{"id":319,"date":"2012-07-19T15:58:11","date_gmt":"2012-07-19T13:58:11","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=319"},"modified":"2012-07-19T15:58:11","modified_gmt":"2012-07-19T13:58:11","slug":"ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/","title":{"rendered":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa na BBC aravuga ko inyeshyamba za M23, zigeze mu birometero hafi 40 mu majyaruguru y\u2019umujyi wa Goma hafi y\u2019umupaka w\u2019u Rwanda. Amakuru atangazwa na Aljazeera aravuga ko M23 igeze hafi ya Kibumba izindi ngabo zayo ziragana mu gace ka Masisi. Ingabo za MONUSCO zirimo gushaka gushinga ibirindiro ahantu henshi kugira ngo zishobore kurinda abasiviri.<!--more--><\/p>\n<p>Muri icyo gihe kandi ibintu ntabwo byoroshye mu mujyi wa Goma aho insoresore ziganjemo abamotari n\u2019abandi zakoze ibimeze nk\u2019imyigaragambyo zijya ku kicaro cy\u2019akarere ka 8 ka Gisirikare k\u2019ingabo za Congo (FARDC) zivuga ko niba ingabo za Congo zidashaka kurwana zabaha intwaro bakirwanira ubwabo na M23. Ibyo bije bikurikira ifatwa ry\u2019uduce twinshi two mu karere ka Rutshuru n\u2019ingabo za M23 turimo Bunagana, Jomba, Ntamugenga, Rutshuru Centre, Kiwanja, Rumangabo n\u2019ahandi.<\/p>\n<p>Abo bigaragambya ntabwo bagarukiye aho batangiye ibikorwa byo guhohotera abanyarwanda cyangwa abasa nabo babarega kuba batera igihugu cyabo bafashije M23. Hari amakuru yatangajwe n\u2019abantu batandukanye yemeza ko abanyarwanda benshi n\u2019abanyekongo bavuga ikinyarwanda bo mu bwoko bw\u2019abatutsi bahohotewe muri icyo gikorwa ndetse hari abavuga ko hari ababuriwe irengero. Nabibutsa ko uretse abanyekongo bavuga ikinyarwanda baba mu mujyi wa Goma hari abanyarwanda benshi bakorera ibikorwa by\u2019ubucuruzi mu mujyi wa Goma, hari n\u2019abanyeshuri b\u2019abanyarwanda biga mu mashuri y\u2019i Goma bagataha i Gisenyi (Rubavu).<\/p>\n<p>Abayobozi ba Congo bo mu ijwi rya Guverineri wa Kivu y\u2019amajyaruguru Bwana Julien Paluku, bavuze ko hari abantu batangiye ibikorwa byo gushuka abanyekongo cyane cyane urubyiruko bagamije kurushora mu bikorwa by\u2019urugomo byibasira abanyarwanda cyangwa abo mu bwoko bw\u2019abatutsi, bityo bigaha u Rwanda na M23 urwitwazo rwo gutera umujyi wa Goma bitwaje ko baje gutabara abatutsi barimo guhohoterwa. Hari n\u2019amakuru avuga ko hari abasirikare ba M23 barangije gucengera mu mujyi wa Goma. Ingabo za MONUSCO nazo ngo zirimo kugerageza gucungira hafi umupaka w\u2019u Rwanda ngo zirebe ko hatagira abatera Goma bavuye mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Leta ya Congo, Ingabo za Congo (FARDC) zikomeje kugaragaza intege nke ku buryo zikomeje gusubira inyuma zitarwanye ariko zinagenda zisahura abaturage. Hari amakuru avuga ko Leta ya Congo ubu yitabaje Bataillon y\u2019ingabo zayo yatojwe n\u2019ingabo z\u2019Amerika yari mu gikorwa cyo guhiga inyeshyamba za LRA ikaba ngo yoherejwe gufasha abandi basirikare ba Congo bagera ku 7000 bahanganye na M23. Abaturage ba Congo bo bakomeje kugaragaza uburakari barega Leta yabo kutagira icyo ikora ngo irwane ku busugire bw\u2019igihugu cyabo. Mu makuru atangazwa n\u2019urubuga rwa Radio Okapi kuri uyu wa kabiri tariki 10 Nyakanga 2012, Guverineri wa Kivu y\u2019amajyaruguru, Bwana Julien Paluku we yemeza ko ingabo za Congo FARDC ari zo zigenzura uduce twa Rutshuru na Kiwanja.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019amahanga uretse ibyatangajwe mu minsi ishize bijyanye n\u2019icyegeranyo cy\u2019impuguke za ONU cyaregaga u Rwanda gufasha M23, ibihugu byinshi birasa nk\u2019aho bigenda gahoro muri iki kibazo ariko hari ibihugu nka Afrika y\u2019Epfo byatangiye gusaba ko u Rwanda rwafatirwa ibihano. Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika nazo mu ijwi ry\u2019intumwa ya Perezida Obama, Bwana Barrie Walkey wari mu rugendo muri Congo no mu Rwanda yatangaje ko Leta y\u2019Amerika ihangayikishijwe n\u2019ibibera muri Kivu, ko bamenyesheje Leta y\u2019u Rwanda aho Leta y\u2019Amerika ihagaze ko u Rwanda rugomba kureka gufasha M23.<\/p>\n<p><strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa na BBC aravuga ko inyeshyamba za M23, zigeze mu birometero hafi 40 mu majyaruguru y\u2019umujyi wa Goma hafi y\u2019umupaka w\u2019u Rwanda. Amakuru atangazwa na Aljazeera aravuga ko M23 igeze hafi ya Kibumba izindi ngabo zayo ziragana mu gace ka Masisi. Ingabo za MONUSCO zirimo gushaka gushinga ibirindiro ahantu henshi kugira ngo zishobore kurinda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":320,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-319","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru atangazwa na BBC aravuga ko inyeshyamba za M23, zigeze mu birometero hafi 40 mu majyaruguru y\u2019umujyi wa Goma hafi y\u2019umupaka w\u2019u Rwanda. Amakuru atangazwa na Aljazeera aravuga ko M23 igeze hafi ya Kibumba izindi ngabo zayo ziragana mu gace ka Masisi. Ingabo za MONUSCO zirimo gushaka gushinga ibirindiro ahantu henshi kugira ngo zishobore kurinda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-19T13:58:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma\",\"datePublished\":\"2012-07-19T13:58:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/\"},\"wordCount\":545,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\",\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/\",\"name\":\"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-19T13:58:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"448\",\"height\":\"310\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru atangazwa na BBC aravuga ko inyeshyamba za M23, zigeze mu birometero hafi 40 mu majyaruguru y\u2019umujyi wa Goma hafi y\u2019umupaka w\u2019u Rwanda. Amakuru atangazwa na Aljazeera aravuga ko M23 igeze hafi ya Kibumba izindi ngabo zayo ziragana mu gace ka Masisi. Ingabo za MONUSCO zirimo gushaka gushinga ibirindiro ahantu henshi kugira ngo zishobore kurinda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-19T13:58:11+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma","datePublished":"2012-07-19T13:58:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/"},"wordCount":545,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere","Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/","name":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-19T13:58:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"448","height":"310"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-zu-rwanda-na-m23-zugarije-umujyi-wa-goma\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ingabo z\u2019u Rwanda na M23 zugarije umujyi wa Goma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/319","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=319"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/319\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=319"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=319"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=319"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}