{"id":32284,"date":"2019-07-04T21:02:08","date_gmt":"2019-07-04T19:02:08","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=32284"},"modified":"2019-07-04T21:02:09","modified_gmt":"2019-07-04T19:02:09","slug":"nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nta muyobozi w&#8217;igihugu gituranyi cyangwa cyo mu karere u Rwanda ruherereyemo witabiriye ibirori by&#8221;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ni ubwa mbere bibayeho mu birori bikomeye bitumirwamo amahanga n&#8217;abaturanyi buri nyuma y&#8217;imyaka itanu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri iyi nshuro, Uganda yohereje visi minisitiri w&#8217;intebe, Perezida wa Kongo yohereje umujyanama we, u Burundi ambasaderi wabwo i Kigali, Tanzaniya yohereje minisitiri w&#8217;intebe. Ibi ni ibihugu bituranyi n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abayobozi b&#8217;ibihugu bya Botswana, Zimbabwe, Repubulika ya Centre Afrique, Namibia, Sierra Leone, Botswana, na Togo biyiziye. Nigeria yohereje Visi Perezida w&#8217;igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda muri ibi bihe bufitanye ibibazo bya politiki n&#8217;ubutegetsi bwa Uganda ndetse n&#8217;ubw&#8217;u Burundi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\" alt=\"Mu bashyitsi bakuru nta muyobozi w'igihugu gituranyi n'u Rwanda wari uhari\"\/><figcaption>Mu bashyitsi bakuru nta muyobozi w&#8217;igihugu gituranyi n&#8217;u Rwanda wari uhari<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bamwe mu batavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda banenga imibanire bavuga ko ari mibi y&#8217;abategetsi b&#8217;u Rwanda n&#8217;ibihugu bituranyi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bihe bishize, Perezida Paul Kagame kuri iki yavuze ko u Rwanda rubana neza n&#8217;ushaka ko babana neza.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ijambo ry&#8217;uyu munsi, Perezida Paul Kagame yavuze ko intambara yo &#8220;kwibohora&#8221; yari ikenewe ndetse ko ntacyari kuyibuza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yagize ati: &#8220;Kwibohora ntibyari bigamije gusubizaho ibyahise, ahubwo kurema ikindi kintu gishya cyiza ku Banyarwanda bose&#8221;.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Urwo rugamba rwari rukenewe, ndetse mu kuri ntacyari kurubuza. Nihazigera hakenerwa izindi ngamba, tuzaba duhari&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amwe mu mashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda, avuga ko uyu atari &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221;, ko ahubwo ari umunsi FPR yishimira ko yafashe ubutegetsi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>BBC<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nta muyobozi w&#8217;igihugu gituranyi cyangwa cyo mu karere u Rwanda ruherereyemo witabiriye ibirori by&#8221;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda.&nbsp; Ni ubwa mbere bibayeho mu birori bikomeye bitumirwamo amahanga n&#8217;abaturanyi buri nyuma y&#8217;imyaka itanu. Kuri iyi nshuro, Uganda yohereje visi minisitiri w&#8217;intebe, Perezida wa Kongo yohereje umujyanama we, u Burundi ambasaderi wabwo i Kigali, Tanzaniya yohereje minisitiri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-32284","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nta Perezida wo mu karere witabiriye &quot;umunsi wo kwibohora&quot; mu Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &quot;umunsi wo kwibohora&quot; mu Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nta muyobozi w&#8217;igihugu gituranyi cyangwa cyo mu karere u Rwanda ruherereyemo witabiriye ibirori by&#8221;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda.&nbsp; Ni ubwa mbere bibayeho mu birori bikomeye bitumirwamo amahanga n&#8217;abaturanyi buri nyuma y&#8217;imyaka itanu. Kuri iyi nshuro, Uganda yohereje visi minisitiri w&#8217;intebe, Perezida wa Kongo yohereje umujyanama we, u Burundi ambasaderi wabwo i Kigali, Tanzaniya yohereje minisitiri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-04T19:02:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-07-04T19:02:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2019-07-04T19:02:08+00:00\",\"dateModified\":\"2019-07-04T19:02:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":234,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/ichef.bbci.co.uk\\\/news\\\/624\\\/cpsprodpb\\\/15936\\\/production\\\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Nta Perezida wo mu karere witabiriye \\\"umunsi wo kwibohora\\\" mu Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/ichef.bbci.co.uk\\\/news\\\/624\\\/cpsprodpb\\\/15936\\\/production\\\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-04T19:02:08+00:00\",\"dateModified\":\"2019-07-04T19:02:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/ichef.bbci.co.uk\\\/news\\\/624\\\/cpsprodpb\\\/15936\\\/production\\\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/ichef.bbci.co.uk\\\/news\\\/624\\\/cpsprodpb\\\/15936\\\/production\\\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye \"umunsi wo kwibohora\" mu Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye \"umunsi wo kwibohora\" mu Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Nta muyobozi w&#8217;igihugu gituranyi cyangwa cyo mu karere u Rwanda ruherereyemo witabiriye ibirori by&#8221;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda.&nbsp; Ni ubwa mbere bibayeho mu birori bikomeye bitumirwamo amahanga n&#8217;abaturanyi buri nyuma y&#8217;imyaka itanu. Kuri iyi nshuro, Uganda yohereje visi minisitiri w&#8217;intebe, Perezida wa Kongo yohereje umujyanama we, u Burundi ambasaderi wabwo i Kigali, Tanzaniya yohereje minisitiri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-07-04T19:02:08+00:00","article_modified_time":"2019-07-04T19:02:09+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda","datePublished":"2019-07-04T19:02:08+00:00","dateModified":"2019-07-04T19:02:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/"},"wordCount":234,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/","name":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye \"umunsi wo kwibohora\" mu Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg","datePublished":"2019-07-04T19:02:08+00:00","dateModified":"2019-07-04T19:02:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg","contentUrl":"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/15936\/production\/_107747388_mubashyitsibakuruntamuyoboziw'igihugugituranyin'urwandawariuhari.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-perezida-wo-mu-karere-witabiriye-umunsi-wo-kwibohora-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nta Perezida wo mu karere witabiriye &#8220;umunsi wo kwibohora&#8221; mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32284","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=32284"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32284\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":32287,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32284\/revisions\/32287"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=32284"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=32284"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=32284"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}