{"id":3435,"date":"2013-04-13T20:39:45","date_gmt":"2013-04-13T18:39:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3435"},"modified":"2013-04-13T20:39:45","modified_gmt":"2013-04-13T18:39:45","slug":"rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/","title":{"rendered":"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30"},"content":{"rendered":"<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2464\">Kigali, kuwa 10 Mata 2013.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2256\">Uyu munsi nibwo urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwagombaga gufata umwanzuro wo kurekura cyangwa gufunga by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu\u00a0\u00a0Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique ku birego bahimbiwe n\u2019ubushinjacyaha ubwo bahohoterwaga n\u2019abapolisi bazira kuba bari baje kumva urubanza rw\u2019umuyobozi wa FDU-Inkingi Mme Victoire\u00a0\u00a0Ingabire Umuhoza.<\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2469\">Urwo rubanza rwaburanishijwe mu ruhame ku munsi wejo tariki ya 9 Mata 2013 maze umucamanza waruburanishije abwira abari barukurikiye dore ko bari benshi ko ruzasomwa ku mugaragaro uyu munsi tariki ya 10 Mata 2013, gusa umucamanza waruburanishije yirinze gutangaza isaha ruzasomerwaho, ibi bikaba bikunze gukorwa cyane mu manza za politiki\u00a0. Abari bakurikiranye urwo rubanza babyukiye ku cyicaro cy\u2019urwo rukiko kuva saa mbiri za mu gitondo kugeza saa kumi nimwe za nimugoroba\u00a0\u00a0bategereza umucamanza waruburanishije ko aza kurusoma baraheba barataha. Gusa Ishyaka FDU-Inkingi ahagana mu ma saa kumi nimwe n\u2019igice z\u2019umugoroba ryaje kumenya ko nubwo umucamanza atashohoje amasezerano yo gusoma urwo\u00a0\u00a0rubanza mu ruhame,abashijwa bamenyeshejwe ko bagomba kuba bafungiye muri gereza ya Kimironko mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu nkuko ubushinjacyaha bwabyifuzaga nka kimwe mu byabufasha guhagarika burundu ibikorwa bya politiki by\u2019izi mpirimbanyi za demokarasi.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2471\">Bwana Sibomana Sylvain Umunyamabanga mukuru w\u2019ishyaka FDU-Inkingi ndetse na Shyirambere Dominique\u00a0 bakaba baratawe muri yombi na polisi y\u2019igihugu kuwa 25 Werurwe 2013 ahagana mu ma saa mbiri n\u2019igice z\u2019amanywa bazize kuba baritabiriye urubanza rw\u2019umuyobozi mukuru w\u2019ishyaka FDU-Inkingi Mme Victoire Ingabire Umuhoza.<\/p>\n<p>Nyuma yo gutabwa muri yombi mu buryo buteye isoni n\u2019agahinda hagamijwe gusa gutera ubwoba abayoboke ba FDU-Inkingi ngo batazagaruka gukurikirana urubanza rwa Mme Victoire Ingabire Umuhoza, Bwana SIBOMANA Sylvain akaba yarakorewe iyicarubozo kugeza bamukuye amenyo. Aho kugirango hakurikiranwe abakoreye urugomo Bwana Sylvain ahubwo yahimbiwe ibyaha\u00a0\u00a0bitatu birimo\u00a0:<\/p>\n<p>1.\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Gukoza isoni abashinzwe umurimo rusange w\u2019igihugu, icyaha giteganywa\u00a0\u00a0kandi gihanishwa ingingo ya\u00a0\u00a0\u00a0539 na 540\u00a0 y\u2019itegeko ngenga,<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2473\">2.\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Icyaha cyo guteza imvururu muri rubanda giteganywa kandi gihanishwa ingingo ya 463 y\u2019itegeko Ngenga,<\/p>\n<p>3.\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Gukora imyigaragambyo itemewe\u00a0\u00a0icyaha gihanishwa ingingo ya 685 y\u2019itegeko ngenga.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bushinja ibi byaha ba Bwana Sibomana\u00a0\u00a0Sylvain na Shyirambere Dominique bushingiye ku buhamya bw\u2019abapolisi nabo bagize uruhare mu bikorwa by\u2019iyicarubozo no guhohotera abashijwa kugeza banabakuye amenyo.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2499\">Ubushinjacyaha bunavuga ko kuba, aho ku rukiko rw\u2019ikirenga hari haje abarwanashyaka benshi barimo n\u2019umwe wambaye umupira wanditseho\u00a0\u00ab\u00a0Demokarasi n\u2019Ubutabera\u00a0\u00bb hakaba hari na \u2018badge\u2019 Sylvain yari yambaye\u00a0\u00a0yanditseho\u00a0\u00a0amagambo\u00a0\u00ab\u00a0Free- Ingabire\u00a0\u00bb na \u00ab\u00a0Pour sa liberation\u00a0\u00bb hanariho n\u2019ifoto ya Ingabire Victoire atarafungwa n\u2019indi foto imugaragaza yaramaze gufungwa, ibi ngo ni ibimenyetso simusiga bibahamya biriya byaha bashinjwa. Kuba kandi ngo Sylvain Sibomana, Umunyamabanga mukuru wa FDU-Inkingi yaratinyutse akabaza abapolisi impamvu babuza abantu kuza kumva urubanza kubera gusa ko ari abayoboke ba FDU-Inkingi akanabibutsa ko bo bahagarariye inyungu z\u2019abanyarwanda bose\u00a0\u00a0nta vangura iryo ariryo ryose aho kumva ko bashinzwe gusa kurengera inyungu za FPR ibi ngo nibyo cyane cyane ubushinjacyaha bushingiraho bushinja Sylvain icyaha cyo gukoza isoni\u00a0abashinzwe umurimo rusange w\u2019igihugu.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2475\">Mu gihe cy\u2019iburanisha Bwana Sibomana Sylvain yabwiye umucamaza ko ibyaha ashinjwa atabyemera kandi ko ari ibihimbano, anagaragariza umucamanza ko ahubwo bigaragara ko umugambi wo kumufata wari waracuzwe mbere. Yasobanuye ko \u2018badge\u2019 ubushinjacyaha buvuga yaje koko ku rukiko ayambaye, amagambo yanditseho akaba agaragaza ko nubwo Ingabire ari mu rubanza abamukunda bamwifuriza ko yagirwa umwere n\u2019urukiko nyuma yo gusuzuma no kumva inyiregurire ye. Sylvain yabwiye umucamanza ko atumva ko kuba umuntu yakwifuriza mugenzi we ibyiza bidakwiye guhindurwamo icyaha. Kubirebana n\u2019amagambo ndetse n\u2019ifoto ya Ingabire Sylvain Sibomana yabwiye umucamanza ko amagambo, yaba ayanditse ku mupira yaba n\u2019ayanditse kuri \u2018badge\u2019 nta narimwe riteye ikibazo, nta na rimwe rifite ibisobanuro byakwitwa icyaha. Yanabwiye urukiko ko imyigaragambyo ivugwa n\u2019ubushinjacyaha nta yigeze ibaho kandi nta n\u2019ibimenyetso bigaragaza icyo\u00a0\u00a0cyaha.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2477\">Bwana Shyirambere Dominique we yabwiye urukiko ko yafashwe na polisi ubwo yari asohotse mu mbago z\u2019urukiko agiye kwitaba umurwanashyaka wari umubajije aho icyumba cy\u2019iburanisha giherereye hanyuma yasohoka agahita afatwa na polisi ikamwambika amapingu agahita ajyanwa mu modoka ya polisi yari hafi aho. Yasobanuriye urukiko ko we yafashwe mbere ya Sylvain ko ibyo ubushinjacyaha bumushinja buvuga ko yafatanyije na Sylvain ko atazi igihe byabereye haba izo mvururu, cyangwa imyigaragambyo ivugwa n\u2019ubushinjacyaha, gusa avuga ko amaze gufatwa\u00a0\u00a0no gushyirwa mu modoka ya polisi yambuwe ikote n\u2019ishati yari yambaye agasigarana agapira k\u2019imbere kari kanditseho \u00ab\u00a0demokarasi\u00a0\u00bb hanyuma polisi ikamufata amafoto.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2479\">Umunyamategeko Munezero Claude ubunganira yifashishije ingingo ya 59 n\u2019iya 45 za \u2018Code de Proc\u00e9dure P\u00e9nale\u2019\u00a0yabwiye urukiko ko abo yunganira bigaragara ko nta bimenyenyetso bifatika ubushinjacyaha bufite cyane ko bwifashisha icyo bwita abatangabuhamya b\u2019abapolisi nabo bashinjwa n\u2019uregwa kuba baramuhohoteye, ibi bikaba bitemewe ko bahindukira bakaba abatangabuhamya, ikindi yababwiye nuko urukiko rutashingira ku buhamya bw\u2019aba bapolisi ngo bwifashishwe nk\u2019ubugomba gutuma abo yunganira bafungwa by\u2019agateganyo kandi hatarigeze hakorwa ivuguruzanyamakuru mu gihe cy\u2019ibazwa,\u00a0\u00a0uyu munyamategeko yari yasabye umucamanza ko yakurikiza ibyo ziriya ngingo zivuga\u00a0\u00a0ndetse n\u2019ibivugwa n\u2019ingingo ya 94 maze agategeka ko abo yunganira bafungurwa bagakurikiranwa bari hanze nkuko iyi ngingo imaze kuvugwa ibifata nk\u2019ihame ryo kuburana uri hanze nk\u2019inshingano cyane cyane ko nta mpamvu zikomeye zihari zatuma bakurikiranwa bafunze.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2497\">Uyu munyamategeko kandi yari\u00a0\u00a0yashyigikiye ko uwo yunganira yarekurwa akaburana ari hanze hashyizwe imbere n\u2019impamvu zijyanye no kubungabunga ubuzima bwe, kuko usibye kuba yarahohotewe kugeza akuwe iryinyo hakenewe no kwivuza byihariye kuko n\u2019amenyo yitwa ko yasigayemo ajegera akaba akeneye kwivuza bihagije.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2481\">Iri hohoterwa ry\u2019abarwanashyaka bazira ko bitabiriye urubanza nta gushidikanya ko ari ikimenyetso cy\u2019imigendekere mibi y\u2019urubanza rwa Mme Victoire Ingabire Umuhoza nawe ukunze kwibasirwa kuko umwaka ushize ubwo yaburaniraga mu rukiko rukuru nabwo ibimenyetso nkibi bigaragaza kubogama kw\u2019inzego zitandukanye byatumye atakariza ikizere urukiko rukuru ava mu rubanza rutarangiye kubera guterwa ubwoba k\u2019umutangabuhamya we. Ibi ni ibimenyetso bigaragaza ko gutegereza ubutabera butabogamye bikigoye cyane cyane ku banyapolitiki batavugarumwe na Leta ya Kigali.<\/p>\n<p id=\"yui_3_7_2_1_1365863410437_2483\"><strong>FDU-Inkingi<\/strong><br \/>\n<strong>Boniface Twagirimana<\/strong><br \/>\n<strong>Umuyobozi wungirije w\u2019agateganyo.<\/strong><\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.fdu-rwanda.com\/wp-content\/uploads\/2013\/04\/Itangazo-kwifungwa-rya-SG.pdf\">Itangazo kw\u2019ifungwa rya SG<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kigali, kuwa 10 Mata 2013. Uyu munsi nibwo urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwagombaga gufata umwanzuro wo kurekura cyangwa gufunga by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu\u00a0\u00a0Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique ku birego bahimbiwe n\u2019ubushinjacyaha ubwo bahohoterwaga n\u2019abapolisi bazira kuba bari baje kumva urubanza rw\u2019umuyobozi wa FDU-Inkingi Mme Victoire\u00a0\u00a0Ingabire Umuhoza.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1121,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3435","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kigali, kuwa 10 Mata 2013. Uyu munsi nibwo urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwagombaga gufata umwanzuro wo kurekura cyangwa gufunga by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu\u00a0\u00a0Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique ku birego bahimbiwe n\u2019ubushinjacyaha ubwo bahohoterwaga n\u2019abapolisi bazira kuba bari baje kumva urubanza rw\u2019umuyobozi wa FDU-Inkingi Mme Victoire\u00a0\u00a0Ingabire Umuhoza.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-04-13T18:39:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/\",\"name\":\"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-04-13T18:39:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"200\",\"height\":\"117\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda","og_description":"Kigali, kuwa 10 Mata 2013. Uyu munsi nibwo urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwagombaga gufata umwanzuro wo kurekura cyangwa gufunga by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu\u00a0\u00a0Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique ku birego bahimbiwe n\u2019ubushinjacyaha ubwo bahohoterwaga n\u2019abapolisi bazira kuba bari baje kumva urubanza rw\u2019umuyobozi wa FDU-Inkingi Mme Victoire\u00a0\u00a0Ingabire Umuhoza.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-04-13T18:39:45+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/","name":"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-04-13T18:39:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"200","height":"117"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-sibomana-sylvain-na-shyirambere-dominique-bazafungwa-iminsi-30\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Sibomana Sylvain na Shyirambere Dominique bazafungwa iminsi 30"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3435","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3435"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3435\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3435"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3435"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3435"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}