{"id":33789,"date":"2019-12-08T13:55:58","date_gmt":"2019-12-08T11:55:58","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=33789"},"modified":"2019-12-08T13:56:00","modified_gmt":"2019-12-08T11:56:00","slug":"iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/","title":{"rendered":"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY"},"content":{"rendered":"\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/660\/cpsprodpb\/0248\/production\/_110048500_34604350_10155689166517198_8347737177110609920_n.jpg\" alt=\"Aimable Bayingana ahakana avuga ko nta kibi yakoze\"\/><figcaption>Aimable Bayingana<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uwari perezida w&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umukino w&#8217;amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n&#8217;ihohotera rishingiye ku gitsina byavuzwe muri iryo shyiharamwe.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru avuga ko Aimable Bayingana n&#8217;abandi bose bari bagize inama nyobozi y&#8217;iryo shyirahamwe beguye.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rw&#8217;u Rwanda (RIB) ruvuga ko ruri gukora iperereza kuri ibyo birego, ariko ko kuri ubu nta kindi rwabivugaho.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Bayingana ahakana avuga ko nta kibi yakoze.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibyo birego byagiye ahagaragara nyuma yaho Umunyamerika Jonathan Boyer wahoze atoza ikipe y&#8217;u Rwanda y&#8217;umikino w&#8217;amagare, atangaje ku mugaragaro ibivugwa ko ari imyitwarire mibi muri FERWACY.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari nyuma yaho agiraniye ibibazo na Bwana Bayingana.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Boyer, wabaye Umunyamerika wa mbere witabiriye irushanwa rya Tour de France, yagize uruhare rukomeye mu iterambere ry&#8217;umukino wo gushiganwa ku magare mu Rwanda, atuma uba mu mikino ikunzwe cyane mu gihugu.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/2BB0\/production\/_110048111_rwandacycling.jpg\" alt=\"Aimable Bayingana (utari muri iyi foto) ari gukorwaho iperereza n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha\"\/><figcaption>Aimable Bayingana (utari muri iyi foto) ari gukorwaho iperereza n&#8217;urwego rw&#8217;igihugu rw&#8217;ubugenzacyaha<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Boyer, wasezeye ku butoza mu 2017, yanditse ibaruwa ifunguye ashinja Bwana Bayingana kubangamira ibikorwa byo guteza imbere umukino wo gusiganwa ku magare.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri iyo baruwa, yanamushinje kandi gukoresha nabi umwanya we no gukora ibidahagije mu gufasha abasiganwa ku magare b&#8217;abagore bivugwa ko bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina n&#8217;abatoza.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yemeza iyegura rya Bwana Bayingana, minisiteri y&#8217;imikino mu Rwanda yavuze ko nayo izakora iperereza kuri ibyo birego.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/624\/cpsprodpb\/E85C\/production\/_110048495_secondpicture.jpg\" alt=\"Umunyamerika Jonathan Boyer yagize uruhare rukomeye mu gutuma umukino wo gusiganwa ku magare uba mu yikunzwe cyane mu Rwanda\"\/><figcaption>Umunyamerika Jonathan Boyer yagize uruhare rukomeye mu gutuma umukino wo gusiganwa ku magare uba mu yikunzwe cyane mu Rwanda<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo minisiteri yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko iteganya gushyiraho gahunda yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ireba imikino yose mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">AFP isubiramo amagambo ya Shema Maboko Didier, umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y&#8217;imikino, agira ati:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Turabizi ko habaho ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n&#8217;ibibazo bya ruswa, kandi biri mu nshingano zacu kubirwanya&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwari perezida w&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umukino w&#8217;amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n&#8217;ihohotera rishingiye ku gitsina byavuzwe muri iryo shyiharamwe.&nbsp; Amakuru avuga ko Aimable Bayingana n&#8217;abandi bose bari bagize inama nyobozi y&#8217;iryo shyirahamwe beguye.&nbsp; Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rw&#8217;u Rwanda (RIB) ruvuga ko ruri gukora iperereza kuri ibyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":22740,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-33789","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwari perezida w&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umukino w&#8217;amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n&#8217;ihohotera rishingiye ku gitsina byavuzwe muri iryo shyiharamwe.&nbsp; Amakuru avuga ko Aimable Bayingana n&#8217;abandi bose bari bagize inama nyobozi y&#8217;iryo shyirahamwe beguye.&nbsp; Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rw&#8217;u Rwanda (RIB) ruvuga ko ruri gukora iperereza kuri ibyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-08T11:55:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-12-08T11:56:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1793\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/\",\"name\":\"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg\",\"datePublished\":\"2019-12-08T11:55:58+00:00\",\"dateModified\":\"2019-12-08T11:56:00+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg\",\"width\":1600,\"height\":1793,\"caption\":\"Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda (FERWACY) riyobowe na Aimable Bayingana, benshi bakemanga imyitwarire ye rimwe na rimwe ihushanye n'imyitwarire ya gisiporutifu, aho avanga siporo na politiki nta rutangira akitwaza guherekeza amakipe y'u Rwanda mu mahanga ashishikajwe no kujya gushishikariza abashyigikiye ubutegetsi bwa FPR mu mahanga kwishora mu bikorwa by'urugomo byibasira abanyarwanda bagenzi babo b'impunzi.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda","og_description":"Uwari perezida w&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umukino w&#8217;amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n&#8217;ihohotera rishingiye ku gitsina byavuzwe muri iryo shyiharamwe.&nbsp; Amakuru avuga ko Aimable Bayingana n&#8217;abandi bose bari bagize inama nyobozi y&#8217;iryo shyirahamwe beguye.&nbsp; Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rw&#8217;u Rwanda (RIB) ruvuga ko ruri gukora iperereza kuri ibyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-12-08T11:55:58+00:00","article_modified_time":"2019-12-08T11:56:00+00:00","og_image":[{"width":1600,"height":1793,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/","name":"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg","datePublished":"2019-12-08T11:55:58+00:00","dateModified":"2019-12-08T11:56:00+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/Bayingana.jpg","width":1600,"height":1793,"caption":"Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda (FERWACY) riyobowe na Aimable Bayingana, benshi bakemanga imyitwarire ye rimwe na rimwe ihushanye n'imyitwarire ya gisiporutifu, aho avanga siporo na politiki nta rutangira akitwaza guherekeza amakipe y'u Rwanda mu mahanga ashishikajwe no kujya gushishikariza abashyigikiye ubutegetsi bwa FPR mu mahanga kwishora mu bikorwa by'urugomo byibasira abanyarwanda bagenzi babo b'impunzi."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iperereza-kuri-aimable-bayingana-weguye-ku-buyobozi-bwa-ferwacy\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33789","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=33789"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33789\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":33790,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33789\/revisions\/33790"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22740"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=33789"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=33789"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=33789"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}