{"id":31712,"date":"2019-05-07T21:45:57","date_gmt":"2019-05-07T19:45:57","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31712"},"modified":"2019-05-07T21:45:59","modified_gmt":"2019-05-07T19:45:59","slug":"rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/","title":{"rendered":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Nta mutekano uba mu Rwanda&nbsp;: umuntu wese uri mu Rwanda ashobora kwicwa isaha iyo ariyo yose kandi bikarangirira aho.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Amahanga nayo ari gusobanukirwa<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibihugu by\u2019i Burayi na Amerika (Ubufaransa, Ubwongereza, Suwedi, Canada, Ubudage, Australia, Leta zunze Ubumwe z\u2019Amerika, \u2026) biherutse kwandikira igihe kimwe biburira abenegihugu babyo ko bakwiye kwitondera ingendo bateganya gukorera mu Rwanda, kubera impamvu z\u2019umutekano. Abategetsi b\u2019u Rwanda bo bahisemo kuvuga ko ibyo ntacyo bivuze, ko ari agasanzwe. Nyamara buri wese yakwibaza impamvu ibyo bihugu byabikoreye icyarimwe. Akatavuze umwe\u2026<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ni ba nde babangamiye umutekano w\u2019umuturage&nbsp;?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutekano mu Rwanda uragerwa ku mashyi, kandi ni mu gihe, kuko abawubangamiye ni abashinzwe kuwurinda&nbsp;: abapolisi n\u2019abasirikari, ba maneko bashinzwe iperereza hamwe n\u2019inzego z\u2019ubutabera&nbsp;tutibagiwe n\u2019abibumbiye mu mutwe w\u2019abagizi ba nabi witwa Dasso:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8211; <strong>abapolisi n\u2019abasirikari<\/strong> nibo birirwa bafata abantu bakababoha, bakabakubita, bakabarasa izuba riva, abandi bakabashyira muri gereza ku maherere&nbsp;;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8211; <strong>inzego z\u2019iperereza<\/strong> zifatanyije n\u2019abapolisi n\u2019abasirikari nizo zirirwa zibuza rubanda uburyo mu kubiyenzaho, mu kubacuza utwabo, kubanyereza no kubica mu ibanga ku buryo ntawe uzabara inkuru, imirambo iratorargurwa ubutsitsa hirya no hino mu gihugu ntihagaragazwe abakoze ayo marorerwa&nbsp;;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8211; <strong>inzego z\u2019ubutabera<\/strong> zo zabuze ubutabera, ahubwo zashyiriweho kuba igikoresho cyo kurenganya rubanda mu ikinamico ridakurikiza amategeko. Ingero zitari kure ni ibyakorewe umuryango wa Rwigara Assinapol ndetse n\u2019ibikomeje gukorerwa abarwanashyaka ba FDU-INKINGI na prezidante waryo Mme Victoire INGABIRE Umuhoza (bose bakomeje gusiragizwa mu nzego z\u2019iperereza, mu bushinjacyaha no mu nkiko-nkinamico). Ku birebana n\u2019inyerezwa rya Boniface TWAGIRIMANA, V\/Prezida wa mbere wa FDU-INKINGI n\u2019iyicwa rya Anselme MUTUYIMANA, Leta niyo ibikora, yarangiza ikigira nyoni-nyinshi ngo irakora iperereza, rya perereza ritazagira icyo rigeraho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8211;<strong> Abitwa ba Dasso&nbsp;: <\/strong>aba ni abagizi ba nabi bo mu rwego rwo hejuru banyanyagijwe mu gihugu hose&nbsp;; bakaba bakorana n\u2019inzego z\u2019iperereza hamwe n\u2019abapolisi mu kubuza&nbsp; abaturage amahwemo, babatera ubwoba, babasahura utwo batunze, batunga agatoki uwo ariwe wese batiyumvamo bityo bikarangira bamwikijije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nguko uko umuntu uwo ari we wese ashobora kwicwa mu Rwanda, we n\u2019umuryango we ntibazigere bahabwa ubutabera.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>None bigende bite&nbsp;?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">U Rwanda ruyobowe n\u2019Inkotanyi rwahindutse igihugu aho uwagombye kurinda umutekano ari we uwangiza, aho uwagombye kukurengera ari we ukurenganya. Ibyo abanyarwanda benshi barabizi, n\u2019abasigaye bagomba guhumuka, bakamenya ko ibyo bigomba guhagarara, bakiyumvisha ko aribo batanga ubutegetsi, bagahagurukira gushaka impinduka izatuma bagira umutekano w\u2019ibintu n\u2019abantu, impinduka izatuma abategetsi bongera kugirirwa ikizere.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba muri iki gihe hari uturere turangwamo imirwano, nk\u2019uko Ministre Sezibera Richard yabitangaje nyuma y\u2019ishimutwa rya Major Callixte Sankara, nabyo ni ikindi kimenyetso ko umutekano uri kurushaho kuba mubi mu Rwanda. Ntawatekereje ko umucikacumu yafashe intwaro akarwanya ingoma ya FPR.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ndetse n\u2019imipaka y\u2019u Rwanda n\u2019ibihugu duturanye nayo iravugwaho inkuru zitari iz\u2019ituze, abategetsi bageze aho babuza abanyarwanda kwambuka ngo bajye muri Uganda cyangwa mu Burundi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ingaruka zo kutubahiriza amategeko<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe abapolisi, Dasso, abasirikari, inzego z\u2019iperereza n\u2019iz\u2019ubutabera zishyize hejuru y\u2019amategeko zikarenganya rubanda mu iterabwoba no guhotora, kugeza n\u2019aho abanyamahanga batinya kuza mu gihugu cyangwa bakaza bikandagira, nta muntu uri mu Rwanda ushobora kwemeza ko umutekano we urinzwe. Inzego z\u2019ubutabera n\u2019umutekano mu Rwanda zibereyeho gukorera umuntu umwe n\u2019agatsiko ke kamukikije gusa, agatsiko kikubiye ibyiza byose by\u2019u Rwanda. Igihugu nk\u2019icyo nta kizere gitanga ko ejo hazaza ari heza kurusha none. Niyo mpamvu twese tugomba guhaguruka aho kurebera gusa, tukagaragaza ko impinduka ari ngombwa kandi tukitabira gufatanya n\u2019abiyemeje kuyishaka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Umwanzuro<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ishyaka FDU-INKINGI rizakomeza guharanira iyo mpinduka, kwakira no gufasha abayifuza. Rirasaba kandi abayoboye u Rwanda kureka kwishyira hejuru y\u2019amategeko, ahubwo bakihatira kuyakurikiza aho kuyakoresha mu kurenganya abaturage. FDU-INKINGI irabasaba ikomeje gukora ku buryo impinduka yakorwa binyuze mu nzira y\u2019amahoro n\u2019imishyikirano, bakirinda imvururu n\u2019amahane kuko nabo batabyungukiramo. Uburyo bwonyine bwo kwimakaza ayo mahoro n\u2019ubwumvikane&nbsp; ni ibiganiro bitaziguye leta iriho igomba kugirana n\u2019abatavuga rumwe nayo, baba abibumbiye mu mitwe ya politiki cyangwa se abibumbiye mu mashyirahamwe atabagogamiye kuri politiki.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019imyaka 25 igihugu gikomeje kwitwara nk\u2019ikiri mu ntambara, abasirikari banyanyagije ku misozi mu gihugu cyose; kuririmba umutekano ntabwo ari byo bizawuzana mu gihugu niba ntagikozwe ngo imyumvire n\u2019imigirire y\u2019ubutegetsi ihinduke vuba na bwangu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Rouen, kuwa 07 Gicurasi 2019<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Th\u00e9ophile MPOZEMBIZI\u00a0<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Komiseri ushinzwe itangazamakuru wa FDU-INKINGI<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nta mutekano uba mu Rwanda&nbsp;: umuntu wese uri mu Rwanda ashobora kwicwa isaha iyo ariyo yose kandi bikarangirira aho. Amahanga nayo ari gusobanukirwa Ibihugu by\u2019i Burayi na Amerika (Ubufaransa, Ubwongereza, Suwedi, Canada, Ubudage, Australia, Leta zunze Ubumwe z\u2019Amerika, \u2026) biherutse kwandikira igihe kimwe biburira abenegihugu babyo ko bakwiye kwitondera ingendo bateganya gukorera mu Rwanda, kubera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":22551,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-31712","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-\ufeff\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nta mutekano uba mu Rwanda&nbsp;: umuntu wese uri mu Rwanda ashobora kwicwa isaha iyo ariyo yose kandi bikarangirira aho. Amahanga nayo ari gusobanukirwa Ibihugu by\u2019i Burayi na Amerika (Ubufaransa, Ubwongereza, Suwedi, Canada, Ubudage, Australia, Leta zunze Ubumwe z\u2019Amerika, \u2026) biherutse kwandikira igihe kimwe biburira abenegihugu babyo ko bakwiye kwitondera ingendo bateganya gukorera mu Rwanda, kubera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-\ufeff\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-07T19:45:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-05-07T19:45:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1080\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"607\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff\",\"datePublished\":\"2019-05-07T19:45:57+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-07T19:45:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/\"},\"wordCount\":717,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg\",\"articleSection\":[\"Abanyapolitiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/\",\"name\":\"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-07T19:45:57+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-07T19:45:59+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg\",\"width\":1080,\"height\":607},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-\ufeff\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda","og_description":"Nta mutekano uba mu Rwanda&nbsp;: umuntu wese uri mu Rwanda ashobora kwicwa isaha iyo ariyo yose kandi bikarangirira aho. Amahanga nayo ari gusobanukirwa Ibihugu by\u2019i Burayi na Amerika (Ubufaransa, Ubwongereza, Suwedi, Canada, Ubudage, Australia, Leta zunze Ubumwe z\u2019Amerika, \u2026) biherutse kwandikira igihe kimwe biburira abenegihugu babyo ko bakwiye kwitondera ingendo bateganya gukorera mu Rwanda, kubera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-\ufeff\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-05-07T19:45:57+00:00","article_modified_time":"2019-05-07T19:45:59+00:00","og_image":[{"width":1080,"height":607,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff","datePublished":"2019-05-07T19:45:57+00:00","dateModified":"2019-05-07T19:45:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/"},"wordCount":717,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg","articleSection":["Abanyapolitiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/","name":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg","datePublished":"2019-05-07T19:45:57+00:00","dateModified":"2019-05-07T19:45:59+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/2017-10-23-PHOTO-00001006.jpg","width":1080,"height":607},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihugu-kiririmba-umutekano-kandi-ntawo-kigira-%ef%bb%bf\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda : igihugu kiririmba umutekano kandi ntawo kigira.\ufeff"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31712","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31712"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31712\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31713,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31712\/revisions\/31713"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22551"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31712"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31712"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31712"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}