{"id":31840,"date":"2019-05-14T16:06:31","date_gmt":"2019-05-14T14:06:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31840"},"modified":"2019-05-14T16:35:47","modified_gmt":"2019-05-14T14:35:47","slug":"tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/","title":{"rendered":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izina Tom Ndahiro ni izina rizwi cyane mu Rwanda kuko uyu mugabo akunze kugaragara avuga kuri genocide yakorewe abatutsi aho yiyita umushakashatsi kuri yo. Amagambo yuje ubuhezanguni akunze gukoresha mu biganiro atumirwamo bitandukanye yatumye izina rye ritumbagira haba mu gihugu ndetse no hanze yacyo. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N\u2019ubwo ibi ariko abikora atabyishimiye kuko iyo yicaranye n\u2019inshuti ze ajya azitura agahinda aterwa no kwirirwa mu mwanda ashorwamo na FPR akandi akaba ahamya ko igihe kizagera akabiryozwa.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Tom Ndahiro yatangiye aka kazi gute ?&nbsp; Ahembwa nande ?&nbsp;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu mugabo wemeye kuba agatebe kayora ivu rituruka mu mazuku ya FPR ni umututsi wavukiye muri Tanzania. Mu gihe cy\u2019intambara ya FPR Tom yabaga ku Murindi ashinzwe gutekera abasilikari impungure no kubasiriza inkwi muri rusange. Ibi byatumaga agenda amenya amakuru y\u2019urugamba kuko yumvirizaga amakuru abasilikari babaga bari kuvuga. Nk\u2019umugabo wavutse ari inshyomotsi muri we,&nbsp; yaje gufatiraho ubwo urugamba rwarangiraga yigira umunyamakuru n\u2019ubwo nta bumenyi yari afite muri uyu mwuga. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yakoreye imvaho nshya akajya yirirwa akanga abahutu bose ko nibatamuha ruswa abita abagenocideri (abashidikanya bazabaze Pierre C\u00e9l\u00e9stin Rwigema wahoze ari Ministre w&#8217;intebe). <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aka kazi kaje kumunanira cyane ko nta n\u2019ubumenyi yari agafitemo maze DMI iza kumugira maneko ya gisivili aho yirirwaga aneka abanyamakuru bakoreraga umuseso\u00a0n\u2019ibindi binyamakuru byakoraga ibyo FPR idashaka, ibi akabifatanya no kuba Komiseri muri Komisiyo y&#8217;uburenganzira boa muntu. Aka kazi ngo yagakoze neza cyane kuko muri kamere ye asanzwe ari umuntu uzi gucura ibinyoma. Uyu Tom Ndahiro ahembwa umushahara ungana n\u2019ibihumbi 350 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ku kwezi kubera kwirirwa asebya abadahuje ibitekerezo bya politike\u00a0na FPR. Aha hiyongeraho essence y\u2019imodoka, kurya muri restaurant z\u2019icyama n\u2019ibindi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Tom Ndahiro nka Peter Mahirwe ni umucakara utemera ibyo akoreshwa !<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ahagana mu mwaka wa 2009 nibwo iri zina Peter&nbsp; Mahirwe ryamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amagambo yuje urwango yatambutswaga n\u2019uyu mugabo wiyise Peter Mahirwe. Impamvu yiyise aya mazina ni uko ubwe nawe atemeraga ibyo atangaza muri make byari bimuteye isoni kubikora mu mazina ye asanzwe n\u2019ubwo byabaye iby\u2019ubusa abasore bakorera DMI bakamushyira ku karubanda. Birumvikana ko nk\u2019umuntu wavugaga ibidasanzwe yagombaga gukurikiranwa n\u2019abantu benshi kandi ni nako byagenze. Ibi byose yabikoraga ku mabwiriza ya Jacques Nziza. Uru rwego rushinzwe iperereza rumaze kubona ko iri zina rimaze kugira abantu benshi barikurikirana hafashwe icyemezo ko ubutumwa bwose busebya abadakunda kagame buzajya bunyuzwa kuri ririya zina kugira ngo bugere kuri benshi. Kubera ko uyu Tom&nbsp; Ndahiro a.ka Peter Mahirwe atari umuhanga mu ndimi&nbsp; , cyane kuko nta rurimi rw\u2019amahanga yandika neza kubera atigeze yiga amashuri ahagije, byababaye ngombwa ko&nbsp;hagomba kubaho itsinda ry\u2019intiti rikora muri OGS (office of government spokesperson) rizajya ryandika ubutumwa bwibasira abarwanya Kagame hanyuma bukanyuzwa kuri ririya zina rya Peter Mahirwe. Ibi byarakozwe maze uyu Mugabo aramamara karahava.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Tom Ndahiro yashatse kubivamo akangishwa urupfu !<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019aho uyu mugabo agiriwe inama n\u2019abamukunda ko ibyo akora ntaho bitaniye n\u2019ibya Kantano cyangwa Bemeriki mu gihe cya genocide, yashatse gukuramo akarenge ariko intasi za Kagame zimutera ubwoba ko niyibeshya akareka kariya kazi azabizira, ikindi ni uko yahise yakwa email n\u2019ijambo ry\u2019ibanga rya Compte ya Peter Mahirwe maze maneko za Kagame zikajya zirundaho ibyo zishakiye zitanabanje kumugisha inama kandi ategekwa kutibeshya ngo agire icyo ahindura. Niko kuguma hamwe aremera ahebera urwaje.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Tom Ndahiro&nbsp; yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora ari mu kabari !<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mwaka wa 2017 ubwo yari mu kabari k\u2019i Nyamirambo kitwa le capri gaherereye kuri Cosmos yaje kubazwa n\u2019umusaza wari wicaye iruhande rwe impamvu bambitse ubusa umwari Diane Rwigara kandi kizira mu muco. Kubera ko agacupa kari kamaze kumugeramo yaremeye abwiza abari iruhende rwe ukuri kose. Yavuze ko biriya yabitangiye asa n\u2019ukina , ariko nyuma umutima ukaza umukomanga, ariko ngo yashatse kubihagarika ngo yikorere business aza guterwa ubwoba. Amakuru avuga ko Tom\u00a0 yahise avugana amarira menshi\u00a0 ko mubyo azaraga abana be itangazamakuru ritarimo kuko ngo ariryo ryabaye intandaro y\u2019ibibazo arimo byose kuko ahora yibaza uko azabaho inyuma ya FPR.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababikurikiranira hafi bavuga ko ashobora guhabwa umwanya w&#8217;ubusenateri mu minsi ya vuba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Umusomyi wa The Rwandan<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Kigali<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Izina Tom Ndahiro ni izina rizwi cyane mu Rwanda kuko uyu mugabo akunze kugaragara avuga kuri genocide yakorewe abatutsi aho yiyita umushakashatsi kuri yo. Amagambo yuje ubuhezanguni akunze gukoresha mu biganiro atumirwamo bitandukanye yatumye izina rye ritumbagira haba mu gihugu ndetse no hanze yacyo. N\u2019ubwo ibi ariko abikora atabyishimiye kuko iyo yicaranye n\u2019inshuti ze ajya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":28446,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-31840","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-\ufeff\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Izina Tom Ndahiro ni izina rizwi cyane mu Rwanda kuko uyu mugabo akunze kugaragara avuga kuri genocide yakorewe abatutsi aho yiyita umushakashatsi kuri yo. Amagambo yuje ubuhezanguni akunze gukoresha mu biganiro atumirwamo bitandukanye yatumye izina rye ritumbagira haba mu gihugu ndetse no hanze yacyo. N\u2019ubwo ibi ariko abikora atabyishimiye kuko iyo yicaranye n\u2019inshuti ze ajya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-\ufeff\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-14T14:06:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-05-14T14:35:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"860\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff\",\"datePublished\":\"2019-05-14T14:06:31+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-14T14:35:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/\"},\"wordCount\":688,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/09\\\/Tom-Ndahiro.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/\",\"name\":\"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/09\\\/Tom-Ndahiro.jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-14T14:06:31+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-14T14:35:47+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/09\\\/Tom-Ndahiro.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/09\\\/Tom-Ndahiro.jpg\",\"width\":720,\"height\":860,\"caption\":\"Tom Ndahiro\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-\ufeff\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda","og_description":"Izina Tom Ndahiro ni izina rizwi cyane mu Rwanda kuko uyu mugabo akunze kugaragara avuga kuri genocide yakorewe abatutsi aho yiyita umushakashatsi kuri yo. Amagambo yuje ubuhezanguni akunze gukoresha mu biganiro atumirwamo bitandukanye yatumye izina rye ritumbagira haba mu gihugu ndetse no hanze yacyo. N\u2019ubwo ibi ariko abikora atabyishimiye kuko iyo yicaranye n\u2019inshuti ze ajya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-\ufeff\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-05-14T14:06:31+00:00","article_modified_time":"2019-05-14T14:35:47+00:00","og_image":[{"width":720,"height":860,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff","datePublished":"2019-05-14T14:06:31+00:00","dateModified":"2019-05-14T14:35:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/"},"wordCount":688,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/","name":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg","datePublished":"2019-05-14T14:06:31+00:00","dateModified":"2019-05-14T14:35:47+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/09\/Tom-Ndahiro.jpg","width":720,"height":860,"caption":"Tom Ndahiro"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tom-ndahiro-yigeze-kurizwa-nibyo-akora-umunsi-umwe-turi-mu-kabari-%ef%bb%bf\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tom Ndahiro yigeze kurizwa n\u2019ibyo akora umunsi umwe turi mu kabari! \ufeff"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31840","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31840"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31840\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31847,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31840\/revisions\/31847"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/28446"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31840"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31840"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31840"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}