{"id":3313,"date":"2013-03-14T17:55:11","date_gmt":"2013-03-14T15:55:11","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3313"},"modified":"2013-03-14T17:55:11","modified_gmt":"2013-03-14T15:55:11","slug":"rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/","title":{"rendered":"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego"},"content":{"rendered":"<p>Kigali, kuwa 14 Werurwe 2013.<\/p>\n<p>Tariki ya 7 Werurwe 2013, Umukecuru Mukarwego Fatuma w\u2019imyaka 56 yatawe muri yombi azira ko yanze ko bamurandurira imyaka yihingiye nta ngurane ahawe.<!--more--><\/p>\n<p>Nyuma y\u2019aho abaturage bo mu karere ka Kayonza bavugirije induru bamagana ukuntu ubuyobozi bw\u2019akarere ka Kayonza bwari bwiraye mu myaka yabo bukarandagura, indi bugatemagura mu gikorwa cyo gukora amatarase y\u2019indinganire, tariki ya 4 Werurwe 2013 minisiteri y\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi yoherejeyo intumwa zo kujya kureba uko ibintu byifashe, zihageze zihumuriza abaturage ko nta muntu uzongera kubarandurira imyaka. Umukecuru Mukarwego\u00a0 Fatuma nawe yari mu bantu babonanye n\u2019izi ntumwa za minisiteri y\u2019ubuhinzi, bikaba arinabyo byatumye ubuyobozi bw\u2019akarere bumufata nka nyirabayazana mu kwoshya abaturage bo mu murenge atuyemo kwigomeka ku buyobozi bw\u2019akarere, banga ko barandurirwa imyaka.<\/p>\n<p>Tariki ya 7 Werurwe 2013, Umuyobozi w\u2019akarere ka Kayonza, Bwana Mugabo John,\u00a0 yakoresheje inama y\u2019abaturage afata\u00a0 Mukarwego Fatuma amwicaza imbere y\u2019abaturage maze ababwira ko agiye kumufunga kubera ko ngo afite ingengabitekerezo akaba anarwanya gahunda za leta. Nyuma y\u2019iyo nama uwo mukecuru yashyizwe mu modoka y\u2019umuyobozi w\u2019akarere ajya gucumbikirwa muri sitasiyo ya polisi ya Kabarondo aho ashinjwa kurwanya gahunda za leta, kugumura abaturage no kuba afite ingengabitekerezo. Umuryango w\u2019uyu mukecuru ukimara kubona ko azize kuba yaranze ko bamurandurira imyaka wagerageje kubimenyesha abayobozi bo muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu ariko ntacyo bakoze ngo barengere uyu muturage. Ibi bikaba bisobonuye ko uwo abaturage baregera ari na we ubarenganya.<\/p>\n<p>Ishyaka FDU-Inkingi riramagana uyu muco mubi wo guhutaza abaturage no kubahohotera. Tuributsa leta ya FPR-Inkotanyi ko ingingo ya 29 y\u2019Itegeko Nshinga isobanura neza ko umutungo w\u2019umuntu utavogerwa. Nta mpamvu rero umuturage yazizwa ko yanze ko bamurandurira imyaka\u00a0 yihingiye igomba kumutunga kandi nta ndishyi ahawe cyangwa ikindi cyamutunga mu kimbo cy\u2019ibye byangijwe. Uyu mukecuru, Fatima Mukarwego, akwiye kurekurwa nta yandi mananiza kubera ko nta cyaha yakoze. Ibyo yakoze amategeko arabimwemerera kandi guharanira uburenganzira bwawe ntibivuga kurwanya leta cyangwa kugira ingengabitekerezo.<\/p>\n<p><strong>FDU-Inkingi<br \/>\nBoniface Twagirimana<br \/>\nUmuyobozi wungirije w\u2019agateganyo.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kigali, kuwa 14 Werurwe 2013. Tariki ya 7 Werurwe 2013, Umukecuru Mukarwego Fatuma w\u2019imyaka 56 yatawe muri yombi azira ko yanze ko bamurandurira imyaka yihingiye nta ngurane ahawe.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1121,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3313","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kigali, kuwa 14 Werurwe 2013. Tariki ya 7 Werurwe 2013, Umukecuru Mukarwego Fatuma w\u2019imyaka 56 yatawe muri yombi azira ko yanze ko bamurandurira imyaka yihingiye nta ngurane ahawe.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-03-14T15:55:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/\",\"name\":\"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-03-14T15:55:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"200\",\"height\":\"117\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda","og_description":"Kigali, kuwa 14 Werurwe 2013. Tariki ya 7 Werurwe 2013, Umukecuru Mukarwego Fatuma w\u2019imyaka 56 yatawe muri yombi azira ko yanze ko bamurandurira imyaka yihingiye nta ngurane ahawe.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-03-14T15:55:11+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/","name":"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-03-14T15:55:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"200","height":"117"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ibikorwa-byo-guhohotera-abaturage-bikomeje-gukaza-umurego\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Ibikorwa byo guhohotera abaturage bikomeje gukaza umurego"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3313","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3313"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3313\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3313"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3313"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3313"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}