{"id":31899,"date":"2019-05-17T14:11:50","date_gmt":"2019-05-17T12:11:50","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31899"},"modified":"2019-05-17T21:04:57","modified_gmt":"2019-05-17T19:04:57","slug":"leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/","title":{"rendered":"Leta y&#8217;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu."},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk&#8217;uko bigaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane twitter Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga n&#8217;ubutwererane mu Rwanda n&#8217;ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe iterambare mu Rwanda (RDB) biri mu gikorwa cyo kuzengurutsa abahagarariye ibihugu byabo n&#8217;imiryango mpuzamahanga mu Rwanda mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki gikorwa cyatangiriye muri Pariki ya Nyungwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019 kizageza ku tariki ya 19 Gicurasi 2019 nk&#8217;uko bitangazwa ku rukuta rwa twitter rwa Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga n&#8217;ubutwererane mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki gikorwa kije mu gihe ibihugu byinshi byo mu burengerazuba bw&#8217;isi byari byasabye abaturage babyo kugenda bikandagira mu bice bimwe by&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababikurikiranira hafi bakaba bavuga ko Leta y&#8217;u Rwanda mu ntumbero yo kwigaragaza neza kugira ngo izakire inama y&#8217;ibihugu bivuga icyongereza mu 2020 ishobora gukora ibikorwa byinshi nk&#8217;ibi ndetse igakomeza n&#8217;ibikorwa byinshi bigamije guca intege imitwe irwanya Leta y&#8217;u Rwanda ikoresheje intwaro. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri benshi itabwa muri yombi rya LaForge Bazeye na Lt Col Abega ba FDLR kongeraho Major  Callixte Sankara wa FLN bishobora kuba intangiriro y&#8217;ibindi bikorwa byakwibasira abatavuga rumwe na Leta y&#8217;u Rwanda mu mahanga baba ari abakoresha intwaro cyangwa abandi cyane cyane ko muri iyi minsi leta y&#8217;u Rwanda n&#8217;abayishyigikiye badukanye imvugo nshya yo kwita abayirwanya abakora iterabwoba (terroristes) cyangwa imitwe ya politiki iyirwanya imitwe y&#8217;iterabwoba (terror groups) hagamije kuyobya no gutera ubwoba abarwanya iyo Leta n&#8217;ibihugu by&#8217;amahanga.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-twitter wp-block-embed is-type-rich is-provider-twitter\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\"><p lang=\"en\" dir=\"ltr\">Up for the challenge! The diplomats based in Rwanda touring the country are now doing the canopy walk in <a href=\"https:\/\/twitter.com\/NyungwePark?ref_src=twsrc%5Etfw\">@NyungwePark<\/a>. <a href=\"https:\/\/twitter.com\/hashtag\/VisitRwanda?src=hash&amp;ref_src=twsrc%5Etfw\">#VisitRwanda<\/a> <a href=\"https:\/\/t.co\/Bp2G3iz4i8\">pic.twitter.com\/Bp2G3iz4i8<\/a><\/p>&mdash; Rwanda Development Board (@RDBrwanda) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RDBrwanda\/status\/1129329740316315648?ref_src=twsrc%5Etfw\">May 17, 2019<\/a><\/blockquote><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-twitter wp-block-embed is-type-rich is-provider-twitter\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\"><p lang=\"en\" dir=\"ltr\">The group having a short briefing before heading to Nyungwe National Park for the two main activities of the day: the Canopy Walk &amp; Kamiranzovu Trail experiences. <a href=\"https:\/\/twitter.com\/hashtag\/DiplomaticExcursion?src=hash&amp;ref_src=twsrc%5Etfw\">#DiplomaticExcursion<\/a> <a href=\"https:\/\/t.co\/VpYjoXVBeC\">pic.twitter.com\/VpYjoXVBeC<\/a><\/p>&mdash; Ministry of Foreign Affairs &amp; Int&#39;l Cooperation (@RwandaMFA) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RwandaMFA\/status\/1129309803745095680?ref_src=twsrc%5Etfw\">May 17, 2019<\/a><\/blockquote><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-twitter wp-block-embed is-type-rich is-provider-twitter\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\nhttps:\/\/twitter.com\/rbarwanda\/status\/1129343002063908869\n<\/div><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Marc Matabaro Nk&#8217;uko bigaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane twitter Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga n&#8217;ubutwererane mu Rwanda n&#8217;ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe iterambare mu Rwanda (RDB) biri mu gikorwa cyo kuzengurutsa abahagarariye ibihugu byabo n&#8217;imiryango mpuzamahanga mu Rwanda mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu. Iki gikorwa cyatangiriye muri Pariki ya Nyungwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":31900,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-31899","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#039;igihugu. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#039;igihugu. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Marc Matabaro Nk&#8217;uko bigaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane twitter Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga n&#8217;ubutwererane mu Rwanda n&#8217;ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe iterambare mu Rwanda (RDB) biri mu gikorwa cyo kuzengurutsa abahagarariye ibihugu byabo n&#8217;imiryango mpuzamahanga mu Rwanda mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu. Iki gikorwa cyatangiriye muri Pariki ya Nyungwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-17T12:11:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-05-17T19:04:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"768\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Leta y&#8217;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu.\",\"datePublished\":\"2019-05-17T12:11:50+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-17T19:04:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/\"},\"wordCount\":243,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/sezibera.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/\",\"name\":\"Leta y'u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by'igihugu. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/sezibera.jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-17T12:11:50+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-17T19:04:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/sezibera.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/sezibera.jpg\",\"width\":1024,\"height\":768},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#8217;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y'u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by'igihugu. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y'u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by'igihugu. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Marc Matabaro Nk&#8217;uko bigaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane twitter Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga n&#8217;ubutwererane mu Rwanda n&#8217;ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe iterambare mu Rwanda (RDB) biri mu gikorwa cyo kuzengurutsa abahagarariye ibihugu byabo n&#8217;imiryango mpuzamahanga mu Rwanda mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu. Iki gikorwa cyatangiriye muri Pariki ya Nyungwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-05-17T12:11:50+00:00","article_modified_time":"2019-05-17T19:04:57+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":768,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Leta y&#8217;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu.","datePublished":"2019-05-17T12:11:50+00:00","dateModified":"2019-05-17T19:04:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/"},"wordCount":243,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/","name":"Leta y'u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by'igihugu. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg","datePublished":"2019-05-17T12:11:50+00:00","dateModified":"2019-05-17T19:04:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/sezibera.jpg","width":1024,"height":768},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-gikorwa-cya-gutembereza-abahagarariye-ibihugu-byabo-mu-bice-bitandukanye-byigihugu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#8217;u Rwanda mu gikorwa cya gutembereza abahagarariye ibihugu byabo mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31899","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31899"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31899\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31907,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31899\/revisions\/31907"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/31900"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31899"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31899"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31899"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}