{"id":33799,"date":"2019-12-10T05:28:32","date_gmt":"2019-12-10T03:28:32","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=33799"},"modified":"2019-12-10T05:28:33","modified_gmt":"2019-12-10T03:28:33","slug":"itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/","title":{"rendered":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Pretoria, 09 Ukuboza 2019<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hashize iminsi cyangwa amezi abantu banyuranye, cyane cyane abanyarwanda; bandika cyangwa bakaganira ku maradiyo, imbuga nkoranyambaga zinyuranye, abantu ku giti cyabo ku mbuga bahuriyeho; bamwe bandika bisanzwe, abandi bavuga ko barimo gukora ubusesenguzi cyangwa bavuga uko babyumva kw\u2019Ihuriro Nyarwanda, RNC. Hari n\u2019abibaza bati <em>\u201ckuki Ihuriro ritatubwira iki kuki, kuki, kuki?\u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari abavuga cyangwa bandika wumva bahangayikishijwe n\u2019ibibera mw\u2019Ihuriro Nyarwanda RNC bibaza uburyo ryatera imbere rikihutisha urugamba rwo kubohora abanyarwanda; hari abandi usanga bashaka kunenga cyangwa kuzana ubundi bugororangingo mu buyobozi n\u2019imikorere y\u2019Ihuriro. Ariko hari n\u2019abo usanga bagamije guharabika, gusiga icyasha cyangwa kuba banasenya Ihuriro; hari n\u2019ababa bahana amakuru asanzwe kw\u2019Ihuriro, RNC. Hari n\u2019abandi bafite impamvu nyinshi zinyuranye ariko zitazwi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibibazo byakunze kugaragara cyane mw\u2019itangazamakuru ni nk\u2019ikirebana n\u2019iburirwarengero rya Komiseri Benjamin Rutabana ushinzwe Amahugurwa mw\u2019Ihuriro Nyarwanda. Hari abibajije kw\u2019iyegura rya Komiseri Jean Paul Turayishimye ku mirimo ye nk\u2019umuvugizi w\u2019Ihuriro ndetse n\u2019ihagarikwa rye ry\u2019agateganyo ku mwanya we nka Komiseri w\u2019ubushakashatsi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari abibajije kw\u2019ihagarikwa ry\u2019agateganyo ku mirimo inyuranye bamwe mu bayobozi bo mu ntara ya Canada bakoraga ndetse hari na bane bageze aho barasezererwa burundu nk\u2019abayoboke b\u2019Ihuriro. Hari abavuze ku matora yabereye mu gihugu cya Uganda abatowe bavuga ko ari abayobozi mw\u2019Ihuriro.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari inyandiko nyinshi na none zagaragaye zivuga ko hashyizweho ubuyobozi bw\u2019agateganyo bw\u2019Ihuriro mu gihugu cy\u2019Afurika y\u2019Epfo. Ibi byagaragaye mu kinyamakuru kitwa The Rwandan, dore ko ari nacyo gisigaye gitangarizwamo inyandiko nyinshi zivuga kuri kimwe cyangwa byinshi mu byavuzwe hejuru birebana n\u2019Ihuriro; hari za Rushyashya, Rwanda Tribune, Igihe.com, The New Times, n\u2019ibindi nkabyo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Turagirango dutangarize abayoboke b\u2019Ihuriro Nyarwanda RNC, abandi banyarwanda baharanira impinduka bakorano n\u2019Ihuriro n\u2019abadakorana na ryo, abanyarwanda bari mu miryango idashingiye kuri politiki n\u2019abatari muri politiki ibi bikurikira:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(1) Kuba Ihuriro Nyarwanda, RNC ryaragiye rigarukwaho kenshi ni ikimenyetso ko ririho, rifite ubuyobozi buhamye, bufitiwe icyizere kandi ko rikora gahunda ryemereye abanyarwanda. Udakora ntamenywa, ntagaragara, ntavugwa, ntiyandikwa, ntanengwa, ntiyibasirwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(2) Ku kibazo cya Komiseri Benjamin Rutabana. Koko havuzwe kandi handikwa byinshi ndetse n\u2019Ihuriro ryakivuzeho bihagije. Mu minsi yashize umuryango we watangarije ababyumvise ko noneho wajyanye icyo kibazo mu mategeko. Nk\u2019Ihuriro rero tukaba dusanga ari byiza guha umuryango umwanya kugirango ugerageze n\u2019izo nzira. Muri urwo rwego kandi, Ihuriro ryiteguye gutanga umuganda waryo kugirango icyo kibazo kigume gusobanurwa neza uko giteye muri iki gihe no mu bihe bizaza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(3) Kwegura kwa Komiseri Jean Paul Turayishimye ni uburenganzira afite kuko yanavuze ko yabisabye akabyemererwa, kimwe n\u2019undi muyobozi wese wabisaba. Ibyo nawe ubwe yarabisobanuye bihagije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(4) Gufatira ibihano uwo ariwe wese harimo guhagarikwa ku mirimo by\u2019agateganyo cyangwa mu gihe cyagenwa n\u2019urwego rwamuhagaritse; gusezererwa burundu nabyo ni bumwe mu buryo Ihuriro cyangwa indi miryango imeze nkaryo yifashisha mu gutsura imikorere myiza kandi ijyanye n\u2019imigabo n\u2019imigambi y\u2019iyo miryango ku bayoboke n\u2019abayobozi abo aribo bose. Ibi rero ni ibintu bisanzwe, nta gishya kirimo, ntawe byagombye gutangaza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(5) Abayoboke bagiye batoresha inzego z\u2019ubuyobozi zidakurikije amategeko agenga Ihuriro n\u2019imikorere myiza yimakajwe mw\u2019Ihuriro nabo ubwabo bazi ko ibyo bakoze bidafite agaciro kandi bagiye bibutswa uburyo bwiza bwo gukora haba mu gihugu cya Uganda, muri Canada cyangwa ahandi hose byaba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">(6) Abagiye bandika inyandiko zinyuranye mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, ku maradiyo anyuranye n\u2019ahandi, bavuga uko babyumva nabo ni uburenganzira bwabo ariko bene izo nyandiko cyangwa ibindi bimeze nkazo ntaho bihuriye n\u2019Ihuriro; byabazwa bene byo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ihuriro Nyarwanda rirongera gushimira abayoboke baryo, rifitiye icyizere kidahungabana ubuyobozi bwaryo ku nzego no mu ntara zose rikoreramo kandi rizakomeza ryimakaze umuco wo kwishyira ukizana kwa buri wese. TWESE HAMWE TUZATSINDA.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Dr Etienne Mutabazi <\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuvugizi w\u2019Ihuriro RNC <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">emutabazi64@gmail.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Pretoria, 09 Ukuboza 2019 Hashize iminsi cyangwa amezi abantu banyuranye, cyane cyane abanyarwanda; bandika cyangwa bakaganira ku maradiyo, imbuga nkoranyambaga zinyuranye, abantu ku giti cyabo ku mbuga bahuriyeho; bamwe bandika bisanzwe, abandi bavuga ko barimo gukora ubusesenguzi cyangwa bavuga uko babyumva kw\u2019Ihuriro Nyarwanda, RNC. Hari n\u2019abibaza bati \u201ckuki Ihuriro ritatubwira iki kuki, kuki, kuki?\u201d Hari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":7082,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-33799","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Pretoria, 09 Ukuboza 2019 Hashize iminsi cyangwa amezi abantu banyuranye, cyane cyane abanyarwanda; bandika cyangwa bakaganira ku maradiyo, imbuga nkoranyambaga zinyuranye, abantu ku giti cyabo ku mbuga bahuriyeho; bamwe bandika bisanzwe, abandi bavuga ko barimo gukora ubusesenguzi cyangwa bavuga uko babyumva kw\u2019Ihuriro Nyarwanda, RNC. Hari n\u2019abibaza bati \u201ckuki Ihuriro ritatubwira iki kuki, kuki, kuki?\u201d Hari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-10T03:28:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2019-12-10T03:28:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"718\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"542\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO\",\"datePublished\":\"2019-12-10T03:28:32+00:00\",\"dateModified\":\"2019-12-10T03:28:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/\"},\"wordCount\":621,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/05\\\/RNC-new-logo1.jpg\",\"articleSection\":[\"Amatangazo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/\",\"name\":\"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/05\\\/RNC-new-logo1.jpg\",\"datePublished\":\"2019-12-10T03:28:32+00:00\",\"dateModified\":\"2019-12-10T03:28:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/05\\\/RNC-new-logo1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/05\\\/RNC-new-logo1.jpg\",\"width\":718,\"height\":542},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda","og_description":"Pretoria, 09 Ukuboza 2019 Hashize iminsi cyangwa amezi abantu banyuranye, cyane cyane abanyarwanda; bandika cyangwa bakaganira ku maradiyo, imbuga nkoranyambaga zinyuranye, abantu ku giti cyabo ku mbuga bahuriyeho; bamwe bandika bisanzwe, abandi bavuga ko barimo gukora ubusesenguzi cyangwa bavuga uko babyumva kw\u2019Ihuriro Nyarwanda, RNC. Hari n\u2019abibaza bati \u201ckuki Ihuriro ritatubwira iki kuki, kuki, kuki?\u201d Hari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2019-12-10T03:28:32+00:00","article_modified_time":"2019-12-10T03:28:33+00:00","og_image":[{"width":718,"height":542,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO","datePublished":"2019-12-10T03:28:32+00:00","dateModified":"2019-12-10T03:28:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/"},"wordCount":621,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","articleSection":["Amatangazo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/","name":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","datePublished":"2019-12-10T03:28:32+00:00","dateModified":"2019-12-10T03:28:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","width":718,"height":542},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-ryihuriro-nyarwanda-rnc-ku-bimaze-iminsi-birivugwaho\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ITANGAZO RY\u2019IHURIRO NYARWANDA RNC KU BIMAZE IMINSI BIRIVUGWAHO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33799","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=33799"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33799\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":33800,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/33799\/revisions\/33800"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7082"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=33799"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=33799"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=33799"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}