{"id":31543,"date":"2019-04-25T18:24:02","date_gmt":"2019-04-25T16:24:02","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31543"},"modified":"2019-04-25T18:24:04","modified_gmt":"2019-04-25T16:24:04","slug":"urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/","title":{"rendered":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urukiko rw&#8217;Ikirenga rwategetse ko &#8216;gusebya&#8217; no gushushanya Perezida w&#8217;u Rwanda bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa; abaregeye urukiko bavuga ko bibangamiye ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru wa BBC wari mu rukiko uyu mwanzuro usomwa avuga ko urukiko rwategetse ko ku bandi bategetsi ibi bitagomba gufatwa nk&#8217;ibyaha bihanishwa igifungo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urukiko rwatanze impamvu z&#8217;uko Perezida w&#8217;u Rwanda ari &#8216;umuntu ukomeye ufite inshingano nyinshi&#8217;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gitabo gishya cy&#8217;ibyaha n&#8217;ibihano mu Rwanda ingingo ya 233 na 236 zivuga ko &#8220;gukoza isoni abayobozi b&#8217;igihugu, gutukana cyangwa gusebya Perezida wa Repubulika&#8221; ari ibyaha bihanwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izi ngingo zihanisha igifungo kiri hagati cy&#8217;imyaka ibiri n&#8217;irindwi n&#8217;ihazabu irenga miliyoni imwe y&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda &#8216;uwasebya&#8217; cyangwa agashushanya (cartoon) Perezida w&#8217;u Rwanda n&#8217;abandi bategetsi bakuru.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu munsi urukiko rwanzuye ko ku bandi bategetsi n&#8217;abashinzwe umutekano ibi bitagomba gufatwa nk&#8217;ibyaha bihanishwa igifungo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamategeko Me Richard Mugisha yaregeye ubucamanza ngo buvaneho izi ngingo kuko zinyuranyije n&#8217;ingingo ya 38 y&#8217;Itegeko Nshinga iha buri wese ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kirego cya Me Mugisha, avuga ko ziriya ngingo zibangamira uburenganzira bw&#8217;itangazamakuru bwo gukora mu bwisanzure.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>&#8220;Amakosa mw&#8217;itangazamakuru si icyaha&#8221;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu munyamategeko avuga ko amakosa y&#8217;umwuga mu itangazamakuru mu Rwanda hari inzego z&#8217;abanyamakuru zishinzwe kuyakurikirana bityo adakwiye gukurikiranwa nk&#8217;ibyaha.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu iburanisha, uwunganira Leta yari yatangaje ko izi ngingo zidakwiye kuva mu byaha bihanwa kuko nta kigaragaza ko zibangamiye ubwisanzure bw&#8217;intangazamakuru cyangwa ubw&#8217;abantu mu gutanga ibitekerezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku mwanzuro w&#8217;Urukiko, Me Mugisha yavuze ko ntacyo yahindura ku kemezo cy&#8217;Urukiko rw&#8217;Ikirenga ku ngingo atatsindiye ariko ko yishimiye ko hari izateshejwe agaciro nk&#8217;iyo gusebya abandi bayobozi muri rusange n&#8217;abashinzwe umutekano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rw&#8217;Ikirenga rwategetse ko &#8216;gusebya&#8217; no gushushanya Perezida w&#8217;u Rwanda bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa; abaregeye urukiko bavuga ko bibangamiye ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru. Umunyamakuru wa BBC wari mu rukiko uyu mwanzuro usomwa avuga ko urukiko rwategetse ko ku bandi bategetsi ibi bitagomba gufatwa nk&#8217;ibyaha bihanishwa igifungo. Urukiko rwatanze impamvu z&#8217;uko Perezida w&#8217;u Rwanda ari &#8216;umuntu ukomeye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":31356,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-31543","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rw&#8217;Ikirenga rwategetse ko &#8216;gusebya&#8217; no gushushanya Perezida w&#8217;u Rwanda bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa; abaregeye urukiko bavuga ko bibangamiye ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru. Umunyamakuru wa BBC wari mu rukiko uyu mwanzuro usomwa avuga ko urukiko rwategetse ko ku bandi bategetsi ibi bitagomba gufatwa nk&#8217;ibyaha bihanishwa igifungo. Urukiko rwatanze impamvu z&#8217;uko Perezida w&#8217;u Rwanda ari &#8216;umuntu ukomeye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-25T16:24:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-04-25T16:24:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"673\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"476\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha\",\"datePublished\":\"2019-04-25T16:24:02+00:00\",\"dateModified\":\"2019-04-25T16:24:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/\"},\"wordCount\":259,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/04\\\/kagame.png\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/\",\"name\":\"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/04\\\/kagame.png\",\"datePublished\":\"2019-04-25T16:24:02+00:00\",\"dateModified\":\"2019-04-25T16:24:04+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/04\\\/kagame.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/04\\\/kagame.png\",\"width\":673,\"height\":476},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda","og_description":"Urukiko rw&#8217;Ikirenga rwategetse ko &#8216;gusebya&#8217; no gushushanya Perezida w&#8217;u Rwanda bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa; abaregeye urukiko bavuga ko bibangamiye ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru. Umunyamakuru wa BBC wari mu rukiko uyu mwanzuro usomwa avuga ko urukiko rwategetse ko ku bandi bategetsi ibi bitagomba gufatwa nk&#8217;ibyaha bihanishwa igifungo. Urukiko rwatanze impamvu z&#8217;uko Perezida w&#8217;u Rwanda ari &#8216;umuntu ukomeye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-04-25T16:24:02+00:00","article_modified_time":"2019-04-25T16:24:04+00:00","og_image":[{"width":673,"height":476,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png","type":"image\/png"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha","datePublished":"2019-04-25T16:24:02+00:00","dateModified":"2019-04-25T16:24:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/"},"wordCount":259,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/","name":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png","datePublished":"2019-04-25T16:24:02+00:00","dateModified":"2019-04-25T16:24:04+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/04\/kagame.png","width":673,"height":476},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-mu-rwanda-rwategetse-ko-gusebya-no-gushushanya-perezida-bikomeza-kuba-icyaha\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urukiko mu Rwanda rwategetse ko \u2018gusebya\u2019 no gushushanya Perezida bikomeza kuba icyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31543","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31543"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31543\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31544,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31543\/revisions\/31544"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/31356"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31543"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31543"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31543"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}