{"id":32441,"date":"2019-07-16T21:31:42","date_gmt":"2019-07-16T19:31:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=32441"},"modified":"2019-07-16T21:31:44","modified_gmt":"2019-07-16T19:31:44","slug":"rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/","title":{"rendered":"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urukiko rw&#8217;ubujurire mu Rwanda rwatangiye kumva ubujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w&#8217;igihugu, yavuze ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ari kumwe n&#8217;itsinda ry&#8217;abantu umunani bareganwa nawe ibyaha bifitanye isano n&#8217;iterabwoba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Lt Mutabazi asaba urukiko gusesa igifungo cya burundu yakatiwe n&#8217;urukiko rukuru rwa gisirikare avuga ko rutari rufite ububasha bwo kumuburanisha.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Avuga ko yumva atari akiri umusirikare kuva mu mpera z&#8217;umwaka wa 2011 ubwo yafataga icyemezo cyo guhunga igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ifatwa n&#8217;iyoherezwa mu Rwanda rya Joel Mutabazi wari warahungiye muri Uganda rifatwa nka kimwe mu byazamuye umwuka mubi hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri Uganda hari urubanza rw&#8217;abantu barimo abasirikare bakuru bashinjwa kugira uruhare mu &#8216;gushimuta&#8217; no koherereza u Rwanda Lt Josel Mutabazi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Lt Mutabazi yinjiye mu rukiko yambaye indorerwamo z&#8217;amaso yari amaze igihe asaba guhabwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari hashize igihe urubanza rusubikwa, Mutabazi yavugaga ko adashobora gusoma dosiye ye kubera ibibazo by&#8217;amaso.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amasaha agera ku munani urubanza rwamaze yihariwe ahanini na Lt Mutabazi asobanura impamvu yajuriye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yavuze ko yabaye umusirikare hagati y&#8217;umwaka wa 1991 n&#8217;uwa 2010 ubwo yashimutwaga n&#8217;abo yavuze ko atatinyuka kuvuga amazina ku mpungenge z&#8217;umutekano we muri gereza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yavuze ko yamaze igihe kirekire ku ngoyi mu kigo cya gisirikare cya Kami i Kigali, nta muntu n&#8217;umwe mu bo mu muryango uzi irengero rye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwo yafataga icyemezo cyo guhunga mu mpera za 2011, ngo nta kintu cyagaragazaga ko Mutabazi akiri mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda kuko atahembwaga kandi ntavuzwe nk&#8217;abandi basirikare .<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku cyaha aregwa cyo gutoroka igisirikare yavuze ko yatorotse akiza ubuzima bwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ngo ntiyari gupfa kuva mu gisirikare yakoreye kuva afite myaka 12, hatabaye ikibazo gikomeye kuri we.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mutabazi yahakanye kandi icyaha yashinjwe cyo gutunga imbunda itazwi n&#8217;amategeko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Avuga ko abamushinja gutunga iyi mbunda bagiye banyuranya mu mvugo ubwo basobanuraga ubwoko bwayo n&#8217;aho yari ibitse.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bamushinje harimo Nyirarume Eugene Mutamba na murumuna we Jackson Karemera, yasabwe n&#8217;umucamanza gusobanura impamvu ashinjwa n&#8217;abo mu muryango we.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mutabazi yasubije ko hari n&#8217;abashakanye bicana cyangwa abana bakagambanira ababyeyi babo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu itsinda ry&#8217;abantu icyenda, babiri bonyine ni bo bahisemo gukomeza inzitizi zishingiye ku bubasha bw&#8217;urukiko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aba ni Lt Joel Mutabazi na Joseph Nshimyimana bombi bakatiwe gufungwa burundu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abandi bahisemo guhagarika inzitizi ndetse bavuga ko bemera ibyaha batari bemeye mu rukiko rwa gisirikare.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu iburana rye Mutabazi yakomeje kuvuga ko hari ibintu atavugira mu rukiko, ashimangira ko byatera ibibazo mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Avuga ko yakorewe iyica rubozo rikomeye ariko nta n&#8217;umwe atunga agatoki mu bamuhohoteye ngo kuko byamukururira ingorane.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rw&#8217;ubujurire mu Rwanda rwatangiye kumva ubujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w&#8217;igihugu, yavuze ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu. Ari kumwe n&#8217;itsinda ry&#8217;abantu umunani bareganwa nawe ibyaha bifitanye isano n&#8217;iterabwoba. Lt Mutabazi asaba urukiko gusesa igifungo cya burundu yakatiwe n&#8217;urukiko rukuru rwa gisirikare avuga ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":8680,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-32441","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rw&#8217;ubujurire mu Rwanda rwatangiye kumva ubujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w&#8217;igihugu, yavuze ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu. Ari kumwe n&#8217;itsinda ry&#8217;abantu umunani bareganwa nawe ibyaha bifitanye isano n&#8217;iterabwoba. Lt Mutabazi asaba urukiko gusesa igifungo cya burundu yakatiwe n&#8217;urukiko rukuru rwa gisirikare avuga ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-16T19:31:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-07-16T19:31:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"713\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"476\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/\",\"name\":\"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-16T19:31:42+00:00\",\"dateModified\":\"2019-07-16T19:31:44+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg\",\"width\":713,\"height\":476,\"caption\":\"Lt Joel Mutabazi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda","og_description":"Urukiko rw&#8217;ubujurire mu Rwanda rwatangiye kumva ubujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w&#8217;igihugu, yavuze ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu. Ari kumwe n&#8217;itsinda ry&#8217;abantu umunani bareganwa nawe ibyaha bifitanye isano n&#8217;iterabwoba. Lt Mutabazi asaba urukiko gusesa igifungo cya burundu yakatiwe n&#8217;urukiko rukuru rwa gisirikare avuga ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-07-16T19:31:42+00:00","article_modified_time":"2019-07-16T19:31:44+00:00","og_image":[{"width":713,"height":476,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/","name":"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg","datePublished":"2019-07-16T19:31:42+00:00","dateModified":"2019-07-16T19:31:44+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Joel-Mutabazi.jpg","width":713,"height":476,"caption":"Lt Joel Mutabazi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandalt-mutabazi-avuga-ko-hari-ibyo-atavugira-mu-rukiko-kuko-byateza-ibibazo-mu-gihugu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Lt Mutabazi avuga ko hari ibyo atavugira mu rukiko kuko byateza ibibazo mu gihugu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32441","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=32441"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32441\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":32442,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/32441\/revisions\/32442"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8680"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=32441"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=32441"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=32441"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}