{"id":31902,"date":"2019-05-17T15:02:13","date_gmt":"2019-05-17T13:02:13","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=31902"},"modified":"2019-05-17T15:02:14","modified_gmt":"2019-05-17T13:02:14","slug":"police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/","title":{"rendered":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!!"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>Abantu bose bakubiswe n\u2019inkuba babonye ibyakozwe n\u2019Igipolisi cy\u2019u Rwanda ubwo cyajyaga mu rugo rw\u2019Umusaza Munyentwali Germain bakunda kwita Kabayiza, n\u2019urw\u2019 Umuhungu we NIYITEGEKA Pascal, maze bakaza bitwaje imifuka ibiri y\u2019urumogi: Umwe mu rugo rw\u2019umusaza,undi mu rugo rw\u2019umuhungu we, maze bagahindukira bakabapakirana n\u2019iyo mifuka urugo rwose, bagasiga abana b\u2019inshuke baririra mu nzu bonyine!&nbsp;&nbsp;<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imodoka ebyiri zuzuye abapolisi zagaragaye i Buhororo (Akagali) mu mudugudu wa Gako, mu Murenge wa Ruhango ho mu Karere ka Ruhango, ahagana saa tanu z\u2019ijoro, abababonye bagenda bagize ngo ni igitero cy\u2019ingabo! Igipolisi cy\u2019u Rwanda kivuga ko ari icy\u2019umwuga, cyageze mu rugo rw\u2019Umusaza Munyentwali&nbsp; n\u2019urw\u2019Umuhungu we Pascal NIYITEGEKA umaze igihe ataba mu rugo bikekwa ko yahunze, baza bikoreye imifuka y\u2019urumogi maze babyutsa abari muri izo ngo dore ko zinegeranye maze babatwara bose, babashinja ko babafatanye urumogi!!!&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu rugo rw\u2019umusaza batwaye:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umusaza MUNYENTWALI Germain,(Imyaka 56)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umukecuru we KANKINDI Perse (imyaka 52)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuhungu we NZABANDORA William (22)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu rugo rw\u2019umuhungu we batwaye umukazana we witwa&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">UWIMBABAZI Immacul\u00e9e.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/IMG-20190516-WA0034-768x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-875\"\/><figcaption>Uwimbabazi Immacul\u00e9e n\u2019Akana ke gacutse. Igipolisi cy\u2019u Rwanda cyamutwerereye umufuka w\u2019urumogi,kiramutesha abana 2 b\u2019inshuke!<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki gipolisi kitagira impuhwe cyatesheje uyu mukazana wa Mzee Munyentwali abana babiri&nbsp; umwe ufite imyaka 3, n\u2019undi wari ku ibere ufite umwaka umwe n\u2019igice. (1 n\u2019amezi 6)! Naho kwa Munyentwali hasigaye abana babili b\u2019impanga bari mu kigero cy\u2019imyaka 14 &nbsp;umwe w\u2019umukobwa undi w\u2019umuhungu!!! Ubu abana birirwa barira bakara barira! Ibi byose byateguwe na RIB n\u2019ubutegetsi bwa FPR inkotanyi!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tubibutse ko uyu musaza n\u2019umuhungu we, bari baherutse kugirwa abere n\u2019urukiko rwisumbuye rwa Muhanga, ubwo ubushinjacyaha bwabaregaga kubona umunyamakuru Ntamuhanga Cassien, ntibamutungire agatoki! Umucamanza yafashe icyemezo ashingiye ko uwo musaz n\u2019umuhungu we ntaho bahuriye na Gereza,ko batigeze bayigaragaraho cyangwa ngo babe bari basanzwe basura Ntamuhanga muri gereza. Nyuma y\u2019igihe gito barekuwe, ubushinjacyaha bwarongeye burabajuririra, maze bahamagarwa kuri telephone bamenyeshwa ko bazajya kuburana kuwa 16 Gicurasi 2019.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyatangaje abantu ni uko habura umunsi umwe ngo bajye mu rukiko,igipolisi aribwo cyaje kikoreye imifuka y\u2019urumogi,kikabakukumba bose uko bakabaye. Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa 16 Gicurasi, ubushinjacyaha bwavangavanze ibintu,abantu bose barumirwa: Bwabanje kuvuga ko busaba urukiko gusesa imiburanishirize yose yabanje, maze bugatangira bushya! Burangije buvuga ko bwanasanze mu ngo zabo urumogi!<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/IMG-20190112-WA0013-683x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-876\"\/><figcaption>NZABANDORA William,yw\u2019imyaka 22 nyuma y\u2019igihe gito agizwe umwere, RIB,Polisi n\u2019Ubushinjacyaha bongeye kumwigomba!<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umusaza Munyentwali n\u2019umuryango we wose ni Abadivantiste b\u2019Umunsi wa Kalindwi ubuzima bwabo bwose! Uyu musaza yari Umudiakoni ku Itorero rya Buhoro. Abana be n\u2019Umukazana be bose baririmba mu makorali yo kuri iryo torero. Usibye no kubagerekera imifuka ibiri y\u2019urumogi, n\u2019isegereti ntirigera ikandagira mu rugo rwabo! Abaturage barahamya ko uwo muryango ushobora kuba utaranabona n\u2019urumogi uko rusa!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">RIB n\u2019igipolisi cy\u2019u Rwanda, byateye isoni abantu kuburyo abantu bose biteguye kuzareba ikemezo umucamanza azafata,ubundi bakamenya aho igihugu kerekera. Kuri ubu umukecuru,umusaza, umuhungu n\u2019umukazana bose bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi i Muhanga, abana b\u2019impinja bari ku baturanyi barara barira bakirirwa barira! Uruhinja rwakuwe ku ibere rwo rushobora no gupfa isaha iyo ariyo yose!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abantu bose baribaza niba ari Ubukunguzi cyangwa ubugome babuze igisubizo!&nbsp; Ubusanzwe iyo Polisi yafataga n\u2019udupfunyika 2 tw\u2019urumogi yirwaga yabikwije mu binyamakuru byose,ariko aha ho ivuga ko yakuye imifuka 2 y\u2019urumogi, ntaho byigeze bitangazwa, usibye mu rukiko no mubaturage batuye mu kagali ka Buhoro. Ariko kuri ubu inkuru yamaze kuba kimomo ko Polisi yaje yikoreye imifuka ibiri y\u2019urumogi!<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.abaryankuna.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/IMG-20190516-WA0043-767x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-877\"\/><figcaption>Utu twana polisi yadutesheje nyina,saa tanu z\u2019ijoro, itwara nyina se adahari! Twirirwa turira tukarara turira!!!<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibibazo byibazwa:<\/p>\n\n\n\n<ol class=\"wp-block-list\"><li>Polisi ikurahe uru rumogi?&nbsp;<\/li><li>Polisi, RIB n\u2019Ubushinjacyaha barashaka iki kuri uyu muryango?<\/li><li>&nbsp;Iki gihugu kibamo ubutabera?&nbsp;<\/li><li>&nbsp;Itangazamakuru,Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, Abanyamadini n\u2019Abanyarwanda muri rusange, barafasha iki aba baturage bari kurenganywa bene aka kageni!<\/li><\/ol>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Niba Polisi iza yikoreye urumogi,igatwara urugo rwose, igatwara abaturanyi ureba ugaceceka, ejo nizana grenade cyangwa imbunda igashyira iwawe, uzabihakana ute?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inkoni ikubise Mukeba uyirenza urugo!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>REMEZO Rodriguez<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Intara y\u2019Amajyepfo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu bose bakubiswe n\u2019inkuba babonye ibyakozwe n\u2019Igipolisi cy\u2019u Rwanda ubwo cyajyaga mu rugo rw\u2019Umusaza Munyentwali Germain bakunda kwita Kabayiza, n\u2019urw\u2019 Umuhungu we NIYITEGEKA Pascal, maze bakaza bitwaje imifuka ibiri y\u2019urumogi: Umwe mu rugo rw\u2019umusaza,undi mu rugo rw\u2019umuhungu we, maze bagahindukira bakabapakirana n\u2019iyo mifuka urugo rwose, bagasiga abana b\u2019inshuke baririra mu nzu bonyine!&nbsp;&nbsp; Imodoka ebyiri zuzuye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":31903,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-31902","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu bose bakubiswe n\u2019inkuba babonye ibyakozwe n\u2019Igipolisi cy\u2019u Rwanda ubwo cyajyaga mu rugo rw\u2019Umusaza Munyentwali Germain bakunda kwita Kabayiza, n\u2019urw\u2019 Umuhungu we NIYITEGEKA Pascal, maze bakaza bitwaje imifuka ibiri y\u2019urumogi: Umwe mu rugo rw\u2019umusaza,undi mu rugo rw\u2019umuhungu we, maze bagahindukira bakabapakirana n\u2019iyo mifuka urugo rwose, bagasiga abana b\u2019inshuke baririra mu nzu bonyine!&nbsp;&nbsp; Imodoka ebyiri zuzuye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-17T13:02:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-05-17T13:02:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"768\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"710\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!!\",\"datePublished\":\"2019-05-17T13:02:13+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-17T13:02:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/\"},\"wordCount\":694,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/munyentwali.jpg\",\"articleSection\":[\"Umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/\",\"name\":\"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/munyentwali.jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-17T13:02:13+00:00\",\"dateModified\":\"2019-05-17T13:02:14+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/munyentwali.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/05\\\/munyentwali.jpg\",\"width\":768,\"height\":710,\"caption\":\"Umusaza Munyentwali n\u2019Umukecuru we Kankindi Perse:\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda","og_description":"Abantu bose bakubiswe n\u2019inkuba babonye ibyakozwe n\u2019Igipolisi cy\u2019u Rwanda ubwo cyajyaga mu rugo rw\u2019Umusaza Munyentwali Germain bakunda kwita Kabayiza, n\u2019urw\u2019 Umuhungu we NIYITEGEKA Pascal, maze bakaza bitwaje imifuka ibiri y\u2019urumogi: Umwe mu rugo rw\u2019umusaza,undi mu rugo rw\u2019umuhungu we, maze bagahindukira bakabapakirana n\u2019iyo mifuka urugo rwose, bagasiga abana b\u2019inshuke baririra mu nzu bonyine!&nbsp;&nbsp; Imodoka ebyiri zuzuye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-05-17T13:02:13+00:00","article_modified_time":"2019-05-17T13:02:14+00:00","og_image":[{"width":768,"height":710,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!!","datePublished":"2019-05-17T13:02:13+00:00","dateModified":"2019-05-17T13:02:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/"},"wordCount":694,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg","articleSection":["Umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/","name":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg","datePublished":"2019-05-17T13:02:13+00:00","dateModified":"2019-05-17T13:02:14+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/munyentwali.jpg","width":768,"height":710,"caption":"Umusaza Munyentwali n\u2019Umukecuru we Kankindi Perse:"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/police-yikoreye-imifuka-yurumogi-iyitwerera-umuryango-wa-munyentwari-germain-kugira-ngo-ibone-uko-iwufunga-wose\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"POLICE YIKOREYE IMIFUKA Y\u2019URUMOGI IYITWERERA UMURYANGO WA MUNYENTWARI GERMAIN, KUGIRA NGO IBONE UKO IWUFUNGA WOSE!!!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31902","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=31902"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31902\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":31904,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/31902\/revisions\/31904"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/31903"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=31902"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=31902"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=31902"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}