{"id":3253,"date":"2013-02-25T21:59:38","date_gmt":"2013-02-25T19:59:38","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3253"},"modified":"2013-02-26T02:38:26","modified_gmt":"2013-02-26T00:38:26","slug":"ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/","title":{"rendered":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru ava mu karere ka Rutshuru muri Kivu y\u2019amajyaruguru aravuga ko abasirikare ba M23 basubiranyemo hakagwa abantu bagera ku 8. Ibyo byabaye ku cyumweru tariki ya 24 Gashyantare 2013 mu ijoro ahagana mu ma saa mbiri i Rutshuru. Muri abo bahaguye nk\u2019uko bivugwa na BBC ngo harimo umusirikare wa M23 uri mu rwego rwa Major umwe mubungirije Col Baudouin Ngaruye. Nk\u2019uko tubikesha BBC ngo amakuru ava muri Congo avuga ko ku wa gatandatu tariki ya 23 Gashyantare 2013, General Makenga yari yahaye Bishop Runiga amasaha 24 yo kuba yavuye i Bunagana ngo agakurikira Genaral Bosco Ntaganda.<!--more--><\/p>\n<p>Abakurikiranira hafi ibibera muri Congo, bavuga ko habaye ubwumvikane buke hagati y\u2019uruhande rushyigikiye General Sultani Makenga umukuru wa gisirikare n\u2019uruhande rushyigikiye General Bosco Ntaganda ari narwo rushyigikiye umukuru wa politiki Bishop Jean Marie Runiga. N&#8217;ubwo abantu bose batavuga rumwe ku byabaye ariko ngo bivugwa ko hari ubwumvikane buke hagati y&#8217;abashaka intambara n&#8217;abashaka kumvikana na Leta ya Congo.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Politiki wa M23, Bishop Runiga yatangaje ko ibyabaye ari igitero cya FDLR na Mai Mai, ngo FDLR ngo yateye igisasu mu iduka ryarimo abantu hagwamo umusirikare mukuru wa M23 n&#8217;uwari umurinze. Ariko andi makuru avuga ko iyi mirwano ituruka ku bwumvikane buke bumaze iminsi muri M23 bukaba bukomoka mu gihe cya CNDP.<\/p>\n<p>Andi makuru ava muri ako gace avuga ko ibyabaye ari abantu barwaniye mu kabari gusa maze kubera ubwumvikane buke bumaze iminsi mu bagize M23 abantu bagakeka ko habaye gusubiranamo.<\/p>\n<p>Muri make hari amakimbirane hagati y\u2019abanyejomba bashyigikiye General Laurent Nkunda na General Makenga, iki gice gikunze kwitwa Kimberembere. Kikaba kitarebana neza n\u2019u Rwanda ndetse mu gihe intambara ya M23 yatangiraga iki gice abakigize benshi ntabwo bifuzaga kujya muri iyo ntambara basangaga ngo ari iyo kubuza ko General Ntaganda afatwa gusa. Iki gice abakigize bivugwa ko binjiye mu ntambara babanje kubisabwa na General Nkunda usa nk\u2019aho yafatiwe bugwate mu Rwanda kuko batashakaga ngo kurwanirira General Ntaganda.<\/p>\n<p>Ikindi gice kigizwe cyane cyane n\u2019abanyamasisi gishyigikiye General Ntaganda bakunze kukita Kifuwafuwa akaba ari nacyo kibarizwamo na bamwe mu bayobozi ba M23 bashyizweho n\u2019u Rwanda nka ba Bishop Runiga. Kimwe mu biherutse gutera ubwumvikane buke n\u2019igihe General Ntaganda yashatse guha ipeti rya General uwitwa Colonel Baudouin Ngaruye ariko General Makenga akabyanga. Iki gice kiregwa n\u2019abo muri Kimberembere kuba ibikoresho by\u2019u Rwanda no kuba ngo baragambaniye General Nkunda. Kugira ngo musobanukirwe neza mwasoma iyi nkuru yacu yasohotse mu minsi ishize: <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyamakuru-wacu-yasuye-akarere-kagenzurwa-na-m23-igice-cya-3uko-ikibazo-cyabanyejomba-abagowe-nabanyamasisi-giteye\/\">Umunyamakuru wacu yasuye akarere kagenzurwa na M23: uko ikibazo hagati y\u2019abanyejomba n\u2019abanyamasisi kimeze<\/a>.<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru ava mu karere ka Rutshuru muri Kivu y\u2019amajyaruguru aravuga ko abasirikare ba M23 basubiranyemo hakagwa abantu bagera ku 8. Ibyo byabaye ku cyumweru tariki ya 24 Gashyantare 2013 mu ijoro ahagana mu ma saa mbiri i Rutshuru. Muri abo bahaguye nk\u2019uko bivugwa na BBC ngo harimo umusirikare wa M23 uri mu rwego rwa Major [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3254,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-3253","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru ava mu karere ka Rutshuru muri Kivu y\u2019amajyaruguru aravuga ko abasirikare ba M23 basubiranyemo hakagwa abantu bagera ku 8. Ibyo byabaye ku cyumweru tariki ya 24 Gashyantare 2013 mu ijoro ahagana mu ma saa mbiri i Rutshuru. Muri abo bahaguye nk\u2019uko bivugwa na BBC ngo harimo umusirikare wa M23 uri mu rwego rwa Major [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-02-25T19:59:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-02-26T00:38:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo\",\"datePublished\":\"2013-02-25T19:59:38+00:00\",\"dateModified\":\"2013-02-26T00:38:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/\"},\"wordCount\":420,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\",\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/\",\"name\":\"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-02-25T19:59:38+00:00\",\"dateModified\":\"2013-02-26T00:38:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":480,\"height\":320},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru ava mu karere ka Rutshuru muri Kivu y\u2019amajyaruguru aravuga ko abasirikare ba M23 basubiranyemo hakagwa abantu bagera ku 8. Ibyo byabaye ku cyumweru tariki ya 24 Gashyantare 2013 mu ijoro ahagana mu ma saa mbiri i Rutshuru. Muri abo bahaguye nk\u2019uko bivugwa na BBC ngo harimo umusirikare wa M23 uri mu rwego rwa Major [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-02-25T19:59:38+00:00","article_modified_time":"2013-02-26T00:38:26+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo","datePublished":"2013-02-25T19:59:38+00:00","dateModified":"2013-02-26T00:38:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/"},"wordCount":420,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere","Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/","name":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-02-25T19:59:38+00:00","dateModified":"2013-02-26T00:38:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":480,"height":320},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-m23-zishobora-kuba-zasubiranyemo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ingabo za M23 zishobora kuba zasubiranyemo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3253","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3253"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3253\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3253"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3253"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3253"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}