{"id":3170,"date":"2013-02-09T01:10:20","date_gmt":"2013-02-08T23:10:20","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3170"},"modified":"2013-02-12T21:41:35","modified_gmt":"2013-02-12T19:41:35","slug":"mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/","title":{"rendered":"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe Leta y&#8217;u Rwanda ikomeje kwemeza ko iterambere ririmbanije, ndetse inirukana abaturage b&#8217;abakene mu mujyi wa Kigali, bimeze kugaragara ko uretse Kigali igaragarira abanyamahanga baje kuyisura, abaturage ba Kigali ya yindi itagaragara ituwe n&#8217;abakene bararira ayo kwarika kuko babona ubuyobozi busa nk&#8217;aho bwabataye.<\/p>\n<p>Twabaha urugero rw&#8217;abaturage bo mu mujyi wa Kigali, umurenge wa Kigali, akagari ka Ruliba bakomeje gutabaza basaba leta ko yabazanira amazi mu kagari kabo kuko ngo bitewe n&#8217;uko bakoresha amazi mabi y&#8217;ibirohwa batangiye guhura n&#8217;ibibazo by&#8217;uburwayi butandukanye.<!--more--><\/p>\n<p>Aba baturage baganira n&#8217;ikinyamakuru The Rwandan ku wa 05 Gashyantare 2013, bagitangarije ko bafite ikibazo cyo kutabona amazi meza, bakaba baranavuze ko iki kibazo bakigejeje ku nzego zitandukanye z&#8217;ubuyobozi zikajya zibemerera ko zigiye kugikemura ariko ngo kugeza nanubu ntakirakorwa.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage baturiye aka kagari ka Ruliba wifuje ko twandika izina rimwe mu kinyamakuru witwa Innocent yagize ati: <em>\u201curebye hano twugarijwe n&#8217;ikibazo cyo kutagira amazi meza, abantu bajya kuvoma hariha hakurya, bakamara isaha mu nzira kandi amazi bakurayo ni ibirohwa ntabwo aba ari meza, kandi n&#8217;aya mazi adutera indwara nyinshi zirimo impiswi n&#8217;ibicurane bidashiira sinzi niba leta yishimiye kugira abaturage bafite ubumuga\u201d<\/em><\/p>\n<p>Aba baturage bo mu kagari ka Ruliba bavuga ko barangaranywe n&#8217;ubuyobozi bwabo kuko ngo butabuze amafaranga yo kabazanira amazi kandi batanga imisoro myinshi itandukanye ihanitse.<\/p>\n<p>Uwineza Daphrose, umudamu w&#8217;abana babiri, aganira na The Rwanan yagize ati: <em>\u201cnta mazi tugira hano iwacu mu kagari ka Ruliba, tujya kwivomera muri biriya bishanga, cyangwa amazi y&#8217;ibirohwa mu mikokwe. Haba igihe uba uri kuvoma ukabona intumbi y&#8217;umuntu iri kureremba hejuru y&#8217;amazi uri kuvoma cyangwa ukabona imbwa yapfuye iri hejuru y&#8217;amazi uri kuvoma ubuse urumva ubu ari ubuzima koko?\u201d<\/em>,<\/p>\n<p>Daphrose yakomeje avuga ko basaba ubuyobozi kubakemurira ikibazo cyabo kuko bukizi kuva kera nk&#8217;uko yabyivugiye muri aya magambo :<em> \u201cikibazo cyacu kirazwi kugera no muri za minisiteri kuko abayobozi bagiye basimburana bose twagiye tukibabwira hanyuma bakatwizeze ko bagiye kugikemura manda zabo zikarangira ntacyo barakora n&#8217;ababasimbuye nabo tukakibagezeho nabo bakatubwira ko bagiye kugishyira mu bibazo byihutirwa duhora muri ibyo\u201d<\/em><\/p>\n<p>Munyaneza Aimable, umuyobozi w&#8217;umurenge wa Kigali uvugwamo iki kibazo aganira n&#8217;ikinyamakuru The Rwandan kuri telefone ye igendanywa yavuze ko icyo kibazo bakizi kandi kimaze igihe ngo ubu bakaba bari mu nzira zo kugikemura.<\/p>\n<p>Munyaneza yagize ati: <em>\u201ciki kibazo kimaze igihe kandi ubu kigiye gukemuka, ubusanzwe amazi yo muri ligne [umurongo] yacu (umurenge wa Kigali), Nyakabanda na Nyamirambo aturuka mu bigega biri kuri Mont Kigali [umusozi wa Kigali], ubu rero twatangiye gukorana n&#8217;ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi,umuriro, isuku n&#8217;isukura (EWASA) mu gukemura iki kibazo cy&#8217;amazi ataboneka mu murenge wa Kigali\u201d<\/em><\/p>\n<p>Munyaneza yakomeje avuga ko ubu banatangiye gukora urutonde rw&#8217;abaturage bakeneye amazi kugira ngo barebe uko babagezaho amatiyo y&#8217;amazi, yanavuze ko n&#8217;abakene badafite ubushobozi bwo kugeza amazi mu mazu yabo nabo barimo kwiga uburyo bayageza mu duce barimo<\/p>\n<p>Ikinyamakuru The Rwandan cyamubajije igihe bateganya kuba barangirije gukora ibi byose bateganya n\u2019uko atubwira ko nta gihe bariha bitewe n&#8217;uko bakiri mu nyingo<\/p>\n<p>Gusa abaturage bo muri aka kagari bo bavuga ko nta cyizere bafite cy&#8217;uko bazayabona (amazi) kuko ngo aba bayobozi babo bababwira ibyo n&#8217;abo basimbuye bababwiraga, aho banavuze ko arizo mvugo z&#8217;abayobozi kandi bamaze kuzihaga.<\/p>\n<p>Mike Gashumba<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe Leta y&#8217;u Rwanda ikomeje kwemeza ko iterambere ririmbanije, ndetse inirukana abaturage b&#8217;abakene mu mujyi wa Kigali, bimeze kugaragara ko uretse Kigali igaragarira abanyamahanga baje kuyisura, abaturage ba Kigali ya yindi itagaragara ituwe n&#8217;abakene bararira ayo kwarika kuko babona ubuyobozi busa nk&#8217;aho bwabataye. Twabaha urugero rw&#8217;abaturage bo mu mujyi wa Kigali, umurenge wa Kigali, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3171,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-3170","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe Leta y&#8217;u Rwanda ikomeje kwemeza ko iterambere ririmbanije, ndetse inirukana abaturage b&#8217;abakene mu mujyi wa Kigali, bimeze kugaragara ko uretse Kigali igaragarira abanyamahanga baje kuyisura, abaturage ba Kigali ya yindi itagaragara ituwe n&#8217;abakene bararira ayo kwarika kuko babona ubuyobozi busa nk&#8217;aho bwabataye. Twabaha urugero rw&#8217;abaturage bo mu mujyi wa Kigali, umurenge wa Kigali, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-02-08T23:10:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-02-12T19:41:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/\",\"name\":\"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-02-08T23:10:20+00:00\",\"dateModified\":\"2013-02-12T19:41:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":305,\"height\":200},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda","og_description":"Mu gihe Leta y&#8217;u Rwanda ikomeje kwemeza ko iterambere ririmbanije, ndetse inirukana abaturage b&#8217;abakene mu mujyi wa Kigali, bimeze kugaragara ko uretse Kigali igaragarira abanyamahanga baje kuyisura, abaturage ba Kigali ya yindi itagaragara ituwe n&#8217;abakene bararira ayo kwarika kuko babona ubuyobozi busa nk&#8217;aho bwabataye. Twabaha urugero rw&#8217;abaturage bo mu mujyi wa Kigali, umurenge wa Kigali, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-02-08T23:10:20+00:00","article_modified_time":"2013-02-12T19:41:35+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/","name":"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-02-08T23:10:20+00:00","dateModified":"2013-02-12T19:41:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":305,"height":200},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-gihe-leta-ishikajwe-gusa-no-gukubura-imihanda-yo-mu-mujyi-wa-kigali-hari-abaturage-benshi-batuye-uwo-mujyi-bakivoma-ibirohwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu gihe Leta ishikajwe gusa no gukubura imihanda yo mu mujyi wa Kigali, hari abaturage benshi batuye uwo mujyi bakivoma ibirohwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3170","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3170"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3170\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3170"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3170"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3170"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}