuburiye ko Afurika y\u2019Epfo atari ahantu hafite umutekano, kuki yagiye abirenzaho ingohe?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ntabwo yabifashe minenegwe! Yakundaga kwakira amakuru amutera ubwoba..Nanjye nicyo cyatumye mva muri Afurika yepfo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yarabizi kandi yaritwararikaga ndetse yabaga ahantu hari umutekano, ariko bakoresheje inshuti ye kugirango bamugereho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo bitaba iriya nshuti ye,ntibari kumugeraho.Iriya nshuti yahindutse umugambanyi &nbsp;kandi yemera gukoreshwa mu kwica umugabo wanjye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Ese iyo nshuti waba warayimenye?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Turamuzi.Ni nkiko zo muri Afurika yepfo zagaragaje izina rye mu rubanza rw\u2019ukwezi gushize.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Birazwi ko u Rwanda rwakoresheje inshuti ya Karegeya kugira ngo rumubone.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>U<em>munsi anigwa ,bivugwa ko yari yigijeyo abamucungira umutekano kandi ko nawe yiyiciye amategeko ye bwite yari asanzwe amugenga yo gukorera inama mu ruhame.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibyo sibyo ba mba, kubera ko nta barinzi yarakigira.Yavuye mu nzu yaririndirwamo kuko &nbsp;yari yaramaze kubona amakuru ko u Rwanda rwari rwarabacengeye,rumaze kubiyegereza. Icyo gihe yafashe icyemezo cyo kwicungira umutekano we ubwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>E<em>se urupfu rwe rwakugizeho ingaruka?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Rw<\/strong>angizeho ingaruka nyinshi. Kuba impunzi&nbsp; ntabwo byoroshye.Birakomeye ariko hamwe n\u2019Imana iri muruhande rwacu n\u2019abantu badufasha tuzabisohokamo. Umugabo wanjye yazize guharanira ibyo yemera. Yahunze,atari ukugambanira igihugu ahubwo aharanira uburenganzira bwa muntu.Twahoraga tubiganiraho. .Muri make no muri iryo joro ribanziriza iry\u2019u bunani &nbsp;2013, naramuvugishije.Narindi muri America ari muri Afurika y\u2019Epfo.Yatubwiyeko azaduhamagara umunsi w\u2019ejo,ariko ntibyashobotse.Nakomeje kumuhamagara ariko ntafate telefoni kugeza nakiriye inkuru mbi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Ninde wakubwiye iby\u2019urupfu rwe?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Njye n\u2019umukobwa wanjye twabanje kugira amakenga.Tugira umutima uhagaze tubonye atadusubiza kuko umugabo wanjye yaraduhamagaraga buri gihe.Ntabwo yarangwaga no &nbsp;guceceka no kutitaba telephone yacu . Kera kabaye,tuza kubona ubutumwa buturutse ku muntu wo mu muryango muri Afrika y\u2019Epfo!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Urakeka ko se byatewe ahanini &nbsp;no &nbsp;kwa kutumvikana na Perezida Paul Kagame?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>N<\/strong>iyo ntandaro!&nbsp; Ubusanzwe<strong>&nbsp;<\/strong>mfite ubuhamya bwinshi yanyibwiriye y\u2019ibyo bapfuye. Ariko icy\u2019ingenzi niziyiye njyewe ubwanjye ni uko yanze gukoreshwa mu guhagurukira bagenzi be bari bamaze gushwana na Perezida Kagame. Nk\u2019urugero,afatwa bwa mbere,nagiye kureba Mukaperezida &nbsp;Jeanette Kagame,kugirango menye ibyo aregwa, maze &nbsp;ambwirako igihe cyose atemera ko Gen. Kayumba Nyamwasa akurikiranwa ko agomba kubigenderamo akahababarira. Hari n\u2019ibindi byinshi yagiye adahuzaho na Perezida Kagame nko kubangamira uburenganzira bwa muntu ndetse no gutoteza abanyamakuru.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Usubije amaso inyuma ukareba icyamutandukanyije na Perezida Kagame, ukongera ukareba u Rwanda ruyobowe na FPR yabohoye igihugu, ubivugaho iki?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Birababaje kuko icyo FPR yarwaniye n\u2019ibyo twashakaga kugeraho byose byarasiribanzwe. Ari abashinze FPR ari n\u2019abayirwaniye bakayinambaho, ubu bose bazi ko itakibaho!.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>B<em>yaba bishoboka ko haba hari abashaka kwivanga mu rubanza rw\u2019ubwicanyi bwakorewe umugabo wawe muri Afurika y\u2019Epfo?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ushyize mu nyurabwenge ntiwabura kubikeka. Ushobora gukeka ko harimo urunturuntu,ukurikije nk\u2019ukuntu uru rubanza rwatinze. Nk\u2019ubu umucanzamanza yavuze ko bafite ibimenyetso bihagije mu kwezi kwa kabiri 2014. Nawe ntiyiyumvisha impamvu bafashe icyemezo cyo kubitinza bene aka kageni. Gusa muri uku kwezi biraza gusobanoka,uraza kumvaho byinshi. Bizafata igihe ariko byanga bikunda ukuri kuzajya ahabona. Gusa kugeza ubu twanyuzwe n\u2019ibyo ubutabera bwa Afurika y\u2019Epfo bumaze gukora.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Waba warigeze ugerageza gusubira mu Rwanda?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nsubira &nbsp;mu Rwanda? Perezida Kagame agihari?Ubwo nasangayo iki? Umugabo wanjye yarapfuye, ubwenegihugu bwanjye n\u2019ubw\u2019abana banjye twarabwambuwe n\u2019imitungo yacu irafatirwa!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Hari se uwigeze agukangurira gusubirayo?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ntawagerageje kunyegera ankangurira gusubirayo,usibye ko nanjye no kubitekereza sinabitekereza!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>B<em>amwe mubo mu muryango wawe baracyari muri Uganda.Hari amakuru yabo ujya umenya?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nibyo,rimwe na rimwe ngerageza kuyamenya,Mabukwe ari muri Uganda.arimo kugenda arushaho gusaza ,rimwe na rimwe ngira nnya nkagerageza nkamutumaho,ariko n\u2019itonze cyane.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Unknown-1-1.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-735\" width=\"475\" height=\"266\"\/><figcaption>Madame Leah Karegeya ikibazo yabaza Kagame bahuye ntiyakivana imbere!<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Uhuye na Kagame uy\u2019umunsi wamubwira iki?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Namubaza niba ashimishijwe n\u2019ibyo yadukoreye ,kimwe n\u2019ibyo yakoreye abandi bantu bari inshuti ze kandi bamufashije kuba icyo ari cyo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Byaba ari byo ko Perezida Museveni na Guverinoma ye baba bagufasha mu buryo bw\u2019ibanga? Nk\u2019urugero ngo baguhaye Passport ya Uganda ngo banagufasha kuhagirira urugendo rw\u2019ibanga?<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo niya Poropaganda y\u2019umwandaya Kigalli. Ndi muri Amerika kandi nkoresha Pasiporo y\u2019Amerika mu ngendo nkora.Gusa bakanagombye kumenya &nbsp;ko abana banjye ari abagande kandi bemerewe gutunga Pasiporo ya Uganda igihe babishaka<strong>.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Joyce H. KANYANGE<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Texas-USA<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Source:<\/strong> <a href=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/umugore-wuwahoze-akuriye-ubutasi-bwurwanda-waje-kwicwa-yagize-byinshi-atangaza\/?fbclid=IwAR0i-357tgUnyvF632dZzhn-hxYZQlc5QUBk0UPL_SGQXbFwTxn4yMhu7sc\">abaryankuna.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leah KAREGEYA ni umupfakazi&nbsp; wa Col.Patrick KAREGEYA &nbsp;wahoze ayoboye ubutasi bw\u2019u Rwanda . Patrick yahungiye &nbsp;&nbsp;muri Afurika y\u2019Epfo muwi 2013 nyuma y\u2019aho atumvikaniye na Perezida Paul Kagame uyobora u Rwanda, nyuma yaje kwicwa.&nbsp; Ikinyamakuru&nbsp; Saturday Vision cyagiranye nawe ikiganiro kimusanze mu rugo rwe, aho yahungiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika maze baganira ku bibazo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":11735,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-31449","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leah Karegeya yaganiriye n&#039;ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leah Karegeya yaganiriye n&#039;ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leah KAREGEYA ni umupfakazi&nbsp; wa Col.Patrick KAREGEYA &nbsp;wahoze ayoboye ubutasi bw\u2019u Rwanda . Patrick yahungiye &nbsp;&nbsp;muri Afurika y\u2019Epfo muwi 2013 nyuma y\u2019aho atumvikaniye na Perezida Paul Kagame uyobora u Rwanda, nyuma yaje kwicwa.&nbsp; Ikinyamakuru&nbsp; Saturday Vision cyagiranye nawe ikiganiro kimusanze mu rugo rwe, aho yahungiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika maze baganira ku bibazo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-14T14:45:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-04-14T14:46:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"218\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"263\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/\",\"name\":\"Leah Karegeya yaganiriye n'ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg\",\"datePublished\":\"2019-04-14T14:45:11+00:00\",\"dateModified\":\"2019-04-14T14:46:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg\",\"width\":218,\"height\":263,\"caption\":\"Leah Karegeya\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leah Karegeya yaganiriye n&#8217;ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leah Karegeya yaganiriye n'ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leah Karegeya yaganiriye n'ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda","og_description":"Leah KAREGEYA ni umupfakazi&nbsp; wa Col.Patrick KAREGEYA &nbsp;wahoze ayoboye ubutasi bw\u2019u Rwanda . Patrick yahungiye &nbsp;&nbsp;muri Afurika y\u2019Epfo muwi 2013 nyuma y\u2019aho atumvikaniye na Perezida Paul Kagame uyobora u Rwanda, nyuma yaje kwicwa.&nbsp; Ikinyamakuru&nbsp; Saturday Vision cyagiranye nawe ikiganiro kimusanze mu rugo rwe, aho yahungiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika maze baganira ku bibazo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-04-14T14:45:11+00:00","article_modified_time":"2019-04-14T14:46:18+00:00","og_image":[{"width":218,"height":263,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/","name":"Leah Karegeya yaganiriye n'ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg","datePublished":"2019-04-14T14:45:11+00:00","dateModified":"2019-04-14T14:46:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Leah-Karegeya.jpg","width":218,"height":263,"caption":"Leah Karegeya"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leah-karegeya-yaganiriye-nikinyamakuru-saturday-vision-cya-muri-uganda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leah Karegeya yaganiriye n&#8217;ikinyamakuru Saturday Vision cyo muri Uganda."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31449","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31449"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31449\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31452,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31449\/revisions\/31452"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11735"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31449"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31449"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31449"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}