{"id":33395,"date":"2019-11-05T22:47:35","date_gmt":"2019-11-05T20:47:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=33395"},"modified":"2019-11-05T22:48:04","modified_gmt":"2019-11-05T20:48:04","slug":"uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/","title":{"rendered":"Uganda-Rwanda: abasirikare b&#8217;u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda!"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ben Barugahare<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Haravugwa umutekano muke mu gace ka Gatuna ku mupaka w&#8217;u Rwanda na Uganda nyuma y&#8217;aho abasirikare b&#8217;u Rwanda barasiye abaturage babiri b&#8217;abanyarwanda bari bikoreye ibirayi babikuye muri Uganda.    <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uku kuraswa kw&#8217;abaturage kwabaye kuri uyu wa mbere tariki 4 Ugushyingo 2019 mu mugoroba muri metero nka 300 uvuye ku mupaka winjira mu Rwanda imbere. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umwe mu baturage barashwe yitwa Jean Pierre Havugimana w&#8217;imyaka 28 undi we ntabwo umwirondoro we uramenyekana kugeza ubu. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abo bagabo babiri birakekwa ko binjiriye muri Uganda mu gace kari hagati ya Rushaki na Karujanga. Umuvugizi wa Police ya Uganda muri Kigezi yavuze aba barashwe buri wese yari yikoreye ibiro 50 by&#8217;ibirayi igihe baraswaga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bakimara kuraswa Havugimana yashoboye guhungira muri Uganda. Aho yabanje kuvurirwa mu kigo nderabuzima cya Katuna nyuma akoherezwa mu bitaro bya Rushoroza biri mu mujyi wa Kabale aho yagiye kuvurirwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mugenzi we ntiyagize amahirwe yo kubaho umurambo we wajyanwe n&#8217;abasirikare b&#8217;u Rwanda akimara kuraswa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umwe mu bayobozi b&#8217;ibanze mu gace ka Katuna muri Uganda yabwiye itangazamakuru ko urusaku rw&#8217;amasasu rwamaze iminota nka 30 bikaba byateye ubwoba abaturage baturiye umupaka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu muyobozi wo muri Uganda yakomeje avuga ko abanyarwanda bakunze kwinjira muri Uganda rwihishwa bagiyeyo gushaka ibintu bimwe na bimwe bya nkenerwa byiganjemo ibiribwa mu gihe bagitegereje ko umupaka wongera gufungurwa inzira zikaba nyabagendwa n&#8217;ubwo amaso yaheze mu kirere. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Si ubwa mbere abasirikare b&#8217;u Rwanda barasiye abaturage b&#8217;abanyarwanda ku mupaka na Uganda dore ko muri Gicurasi uyu maka harashwe abagabo bagera kuri 3, vuba aha hakaba haravuzwe iraswa ry&#8217;abagore 2. Abo bose bakaba baraswa bava mu gihugu cya Uganda gushaka ibiribwa cyangwa ibindi bya nkenerwa. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ben Barugahare Haravugwa umutekano muke mu gace ka Gatuna ku mupaka w&#8217;u Rwanda na Uganda nyuma y&#8217;aho abasirikare b&#8217;u Rwanda barasiye abaturage babiri b&#8217;abanyarwanda bari bikoreye ibirayi babikuye muri Uganda. Uku kuraswa kw&#8217;abaturage kwabaye kuri uyu wa mbere tariki 4 Ugushyingo 2019 mu mugoroba muri metero nka 300 uvuye ku mupaka winjira mu Rwanda imbere. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":33396,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-33395","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Uganda-Rwanda: abasirikare b&#039;u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda-Rwanda: abasirikare b&#039;u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ben Barugahare Haravugwa umutekano muke mu gace ka Gatuna ku mupaka w&#8217;u Rwanda na Uganda nyuma y&#8217;aho abasirikare b&#8217;u Rwanda barasiye abaturage babiri b&#8217;abanyarwanda bari bikoreye ibirayi babikuye muri Uganda. Uku kuraswa kw&#8217;abaturage kwabaye kuri uyu wa mbere tariki 4 Ugushyingo 2019 mu mugoroba muri metero nka 300 uvuye ku mupaka winjira mu Rwanda imbere. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-11-05T20:47:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-11-05T20:48:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"630\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/\",\"name\":\"Uganda-Rwanda: abasirikare b'u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg\",\"datePublished\":\"2019-11-05T20:47:35+00:00\",\"dateModified\":\"2019-11-05T20:48:04+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg\",\"width\":960,\"height\":630,\"caption\":\"umugande Jean Pierre Havugimana aho yari mu bitaro i Kabale muri Uganda nyuma yo kuraswa n'abasirikare b'u Rwanda.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda-Rwanda: abasirikare b&#8217;u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda-Rwanda: abasirikare b'u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda-Rwanda: abasirikare b'u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda","og_description":"Ben Barugahare Haravugwa umutekano muke mu gace ka Gatuna ku mupaka w&#8217;u Rwanda na Uganda nyuma y&#8217;aho abasirikare b&#8217;u Rwanda barasiye abaturage babiri b&#8217;abanyarwanda bari bikoreye ibirayi babikuye muri Uganda. Uku kuraswa kw&#8217;abaturage kwabaye kuri uyu wa mbere tariki 4 Ugushyingo 2019 mu mugoroba muri metero nka 300 uvuye ku mupaka winjira mu Rwanda imbere. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-11-05T20:47:35+00:00","article_modified_time":"2019-11-05T20:48:04+00:00","og_image":[{"width":960,"height":630,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/","name":"Uganda-Rwanda: abasirikare b'u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg","datePublished":"2019-11-05T20:47:35+00:00","dateModified":"2019-11-05T20:48:04+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/11\/rubaya.jpg","width":960,"height":630,"caption":"umugande Jean Pierre Havugimana aho yari mu bitaro i Kabale muri Uganda nyuma yo kuraswa n'abasirikare b'u Rwanda."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-rwanda-abasirikare-bu-rwanda-barashe-abaturage-bajyaga-uganda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda-Rwanda: abasirikare b&#8217;u Rwanda barashe abaturage bavaga Uganda!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33395","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=33395"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33395\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":33399,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33395\/revisions\/33399"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/33396"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=33395"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=33395"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=33395"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}